Turimo turareba uko twazana imodoka na za moto bikoresha amashanyarazi- Eng.Ruhamya
Ikigo cyâIgihugu cyo kubungabunga ibikukije, REMA, kiratangaza ko bagiye kuzana mu Rwanda imodoka ndetse na moto bikoresha umuriro wâamashanyarazi mu buryo bwo kubungabunga ibidukikije. Umuyobozi mukuru wa REMA, Eng.Collette Ruhamya, yavuze ko bakoze ubushakashatsi bagasanga imyuka isohoka mu binyabiziga igira uruhari rukomeye mu kwangiza umwuka duhumeka ndetse nâibidukikije muri rusange, aho yatanze urugero rwa bamwe […]
Umukinnyi wa UEFA 2018/2019: Van Dijk ahigitse Messi na Ronaldo
Umuholandi ukinira Liverpool FC, Virgil Van Dijk ni we wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka UEFA ahigitse Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bahataniraga uyu mwanya. Iki gihembo gishingira ahanini ku myitwarire y’umukinnyi mu irushanwa rya UEFA Champions League. Byashingiwe ku y’umwaka w’imikino wa 2018/2019. Ryaranzwe n’ishyaka ku makipe abenshi batahaga amahirwe yo kuyitwara kubera ko yari amaze […]
Goma: Igipolisi cyaburijemo nabi imyigaragambyo yari yateguwe na LUCHA
Igipolisi cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo cyaburijemo nabi imyigaragambyo yâumuryango uharanira impinduka (LUCHA) yari yateguwe kuri uyu wa Kane, itariki 29 Kanama mu Mujyi wa Goma. Babiri mu bigaragambya biravugwa ko bakomeretse. Umwe mu banyamuryango wa LUCHA, Emmanuel Binyene yabwiye 7sur7.cd dukesha iyi nkuru ko abigaragambya bari bicaye ku biro byâintara bakubiswe nâabashinzwe umutekano […]
Messi na Ronaldo bongeye guhurira i Monaco-amafoto
Mu rwego rwo kwitabira umuhango wo gutanga ibihembo ku bakinnyi bitwaye neza mu irushanwa rya UEFA Champions League(UCL) mu mwaka w’imikino wa 2018/2019, Lionel Messi na Cristiano Ronaldo bahuriye mu mugi wa Monaco mu Bufaransa. Aba bakinnyi b’umupira w’amaguru ni babiri mu batatu bagomba kubonekamo uwegukana igihembo cy’umukinnyi w’umwaka wa UCL. Uwa gatatu ni Virgil […]
Kuba ndi umutinganyi ntibizambuza kuririmbira Imana- Nabonibo
Umuririmbyi wâindirimbo zihimbaza Imana, Albert Nabonibo uherutse gutangaza ko ari umutinganyi,avuga ko ibi bitazatuma adakomeza kuririmbira Imana. Muri iki cyumweru, uyu musore wâimyaka 35 atangaza ko ari umutinganyi, abinyujije ku rubuga rwa You Tube. Uyu musore avuga ko yiteguye ibitutsi nâibitotezo ariko ko yari arambiwe gukomeza kubaho mu buzima bwâikinyoma. Avuga ko yahisemo gutandukana nâabandi […]
RAB igiye gushumbusha abahinzi ba Soya yahaye imbuto itabanje kugeragezwa
Ikigo gishinzwe ubuhinzi nâubworozi (RAB) kiravuga ko impamvu cyatanze imbuto ya Soya ntitange umusaruro kuri bamwe mu bahinzi bo mu karere ka Huye, bahinga mu gishanga cya COAGIMPA, ari uko itabanje kugereragezwa kuri ubwo butaka. Ibi byaviriyemo abo bahinzi igihombo gikomeye ndetse babiheraho basaba iki kigo kubaha indishyi zâakababaro nkâuko iyi nkuru dukesha RadioTv10 ikomeza […]
Rwatubyaye, Muhire Kevin, Nirisarike na Mukunzi Yanick bari mu nzira igana i Kigali
Abakinnyi barimo Rwatubyaye Abdou nyuma y’aho bagaragaye ku rutonde rw’abakinnyi umutoza Mashami Vincent azifashisha mu mukino ubanza wâinjora ryo gushaka itike yâIgikombe cyâIsi cya 2022, barasesekara i Kigali kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Kanama 2019. Rwatubyaye Abdul, Nirisarike Salomon, Muhire Kevin na Mukunzi Yanick bararara basesekaye i Kigali kugira ngo bahite batangirana n’abandi […]
Ubwongereza: Bitunguranye, imirimo y'Inteko Nshingamategeko yahagaritswe
Mu buryo butunguranye mu gitondo cy’ejo ku wa gatatu, Boris Johnson, Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza, yatangije igikorwa cyo kuba Inteko Ishinga Amategeko yaba ihagaritse imirimo yayo. Bivuze ko abadepite bafite igihe gito kurushaho cyo kuganira ku rugendo rwo kwikura mu muryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) k’Ubwongereza, bizwi ku izina rya “Brexit”. Inteko Ishinga Amategeko y’Ubwongereza igiye kuba […]
Rayon Sports mu isura nshya nyuma yo gusezererwa na  Al Hilal
Rayon Sports ikubutse mu marushanwa ya CAF Champions League itabashije kurenga umutaru nyuma yo gusezerwa na Al Hilal mu majonjora, imwe mu ntego iyi kipe yihaye, ni ukwegukana buri gikombe cyose gikinirwa mu Rwanda, muri uyu mwaka wâimikino 2019/2020. Â Ku cyumweru tariki ya 26 Kanama 2019, ni umunsi abakunzi bâikipe ya Rayon Sports batazibagirwa […]
Uganda: Gen Kasirye Gwanga yongeye kurasa ku modoka yâabasivili
Gen Kasirye Gwanga mu ijoro ryakeye yongeye kurasa amapine yâimodoka yâikamyo yasanze irimo irapakira ibiti byâinturusu mu ishyamba ryahoze ari irya leta. Ibi byabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane, itariki 29 Kanama mu Giturage cya Luzira, mu Karere ka Gomba, ubwo itsinda ryâabagabo ryari mu ikamyo ifite purake […]
Kigali: Ibigo bitwara abagenzi 'Binengwa kenshi' byongerewe amezi arindwi
Ni kenshi uzasanga abagenzi bari ku mirongo hirya no hino muri gare zo mu mujyi wa Kigali no ku byapa, bategereje imodoka, bamwe usanga bijujutira serivisi bahabwa ko zituma bakererwa ku kazi, abataha bakagera mu rugo bwije kandi nta ruhare babigizemo, abanyeshuri bagakererwa kugera ku mashuri,… Usanga Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye […]
Amafoto: Perezida Kagame yabonanye na bamwe mu bayobozi bagenzi be bitabiriye inama ya TICAD 7
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ari kumwe nâabandi bayobozi bitabiriye inama ya TICAD7 yakiriwe na Minisitiri wâIntebe wâu Buyapani, Shinzo Abe, ndetes abasha no kugirana ibiganiro nâabantu bâingenzi batandukanye barimo bamwe mu bakuru bâibihugu bagenzi be bo muri Afurika. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu, itariki 28 […]
Real Madrid irahabwa amahirwe yo kwegukana Neymar mu gihe Barcelona byayinaniye
Ikipe ya Paris Saint Germain (PSG) yanze miliyoni 118 zâamapawundi nâinyongera yâabakini batatu kugira ngo yegukane rutahizamu, Neymar Jr. Ibi biraha amahirwe mukeba, Real Madrid yahise itangira gushaka uko yakwegukana uyu Munya-Brazil. Barcelona yemeraga gutanga aka kayabo ikongeraho nâintizanyo yâumwaka umwe ya Ousmane Dembele no kwegukana burundu, Ivan Rakitic na Jean-Clair Todibo nkâuko Mundo Deportivo […]
Nyabitekeri: Bugarijwe n'indwara baterwa no kunywa amazi y'Ikivu
Imiryango igera ku 5000 yâabaturage bâumurenge wa Nyabitekeri mu karere ka Nyamasheke iravuga ko yugarijwe nâindwara ziterwa nâisuku nke kubera kunywa amazi mabi yâIkivu. Bavuga ko usanga bayavoma abandi bayameseyemo, hari abamaze kogerezamo inka nâingurube nâabana bayakiniramo, bakayanywa bakanayakoresha indi mirimo yo mu ngo kuko nta yandi babona bakoresha. Umwe muri bo yagize ati “Amazi […]
Tube duhagaritse kwiruka inyuma yâ amafaranga twiruke inyuma ubwenge â Rev. Nibintije
âMushakishe ubwami bwâ Imana naho ibindi byose muzabwongererwa.â (Yesu Kristo) âTubanze twiruke inyuma yâ ubwenge, ni tubugeraho, tukabutunga nâ amafranga nayo azatwirukaho yifuza ko twayaha uburuhukiro muri twe.â (Rev./Ev. Eustache) Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye […]
Uganda: Inzu zikorerwamo iyicarubozo ku Banyarwanda zatunzwe agatoki na Bobi Wine
Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yatunze agatoki inzu zikorerwamo iyicarubozo ku barwanya ubutegetsi bwa Perezida Yoweli Museveni wa Uganda. Izi nzu zagiye zitungwa agatoki nâAbanyarwanda bagiye bafatirwa muri Uganda bashinjwa kuba intasi zâu Rwanda, ingingo batahwemye guhakana. Bobi Wine yamenyesheje Komisiyo ishinzwe uburenganzira bwa muntu  mu nteko ishinga amategeko ya Ugandako hari inzu […]
Nta kintu gishya mbona kuri Diamond, ni wawundi- Zari Hassan aburira Tanasha
Umuherwe Zari Hassan, wahoze ari umugore wâUmuhanzi Diamond Platnumz, ukomoka mu gihugu cya Tanzania, yaburiye mukeba we, Tanasha utwitiye iyâimvutsi yatewe n’uyu muhanzi. Mu minsi ishize Tanasha yeruriye abamukurikira ndetse nâitangazamakuru ko adateze kwanga umugabo we, Diamond bitewe nahahise he, ngo icyo areba ni uko bameranye ubu. Zari wabyaranye na Diamond abana babiri, bivugwa ko […]
Abakozi batatu ba Banki ya Uganda bafashwe basohakana amagunira yâamafaranga
Igipolisi gifatanyije nâigisirikare byataye muri yombi abakozi batatu ba Banki ya Uganda ahitwa Mbale, bari barimo gusohora amafaranga menshi mu mifuka. Amakuru ava mu nzego zâumutekano akaba avuga ko uko ari batatu ari bamwe mu gatsiko ko muri Banki ya Uganda kanyereza amafaranga aba agomba kwangizwa. Urubuga Eagle dukesha iyi nkuru ruravuga ko rwabwiwe ko […]
Nkeka ko umugore andoga, ni inshuro eshatu maze gusanga yanteze amagi mabisi mu buriri- Nkore iki?
Hari umuririmbyi wâumunyarwanda waririmbye agezemo hagati aravuga ngo âurushako ruragwiraâ. Gusa nanjye nabivuga kuko narumiwe. Ndagisha inama, nkaba nitwa Joseph, Ntuye mu Karere ka Rwamagana, ndi umugabo ufite umugore nâabana ariko muri iyi minsi nkeka ko umugore atanyishimiye. Umugore wanjye akunda kunshinza ko muca inyuma, ariko nta gihamya nâimwe yari yabona. Gusa akazi nkora ntabwo […]
Iminsi isaga 40 irashize nta bwandu bushya bwa Ebola bugaragaye i Goma
Kuwa Kabiri, itariki 28 Kanama, Umujyi wa Goma wari wujuje iminsi 40 nta bwandu bushya bwa Ebola buhagaragaye nkâuko byatangajwe nâUmuhuzabikorwa wâibikorwa byo kurwanya iyi ndwara ku rwego rwâintara muri raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa kabiri. Ku rundi ruhande, ubundi bwandu bushya 10 bwagaragaye muri zone yâubuvuzi ya Pinga. Agendeye ku kuba hakomeje gutangazwa […]
Yashatse kwica mwarimu wâumwana we kuko ngo akunda kumuvugaho n'iyo atari ku ishuri
Umugore witwa Nushee Imran yemera ko yashatse kwica umwarimu wâumuhungu we wâimyaka itanu, Rebecca Kind amuziza ko iyo umwana we avuye ku ishuri akomeza kumuvuga kenshi. Uyu mubyeyi avuga ko uburyo umwana we yahozaga mu kanwa mwarimu we, Kind, ingingo avuga ko yabinaga ishobora guteza umwiryane mu muryango. Mu guhanga nâiki kibazo, Imran yatangiye kwibasira […]
Gabiro: Hasojwe imyitozo ya gisirikare- AMAFOTO
Mu kigo cya gisirikare kiri mu Karere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kanama 2019, hasojwe imyitozo ya gisirikare yari ihuriwemo n’ibihugu 25 byo ku migibane itatu yo ku Isi. Ni imyitozo aba basirikare bahabwaga yo kubungabunga amahoro ku Isi, yari imaze ibyumweru bibiri, ikaba yari ihuriwemo n’abasirikare, abapolisi n’abasivile […]
Nyarugenge : Umugabo yafatanwe amakarito arenga 500 yâibinyobwa bitemewe
Mu rwego rwo kurwanya icuruzwa nâikwirakwizwa ryâibinyobwa bitemewe kuri uyu wa 26 Kanama, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyarugenge yafatiye mu bubiko bwâinzu y’uwitwa Sibomana Eugene amakarito 550 yâibinyobwa bitemewe bizwi nka Agasusuruko Bonne Chance bikorwa na Agasusuruko Familly Ltd. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali Chief Inspector […]
Igikuba cyacitse mu banyarwanda baba muri Mozambique
Ambasaderi wâu Rwanda mu gihugu cya Mozambique, Claude Nikobisanzwe, avuga ko igikuba cyacitse mu Banyarwanda baba muri iki gihugu nyuma yâaho bamenyeye inkuru yâurupfu rwa mugenzi wabo. Ku wa Mbere tariki ya 26 Kanama 2019, ahagana saa sita z’amanywa nibwo Louis Baziga wari ukuriye Abanyarwanda baba muri iki gihugu yarashwe ubwo yari mu nzira ava […]