Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho bane

Minisiteri yâUbuzima mu Rwanda kuri uyu wa 2 Ukwakira 2020 yatangaje ko abanduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 4 mu bipimo 1873 byafashwe. Barimo 1 wabonetse i Kigali, 1 wabonetse i Kirehe, 1 wabonetse Kayonza n’undi wa Nyamagabe. Abamaze gukira iki cyorezo ni 3197 barimo 16 bâuyu munsi, abakirwaye bo ni 1621. Abamaze kugaragaraho iki cyorezo […]
Leta yâu Burundi irasaba u Rwanda kuyishyikiriza abaherutse kugabayo igitero

Umuvugizi w’Igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye kuri uyu wa 2 Ukwakira 2020 yasabye leta yâu Rwanda kubashyigikiriza abantu bari bitwaje intwaro bagabye igitero muri Komini ya Kabarore mu Ntara ya Kayanza tariki ya 25 Nzeri 2020. Aba leta yâu Burundi yise âamabandiâ ngo bagabye igitero ku musozi wa Tondero ku mugoroba saa kumi nâebyiri nâiminota […]
RGB yirukanye inzego zose z’ubuyobozi bw’itorero ADEPR
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere, RGB, rwafashe icyemezo cyo gukuraho inzego z’ubuyobozi z’itorero rya ADEPR ku rwego rw’igihugu, nyuma y’ibibazo by’ingutu byakunze kuvugwa muri ririya torero. Amakuru y’ihagarikwa rya biro nyobozi ya ADEPR, akubiye mu ibaruwa RGB yandikiye Rev. Karuranga Ephrem wari umuvugizi wa ADEPR ku rwego rw’igihugu, Kayigamba Calixte wari Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya ADEPR […]
âUbu turi babiri â Ijambo bivugwa ko Gen Fred yongoreye Habyarimana -Igice cya mbere
Ibisubizo bya MINEDUC ku bibazo 30 byibazwa mbere y’itangira ry’amashuri
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda ibicishije ku rubuga rwayo, yasubije ibibazo 30 bikomeje kwibazwa mbere y’isubukura ry’amashuri, yari amaze amezi atandatu afunzwe bitewe n’icyorezo cya Covid-19. Ibibazo n’ibisubizo byabyo ni ibi bikurikira: 1. Imwe mu myanzuro yâInama yâAbaminisitiri ni uko amashuri azafungura ariko bikaba mu byiciro. Ibi bisobanuye iki? Guhera mu kwezi kâUkwakira 2020, Amashuri azafungura […]
Urutonde rwâabayobozi bâibihugu bayoboye igihe gito ku Isi

Mu bice bitanduknaye byâIsi, abayobozi bâibihugu batorerwa igihe runaka bazamara ku butegetsi. Icyo gihe batorerwa cyangwa baba bagomba kuyobora icyitwa manda. Mu nkuru yâuyu munsi, tugiye kubagezaho abayobozi batorwa nâabadatorwa bayoboye inzego zikomeye mu gihe gito kurusha abandi. Uhereye ku mwami Louis XIX wayoboye Ubwami bwâubufaransa iminota 20 kugeza ku mwami Umberto wa II wayoboye […]
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwa Rusesabagina
Kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Nzeri, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwa Paul Rusesabagina, wari wajuririye icyemezo cy’urukiko rw’ibanze cyo kumufunga iminsi 30 yâagateganyo. Asoma iki cyemezo, umucamanza wari uyoboye urubanza, Adolphe Udahemuka yavuze ko mu zindi mpamvu yashingiyeho afata iki cyemezo, ari uko Rusesabagina ashobora gucika mbere yo kuburana. Udahemuka, akaba na […]
La propriĂ©taire d’une entreprise de boissons alcoolisĂ©es arrĂȘtĂ©e
Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© Beatrice Gahongayire, propriĂ©taire d’African Buffalo, et Bonaventure Niyitegeka, chef des opĂ©rations de l’entreprise, pour avoir prĂ©tendument produit et vendu de l’alcool illicite. African Buffalo est basĂ© dans le secteur de Ndera, district de Gasabo. La sociĂ©tĂ© produit des boissons alcoolisĂ©es telles que la vodka Moonlight, le MasterCane […]
Ubushinjacyaha bwateye utwatsi ubusabe bwa Dr. Habumuremyi uvuga ko arwaye
Dr. Hamuremyi Pierre Damien wari umuyobozi wa Kaminuza ya Christian University of Rwanda yasabye gufungurwa kuko ubuzima bwe butameze neza, ubushinjacyaha bumubwirako no muri gereza barwariramo bagakira. Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri wâIntebe, yatawe muri yombi muri Nyakanga aho akurikiranyweho ibyaha byo birimo gukoresha Sheki zitazigamiye no kunyereza imisoro ya Leta. Kuri uyu wa […]
Karongi: Ibitaro bitatu byashyikirijwe nâAkarere Imbangukiragutabara
Imbangukiragutabara 4 ni zo ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwashyikirije ibitaro byâicyitegererezo bya Kibuye, Kirinda nâibya Mugonero kuri uyu wa 1 Ukwakira 2020, mu rwego rwo kubyongerera ubushobozi mu kubasha kugera ku baturage bo mu bigo nderabuzima byose bikorana na byo. Ni umuhango wanatangiwemo ibihembo ku tugari nâimidugudu byarangije gutanga mituweli 100%, guha ba Mudugudu amatelefone […]
Gahakwa Daphrose wabaye Minisitiri w’Uburezi arafunzwe
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko Dr. Gahakwa Daphrose wigeze kuyobora Minisiteri y’Uburezi, akanungiriza Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) afunzwe. RBA ivuga ko Gahakwa akurikiranweho ibyaba birimo ruswa no kwaka indonke, ibyaha yakoze akiri Umuyobozi Mukuru wa RAB. Dr. Gahakwa Daphrose yabaye Minisitiri w’Uburezi kuva mu 2008 kugera mu 2009 ubwo yasimburwaga ba […]
Kicukiro: Mu gashahara gake, abarimu bâIndashyikirwa bakora neza bakaniteza imbere

Mu gihe hitegurwa umunsi mpuzamahanga wâumwarimu, abarimu babaye indashyikirwa bo mu karere ka Kicukiro barakataje mu iterambere batitaye ku buke bwâayo bahembwa. Kwitabira amatsinda yo kuzigama ni kimwe mu byatumye biyishyurira amashuri, bagura ibinyabiziga kandi bubaka amazu. Mazimpaka Jean Claude, ni we mwarimu wabaye Indashyikirwa mu rwego rwâigihugu mu mwaka wa 2019. Yigisha isomo ryâibinyabuzima […]
Kaminuza y’u Rwanda ntabwo iri muri esheshatu zemerewe kongera gufungura ku ikubitiro
Minisiteri yâUburezi kuri uyu wa Gatanu, yatangaje ko Kaminuza esheshatu mu gihugu zitarimo Kaminuza y’u Rwanda ari zo zemerewe gusubukura ibikorwa byo gutanga amasomo burundu, hakazifashishwa uburyo bwo kwiga bisanzwe cyangwa ikoranabuhanga. Ni ibyatangajwe na Minisitiri wâUburezi, Dr Uwamariya Valentine, mu kiganiro cyahuje inzego zirimo Minisiteri y’Uburezi, iy’Ubuzima, Ubutegetsi bw’Igihugu, Ubucuruzi n’Inganda na Polisi y’u […]
Umuraperikazi Nicki Minaj yibarutse imfura ye ku myaka 37
Ku myaka ye 37 yâamavuko, Umuraperikazi Nicki Minaj, kuri ubu ni umubyeyi ku nshuro ya mbere nyuma yo kwibaruka imfura ye yabyaranye n’umugabo we, Kenneth Petty. TMZ itangaza ko Nicki Minaj yibarutse ku wa Gatatu i Los Angeles. Izina ry’umwana n’igitsina cye ntibiramenyekana. Uyu muhanzikazi yatangaje bwa mbere ko atwite muri Nyakanga umwaka ushize, ashyira […]
Abofisiye 2 ba FARDC bashinjwa gutanga intwaro zica Abanyamulenge batawe muri yombi
Abasirikare babiri bakuru, Colonel na Major, ba FARDC, batawe muri yombi n’ubutabera bwa gisirikare i Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho Kivu Security Barometer itangaza ko aba basirikare bakuru ba leta bashinjwa gukorana nâimitwe ya Mayi-Mayi bayiha ibikoresho muri ako karere. âAbasirikare bakuru babiri bo muri brigade ya 12 ya FARDC (ifite icyicaro i […]
Mu mafoto menya abagabo 3 bahitanye Lucky Dube nâimpamvu itangaje bamuhoye

Tariki ya 18 Ukwakira umwaka 2007 ni bwo inkuru yâurupfu rwâicyamamamre mu njyana ya Reggae Luck Philip Dube rwamenyekanye. Raporo ya Polisi ya Afurika yâEpfo ivuga ko Lucky Dube yishwe nâabagabo 3 bari basanzwe ari abajura biba imodoka. Amazina yabo ni Mbuti Mabe, Sifiso Mhlanga na Gxowa Ludwe. Raporo ya Polisi ya Afurika yâEpfo kandi […]
APR na AS Kigali zabimburiye andi makipe kwemererwa gukora imyitozo
Minisiteri ya Siporo kuri uyu wa Gatanu, yamaze guha uburengazira bwo gusubukura imyitozo amakipe ya APR FC na AS Kigali yabimburiye ayandi. Tariki 23 Nzeri 2020 ni bwo ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru mu Rwanda âFERWAFAâ ryari ryandikiye Minisiteri ya siporo, risabira uburenganzira amakipe ya APR FC na AS Kigali kwemererwa gutangira imyitozo. Impamvu ni uko aya […]
Ijambo rya Perezida Tshisekedi kuri Ambasaderi wâu Rwanda usabirwa kwirukanwa
Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, ku nshuro ya mbere yavuze kuri Ambasaderi Vincent Karega uhagarariye u Rwanda mu gihugu cye, usabirwa kwirukanwa. Ni nyuma yâaho bamwe mu Bakongomani barangajwe imbere nâabanyapolitiki bamaze iminsi bagaragaza ko batishimiye Ambasaderi Karega wanyomoje amakuru ari muri raporo yiswe âMapping Reportâ ishinja ingabo zâu Rwanda ubwicanyi […]
Umuyobozi wâuruganda rwa African Buffalo yatawe muri yombi
Urwego rwâigihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Beatrice Gahongayire, ufite uruganda rwenga inzoga rwa African Buffalo, na Bonaventure Niyitegeka ukuriye ibikorwa muri uru ruganda, bakekwaho gukora no gucuruza inzoga zitemewe. African Buffalo ifite icyicaro mu Murenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo. Ikora ibinyobwa bisindisha nka Moonlight Vodka, MasterCane Spirit na ReaWaragi Gin, ibyo byose RIB […]
Faustin Twagiramungu ashyigikiye Padiri Nahimana Thomas
Umuvugizi wâihuriro rya MRCD Ubumwe rihuza amashyaka arwanya leta yâu Rwanda, Faustin Twagiramungu yagaragaje ko ashyigikiye Padiri Nahimana Thomas uvuga ko Perezida Kagame atakiriho. Mu kiganiro Faustin Twagiramungu yagiranye nâumunyamakuru wa Radio Ijwi ryâAmerika, yavuze ko Umukuru wâIgihugu cyâu Rwanda atakiboneka, ko yari akwiye kugaragara, agahumuriza Abanyarwanda. Ati: âKuko kuba adahari birateye icyugazi mu Banyarwanda.â […]
Uganda: Rurageretse hagati ya muramukazi wa Gen. Kainerugaba na se wabo
Shartsi Musherure Kutesa, watsinzwe mu matora yâabagomba kuzatwara ibendera ryâishyaka NRM mu matora yâabagize Inteko Ishinga Amategeko bahagarariye Mawogola y’Amajyaruguru, yanze kwemera ibyavuye mu matora ashimangira ko murumuna wa Museveni wamutsinze yakoresheje ruswa nâuburiganya. Madamu Musherure, ni umukobwa wa Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Uganda, Sam Kutesa, akaba yashakaga gusimbura se nk’umudepite uhagarariye ako karere, ariko […]
Ku myaka 80 y’amavuko, Peter Webster agiye guhagarika gukina umupira w’amaguru
Kuri uyu wa Gatanu umukambwe w’imyaka 80 y’amavuko wo mu gihugu cya Australia, arasezera burundu ku mupira w’amaguru nyuma y’imyaka myinshi awukina. Uyu musaza witwa Peter Webster, yavukiye i Preston mu Bwongereza mbere yo kwimukira muri Wales mu 1948, aho yavuye yerekeza mu gihugu cya Australia aho kuri ubu atuye mu gace ka Wollongong. Mu […]
RDC: Abantu 6 barimo ushinzwe iperereza baguye mu mirwano hagati y’imitwe 2 y’inyeshyamba
Abantu 6 bapfiriye mu mirwano yabaye hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba ahitwa Liboyo, ku muhanda wa Butembo-Manguredjipa, muri Teritwari ya Lubero, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Kane, itariki ya 01 Ukwakira 2020. Ni abarwanyi 5 ba Mai-Mai n’umukozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe iperereza (ANR). Aya makuru yatanzwe na sosiyete sivile yo mu karere, ivuga ko […]
Bivugwa ko hari undi muyobozi muri FDLR warashwe
Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC) ziravugwaho kwica undi muyobozi wo muri FDLR zimurasiye muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu yâAmajyaruguru. Amakuru igitangazamakuru Interview.CD cyahamirijwe na Samson Rukera uyoboye societe civile muri Rutshuru avuga ko uwishwe azwi nka Desire Kifagiyo, akaba yararasiwe mu gace ka Biruma tariki ya 30 Nzeri 2020. […]
Malawi: Abadepite banze inkunga bavuga ko ibaganisha ku busambanyi

Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Malawi banze imfashanyo yâudukingirizo 200,000 bari bagenewe nâikigo cyâAbanyamerika babyita agasuzuguro. Utu dukingirizo bivugwa ko aba badepite bari batugenewe nkâimpano igamije kubafasha kwirinda imibonano mpuzabitsina idakingiye Abanyamalawi benshi bijandikamo. Twari twatanzwe nâikigo cyâAbanyamerika AIDS Healthcare Foundation cyita ku banduye nâabagizweho ingaruka na Virusi itera SIDA. Ikinyamakuru Nation cyanditse ko […]
Uwahoze akuriye ubutasi muri FDLR yahakanye kugira uruhare mu bitero byagabwe ku Rwanda
Col. Jean Pierre Nsekanabo wari ushinzwe ibikorwa byâubutasi mu mutwe wa FDLR kuri uyu wa Kane yireguye yemera ibyaha bimwe ibindi birimo nko kugira uruhare mu bitero byagabwe ku Rwanda n’uyu mutwe arabihakana. Abahoze ari abayobozi mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda bakaba batangiye kwiregura ku byaha byâubwicanyi no gushaka guhirika ubutegetsi bwâu […]
Trump yatangaje ko we n’umugore we banduye Coronavirus
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yavuze ko we n’umugore we, Melania Trump, banduye icyorezo cya Covid-19, bakaba bahise bajya mu kato. Perezida Trump yemeje ko yanduye kiriya cyorezo mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, nyuma y’uko umwe mu bantu ba hafi ye asanzwemo kiriya cyorezo. Uwo ni Hope Hicks […]
Menya byinshi ku bacamanza bazaburanisha Kabuga Félicien i Arusha
Perezida wâUrwego rwâUmuryango wâAbibumbye rwasigariyeho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwasigariyeho u Rwanda i Arusha, Me Carmel Agius kuri uyu wa 1 Ukwakira 2020 yatoranyije abanyamategeko batatu bazaburanisha umunyarwanda Kabuga FĂ©licien ukurikiranweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni nyuma yâumunsi umwe Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa rutegetse ko Kabuga FĂ©licien agomba koherezwa kuburanira i […]
GER collaborates with communities to fight against food problems in the COVID-19 Situations

The Coronavirus pandemic has had negative impacts on the socioeconomic lifestyle of communities due to blockage of typical employments, some prohibited businesses and movements during the country lockdowns to contain the spread of virus. Despite the government having tried to calm the situation by setting fixed food prices and allowing the transportation of food, the […]