Abarwayi ba Coronavirus mu Rwanda barenze 100

Minisiteri y’Ubuzima, Minisante, yatangaje ko kuri uyu wa 04 Mata mu Rwanda habonetse abantu bashya banduye icyorezo cya Virusi ya Corona 13, abanduye iki cyorezo bose bahita baba 102. Minisante yavuze ko babiri mu bagaragaye uyu minsi baje mu Rwanda baturutse i Dubai, abandi babiri bahaza baturutse muri Turkiya, mu gihe icyenda bandi ari abahuriye […]

Ruhango: Umugabo yari agiye kwiyahura kubera inzara

Umugabo witwa Ndabasanze Felecien utuye mu Karere ka Ruhango, Umurenge Ruhango, Akagari ka Munini, mu Mudugudu wa Ruhuha, avuga ko hashize ukwezi kumwe agerageje kwiyahura ku bwo kubura icyo agaburira abana be babiri n’umugore. Ndabasanze yatangarije Bwiza.com ko yageze aho asubika kwiyahura, igikorwa avuga ko ari “ Icy’ububwa” yari agiye gukora nyuma yo kwitegereza abana […]

Juma Lokole yibasiwe ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuvuga kuri Tanasha

tanasha.jpg

Juma Lokole yatangaje amagambo kuri Instagram ye asa n’ukwena Tanasha Donna, amuvugiraho ko yirukanwe agasubira iwabo muri Kenya nyuma yo gutandukana n’uwari umugabo we Diamond. Lokole akunze kugaragara nk’umuvugizi w’umuryango wa Diamond Platinum. Birasa n’aho atazagirira ibihe byiza ku mbuga nkoranyambaga ze nakomeza kwikoma Tanasha Donna uri kuvugirwa n’Abanyakenya batari bake. Nkuko ghafla ibitangaza , […]

Ndarikira musaza wanjye ariko nabuze uko ntobora: Umukobwa w’i Kigoma

Sameera Sarah ni umukobwa w’imyaka 27 y’amavuko utuye mu mugi wa Kigoma muri Tanzania. Afite musaza we w’imyaka 24 y’amavuko bakunze kwisanzuranaho, ntibagire icyo bahishanya. Avuga ko ibiganiro bagirana byiganzamo ibijyanye n’ubuzima bw’imyororokere n’urukundo. We n’uyu musaza we nta kintu bakingana ndetse nta we ugira isoni ryo kwitwara mu buryo yise ubusazi (crazy behavior) nko […]

RIB arrests two more suspects of assault resulted into death

Rwanda Investigation Bureau (RIB) has arrested two more suspects (a man and woman) in Rubavu District, who are suspected of intentionally assaulting one Salomon Niyonzima, 24, who later died in hospital. Those arrested were identified as Jean-Claude Ntirenganya, who was beating Niyonzima, and Afisa Naberaho who is also suspected of being involved in this immoral […]

Nyanza: Abo mu miryango y’abasore babiri barashwe na Polisi banze kubashyingura

Abantu bo mu miryango y’abasore babiri barashwe na polisi y’u Rwanda bivugwa ko bayirwanyije mu Murenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyanza banze gushyingura abantu babo. Amakuru avuga ko kuri uyu wa 03 Mata 2020, abo mu miryango yabo bashyikirijwe amabarurwa abasaba kugira uruhare mu kubashyingura banga kuyasinya. Ubuyobozi bw’Umurenge buvuga ko nta mpamvu zifatika bagaragaza, […]

Abakobwa b’ikimero banyeganyezaga imbuga nkoranyambaga barengeye he?

c3903e0161892b65ea2b8301851a9df6.jpg

Muri iyi minsi mu Rwanda ndetse no hirya no hino ku isi abantu bari mu ngo zabo hirindwa ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus. Ibi byagize ingaruka ku bantu benshi bigera no kubakoresha imbuga nkoranyambaga bamurika imideri cyangwa se bamamaza. Ese ba bakobwa bazwiho ubwiza benshi bita ba Slay Queens batungwaga no gukoresha imbuga nkoranyambaga zabo bari […]

Sierra Leone yageneye inkunga y’amafaranga amakipe y’iwayo

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Sierra Leone (SLFA), ryageneye inkunga y’amafaranga amakipe y’iwayo yo mu kiciro cya mbere n’icya kabiri. Ibinyamakuru byo muri Sierra LĂ©one byavuze ko iri shyirahamwe ryageneye aya makipe ibihumbi 67 by’amadorali ya Amerika yo kuyafasha kwigobotora ubukene yatewe n’icyorezo cya Virusi ya Corona. Ibihumbi 42 muri ariya mafaranga bigenewe amakipe […]

Ubukungu bw’u Rwanda muri 2020 buzamanukaho 4.3% ugereranyije no muri 2019

Guverinoma y’u Rwanda n’ikigega mpuzamahanga cy’imari IMF, baravuga ko ubukungu bw’u Rwanda buzamanukaho 4.3% muri 2020, ugereranyije n’uko bwari buhagaze mu mwaka wa 2019. Muri 2019 ubukungu bw’u Rwanda bwari bwazamutseho 9.4%, mu gihe mu ntangiriro z’umwaka wa 2020/21 byari byitezwe ko bugomba kuzamukaho 8%. Cyakora cyo Leta iteganya ko ubukungu bushobora kuzaba buhagaze, ntiyari […]

Abanyerondo barankubise bavuga ko ntatwite minisitiri-utuye Bannyahe

Umugore witwa Angelique Mutamuriza utuye mu Mudugudu wa Kangondo II (Bannyahe), Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera mu Karere ka Gasabo avuga ko yakubiswe n’abakora irondo ry’umwuga aho atuye kandi atwite, bamubwira ko adatwite minisitiri. Mutamuriza yabwiye Ishema TV ko irondo ryamusanze iwe rigatangira kumukubita we n’umukozi we. Avuga ko nta cyaha yari azi akurikiranweho […]

Urunturuntu hagati y’Amerika, u Bufaransa na Canada hejuru y’udupfukamunwa

Muri iki gihe ibihugu bituye Isi bihanganye n’icyorezo cya Coronavirus hari umwuka mubi hagati y’ibihangange bitatu: Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, u Bufaransa na Canada bapfa ibikoresho bwo kwirinda iki cyorezo nk’ufupfukamunwa. Ni umwuka watangiye kugaragara kuri uyu wa 1 Mata 2020 ubwo u Bufaransa bwavugaga ko Amerika yabutwariye udupfukamunwa twari tuvuye muri Bushinwa, hadaciye kabiri […]

Wakazi wa kisiwa Nkombo wadai kuuawa na nja juu ya Covid-19

Wakazi wa kisiwa cha Nkombo Wilayani Rusizi, Kusini Magharibi mwa Rwanda wamesema kuna hofu ya kuuawa na njaa juu ya Virus vya Corona. Wametangaza kuwa wanatii amri ya serikali ya kubaki nyumbani lakini wanaweza kuuawa na nja kutokana na kutokuwa na chakula. Wanaitaka serikali kuwasaidia hasa chakula kwani kazi walizokuwa wakifanya zilikomeshwa hadi tarehe 19 […]

Umujura w’inyama yaciriye umupolisi mu maso arangije yiyamira avuga ko afite Coronavirus

Umujura witwa Oliver Cook washakaga kwiba inyama mu gace ka Whitstable muri Kent ho mu Bwongereza ku cyumweru yaciriye umupolisi w’umwofisiye amubwira ko yanduye Coronavirus mu buryo bwo kumutera ubwoba. Byabaye ubwo uyu mupolisi yagerageza guta muri yombi Cook hanze y’iguriro (Super Market) muri aka gace ka Whitstable, aho yageragezaga kwiba izi nyama. Umwofisiye yafashe […]

Kenya: Umuyobozi yohereje ifoto y’imyanya y’ibanga mu itsinda rya whatsApp

Umuyobozi mu gace kitwa Nyandarua muri Kenya yohereje mu itsinda rya WatsAp ifoto igaragaza imyanya y’ibanga ye. Umwe mu baba mu itsinda yavuze ko ” Uwo mugabo yibeshye akohereza igitsina cye mu itsinda bigasaba ko bamuhamagara ngo bamubwire ibyo yakoze.” Uyu muyobozi ngo yagerageje gusiba ifoto gusa benshi bari bamaze kuyitwara nka sikirinishoti (screen). Uyu […]

Imyaka 52 irashize Icyizere cy’Abirabura, Martin Luther King yishwe

Iyi nyandiko (Note) yavumbuwe muri Gashyantare 2020

Tariki ya 4 Mata 1968 ni bwo Umuvugabutumwa akaba n’impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu muri Amerika, Rev. Dr. Martin Luther King Jr. yishwe arasiwe mu mugi wa Memphis muri leta ya Tennessee, urupfu rwe rwakurikiwe n’imyigaragambyo ikomeye mu migi itandukanye bitewe n’ishingiro ry’ukuri yahaganiraga ko kubohora abaturage bari barahejejwe inyuma n’amateka. Icyo Luther yaharaniye n’icyo yavugiye […]

Rubavu: Abakozi b’urugaganda rw’icyayi rwa Pfunda bagobotse abugarijwe n’inzara

whatsapp_image_2020-04-03_at_18.51.05.jpg

Abakozi b’uruganda rw’icyayi rwa Pfunda (Pfunda tea campany) ruherereye mukarere ka Rubavu mumurenge wa Nyundo, bakusanyije inkunga Ya miliyoni 10 ( 10 000 000frw) yo kugoboka abaturage bugarijwe n’inzara bitewe n’a gahunda ya guma murugo yashyizweho na leta muriki gihe isi yugarijwe n’icyorezo cya COVID 19 . Umuyobozi w’uruganda SURENDER Jhijaria , yabwiye bwiza.com ko […]

INTERPOL yafatiye abanyabyaha ruharwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Polisi mpuzamahanga (INTERPOL) ku bufatanye n’amashami ya Polisi zo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba n’iyo hagati, bakoze Operasiyo simusiga yasize abanyabyaha ruharwa benshi batawe muri yombi. INTERPOL ivuga ko binyuze muri Operasiyo yiswe “Simba II”, yafashe bamwe mu banyabyaha bakomeye bahigwaga n’Isi. Iyi Operasiyo yari igamije kubaka ubumenyi burambye n’ubushobozi bw’abakozi ba INTERPOL muri Afurika […]