Ubuhinde: Umusore yarumye imyanya y’ibanga ya mugenzi we

Umusore witwa Yarlen wo mu Buhinde yatawe muri yombi akekwaho kuruma mugenzi we, Burgij imyanya y’ibanga ubwo barwanaga. Yarlen usanzwe ari umuhigi w’amadubu muri iki gihugu yarumye mugenzi we bapfaga umuhigo. Ibinyamakuru byo mu Buhinde bivuga ko uyu mugabo yari asanzwe akurikiranwa na polisi yo mu Buhinde cyane ku bwo kwica inyamaswa cyane mu ishyamba […]

Twumvaga guhura na RIB ari nko kugwa mu rwasaya rw’intare- umuturage

Umuturage wo mu Kagari ka Karuku mu Murenge wa Janja mu Karere ka Gakenke, Filipo Kamugisha avuga ko yatunguwe no kubona Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuko ubusanzwe yumvaga guhura nayo ari nko kugwa mu rwasaya rw’intare. RIB ikomeje kuzenguruka uturere tw’u Rwanda ikangurira abaturage gukumira ibyaha ari nako yibwira abaturage nk’urwego rukiri rushya. Ubwo bageraga […]

Ikipe ya Gicumbi FC yatsinzwe umukino wa Gatanu

f1.jpg

Ikipe ya Gicumbi FC yatsinzwe umukino wayo wa Gatanu muri shampiyona y’ikiciro cya mbere y’umupira w’amaguru mu Rwanda, wabereye kuri Sitade ya Kigali, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Ukwakira 2019. Ni umukini warangiye Kiyovu Sports itsinze 1-0, ukaba uwa kabiri mu mikino itatu umutoza wa Gicumbi yahawe ngo nayitsindwa azirukanwe. Umukino waje gutangira […]

Nyanza: Umukobwa yasambanyijwe n’uwamukangishije icyuma

Umusore w’imyaka 25 y’amavuko akurikiranweho gufata ku ngufu umukozi wo mu rugo abanje kumutera ubwoba bitewe n’icyuma yarafite mu ntoki. Umukobwa w’imyaka 21 y’amavuko utuye mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza usanzwe ari umukozi wo mu rugo, Flash imusanze yicaye mu rugo akoramo, gutera intambwe ngo abashe gutambuka biri kumugora, avuga ko mu […]

Abahagarariye ingabo zo mu bihugu Bitanu birimo n’u Rwanda bateraniye i Goma

fardc-860x280.jpg

Kuva ku wa 24 Ukwakira 2019, inama y’umutekano y’abayobozi bakuru mu ngabo zo mu bihugu bitanu byo mu Karere, bateraniye i Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagamijwe guhuriza hamwe imbaraga ngo haboneke umutekano mu Burasirazuba bw’iki gihugu ndetse no mu karere muri rusange. Umuvugizi w’Ingabo za Congo, Général Léon Richard Kasanga abazwa n’abanyamakuru […]

Zari arashinjwa kugirira ishyari impano yahawe Tanasha

Uwahoze ari umugore w’umuhanzi Diamond Platnumz arashinjwa kugirira ishyari impano ya telefoni ihenze yaguriwe Tanasha Donna wamusimbuye. Tanasha Donna uherutse kubyarana na Diamond yahawe n’umugabo we telefoni ya iPhone 11 Pro Max ifite agaciro k’asaga Frw Miliyoni. Iyi telefoni yashyizwe ku isoko muri Nzeri iri mu zihenze cyane kandi ziharawe. Umwe mu bafana yavuze ko […]

Bugesera: Umuturage amaze amezi atanu aba hanze

Umuturage wo mu mudugudu wa Kagasa ya mbere mu Kagari ka Ramiro ko mu murenge wa Gashora witwa Claude Muvunyi avuga ko umuryango we umaze amezi atanu bari mu buzima bubi, urara hanze ku rutara ruziritseho ihene eshatu. Muvunyi yabwiye Radio na TV 1 dukesha iyi nkuru ko ari uko abayeho nyuma yo gusenyerwa inzu […]

Umugore wa Gen. Mudacumura uherutse kwicwa yari yaramutaye abyarana n’umuzungu

Nyuma y’ukwezi kumwe Lt Gen Mudacumura Sylvestre wari umuyobozi w’inyeshyamba za FDLR yishwe, kuri ubu byamenyekanye ko umugore we yari yaramutaye atwarwa n’umuzungu. Ibyo gutandukana kwa Mudacumura n’umugore we byamenyekanye nyuma y’aho uyu mugore asohoreye itangazo asabira uyu mugabo we misa. Lt.Col Mudacumura Sylvestre wari uyoboye izi nyeshyamba za FDLR zirwanya Leta y’u Rwanda ndetse […]

Ahiciwe inyeshyamba 14 hanatoraguwe umurambo w’umupolisi w’u Burundi

Umurambo w’umupolisi wabonwe ku nkengero z’ishyamba kimeza rya Kibira, ku musozi wa Mpishi nyuma yo gukozanyaho n’inyeshyamba. Ni umurambo wabonwe ku wa Gatatu tariki ya 23 Ukwakira 2019, kuri uyu musozi wa Mpishi, mur Komini Musigati, Intara ya Bubanza, ku nkengero z’ishyamba Kimeza rya Kibira. Amakuru aturuka mu gipolisi cy’u Burundi avuga ko habayeho ukurasana […]

Min. Busingye yamaze impaka abagishidikanya ku ‘gusindira mu ruhame’ ko ari icyaha

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda, Busingye Johnston yasobanuye ko gusindira mu ruhame ari icyaha, akaba yamaze impaka benshi bakunze kubyibazaho rimwe na rimwe iyo barimo gusangira ku gasembuye Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Kane tariki ya 24 Ukwakira 2019, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyirumu mu […]

Mabukwe yifuza ko mbyara abana 9 bagasimbura abo yarafite bakitaba Imana- Nkore iki?

Ndagisha inama, ndi umugore ubyaye kabiri ariko ubu ntabwo mbanye neza na mabukwe kubera ko ansaba ibitanyoroheye. Mu bisanzwe mfite umugabo, nkaba umubyeyi w’abana babiri, njyewe n’umugabo wanjye tujya kubana twari twarateganije ko tuzabyara abana batatu, ariko ubu mabukwe yifuza ko twabyara abana icyenda. Kwa databukwe bari barabyaye abana 11, ubu abariho ni babiri gusa, […]

APR FC bwahanishije Sugira Erneste amezi abiri adakandagiza ikirenge mu kibuga

sugira2.jpg

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwafashe icyemezo cyo guhagarika rutahizamu Sugira Ernest amezi abiri adakinira ikipe y’ingabo z’igihugu, nyuma y’imyitwarire mibi yagaragaje haba ku mukino wa mbere wa Shampiyona y’u Rwanda 2019-20 wahuje AS Kigali yakirigamo APR FC, ndetse no mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’umukino wo gushaka itike yo gukina imikino ya nyuma ya […]