Rtd Maj.Mudathiru Habib yashimye Military Police imwitaho mu burwayi bwe

milt.jpg

Abantu 25 bafatiwe muri Congo Kinshasa bivugwa ko ari abarwanyi b’inyeshyamba zo mu mutwe wa P5 ushamikiye kuri RNC irwanya Leta y’u Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Ukwakira 2019, urukiko rwa gisirikare mu Mujyi wa Kigali rwabakatiye gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ku ruhande rwabaregwa 25, basabaga ko barekurwa bakazajya baburana bidegembya. Gusa […]

Huye: Barataka ubujura butuma bararana n’amatungo

Abaturage bo mu Murenge wa Ruhashya mu Karere ka Huye bavuga ko basigaye bararana n’amatungo kubera ubujura bwabamazeho utwabo. Ibi babigaragarije urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ubwo rwabegerezaga Serivisi zarwo hakirwa ibibazo bitandukanye birebana n’ubutabera, akarengane n’ihohoterwa. Aba baturage bagaragaza ko “ Babayeho mu bwoba bwo gutinya ibisambo kandi bizwi byabamazeho ibyabo bipfumura inzu,byiba amatungo,ibituma hari […]

Troy ushinjwa kwica Mowzey Radio urukiko rwamuhamije icyaha

Urukiko muri Uganda rwahamije Godfrey Wamala uzwi nka Troy icyaha cyo kwica umuhanzi Moses Sekibogo wari uzwi nka Mowzey Radio. Mowzey Radio yapfuye umwaka ushize nyuma yo gukubitirwa mu kabiri mu mujyi wa Kampala. Urupfu rwe rwababaje cyane abakunzi ba muzika ya Radio& Weasle. Bwana Wamala yashinjwaga gukubita Mowzey agamije kwica. Umucamanza w’urukiko rukuru Jane […]

Umwana yahiriye mu nzu mu gihe Se ari kwirebera umukino wa Arsenal yihebeye

Umwana w’umukobwa w’imyaka itandatu, Annet Namulondo yahiriye mu nzu arapfa mu Karere ka Bugiri mu gihe Se, Saleh Mukulu yari yagiye kureba umukino wahuzaga Ikipe ya Arsenal na Crystal Palace ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 28 Ukwakira 2019. Nyina wa nyakwigendera, Yudaya Namugere yabwiye The Daily Monitor ko yasize Se n’abana babo batatu […]

Jenoside y’abanyamurenge muri DRC: kubera iki isi yose irebera?

bisengimana-2.jpg

Nk’umwanditsi kandi w’umunyamakuru nihaye gukoresha ririya jambo ” jenoside” nshingiye ku ubusobanuro ubwaryo ntirengagije ko rivugwa ari uko ryemejwe n’imiryango mpuzamahanga, kandi bigatwara igihe kirekire nk’uko twagiye tubibona mu mateka ya jenoside zakorewe mu bindi bihugu. Mureke tubanze tumenye icyo iryo jambo risobanuye. Abahanga bavuga ko jenoside ari icyaha cy’ubwicanyi ndenga kamere gikorwa n’agatsiko k’abantu […]

Bobi Wine na Museveni bahanganiye kuba ‘aba ghetto’

Umunyamuziki akaba n’umudepite, Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine na Perezida Yoweri Museveni wa Uganda bahanganiye kuba abo muri ghetto bitewe n’ifoto yasohotse mu minsi ishize. Ghetto ni inzu ifatwa nk’iciriritse, abenshi nk’urubyiruko babamo bakodesha. Izi nzu zibamo abanyabushobozi buke bashakisha ubuzima. Mu Rwanda, iri jambo rivugwa cyane mu banyeshuri biga muri kaminuza baba mu […]

Nyarugenge: Abaturage birirwa baryamye ku kagari kubera kubura umuyobozi

Bamwe birirwa baryamye mu cyumba cy'inama

Abaturage bo mu kagari ka Kavumu, umurenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge barasaba guhindurirwa ubuyobozi kuko uwo bafite aboneka rimwe mu cyumweru. Ni amakuru dukesha Radiotv10 yasuye aba baturage ku biro by’akagari. Yasanze bamwe bategerereje umuyobozi baryamye ku ntebe z’icyumba cy’inama cy’akagari, abandi barambiwe baryamye mu busitani buhari. Aba baturage bavuze ko bageze kuri […]

Rurageretse hagati ya Leta y’u Burundi n’Abadivantisiti iherutse gukubitira mu rusengero

Pastor Lamec Barishinga umuyobozi w’itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi mu Burundi yafunzwe mu cyumweru gishize nk’uko abayobora iri torero ku isi no mu Burundi babivuga. Ubuyobozi bw’itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi mu Burundi burimo ibice bibiri, igice gifite ibyangombwa bitagwa n’ubutegetsi bw’igihugu n’igice cyemewe n’ubuyobozi bw’iri torero ku isi. Lamec Barishinga wafunzwe, yemewe n’itorero ku […]

Uganda: Umugore yarongoye abagabo batatu bose bakaba babana mu nzu imwe

Ann Grace Aguti w’imyaka 36 y’amavuko yashyingiranwe n’abagabo batatu mu gace ka Amugagara, Kumel (Mukura sub-county), bose bakaba babana mu nzu imwe y’uyu mugore. Aba bagabo batatu: Richard Alich, John Peter Oluka na Michael Enyaku batangarije ikinyamakuru Sundayvison ko nta kibazo bafite kuba bararongowe n’umugore bakaba banabana mu nzu imwe. Batangarije iki kinyamakuru ko amabwiriza […]

Abantu 9% ni bo bazi gusoma no kwandika mu bakuze bo mu Ntara y’Uburengerezuba

Ubushakashatsi bwakozwe n’Ishami ry’Uburezi muri Kaminuza y’u Rwanda n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubusesenguzi kuri politiki n’abandi bwerekana ko mu bantu 100 bakuze bo mu Ntara y’Uburengerazuba 91 baba batazi gusoma no kwandika. Ubu bushakashatsi kandi bwerekana ko n’abagize amahirwe yo kujya aho bakwiga gusoma no kwandika, 33 % byabo babashije kumenya. Buvuga ko “ 14% by’abagannye aho […]

Wamenya indege ziri kugendera mu kirere cy’igihugu urimo

Ni uku bigaragara mu Rwanda no mu karere ubu saa 10:30

Ikoranabuhanga ryaje rifite impamvu nyinshi zirimo koroshya ibikorwa byacu bya buri munsi hakabamo no kutumara amatsiko. Ku isi twibaza byinshi, ahanini bishingira ku byo tubwirwa twafashe nk’amakuru atuzuye ari na cyo gituma duhaguruka tukabaza abandi, tugasoma inyandiko, tukareba amashusho, amafoto cyangwa tukumva amajwi. Twibajije uburyo indege iguruka mu kirere n’uburyo igaruka ku butaka, twibaza niba […]

Inyeshyamba za NDR zifite impungenge zo kuba zashyira intwaro hasi FDLR ikiri ku butaka bwa Congo

Inyeshyamba za NDC-R (Nduma defense of Congo Rénové), zitangaza ko bigoye kuri zo gushyira intwaro hasi mu gihe iza FDLR zikomoka mu Rwanda zikigaragara ku butakabwa Congo. Izi nyeshyamba zitangaza ko zifite ubushake bwo gushyira intwaro hasi zikava no mu mashyamba nyuma y’ubusabe bwa Perezida Felix Tshisekedi usaba imitwe y’inyeshyamba yose gushyira intwaro hasi, gusa […]

Abandi barwanyi batanu ba FLN/CNRD bafashwe baje guhungabanya umutekano mu Rwanda

Abarwanyi batanu b’inyeshyamba za FLN/CNRD bafatiwe muri Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyepfo mu rugendo rwerekeza mu Rwanda aho bari bagambiriye guhungabanya umutekano. Umuvugizi wa Operasiyo Zokola, Captain Dieudonné Kasereka yabwiye Rwandatribune dukesha iyi nkuru ko aba barwanyi barimo n’umwe mukuru bafashwe n’Ingabo za Congo (FARDC) mu ijoro ryo kuwa 24 rishyira 25 Ukwakira 2019. […]