RDC: Umuryango w'abanyamakuru urasaba leta gufata ingamba zihuse ku ihohoterwa ribakorerwa

Umuryango utegamiye kuri leta uharanira inyungu z’abanyamakuru urasaba ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo gufata ingamba zihuse ku ihohoterwa rikorerwa abanyamakuru rimaze kuba akamenyero. Mu nyandiko uyu muryango wa Journaliste En Danger (JED) wanditse uvuga ko iri hohoterwa ryisubira ari nayo mpamvu usaba leta kurihagarika. Uvuga ko mu byumweru bibiri, abanyamakuru nibura 6 ari […]

Umwana wa Cristiano yumiwe abonye icyumba Se yararagamo

Icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo yahishuye ko umuhungu we witwa Cristiano Jr. yumiwe ubwo yageraga mu cyumba Se yararagamo ubwo yari akennye. Cristiano mu kiganiro na Televiziyo yitwa VI yavuze ko ubwo yajyanaga n’umuhungu we mu Mujyi wa Lisbon muri Portugal aho yabaye afite imyaka 12 y’amavuko. Iyi nzu yabanagamo n’inshuti ye, Miguel Paixao yatunguye […]

Nyamasheke: Abarobyi biyemeje guhangana n'ikibazo cy'imirire mibi mu bana

Ubuyobozi bw’ihuriro ry’amakoperative y’abarobyi mu karere ka Nyamasheke buravuga ko  bugiye gutanga toni y’isambaza n’indugu mu mwaka w’uburobyi 2019-2020 zizafasha mu guhangana n’imirire mibi  n’igwingira mu bana bari munsi y’imyaka 5,iyi gahunda ikazunganira izindi zisanzweho ziyirwanya , bakizera ko ku bufatanye n’ubuyobozi bw’akarere n’izindi nzego zishishikajwe n’imibereho myiza y’abana  bazayihashya. Nk’uko Bwiza.com  yabitangarijwe n’umuyobozi w’iri […]

Rwanda & Uganda: Ntabwo ibibazo birangiye- Amb.Nduhungirehe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba, Olivier Nduhungirehe avuga ko n’ubwo hari amasezerano yashyizweho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda mu gushakira umuti ibibazo ibi bihugu bifitanye, ngo ntibivuze ko ibibazo birangiye. Ubwumvikane bwo kurangiza amakimbirane hagati y’u Rwanda na Uganda bwashyizweho umukono ku wa Gatatu tariki ya […]

Perezida Uhuru Kenyatta yahagaritse kongera kwibuka se mu ruhame

Nyuma y’imyaka 41 Jomo Kenyatta yibukwa ku rwego rw’igihugu, umuhungu we Uhuru Kenyatta yavuze ko bubaye ubwa nyuma uyu muhango ubaye mu ruhame. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 22 Kanama 2019, umunsi wibutsweho uyu musaza watabarutse mu 1978 yaravutse mu 1891. Kenyatta yavuze ko byabaye nyuma y’ubwumvikane n’umuryango we. ” Umuryango wa Muzehe Jomo Kenyatta […]

 Amerika yagerageje missiles zihangayikishije u Burusiya n’u Bushinwa 

Ibihugu by’u Burusiya n’u Bushinwa byasabye Akanama k’Umutekano ka Loni guterana kuri uyu wa Kane nyuma y’itangazo rya Leta Zunze ubumwe za Amerika ry’uko zigiye gukora no kohereza mu kazi ibisasu bya missiles biraswa mu ntera iringaniye nyuma y’aho kuwa Mbere ushize Amerika itangaje ko yagerageje missile yageze ku gipimo cyayo nyuma yo gukora ibirometero […]

Umubare w’abasirikare ba Amerika bicirwa muri Afganistan ukomeje kwiyongera

Ku wa Gatatu tariki ya 21 Kanama 2019, abasirikare babiri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciwe muri Afughanistani, mu gihe ibiganiro hagati ya Amerika n’Abatalibani biteganijwe kongera kuba muri Qatar. Mu itangazo ubuyobozi bw’ingabo za Amerika bwashyize hanze, ntabwo bugaragaza imyirondoro y’abo basirikare b’abakomando bishwe ubwo bakozanyagaho n’Abatalibani. Umuyobozi w’intara ya Almar, Abdul Manan […]

Umugore yasabye gatanya bitewe n’uko umugabo we atamutonganya, amukunda cyane

Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yasabye agatanya bitewe n’uko umugabo we amukunda cyane, akaba atamutonganya. Uyu mugore yegereye urukiko rwa Shariah ruri ahitwa Fujairah avuga ko yagowe kuba umugabo we amukunda cyane mu gihe cy’umwaka wose bakundana. Ati “ Ntajya ankabukira cyangwa ngo ambwire nabi. Ndambiwe urukundo rwe rwinshi n’uburyo anyitaho. Ajya amfasha […]

Bane barimo uwafatiwe ku Kanyaru barashinjwa gucura ibyangombwa bijyana abantu mu mahanga

Igipolisi cy’u Burundi kuri uyu wa Gatatu cyeretse itangazamakuru abagabo bane, harimo umwe wafatiwe ku mupaka w’u Rwanda, bakoraga ibyangombwa by’ibihimbano byohereza abantu kwiga hanze y’igihugu cyane cyane mu gihugu cya Canada. Hanerekanwe ibikoresho bitandukanye bigezweho, amakashe atandukanye y’amabanki cyangwa inzego za leta byakoreshwaga n’abo bagabo ndetse n’udufoto duto twa bamwe mu bajya gushaka ibyo […]

Leta yatanze itegeko ngo utubare twose tuzafungwe muri wikendi

Leta ya Kenya yatangaje ko utubare twose two mu gihugu tuzafungwa muri wikendi igiye kuza kugira ngo hakorwe ibarura ry’abaturage. Leta yavuze ko uretse utubari, ibyumba by’imyidagaduro nabyo bizafungwa kuva kuwa 24 Kanama kugeza  kuwa 25 muri uyu mwaka nk’uko ibinyamakuru byo muri Kenya bibitangaza. Minisitiri w’Umutekano w’Igihugu, Fred Matiang’i kuwa 21 Kanama yatangaje ko […]

Umukunzi wanjye akunda ikibuno cyanjye kinini ariko ntabwo azi ko ari ikigurano- Nkore iki?

Uko tujyana n’iterambere ni nako bishobora kutubyarira ibyago cyangwa ibibazo tutazi kuko ubu nanjye ndi mu ihurizo ritoroshye kuko umukunzi wanjye duteganya kubana akunda ikibuno cyanjye, akunda kukivugaho ariko ni ikigurano nambara. Nitwa Nidine mba muri Kigali, umukunzi wanjye tumaranye umwaka n’amezi make dukundana, arankunda cyane, arankunda pe kandi anishimira uko nteye, gusa hasi, ubwo […]

Uganda irateganya gufungura imbuga zo mu Rwanda zafunzwe mu rwego rw’Amasezerano yo muri Angola

Nyuma y’aho mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, imbuga z’amakuru zitandukanye zikorera mu Rwanda zifunzwe Urwego rwa Uganda rushinzwe kugenzura itangazamakuru, UCC, Umuyobozi Nshingwabikorwa wacyo, Godfrey Mutabazi aratangaza ko bazakuraho ibihano byari byafatiwe izi mbuga bashinja gutangaza poropaganda zibangamiye umutekano wa Uganda, mu rwego rwo kubahiriza amasezerano yaraye ashyizweho umukono na Perezida Kagame na […]

Twige ukuntu twaba intwari mu ntambara turimo – Rev. Nibintije

Umukozi w’Imana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “ Nibintije Evangelical Ministries” asigaye adufasha mu kugabura ijambo ry’Imana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa n’iki. Abaheburayo 11:32-34 “None se mvuge kindi ki? Igihe cyambana gito nkomeje kuvuga ibya Gideyoni, Baraki, Samusoni, […]

Koreya ya Ruguru ihamya ko ibiganiro n'Amerika ntacyo byatanga

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yavuze ko igihugu cye kitifuza ibiganiro na Leta zunze ubumwe z’Amerika, mu gihe zo na Koreya y’Epfo bikigambiriye guhungabanya umutekano mu karere. Ibi byakurikiwe n’igerageza ry’ibisasu ry’Amerika ndetse na Koreya y’Epfo ndetse no guhura k’umujyanama wa Koreya y’Epfo mu by’umutekano, Kim Hyun Chong, n’intumwa y’Amerika muri iki […]

Amb. wa Uganda mu Burundi yasabiwe gutabwa muri yombi

Urukiko Rukuru mu Karere ka Mukono, rwemereye Umuyobozi wa Polisi ya Uganda guta muri yombi, Uhagarariye Uganda mu Burundi, Rtd. Maj. Gen. Matayo Kyaligonza. Umucamanza muri uru rukiko, Margaret Mutonyi yasabye ko Gen. Kyaligonza yafatwa, akagezwa imbere y’ubutabera ku byaha ashinjwa byo guhohotera umupolisikazi wari umufatiye mu makosa ahitwa Seeta mu Karere ka Mukono muri […]

Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi

Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n’akarengane akaba n’Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire   Marie   ImmaculĂ©e, yasabye Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ( RURA ), gukemura ikibazo cy’abagenzi bategera imodoka mu Mujyi wa Kigali ngo badahwema kugaragaza ibibazo bafite. Ibi Ingabire yabisabye abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa […]

Umunyamabanga Mukuru wa Loni, AntĂ Âłnio Guterress , ategerejwe muri Congo

Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres ategerejwe muri Kivu, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho agomba kuganira n’abarokotse Ebola n’abashinzwe kuyivura ndetse akazabonana na Perezida Tshisekedi. AntĂ Âłnio Guterres ategerejwe muri Congo kuwa Gatandatu w’icyumweru gitaha, ku itariki 31 Kanama, nyuma y’uruzinduko azagirira mu Bufaransa mu nama ya G7 no mu Buyapani mu nama ku […]

'Umunyarwanda' Buchana yafatanwe imbunda n’amasasu 19 muri Uganda

Umugabo bivugwa ko ari Umunyarwanda witwa Sam Buchana yafatanwe imbunda ya pisitori n’amasasu yayo 19 byasanzwe iwe mu rugo  muri Uganda, aho asanzwe aba. Uyu mugabo bakunda kwita ‘City tycoon’ cyangwa se umuherwe yafashwe kuwa Gatanu w’icyumweru gishize n’Inzego z’ubutasi za Uganda ari kumwe n’abandi bashinjwa kugurisha zahabu z’ibicupuri. Uyu mugabo bakunda kwita Sam Buchan […]

Perezida Kagame yashimiye bagenzi be bagize uruhare mu kunga u Rwanda na Uganda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi hamwe na JoĂ ÂŁo Lourenà§o, ku bw’uruhare bagize mu kunga u Rwanda na Uganda byari bimaze imyaka ibiri bitabanye neza. Yabashimiye nyuma yo gushyira umukono ku masezerano impande zombi zemerenijweho y’ubufatanye n’umutekano, hagamijwe kuvana umwuka mubi hagati y’ibi bihugu by’ibituranyi. […]

Ishuri rikuru Peace Integrated Polytechnic of Rwanda ryaje kugoboka abatarabashije kujya muri za IPRC

Ubuyobozi bw’Ishuri Rikuru rya Peace Integrated Polytechnic of Rwanda (PIPR) ryigisha ubumenyingiro, butangaza ko iri shuri ryaje gufasha abanyeshuri barangizaga amashuri yisumbuye ntibabone amahirwe yo gukomeza kwiga mu mashuri ya Leta y’ubumenyingiro (IPRC). Iri shuri rikuru ryigenga, rifite icyicaro mu Murenge wa Niboyi ku muhanda KK453 uherereye mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali  […]

Uganda: Gen. Elly Tumwiine yahamijwe guhohotera umudepitekazi, Cecilia Ogwal

Minisitiri w’Umutekano wa Uganda, General Elly Tumwiine, wari umaze iminsi ahakana guhohotera umudepite mugenzi we, Cecilia Ogwal, amaherezo yahamwe n’icyaha. Ibi byatangajwe nyuma y’iperereza rimaze ukwezi kurenga ryakorwaga kuri iki kibazo na komite ishinzwe amategeko na disipuline mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda iyobowe na Clement Obote Ongalo. Ubwo yashyiraga ahagaragara raporo y’iyi komite kuri […]

Pasiteri yarutse amafaranga abayoboke be barasakirwa

Umupasiteri wo muri Nigeria, Andrew Ejimadu  uzwi ku izina rya Seer1, yafashwe amashusho arimo kuruka amafaranga ubwo yari mu gitaramo cy’ibitangaza i Limpopo muri Afurika y’Epfo. Abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, uyu mupasiteri yaje gusobanura uko byagenze. Yagize ati “Ku cyumweru gishize, ubwo nigishaga ijambo ry’Imana i Limpopo, negerewe n’umugore ariko mbona uburyo afite […]

Rubavu: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza guha umupolisi ruswa

Umugabo witwa Mugisha Benjamin w’imyaka 24 afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi y’u Rwanda ya Gisenyi mu karere ka Rubavu, aho akurikiranweho icyaha cyo guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi umunani (8,000frw). Ibi byabaye mu masaha ya saa tanu z’ijoro tariki ya 20 Kanama 2019. Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police […]

Sudani yabonye Minisitiri w'Intebe mushya

Igihugu cya Sudani cyabonye Minisitiri w’Intebe mushya ugiye kuyobora guverinoma mu nzibacyuho y’imyaka itatu izaganisha ku gushyikiriza ubutegetsi abasivili. Minisitiri w’intebe, Abdalla Hamdok w’imyaka 63 y’amavuko, yavuze ko kugeza igihugu ku mahoro no gukemura ikibazo cy’ubukungu budahagaze neza ari byo ashyize imbere. Yagizwe Minisitiri w’intebe mu gihe ku rundi ruhande Liyetona Jenerali Abdel Fattah Abdelrahman […]

Uvira: Inka zisaga 60 z’Abanyamulenge, Abafuliru n’Abanyindu zasahuwe n’inyeshyamba

Inka zisaga 60 ku Cyumweru gishize zibwe n’abantu bitwaje ibirwanisho mu biturage bibiri bitandukaye; Mukungubwe na Kanogo-Kihamba, muri Teritwari ya Uvira (Kivu y’Amajyepfo). Sosiyete sivile y’aha ikaba itinya ko hakubura amakimbirane ashingiye ku moko nyuma yo kwiba izo nka z’Abafuliru, Abanyindu n’Abanyamulenge. Biravugwa ko Inyeshyamba bikekwa ko ari iza Mai-Mai zibye inka 7 zizambuye abashumba […]

Mu Rwanda havutse ishyaka ridaharanira imyanya ya Politiki

Mu Rwanda havutse umutwe mushya wa Politiki wiswe NDP, ufite umwihariko wo kuvuga ko udaharanira imyanya ya politiki. Kugeza ubu mu Rwanda hari amashyaka 11 yemewe n’amategeko, ariko hakavugwa n’andi ane atarandikwa ngo yemerwe. Mu mashyaka atarandikwa, kuri uyu wa 21/08/2019 hiyongeyemo ishyaka rya Gatanu ari ryo NDP (National Democratic Party) Umuyobozi w’iri shyaka rishya […]