Biyahuye nyuma y’iminsi ine bashinze urugo kubera ideni
Umugabo witwa Odipo n’umugore we bari bamaze iminsi ine bashakanye biyahuye nyuma yo kugwa mu ideni ry’ibihumbi 78 by’amadolari ya Amerika. Ibi byabereye mu Mujyi wa Kisumu muri Kenya hafi y’Ikiyaga cya Victoria. Biravugwa ko urupapuro rwasizwe n’aba bombi, rwavugaga ko batewe isoni no gutangira ubuzima bushya bahanganye n’amadini. Ngo bagiraga bati ” Twasanze tutabasha […]
Rubavu : Abakozi 7 birukanwe ku mirimo nyuma y’uruzinduko rwa Minisitiri
Nyuma y’uruzinduko rwa Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Anastase Shyaka , haravugwa iyirukanwa ku bari abayobozi (Directeur ) , n’umukozi umwe wahagaritswe amezi 3. Mubirukanwe haravugwamo : Rukabu Benoit wari ushinzwe BDA, Mwangange Mediatrice wari ushinzwe uburezi, Dukundimana Esperence Administration, Rugomboka Daniel wari umujyanama mu nama njyanama, Karasira Donath wari ushinzwe imari (Finance) , Claire umukozi wari […]
Umugore wanjye yapfuye yari amaze iminsi abimbwiye- Ev. Jean Baptiste
Ndayisenga Jean Baptiste ni umuvugabutuma, avuga ko yamaze imyaka myinshi ari umusinzi wanywaga urumogi rw’amafaranga 2000Frs ku munsi ariko Imana iza kumuhamagara ko agomba kuvuga ubutumwa bwayo. Avuga ko yaje kugira ibyago umugore we yitaba Imana ariko ngo Imana yari imaze iminsi ibimubwiye ibinyujije mu mwana we, ndetse n’umwana yari atwite na we biba uko […]
Abagororerwa Iwawa bagereranyije inkoni bakubitwa n’imvura y’amahindu
Bamwe mu banyeshuri bagororerwa mu kigo ngororamuco cya Iwawa barataka inkoni bakubitwa na bamwe muri bagenzi babo bavuga ko ngo ziruta imvura y’amahindu. Aba banyeshuri bavuga ko bikomeye ku buryo bamwe bibaviramo ubumuga. Umwe muri bo ubwo basurwaga n’Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y’ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Ignatienne Nyirarukundo, mu cyumweru gishize, yashize […]
Unqualified teachers to be laid off, REB confirms
Rwanda Education Board (REB) has revealed there is a yet to be revealed list of unqualified teachers who will be sacked next academic year scheduled to commence on January 6, 2020. Dr Irénée Ndayambaje, the Director-General of REB, confirmed the development to TNT citing the list is already prepared yet declined to reveal the number […]
Uburemba bwatumye umusore w’umurokore arusenya ijoro rimwe ashyingiwe
Umusore umwe yari umurokore akaba yarakundaga gusenga, yubahaga akaninginga Imana. Yagendanaga ubumuga bwo kutagira agatege ngo abe yatera akabariro nk abandi bagabo. Ntabyo yari yarigeze abigerageza na rimwe mu buzima bwe ngo yumve uko bimera. Yagiraga ababyeyi bombi na bashiki be babiri mu mudugudu iwabo. Ngo bucye bashiki be bamuteraniraho bamubaza impamvu atarongora kimwe n’abandi […]
Abaturage basenyewe mu Gatsata barara mu matongo

Bamwe mu baturage basenyewe mu Midugudu ya Kanyonyomba na Kwamwunguzi, mu Kagari ka Nyamugari mu Murenge wa Gatsata, mu Karere ka Gasabo bavuga ko kuva basenyerwa, barara mu matongo akaba ari naho birirwa kuko babuze ahandi bakwerekeza. Aba baturage babwiye Bwiza.com ko icyemezo cyo gusenyerwa cyabatunguye cyane ko bari babwiwe n’ubuyobozi ko abagomba guhita bimuka […]
Umugabo wifuzaga ubukire yategetswe na pasiteri kumara imyaka ibiri anywa inkari z’umugore we
Umugabo usanzwe afite umugore yahishuye uburyo yogejwe mu bwonko n’umupasiteri yagejejeho icyifuzo cye cy’uko akeneye ubukire na we amushyira ku kigeragezo cyo kumara imyaka ibiri anywa inkari z’umugore we. Ubu buhamya bw’uyu mugabo yabucishije ku rukuta rwe rwa Instagram, akavuga ko ibyo pasiteri yamusabye yasanze birenze ubwonko bwe. Gusa akaba ababazwa n’uko yaje no gusanga […]
Diamond arahigira kurongora bitarenze 2020

Umuhanzi Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzania, avuga ko nta kintu na kimwe abuze kugira ngo abe yarongora, none ubu akaba ahigira kubikora mu mwaka utaha wa 2020. Diamond avuga ko afite umukunzi, Tanasha Donna ukomoka muri Kenya ngo wanamubyariye umwana mwiza, akagira inshuti n’ibindi byangombwa, bityo ko gukora ubukwe atabibona nk’ibyamunanira ariyo mpamvu […]
Urubanza rwa Neretse: Igicu cy’ubwoba ku ijuru rya Mataba

Iburanisha, mu rubanza rw’umunyarwanda Neretse Fabiani uregwa icyaha cya jenoside mu gihugu cy’Ububiligi, rirasatira umusozo. Rugiye gusiga abatangabuhamya babaye iciro ry’imigani kubera kwivuguruza: abashinjaga, uyu munsi barashinjura. Ese aho iyo virusi yo « kwibagirwa » ntibaba barayanduriye iwabo i Mataba ? Ni saa sita ku musozi wa Mataba, uri mu kwaha kw’agasongero k’ibisi bya Bukonya, […]
Inkuru mpamo : “Nyuma y’umuhango wo gushyingura umwana wanjye Sylvie, mama yansabye kuryamana na se kandi mfite undi mugabo”

Ngo ni umuco. Iyo umugore agize ibyago agapfusha umwana ni ngombwa ko aryamana na se w’umwana kabone n’iyo yaba yarashatse undi mugabo. Babyita “guhungura”. Ngo iyo atabikoze, abana bamushiraho! Liliane, ni umudame w’imyaka 29 utuye mu ntara y’amajyepfo mu Rwanda. Mama we yitwa Berthe. Afite iimyaka 20, Liliane yakundanye na Jacques amutera inda. Akimenya ko […]
Kayumba Nyamwasa yavuze ku ibura rya Ben Rutabana bwa mbere
Umuhuzabikorwa wungirije wa mbere mu ishyaka rya RNC, Kayumba Faustin Nyamwasa, washinjwaga na bamwe mu bayoboke baryo kugira uruhare mu ishimutwa rya Benjamin Rutabana, yagize icyo abivugaho bwa mbere agaragaza ko na we ahangayitse. Benjamin Rutabana yabuze mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cyenda, ni byinshi byagiye bivugwa kuri iri bura rye cyane cyane Kayumba Nyamwasa atungwa […]
Ni iki kirimo gutera abakobwa gukunda cyane abagabo bubatse kurusha abasore?
Iki ni ikibazo buri wese ashobora kuba yibaza, umukobwa aba abizi ko uri umugabo, yewe rimwe na rimwe anazi umugore wawe ariko ugatungurwa n’uko aguteye imitoma, akubwira uburyo agukunda. Bamwe bavuga ko abakobwa baba bishushanya, ko nta rukundo baba bafitiye abagabo bubatse ahubwo ko babereka ko babakunda uruhande rumwe bagamije kubakuraho amafaranga, aka ya mvugo […]
Supply and Installation of Switches at RwandAir
RwandAir hereinafter called ‘’Client” has got funds from its ordinary budget towards the cost of supply and installation of switches for Rwandair to interested companies in Rwanda. The Client intends to apply a portion of the funds to eligible payments under the contract for which this Bidding Document is issued. Tender Notice Tender: SUPPLY AND […]
Credit Protection Insurance Quotation Request at Inkunga Finance Plc
INKUNGA FINANCE Plc is dedicated to promoting financial services for quality to small and medium entrepreneurs in order to contribute to their social-economic development and to continue considered as operating the self-sufficient institution. INKUNGA FINANCE Plc conducts its activities of saving and credits in Western province. INKUNGAFINANCE PLC BP 35 KIBUYE-RWANDA E-mail: info@inkungafinance.com www.inkungafinance.com CREDIT […]
Systems Strengthening Advisor at Cambridge Education
Job Title: Systems Strengthening Advisor Country: Rwanda Location: Kigali, with travel to other regions as required Schedule: Full Time Project Summary The objective of Soma Umenye is to improve reading outcomes in Kinyarwanda for at least 1 million children in public and government-aided schools in Rwanda. Specifically, Soma Umenye will target all children in Grades […]
Special Events & Convening Manager at University of Global Health Equity (UGHE) Kigali, Rwanda
Special Events & Convening Manager University of Global Health Equity (UGHE) Kigali, Rwanda Description Special Events & Convening Manager University of Global Health Equity is on a mission to radically change the way health care is delivered around the world. UGHE is a new university based in Rwanda that is building the next generation of […]
Laundry Assistant at RwandAir Catering Ltd
RwandAir Catering Ltd is a fast-growing in-flight catering company in Rwanda and started its operations from August 2014 and has been providing catering services to scheduled airlines, private jet, and charters for five years now. RwandAir Catering ltd aims to be one of the biggest aviation catering companies in Africa in a few years to […]
Rusizi/Bugarama: Min. Shyaka yakirijwe uruhuri rw’ibibazo birimo n’ibimaze imyaka irenga 10 byarabuze gikemura

Mu ruzinduko rw’umunsi 1 yagiriye mu karere ka Rusizi ku wa kabiri tariki ya 10 Ukuboza, nyuma yo kuganira n’abayobozi b’uturere twa Rusizi na Nyamasheke guhera ku rwego rw’akagari kugeza ku rw’akarere, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu prof. Shyaka Anastase ari kumwe n’abandi bayobozi bakuru barimo Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Mukeshimana Gerardine, umugaba mukuru w’ingabo z’uRwanda Général […]