RDC: Umuryango w'abanyamakuru urasaba leta gufata ingamba zihuse ku ihohoterwa ribakorerwa
Umuryango utegamiye kuri leta uharanira inyungu z’abanyamakuru urasaba ubuyobozi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo gufata ingamba zihuse ku ihohoterwa rikorerwa abanyamakuru rimaze kuba akamenyero. Mu nyandiko uyu muryango wa Journaliste En Danger (JED) wanditse uvuga ko iri hohoterwa ryisubira ari nayo mpamvu usaba leta kurihagarika. Uvuga ko mu byumweru bibiri, abanyamakuru nibura 6 ari […]
Umwana wa Cristiano yumiwe abonye icyumba Se yararagamo
Icyamamare muri ruhago, Cristiano Ronaldo yahishuye ko umuhungu we witwa Cristiano Jr. yumiwe ubwo yageraga mu cyumba Se yararagamo ubwo yari akennye. Cristiano mu kiganiro na Televiziyo yitwa VI yavuze ko ubwo yajyanaga nâumuhungu we mu Mujyi wa Lisbon muri Portugal aho yabaye afite imyaka 12 yâamavuko. Iyi nzu yabanagamo nâinshuti ye, Miguel Paixao yatunguye […]
Nyamasheke: Abarobyi biyemeje guhangana n'ikibazo cy'imirire mibi mu bana
Ubuyobozi bwâihuriro ryâamakoperative yâabarobyi mu karere ka Nyamasheke buravuga ko bugiye gutanga toni yâisambaza nâindugu mu mwaka wâuburobyi 2019-2020 zizafasha mu guhangana nâimirire mibi nâigwingira mu bana bari munsi yâimyaka 5,iyi gahunda ikazunganira izindi zisanzweho ziyirwanya , bakizera ko ku bufatanye nâubuyobozi bwâakarere nâizindi nzego zishishikajwe nâimibereho myiza yâabana bazayihashya. Nkâuko Bwiza.com yabitangarijwe nâumuyobozi wâiri […]
Rwanda & Uganda: Ntabwo ibibazo birangiye- Amb.Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga, Ubutwererane nâUmuryango wâIbihugu bya Afurika yâIburasirazuba, Olivier Nduhungirehe avuga ko n’ubwo hari amasezerano yashyizweho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda mu gushakira umuti ibibazo ibi bihugu bifitanye, ngo ntibivuze ko ibibazo birangiye. Ubwumvikane bwo kurangiza amakimbirane hagati y’u Rwanda na Uganda bwashyizweho umukono ku wa Gatatu tariki ya […]
Perezida Uhuru Kenyatta yahagaritse kongera kwibuka se mu ruhame
Nyuma y’imyaka 41 Jomo Kenyatta yibukwa ku rwego rw’igihugu, umuhungu we Uhuru Kenyatta yavuze ko bubaye ubwa nyuma uyu muhango ubaye mu ruhame. Ibi yabitangaje kuri uyu wa 22 Kanama 2019, umunsi wibutsweho uyu musaza watabarutse mu 1978 yaravutse mu 1891. Kenyatta yavuze ko byabaye nyuma y’ubwumvikane n’umuryango we. ” Umuryango wa Muzehe Jomo Kenyatta […]
 Amerika yagerageje missiles zihangayikishije u Burusiya nâu BushinwaÂ
Ibihugu byâu Burusiya nâu Bushinwa byasabye Akanama kâUmutekano ka Loni guterana kuri uyu wa Kane nyuma yâitangazo rya Leta Zunze ubumwe za Amerika ryâuko zigiye gukora no kohereza mu kazi ibisasu bya missiles biraswa mu ntera iringaniye nyuma yâaho kuwa Mbere ushize Amerika itangaje ko yagerageje missile yageze ku gipimo cyayo nyuma yo gukora ibirometero […]
Umubare wâabasirikare ba Amerika bicirwa muri Afganistan ukomeje kwiyongera
Ku wa Gatatu tariki ya 21 Kanama 2019, abasirikare babiri ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika biciwe muri Afughanistani, mu gihe ibiganiro hagati ya Amerika nâAbatalibani biteganijwe kongera kuba muri Qatar. Mu itangazo ubuyobozi bwâingabo za Amerika bwashyize hanze, ntabwo bugaragaza imyirondoro yâabo basirikare bâabakomando bishwe ubwo bakozanyagaho nâAbatalibani. Umuyobozi wâintara ya Almar, Abdul Manan […]
Umugore yasabye gatanya bitewe nâuko umugabo we atamutonganya, amukunda cyane
Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu, yasabye agatanya bitewe nâuko umugabo we amukunda cyane, akaba atamutonganya. Uyu mugore yegereye urukiko rwa Shariah ruri ahitwa Fujairah avuga ko yagowe kuba umugabo we amukunda cyane mu gihe cyâumwaka wose bakundana. Ati â Ntajya ankabukira cyangwa ngo ambwire nabi. Ndambiwe urukundo rwe rwinshi nâuburyo anyitaho. Ajya amfasha […]
Bane barimo uwafatiwe ku Kanyaru barashinjwa gucura ibyangombwa bijyana abantu mu mahanga
Igipolisi cyâu Burundi kuri uyu wa Gatatu cyeretse itangazamakuru abagabo bane, harimo umwe wafatiwe ku mupaka wâu Rwanda, bakoraga ibyangombwa byâibihimbano byohereza abantu kwiga hanze yâigihugu cyane cyane mu gihugu cya Canada. Hanerekanwe ibikoresho bitandukanye bigezweho, amakashe atandukanye yâamabanki cyangwa inzego za leta byakoreshwaga nâabo bagabo ndetse nâudufoto duto twa bamwe mu bajya gushaka ibyo […]
Leta yatanze itegeko ngo utubare twose tuzafungwe muri wikendi
Leta ya Kenya yatangaje ko utubare twose two mu gihugu tuzafungwa muri wikendi igiye kuza kugira ngo hakorwe ibarura ryâabaturage. Leta yavuze ko uretse utubari, ibyumba byâimyidagaduro nabyo bizafungwa kuva kuwa 24 Kanama kugeza kuwa 25 muri uyu mwaka nk’uko ibinyamakuru byo muri Kenya bibitangaza. Minisitiri wâUmutekano wâIgihugu, Fred Matiangâi kuwa 21 Kanama yatangaje ko […]
Umukunzi wanjye akunda ikibuno cyanjye kinini ariko ntabwo azi ko ari ikigurano- Nkore iki?
Uko tujyana n’iterambere ni nako bishobora kutubyarira ibyago cyangwa ibibazo tutazi kuko ubu nanjye ndi mu ihurizo ritoroshye kuko umukunzi wanjye duteganya kubana akunda ikibuno cyanjye, akunda kukivugaho ariko ni ikigurano nambara. Nitwa Nidine mba muri Kigali, umukunzi wanjye tumaranye umwaka n’amezi make dukundana, arankunda cyane, arankunda pe kandi anishimira uko nteye, gusa hasi, ubwo […]
Uganda irateganya gufungura imbuga zo mu Rwanda zafunzwe mu rwego rwâAmasezerano yo muri Angola
Nyuma yâaho mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, imbuga zâamakuru zitandukanye zikorera mu Rwanda zifunzwe Urwego rwa Uganda rushinzwe kugenzura itangazamakuru, UCC, Umuyobozi Nshingwabikorwa wacyo, Godfrey Mutabazi aratangaza ko bazakuraho ibihano byari byafatiwe izi mbuga bashinja gutangaza poropaganda zibangamiye umutekano wa Uganda, mu rwego rwo kubahiriza amasezerano yaraye ashyizweho umukono na Perezida Kagame na […]
Twige ukuntu twaba intwari mu ntambara turimo – Rev. Nibintije
Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu gihe gisa nâiki. Abaheburayo 11:32-34 âNone se mvuge kindi ki? Igihe cyambana gito nkomeje kuvuga ibya Gideyoni, Baraki, Samusoni, […]
Koreya ya Ruguru ihamya ko ibiganiro n'Amerika ntacyo byatanga
Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yavuze ko igihugu cye kitifuza ibiganiro na Leta zunze ubumwe z’Amerika, mu gihe zo na Koreya y’Epfo bikigambiriye guhungabanya umutekano mu karere. Ibi byakurikiwe n’igerageza ry’ibisasu ry’Amerika ndetse na Koreya y’Epfo ndetse no guhura k’umujyanama wa Koreya y’Epfo mu by’umutekano, Kim Hyun Chong, n’intumwa y’Amerika muri iki […]
Amb. wa Uganda mu Burundi yasabiwe gutabwa muri yombi
Urukiko Rukuru mu Karere ka Mukono, rwemereye Umuyobozi wa Polisi ya Uganda guta muri yombi, Uhagarariye Uganda mu Burundi, Rtd. Maj. Gen. Matayo Kyaligonza. Umucamanza muri uru rukiko, Margaret Mutonyi yasabye ko Gen. Kyaligonza yafatwa, akagezwa imbere yâubutabera ku byaha ashinjwa byo guhohotera umupolisikazi wari umufatiye mu makosa ahitwa Seeta mu Karere ka Mukono muri […]
Abaturage baratabaza kandi ntawe utaka atababaye- Ingabire avuga kuri bus zitwara abagenzi
Impirimbanyi mu kurwanya ruswa n’akarengane akaba n’Umuyobozi wa Transparence International Rwanda, Ingabire  Marie  ImmaculĂ©e, yasabye Ikigo cy’igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ( RURA ), gukemura ikibazo cyâabagenzi bategera imodoka mu Mujyi wa Kigali ngo badahwema kugaragaza ibibazo bafite. Ibi Ingabire yabisabye abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, kuri uyu wa […]
Umunyamabanga Mukuru wa Loni, AntĂ Âłnio Guterress , ategerejwe muri Congo
Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres ategerejwe muri Kivu, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aho agomba kuganira nâabarokotse Ebola nâabashinzwe kuyivura ndetse akazabonana na Perezida Tshisekedi. AntĂ Âłnio Guterres ategerejwe muri Congo kuwa Gatandatu wâicyumweru gitaha, ku itariki 31 Kanama, nyuma yâuruzinduko azagirira mu Bufaransa mu nama ya G7 no mu Buyapani mu nama ku […]
'Umunyarwanda' Buchana yafatanwe imbunda nâamasasu 19 muri Uganda
Umugabo bivugwa ko ari Umunyarwanda witwa Sam Buchana yafatanwe imbunda ya pisitori nâamasasu yayo 19 byasanzwe iwe mu rugo muri Uganda, aho asanzwe aba. Uyu mugabo bakunda kwita âCity tycoonâ cyangwa se umuherwe yafashwe kuwa Gatanu wâicyumweru gishize nâInzego zâubutasi za Uganda ari kumwe nâabandi bashinjwa kugurisha zahabu zâibicupuri. Uyu mugabo bakunda kwita Sam Buchan […]
Perezida Kagame yashimiye bagenzi be bagize uruhare mu kunga u Rwanda na Uganda
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame yashimiye mugenzi we wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi hamwe na JoĂ ÂŁo Lourenà §o, ku bwâuruhare bagize mu kunga u Rwanda na Uganda byari bimaze imyaka ibiri bitabanye neza. Yabashimiye nyuma yo gushyira umukono ku masezerano impande zombi zemerenijweho yâubufatanye nâumutekano, hagamijwe kuvana umwuka mubi hagati yâibi bihugu byâibituranyi. […]
Ishuri rikuru Peace Integrated Polytechnic of Rwanda ryaje kugoboka abatarabashije kujya muri za IPRC
Ubuyobozi bwâIshuri Rikuru rya Peace Integrated Polytechnic of Rwanda (PIPR) ryigisha ubumenyingiro, butangaza ko iri shuri ryaje gufasha abanyeshuri barangizaga amashuri yisumbuye ntibabone amahirwe yo gukomeza kwiga mu mashuri ya Leta yâubumenyingiro (IPRC). Iri shuri rikuru ryigenga, rifite icyicaro mu Murenge wa Niboyi ku muhanda KK453 uherereye mu Karere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali […]
Uganda: Gen. Elly Tumwiine yahamijwe guhohotera umudepitekazi, Cecilia Ogwal
Minisitiri wâUmutekano wa Uganda, General Elly Tumwiine, wari umaze iminsi ahakana guhohotera umudepite mugenzi we, Cecilia Ogwal, amaherezo yahamwe nâicyaha. Ibi byatangajwe nyuma yâiperereza rimaze ukwezi kurenga ryakorwaga kuri iki kibazo na komite ishinzwe amategeko na disipuline mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda iyobowe na Clement Obote Ongalo. Ubwo yashyiraga ahagaragara raporo yâiyi komite kuri […]
Pasiteri yarutse amafaranga abayoboke be barasakirwa
Umupasiteri wo muri Nigeria, Andrew Ejimadu  uzwi ku izina rya Seer1, yafashwe amashusho arimo kuruka amafaranga ubwo yari mu gitaramo cyâibitangaza i Limpopo muri Afurika yâEpfo. Abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, uyu mupasiteri yaje gusobanura uko byagenze. Yagize ati âKu cyumweru gishize, ubwo nigishaga ijambo ryâImana i Limpopo, negerewe nâumugore ariko mbona uburyo afite […]
Rubavu: Yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza guha umupolisi ruswa
Umugabo witwa Mugisha Benjamin wâimyaka 24 afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi yâu Rwanda ya Gisenyi mu karere ka Rubavu, aho akurikiranweho icyaha cyo guha umupolisi ruswa yâamafaranga yâu Rwanda ibihumbi umunani (8,000frw). Ibi byabaye mu masaha ya saa tanu zâijoro tariki ya 20 Kanama 2019. Umuvugizi wa Polisi mu ntara yâIburengerazuba, Chief Inspector of Police […]
Sudani yabonye Minisitiri w'Intebe mushya
Igihugu cya Sudani cyabonye Minisitiri wâIntebe mushya ugiye kuyobora guverinoma mu nzibacyuho yâimyaka itatu izaganisha ku gushyikiriza ubutegetsi abasivili. Minisitiri w’intebe, Abdalla Hamdok w’imyaka 63 y’amavuko, yavuze ko kugeza igihugu ku mahoro no gukemura ikibazo cy’ubukungu budahagaze neza ari byo ashyize imbere. Yagizwe Minisitiri w’intebe mu gihe ku rundi ruhande Liyetona Jenerali Abdel Fattah Abdelrahman […]
Uvira: Inka zisaga 60 zâAbanyamulenge, Abafuliru nâAbanyindu zasahuwe nâinyeshyamba
Inka zisaga 60 ku Cyumweru gishize zibwe nâabantu bitwaje ibirwanisho mu biturage bibiri bitandukaye; Mukungubwe na Kanogo-Kihamba, muri Teritwari ya Uvira (Kivu yâAmajyepfo). Sosiyete sivile yâaha ikaba itinya ko hakubura amakimbirane ashingiye ku moko nyuma yo kwiba izo nka zâAbafuliru, Abanyindu nâAbanyamulenge. Biravugwa ko Inyeshyamba bikekwa ko ari iza Mai-Mai zibye inka 7 zizambuye abashumba […]
Mu Rwanda havutse ishyaka ridaharanira imyanya ya Politiki
Mu Rwanda havutse umutwe mushya wa Politiki wiswe NDP, ufite umwihariko wo kuvuga ko udaharanira imyanya ya politiki. Kugeza ubu mu Rwanda hari amashyaka 11 yemewe nâamategeko, ariko hakavugwa nâandi ane atarandikwa ngo yemerwe. Mu mashyaka atarandikwa, kuri uyu wa 21/08/2019 hiyongeyemo ishyaka rya Gatanu ari ryo NDP (National Democratic Party) Umuyobozi wâiri shyaka rishya […]