Kigali/Ndera: Uwarokotse jenoside aratabaza ubuyobozi
Mukantwari Eugenie utuye mu Mudugudu wa Nezerwa, Akagari ka Kirenga, Umurenge wa Ndera, mu Karere ka Gasabo arasaba inzego zitandukanye kumurenganura nyuma yo gusanga imyaka ye yari yarahinze yatemaguriwe hasi. Mukantwari avuga ko ahangayikishije n’umutekano w’ubuzima bwe kubera ibyo avuga akorerwa. Afite ubumuga avuga ko yetewe na jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ndetse yanamusize ari […]
Perezida wa Zimbabwe yagiye mu kiruhuko, asiga abantu babiri bo kumusimbura
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa tariki ya 8 Mutarama 2020 yafashe ikiruhuko cy’ibyumweru bitatu, asiga abantu babiri ngo babe bamukorera inshingano mu gihe adahari. Itangazo ryanditswe n’umuvugizi w’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, George Charamba gusa ngo Perezida Mnangagwa araba ari imbere mu gihugu nk’uko ikinyamakuru New Zimbabwe kibivuga. Ryagiraga riti: “Ibiro by’Umukuru w’Igihugu na guverinoma birabamenyesho ko […]
Dore impamvu udakwiye kwihagarika mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina
kwihagarika mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina byajyaga bifatwa nka bumwe mu buryo bushobora gufasha kwirinda indwara zifata imiyoboro y’inkari (UTI), abahanga mu buvuzi bw’izo ndwara bagaragaje ko ahubwo byongera ibyago byo kuzandura. Abaganga b’indwara zifata imiyoboro y’inkari (Urologist) bagaragaje ko iki kibazo cyibasira cyane abagore kurusha abagabo. David Kauffman, ukorera i New York muri Leta […]
Ni iyihe mpamvu Col. Rukunda yateye umugongo ingabo za Congo?

Col. Michel Rukunda bakunda kwita Makanika ni umunyamulenge wavukiye kuri se witwa Rutubuka na nyina witwa Sada ahitwa mu Igaryi muri teritwari ya Uvira mu 1974. Mu 1994 ni bwo yinjiye igisirikare cya DRC. Yagize mu mutwe w’ingabo wa ADLR/ADFLC (The Alliance of Democratic Forces for the Liberation of Congo-Zaire), aba komanda wa segisiyo, ari […]
Humvikanye urusaku rw’amasasu mu Karere ka Nyanza
Abaturage bo mu Mudugudu wa Mwima, mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Busasamana, mu Karere ka Nyanza bavuga ko bumvise urusaku rw’amasasu inshuro ebyiri mu ijoro ryo kuwa 9 rishyira kuwa 10 Muratama 2020. Umwe mu baturage batuye muri ako gace yatangarije Bwiza.com ko yumvise iby’urusaku rw’amasasu ariko ntihamenyekane impamvu yarwo. Ati ” Mu […]
Boss yansabye gusambana na mabuja atureba, ntabikora akanyirukana. Nkore iki?
Nitwa Gervais ndi umukozi wo murugo ariko by’umwihariko nshinzwe koza imidoka ya databuja no gukingura igipangu bitewe n’uko ataha bwije(databuja). Mabuja ajya aza kunganiriza akambaza ibibazo bijyanye n’imibonano mpuzabitsina gusa ngira ubwoba bwo kubivugaho kuko mba ntinya ko banyirukana ariko uko akomeza abinganiriza nanjye ndatwarwa, nkirekura tukabivugaho. Rimwe mabuja yanyeruriye ko umugabo we atamuhaza ko […]
Muhima: Ijerekani y’amazi iragura amafaranga 500
Abaturage batuye mu midigudu y’Ubuzima n’Inyarurembo mu Kagari k’Amahoro, mu Murenge wa Muhima bavuga ko muri iki gihe kubona amazi ari ikibazo cy’ingorabahizi kuko ngo ijerekani imwe igura F 500, ivuye ku F 120. Aba baturage babwiye Bwiza.com ko amazi yatangiye guhenda kuva mu Kuboza ubwo hatangiraga imirimo yo kubaka umuhanda uva ku biro bya […]
Tender: Request for Expression of Interest for Plumbing services at Irembo Ltd
Irembo Ltd wishes to establish a database of pre-qualified suppliers and service providers to work with for the budget year 2020 and apply part of its budget to payments under which this request for expression of interest is issued. Interested and eligible companies/firms are invited to express their interests in the supply of services in […]
Church and Community Transformation Officer at Tearfund
Tearfund an International Christian relief and Development Organisation founded by churches in the United Kingdom fifty years ago. In Rwanda, Tearfund has worked with the Church for forty one years. Our work focus on community empowerments, in partnership with the local church to enable people achieve whole-life transformation. Website: http://www.tearfund.org Church and Community Transformation Officer […]
Monitoring and Evaluation Officer at World Relief Rwanda (WRR)
World Relief Rwanda (WRR) is an International Non-Government Organization whose mission is to empower the local church to serve the most vulnerable. To facilitate the implementation of its activities in its nutrition-sensitive social protection Project funded by UNICEF, WRR wishes to recruit a qualified and well-experienced candidate to fill the position of M&E Officer. The […]
Israel iravugwaho kurasa misile ku birindiro by’Ingabo za Iran muri Syria
Ku birindiro by’Ingabo za Iran ziba hafi y’umupaka uhuza Syria na Iraq hatewe misile kuri uyu wa 9 Mutarama 2020 ihitana abantu umunani bivugwa ko Israel yaba ibyihishe inyuma. Ikinyamakuru Haaretz cyo muri Israel dukomoraho aya makuru kivuga ko umuryango wo mu Bwongereza utara amakuru ku ntambara muri Syria watangaje ko misile [zitavugwa umubare] zarashwe […]
MICE Sales Manager at Rwanda Convention Bureau (RCB)
Rwanda Convention Bureau (RCB) is a private company incorporated under the laws and regulations of the Republic of Rwanda. The company was established in 2016 with a mandate of marketing and promoting Rwanda as a MICE destination, identifying MICE investment Opportunities. RCB has a firm sales and marketing mandate that has enabled Rwanda to rank […]
Kigali/Bumbogo: Bafashwe bamaze kubaga ingurube bibye bazengurutswa karitsiye bambaye inyama zayo
Ni abagabo Babiri bafatiwe mu Mudugudu wa Kayumba, Akagari ka Musave mu Murenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, bamaze kwiba ingurube barayibaga inyama zayo bazibika mu nzu babagamo. Nyuma yo gufatwa n’abashinzwe irondo mu ijoro, bwakeye barazambara bazenguruka karitsiye banikoreye n’ibindi bibye bagezwa ku Kagari. Abaturage bo muri uyu Mudugudu wa […]
Musanze: Inka ‘z’abakomeye’ zayogoje imyaka y’abaturage
Abashumba bakunze kwitwaza ko baragiye inka z’abitwa abakomeye biganjemo abasirikari barashinjwa n’abaturage bo mu duce tumwe twa Musanze konesha ibihingwa yabo. Ibihingwa ngo byibasirwa ni iby’abaturage batuye mu duce two mu mu nkengero z’Umujyi wa Musanze turimo Cyabagarura, muri Mpenge no mu Cyuve.Bose bavuga ko izi nka zayogoje imyaka yabo. Abaturage bavuga ko ” Aba […]