Man. City yahanishijwe kumara imyaka ibiri idakina amarushanwa ya UEFA
Ikipe ya Manchester City yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yaciwe amande ya miliyoni 30 z’ama-Euro, inahanishwa kumara imyaka ibiri idakina amarushanwa ategurwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’Uburayi, UEFA. Ibi bihano biremereye Man City yabifatiwe, nyuma yo kwica amabwiriza ajyanye no kugura no kugurisha abakinnyi ya UEFA azwi nka Financial Fair Play. Financial Fair Play igena […]
Minisitiri Diane Gashumba yeguye ku mirimo ye
Ibiro bya Minisitiri w’intebe byatangaje ko Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yakiriye ubwegure bwa Minisitiri w’ubuzima Dr. Diane Gashumba. Primature yavuze ko Minisitiri Gashumba yeguye ku mirimo ye, nyuma y’amakosa yari amaze kuba akarande muri Minisiteri yayoboraga. Mu ntangiriro z’iki ni bwo Minisitiri Gashumba yari yatumijweho na Komisiyo y’imibereho myiza mu nteko ishinga amategeko y’u […]
Rayon Sports yagabanyirijwe ibihano yari yarahawe na FERWAFA

Komisiyo y’Ubujurire ya FERWAFA yagabanyije ibihano Komite Nyobozi y’iri shyirahamwe yari yarahaye Rayon Sports izira kwivana mu irushanwa ry’Ubutwari ryatangiye tariki ya 25 Gashyantare rikarangira tariki ya 1 Gashyantare 2020, ku munsi w’Intwari. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’aho yaba ubuyobozi bw’iyi kipe ndetse n’abakunzi nayo babifashe nk”akarengane, ndetse ubuyobozi bw’iyi kipe bishyikiriza ubujurire iyi komisiyo. […]
U Rwanda rwasabye Uganda gusenya gereza za RNC na RUD-Urunana ziri ku butaka bwayo
Mu nama yahurije hamwe intumwa z’ibihugu bya Uganda n’u Rwanda i Kigali, Leta y’u Rwanda yasabye iya Uganda gusenya gereza z’imitwe ya RNC na RUD- Urunana ziri ku butaka bwayo. Ni inama yitabiriwe n’abaminisitiri hatandukanye b’ibihugu byombi, ikaba ibanziriza iyo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni bazahuriramo i […]
Kigali: Umugabo akeka ko pasiteri amusambanyiriza umugore
Umugabo witwa Claude (amazina yahinduwe) avuga ko adashira amakenga pasiteri muri amwe mu matorero y’inzaduka kuko akeka ko yaba amusambanyiriza umugore. Uyu mugabo utifuje gutangazwa amazina avuga ko atuye mu Murenge wa Rwezamenyo mu Karere ka Nyarugenge. Yabwiye Bwiza.com ko akemanga umubano waba uri hagati ye n’uwo avuga ko ari pasiteri. Ati ” Umugore wanjye […]
Sugira Ernest yagarutse mu kipe y’igihugu Amavubi

Kuri uyu wa gatanu Mashami Vincent utoza ikipe y’igihugu Amavubi, yahamagaye abakinnyi n’ikipe ya CHAN yitegura imikino ibiri ya gicuti, harimo uwa Cameron na Les Diables rouges ya Congo Brazzaville. Ni mu rwego rwo kwitegura irushanwa rya CHAN Amavubi agomba kwitabira, rizabera muri Cameroun muri Mata uyu mwaka . Abakinnyi 28 Mashami yahamagaye barimo Sugira […]
Destiny Art Media yashyize igorora abashaka gutanga impano n’ibihembo bikoze neza

Destiny Art Media ni kompanyi izwiho ubuhanga no kugira ibikoresho bigezweho mu gukora impano no kwandika ku bintu binyuranye hano mu Rwanda. Imaze kuba ubukombe mu gutanga izi serivisi ndetse kuri ubu yamaze kuzana uburyo bugezweho bwo kwandika ku mitako ikoze mu rubaho , mu rwego rwo gufasha abakiriya bayo n’abayigana, serivise nziza kandi zijyanye […]
Umwiherero 2020: Hazakorwa iki ku bibazo bigenda bigaruka?
Umwiherero ni inama ihuza abayobozi bakuru b’igihugu mu ntango z’umwaka, iyoborwa na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame. Watangiye mu 2003, hategurwa ingingo zitandukanye aba bayobozi baganiraho ndetse ugafatirwamo n’imyanzuro y’ibigiye gukorwa. Buri mwiherero ubaye ugira insanganyamatsiko bitewe n’ikintu nyamukuru kigambiriwe, ukaba mu minsi itatu cyangwa irenga mu kigo cya gisirikare cya Gabiro (RDF […]
Hamisa Mobetto arashinjwa kwigana imyambarire ya Tanasha
Umunyamideri Hamisa Mobetto, arashinjwa kwigana uburyo bw’imyambarire bwa mukeba we Tanasha Donna. Aba bagore uko ari babiri bahuriye ku kuba bafite abana b’abahungu bombi babyaranye n’umuhanzi Diamond Platinumz. Hamisa ni we babanje kubyarana, gusa baza gutandukana bapfuye ko uyu mugore ngo yari asigaye ajya gushaka imitsindo mu bapfumu yo kugira ngo Diamond amukundwakaze. Tanasha Donna […]
RIB yemeje ifatwa rya Kizito Mihigo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacya (RIB) rwemeje ifatwa ry’umuhanzi Kizito Mihigo, nyuma y’amakuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 13 Gashyantare 2020. RIB ibinyujije mu itangazo kuri Twitter ivuga ko Kizito Mihigo yafashwe n’inzego z’umutekano, ziyimushyikiriza kuri uyu wa 13 Gashyantare 2020. Nk’uko byatangajwe mbere mu byitwaga ibihuha, koko Kizito Mihigo yafatiwe mu karere ka Nyaruguru, […]
Programme Manager at The British Council
The British Council is the United Kingdom’s international organisation for cultural relations. The British Council creates international opportunities for the people of the UK and other countries and builds trust between them worldwide. We call this cultural relations. Website: http://www.britishcouncil.rw The British Council is the UK’s international organization for cultural relations and educational opportunities. We […]
Hari amahahiro yo mu Rwanda acuruza inyama ziroze
Mu gihe inyama zifatwa nka rimwe mu mafunguro yiyubashye ku benshi mu Banyarwanda, hari amakuru avuga ko zimwe muri Super MarchĂ©s (amahahiro) nyarwanda zicuruza inyama ziroze, bikagira ingaruka zikomeye ku buzima bw’abarya ziriya nyama. Ibi ni ibyagaragajwe n’urubuga M28 Investigates, mu iperereza rwakoze rigaragaza ko abenshi mu bacuruzi b’inyama bashyira imbere amafaranga aho kwita ku […]
Uko ukwiye kwitwara ku munsi w’abakundana, urukundo rwanyu rukarushaho kuryoha
Kuri uyu wa 14 Gashyantare ni umunsi ngarukamwaka w’abakundanye, umunsi uzwi nka Saint Valantin. Ni muri urwo rwego abakundanye bagirwa inama y’uko bagomba kwitwara kuri uyu munsi. Uyu munsi w’abakundanye ni umunsi usobanura byinshi ku idini ry’abangirikani (Anglican Communion) ndetse n’idini ry’aba Lutheran ari bo bayoboke cyangwa abakomoka kw’idini rya Martin Luther. Uyu munsi nanone […]
Program Area Manager at Plan International
Plan International is an independent development and humanitarian organization (non-profit) that advances children’s rights and equality for girls. We believe in the power and potential of every child. But this is often suppressed by poverty, violence, exclusion, and discrimination. And its girls who are most affected. Working together with children, young people, our supporters, and […]
Nyarugenge: Umugabo yateje akavuyo ku rusengero rwa ADEPR avuga ko imusenyeye
Umugabo witwa Innocent Ntirenganya yigabye ku Rusengero rwa ADEPR ruri mu Murenge wa Gitega ahitwa mu Cyahafi mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ataka ko umugore we, Solange Uwambajimana atacyita ku rugo, ako ahubwo iminsi yose aba ari mu rusengero, ikibazo avuga ko kigiye gusenya urugo rwabo. Ntirenganya usanzwe atuye mu Mudugudu w’Agaseke, […]
A Professional Event Manager for Regional project “Support to the “International Conference on the Great Lakes Region
Vacancy Announcement A Professional Event Manager for Regional project “Support to the “International Conference on the Great Lakes Region” The Deutsche Gesellschaft fĂĽr Internationale Zusammenarbeit (GIZ) GmbH is a federally owned international cooperation enterprise for sustainable development with worldwide operations. GIZ has worked in Rwanda for over 30 years. The primary objectives between the Government […]
Abayobozi dufite inshingano yo kurwanya ruswa duhereye no ku bo tubyara- Murekezi Anastase

Umuvunyi mukuru, Murekezi Anastase avuga ko abayobozi bose mu nzego zitandukanye bafite inshingano yo kurwanya ruswa bafatanyije n’abo bayobora ndetse bakanabikora bahereye hasi no ku babakomokaho. Umuvunyi Mukuru yabitangarije mu kiganiro cyahuje Urwego rw’Umuvunyi n’inzego z’Ubutabera zirimo: Minisiteri y’Ubutabera, Ubushinjacyaha bukuru , Urukiko rw’Ikirenga ku bufatanye n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe b’Uburayi (EU) i Kigali, ku wa […]
Afrika: Louise Mushikiwabo na Clare Akamanzi mu bavuga rikumvikana
Umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa, Louise Mushikiwabo n’umuyobozi w’ikigo cy’igihugu cy’iterambere mu Rwanda (RDB), Clare Akamanzi baza mu rutonde rw’abantu 100 bavuga rikumvikana ku mugabane w’Afurika. Uru rutonde rushingiye ku bushakashatsi bukorwa na The Africa Report buri mwaka. Aba bombi bagaragara ku rwateguwe mu 2019. Abantu 100 bose baruriho barangajwe imbere n’umuherwe w’Umunya-Nigeria, […]
KNC yavuze ko yitandukanyije burundu na Mukura igomba gusura Gasogi United
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles, uzwi nka KNC, yatangaje ko yitandukanyije burundu n’ikipe ya Mukura Victory Sports et Loisirs yahoze afana, mbere y’uko iyi kipe yo mu majyepfo y’u Rwanda isura Gasogi United, mu mukino w’umunsi wa 20 wa shampiyona y’u Rwanda. Hari mu kiganiro kibanziriza uriya mukino yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa […]
Nyaruguru: Abaturage bavuze iby’ifatwa rya Kizito Mihigo
Umuhanzi Kizito Mihigo biremezwa n’abaturage bo mu Murenge wa Nyabimata mu karere ka Nyaruguru ko yajyanywe n’inzego z’umutekano amaze gufatirwa hafi y’umupaka w’u Rwanda n’ u Burundi. Amakuru ku ifatwa rye yatangiye kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga mu gitondo cyo ku wa Kane tariki 13 Gashyantare. Kugeza ubu, nta rwego bireba ruratangaza iby’ifatwa rya Kizito Mihigo. […]