Abanduye Covid-19 mu Rwanda biyongereyeho bane

ejwtiw6xkayirs6.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 2 Ukwakira 2020 yatangaje ko abanduye icyorezo cya Covid-19 biyongereyeho 4 mu bipimo 1873 byafashwe. Barimo 1 wabonetse i Kigali, 1 wabonetse i Kirehe, 1 wabonetse Kayonza n’undi wa Nyamagabe. Abamaze gukira iki cyorezo ni 3197 barimo 16 b’uyu munsi, abakirwaye bo ni 1621. Abamaze kugaragaraho iki cyorezo […]

Leta y’u Burundi irasaba u Rwanda kuyishyikiriza abaherutse kugabayo igitero

arton136065-6f148.jpg

Umuvugizi w’Igipolisi cy’u Burundi, Pierre Nkurikiye kuri uyu wa 2 Ukwakira 2020 yasabye leta y’u Rwanda kubashyigikiriza abantu bari bitwaje intwaro bagabye igitero muri Komini ya Kabarore mu Ntara ya Kayanza tariki ya 25 Nzeri 2020. Aba leta y’u Burundi yise ‘amabandi’ ngo bagabye igitero ku musozi wa Tondero ku mugoroba saa kumi n’ebyiri n’iminota […]

RGB yirukanye inzego zose z’ubuyobozi bw’itorero ADEPR

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere, RGB, rwafashe icyemezo cyo gukuraho inzego z’ubuyobozi z’itorero rya ADEPR ku rwego rw’igihugu, nyuma y’ibibazo by’ingutu byakunze kuvugwa muri ririya torero. Amakuru y’ihagarikwa rya biro nyobozi ya ADEPR, akubiye mu ibaruwa RGB yandikiye Rev. Karuranga Ephrem wari umuvugizi wa ADEPR ku rwego rw’igihugu, Kayigamba Calixte wari Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya ADEPR […]

Ibisubizo bya MINEDUC ku bibazo 30 byibazwa mbere y’itangira ry’amashuri

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda ibicishije ku rubuga rwayo, yasubije ibibazo 30 bikomeje kwibazwa mbere y’isubukura ry’amashuri, yari amaze amezi atandatu afunzwe bitewe n’icyorezo cya Covid-19. Ibibazo n’ibisubizo byabyo ni ibi bikurikira: 1. Imwe mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri ni uko amashuri azafungura ariko bikaba mu byiciro. Ibi bisobanuye iki? Guhera mu kwezi k’Ukwakira 2020, Amashuri azafungura […]

Urutonde rw’abayobozi b’ibihugu bayoboye igihe gito ku Isi

louis_antone.jpg

Mu bice bitanduknaye by’Isi, abayobozi b’ibihugu batorerwa igihe runaka bazamara ku butegetsi. Icyo gihe batorerwa cyangwa baba bagomba kuyobora icyitwa manda. Mu nkuru y’uyu munsi, tugiye kubagezaho abayobozi batorwa n’abadatorwa bayoboye inzego zikomeye mu gihe gito kurusha abandi. Uhereye ku mwami Louis XIX wayoboye Ubwami bw’ubufaransa iminota 20 kugeza ku mwami Umberto wa II wayoboye […]

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwa Rusesabagina

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 02 Nzeri, Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanze ubujurire bwa Paul Rusesabagina, wari wajuririye icyemezo cy’urukiko rw’ibanze cyo kumufunga iminsi 30 y’agateganyo. Asoma iki cyemezo, umucamanza wari uyoboye urubanza, Adolphe Udahemuka yavuze ko mu zindi mpamvu yashingiyeho afata iki cyemezo, ari uko Rusesabagina ashobora gucika mbere yo kuburana. Udahemuka, akaba na […]

La propriĂ©taire d’une entreprise de boissons alcoolisĂ©es arrĂȘtĂ©e

Le Bureau d’enquĂȘte du Rwanda (RIB) a arrĂȘtĂ© Beatrice Gahongayire, propriĂ©taire d’African Buffalo, et Bonaventure Niyitegeka, chef des opĂ©rations de l’entreprise, pour avoir prĂ©tendument produit et vendu de l’alcool illicite. African Buffalo est basĂ© dans le secteur de Ndera, district de Gasabo. La sociĂ©tĂ© produit des boissons alcoolisĂ©es telles que la vodka Moonlight, le MasterCane […]

Ubushinjacyaha bwateye utwatsi ubusabe bwa Dr. Habumuremyi uvuga ko arwaye

Dr. Hamuremyi Pierre Damien wari umuyobozi wa Kaminuza ya Christian University of Rwanda yasabye gufungurwa kuko ubuzima bwe butameze neza, ubushinjacyaha bumubwirako no muri gereza barwariramo bagakira. Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe, yatawe muri yombi muri Nyakanga aho akurikiranyweho ibyaha byo birimo gukoresha Sheki zitazigamiye no kunyereza imisoro ya Leta. Kuri uyu wa […]

Karongi: Ibitaro bitatu byashyikirijwe n’Akarere Imbangukiragutabara

Imbangukiragutabara 4 ni zo ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwashyikirije ibitaro by’icyitegererezo bya Kibuye, Kirinda n’ibya Mugonero kuri uyu wa 1 Ukwakira 2020, mu rwego rwo kubyongerera ubushobozi mu kubasha kugera ku baturage bo mu bigo nderabuzima byose bikorana na byo. Ni umuhango wanatangiwemo ibihembo ku tugari n’imidugudu byarangije gutanga mituweli 100%, guha ba Mudugudu amatelefone […]

Gahakwa Daphrose wabaye Minisitiri w’Uburezi arafunzwe

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko Dr. Gahakwa Daphrose wigeze kuyobora Minisiteri y’Uburezi, akanungiriza Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) afunzwe. RBA ivuga ko Gahakwa akurikiranweho ibyaba birimo ruswa no kwaka indonke, ibyaha yakoze akiri Umuyobozi Mukuru wa RAB. Dr. Gahakwa Daphrose yabaye Minisitiri w’Uburezi kuva mu 2008 kugera mu 2009 ubwo yasimburwaga ba […]

Kicukiro: Mu gashahara gake, abarimu b’Indashyikirwa bakora neza bakaniteza imbere

img-20201002-wa0011.jpg

Mu gihe hitegurwa umunsi mpuzamahanga w’umwarimu, abarimu babaye indashyikirwa bo mu karere ka Kicukiro barakataje mu iterambere batitaye ku buke bw’ayo bahembwa. Kwitabira amatsinda yo kuzigama ni kimwe mu byatumye biyishyurira amashuri, bagura ibinyabiziga kandi bubaka amazu. Mazimpaka Jean Claude, ni we mwarimu wabaye Indashyikirwa mu rwego rw’igihugu mu mwaka wa 2019. Yigisha isomo ry’ibinyabuzima […]

Kaminuza y’u Rwanda ntabwo iri muri esheshatu zemerewe kongera gufungura ku ikubitiro

Minisiteri y’Uburezi kuri uyu wa Gatanu, yatangaje ko Kaminuza esheshatu mu gihugu zitarimo Kaminuza y’u Rwanda ari zo zemerewe gusubukura ibikorwa byo gutanga amasomo burundu, hakazifashishwa uburyo bwo kwiga bisanzwe cyangwa ikoranabuhanga. Ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, mu kiganiro cyahuje inzego zirimo Minisiteri y’Uburezi, iy’Ubuzima, Ubutegetsi bw’Igihugu, Ubucuruzi n’Inganda na Polisi y’u […]

Umuraperikazi Nicki Minaj yibarutse imfura ye ku myaka 37

Ku myaka ye 37 y’amavuko, Umuraperikazi Nicki Minaj, kuri ubu ni umubyeyi ku nshuro ya mbere nyuma yo kwibaruka imfura ye yabyaranye n’umugabo we, Kenneth Petty. TMZ itangaza ko Nicki Minaj yibarutse ku wa Gatatu i Los Angeles. Izina ry’umwana n’igitsina cye ntibiramenyekana. Uyu muhanzikazi yatangaje bwa mbere ko atwite muri Nyakanga umwaka ushize, ashyira […]

Abofisiye 2 ba FARDC bashinjwa gutanga intwaro zica Abanyamulenge batawe muri yombi

Abasirikare babiri bakuru, Colonel na Major, ba FARDC, batawe muri yombi n’ubutabera bwa gisirikare i Minembwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho Kivu Security Barometer itangaza ko aba basirikare bakuru ba leta bashinjwa gukorana n’imitwe ya Mayi-Mayi bayiha ibikoresho muri ako karere. “Abasirikare bakuru babiri bo muri brigade ya 12 ya FARDC (ifite icyicaro i […]

Mu mafoto menya abagabo 3 bahitanye Lucky Dube n’impamvu itangaje bamuhoye

Abasore 3 bahamijwe kwica Lucky Dube ubu bafunzwe burundu

Tariki ya 18 Ukwakira umwaka 2007 ni bwo inkuru y’urupfu rw’icyamamamre mu njyana ya Reggae Luck Philip Dube rwamenyekanye. Raporo ya Polisi ya Afurika y’Epfo ivuga ko Lucky Dube yishwe n’abagabo 3 bari basanzwe ari abajura biba imodoka. Amazina yabo ni Mbuti Mabe, Sifiso Mhlanga na Gxowa Ludwe. Raporo ya Polisi ya Afurika y’Epfo kandi […]

APR na AS Kigali zabimburiye andi makipe kwemererwa gukora imyitozo

Minisiteri ya Siporo kuri uyu wa Gatanu, yamaze guha uburengazira bwo gusubukura imyitozo amakipe ya APR FC na AS Kigali yabimburiye ayandi. Tariki 23 Nzeri 2020 ni bwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryari ryandikiye Minisiteri ya siporo, risabira uburenganzira amakipe ya APR FC na AS Kigali kwemererwa gutangira imyitozo. Impamvu ni uko aya […]

Ijambo rya Perezida Tshisekedi kuri Ambasaderi w’u Rwanda usabirwa kwirukanwa

Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, ku nshuro ya mbere yavuze kuri Ambasaderi Vincent Karega uhagarariye u Rwanda mu gihugu cye, usabirwa kwirukanwa. Ni nyuma y’aho bamwe mu Bakongomani barangajwe imbere n’abanyapolitiki bamaze iminsi bagaragaza ko batishimiye Ambasaderi Karega wanyomoje amakuru ari muri raporo yiswe ‘Mapping Report’ ishinja ingabo z’u Rwanda ubwicanyi […]

Umuyobozi w’uruganda rwa African Buffalo yatawe muri yombi

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Beatrice Gahongayire, ufite uruganda rwenga inzoga rwa African Buffalo, na Bonaventure Niyitegeka ukuriye ibikorwa muri uru ruganda, bakekwaho gukora no gucuruza inzoga zitemewe. African Buffalo ifite icyicaro mu Murenge wa Ndera, Akarere ka Gasabo. Ikora ibinyobwa bisindisha nka Moonlight Vodka, MasterCane Spirit na ReaWaragi Gin, ibyo byose RIB […]

Faustin Twagiramungu ashyigikiye Padiri Nahimana Thomas

Umuvugizi w’ihuriro rya MRCD Ubumwe rihuza amashyaka arwanya leta y’u Rwanda, Faustin Twagiramungu yagaragaje ko ashyigikiye Padiri Nahimana Thomas uvuga ko Perezida Kagame atakiriho. Mu kiganiro Faustin Twagiramungu yagiranye n’umunyamakuru wa Radio Ijwi ry’Amerika, yavuze ko Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda atakiboneka, ko yari akwiye kugaragara, agahumuriza Abanyarwanda. Ati: “Kuko kuba adahari birateye icyugazi mu Banyarwanda.” […]

Uganda: Rurageretse hagati ya muramukazi wa Gen. Kainerugaba na se wabo

Shartsi Musherure Kutesa, watsinzwe mu matora y’abagomba kuzatwara ibendera ry’ishyaka NRM mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko bahagarariye Mawogola y’Amajyaruguru, yanze kwemera ibyavuye mu matora ashimangira ko murumuna wa Museveni wamutsinze yakoresheje ruswa n’uburiganya. Madamu Musherure, ni umukobwa wa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Uganda, Sam Kutesa, akaba yashakaga gusimbura se nk’umudepite uhagarariye ako karere, ariko […]

Ku myaka 80 y’amavuko, Peter Webster agiye guhagarika gukina umupira w’amaguru

Kuri uyu wa Gatanu umukambwe w’imyaka 80 y’amavuko wo mu gihugu cya Australia, arasezera burundu ku mupira w’amaguru nyuma y’imyaka myinshi awukina. Uyu musaza witwa Peter Webster, yavukiye i Preston mu Bwongereza mbere yo kwimukira muri Wales mu 1948, aho yavuye yerekeza mu gihugu cya Australia aho kuri ubu atuye mu gace ka Wollongong. Mu […]

RDC: Abantu 6 barimo ushinzwe iperereza baguye mu mirwano hagati y’imitwe 2 y’inyeshyamba

Abantu 6 bapfiriye mu mirwano yabaye hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba ahitwa Liboyo, ku muhanda wa Butembo-Manguredjipa, muri Teritwari ya Lubero, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, kuri uyu wa Kane, itariki ya 01 Ukwakira 2020. Ni abarwanyi 5 ba Mai-Mai n’umukozi w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe iperereza (ANR). Aya makuru yatanzwe na sosiyete sivile yo mu karere, ivuga ko […]

Bivugwa ko hari undi muyobozi muri FDLR warashwe

Ingabo za Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (FARDC) ziravugwaho kwica undi muyobozi wo muri FDLR zimurasiye muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru igitangazamakuru Interview.CD cyahamirijwe na Samson Rukera uyoboye societe civile muri Rutshuru avuga ko uwishwe azwi nka Desire Kifagiyo, akaba yararasiwe mu gace ka Biruma tariki ya 30 Nzeri 2020. […]

Malawi: Abadepite banze inkunga bavuga ko ibaganisha ku busambanyi

s-l1000.jpg

Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Malawi banze imfashanyo y’udukingirizo 200,000 bari bagenewe n’ikigo cy’Abanyamerika babyita agasuzuguro. Utu dukingirizo bivugwa ko aba badepite bari batugenewe nk’impano igamije kubafasha kwirinda imibonano mpuzabitsina idakingiye Abanyamalawi benshi bijandikamo. Twari twatanzwe n’ikigo cy’Abanyamerika AIDS Healthcare Foundation cyita ku banduye n’abagizweho ingaruka na Virusi itera SIDA. Ikinyamakuru Nation cyanditse ko […]

Uwahoze akuriye ubutasi muri FDLR yahakanye kugira uruhare mu bitero byagabwe ku Rwanda

Col. Jean Pierre Nsekanabo wari ushinzwe ibikorwa by’ubutasi mu mutwe wa FDLR kuri uyu wa Kane yireguye yemera ibyaha bimwe ibindi birimo nko kugira uruhare mu bitero byagabwe ku Rwanda n’uyu mutwe arabihakana. Abahoze ari abayobozi mu mutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bakaba batangiye kwiregura ku byaha by’ubwicanyi no gushaka guhirika ubutegetsi bw’u […]

Trump yatangaje ko we n’umugore we banduye Coronavirus

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yavuze ko we n’umugore we, Melania Trump, banduye icyorezo cya Covid-19, bakaba bahise bajya mu kato. Perezida Trump yemeje ko yanduye kiriya cyorezo mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, nyuma y’uko umwe mu bantu ba hafi ye asanzwemo kiriya cyorezo. Uwo ni Hope Hicks […]

Menya byinshi ku bacamanza bazaburanisha Kabuga Félicien i Arusha

Perezida w’Urwego rw’Umuryango w’Abibumbye rwasigariyeho Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwasigariyeho u Rwanda i Arusha, Me Carmel Agius kuri uyu wa 1 Ukwakira 2020 yatoranyije abanyamategeko batatu bazaburanisha umunyarwanda Kabuga FĂ©licien ukurikiranweho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni nyuma y’umunsi umwe Urukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa rutegetse ko Kabuga FĂ©licien agomba koherezwa kuburanira i […]

GER collaborates with communities to fight against food problems in the COVID-19 Situations

2-12.jpg

The Coronavirus pandemic has had negative impacts on the socioeconomic lifestyle of communities due to blockage of typical employments, some prohibited businesses and movements during the country lockdowns to contain the spread of virus. Despite the government having tried to calm the situation by setting fixed food prices and allowing the transportation of food, the […]