Bwa mbere mu munsi umwe COVID-19 yishe abantu bane mu Rwanda
Minisiteri y’Ubuzima kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko abantu bane bishwe na COVID-19 mu Rwanda, na ho 107 biganjemo abo mu mujyi wa Kigali bandura kiriya cyorezo. Abishwe na COVID-19 barimo abagabo babiri; uw’imyaka 78 na 68 n’umugore w’imyaka 84 b’i Kigali, ndetse n’umugabo w’imyaka 48 wo mu karere ka Gicumbi. Abahitanwe na COVID-19 mu […]
U Rwanda ntirukozwa ibyo koherereza u Burundi ‘abagerageje Coup d’Etat’ yo mu 2015
Guverinoma y’u Rwanda ntikozwa icyifuzo cya Guverinoma y’u Burundi cyo kuyoherereza abo ivuga ko bagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza muri 2015, nk’inzira ishoboka yo kuzahura umubano w’ibihugu byombi. Guverinoma y’u Burundi yamaze gushyikiriza u Rwanda amazina y’abantu yifuza ko ruyoherereza kugira ngo ibihugu byombi byongere kugenderana, gusa u Rwanda ruvuga ko abo bantu ari […]
Gisagara: Un dirigeant local arrêté pour agression qui aurait conduit à la mort
Le bureau d’enquĂŞte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© mardi 29 dĂ©cembre l’arrestation du secrĂ©taire exĂ©cutif du secteur de Mukindo dans le district de Gisagara pour agression intentionnelle et coups et blessures qui auraient pu entraĂ®ner la mort de la victime. S’adressant au New Times, Thierry Murangira, le porte-parole de RIB a rappelĂ© que les informations […]
Pangarasi ageze mu rugo iwe ahuye n’akaga- ISI N’ABANTU
Gisagara: Gitifu arabahohotera ku buryo basaba kuyoborwa n’uwo mu murenge baturanye
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mukindo bavuga ko muri ibi bihe byo gutaha kare ku bwo kwirinda COVID-19, bahohotewe na Tumusifu JerĂ´me, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wabo ku buryo ubu bifuza kuyoborwa n’ undi uyobora uwo baturanye wa Muganza kuko ngo we atihutira guhana, abanza kwigisha. Ababivuga ni abaganiriye na BWIZA yageze ahitwa ku […]
Abanyamakuru 50, biganjemo abo mu bihugu bifite amahoro, barishwe muri 2020
Mu mwaka wa 2020, abanyamakuru bagera kuri 50 barishwe, kandi hafi barindwi ku icumi (7/10) biciwe mu bihugu birimo amahoro bitari no mu bice birangwamo intambara nk’uko icyegeranyo ngarukamwaka cy’umuryango uharanira uburenganzira bw’itangazamakuru, Reporters sans frontières (RSF) cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri kivuga. Kuba umubare w’abanyamakuru bishwe muri uyu mwaka udatandukanye cyane n’uwo mu […]
Uganda: Kera kabaye wa musirikare warashe abantu yafashwe
Umusirikare ubarizwa muri Batayo ya 27 y’Ingabo za Uganda (UPDF) yatawe muri yombi nyuma y’igihe ashakishwa akurikiranweho kurasa abantu batandatu batatu bagahita bitaba Imana. Mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere ni bwo uriya musirikare witwa Godson Amutahaire yarashe bariya bantu, ahita atoroka. Byabereye mu karere ka Rubirizi. Batatu bitabye Imana ni Scovia […]
Perezida Magufuli yirukanye umuyobozi amuziza gukoresha ububasha bwe nabi
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli kuri uyu wa Mbere yirukanye ku kazi umuyobozi mukuru mu Karere ka Igunga, muri Tabora, Revocatus Kuuli, azira gukoresha nabi ububasha bwe. Iki cyemezo cyatangajwe mu itangazo rigenewe itangazamakuru n’ushinzwe itumanaho muri perezidansi, Gerson Msigwa. Iri tangazo rivuga ko Perezida Magufuli yafashe iki cyemezo nyuma y’amakuru avuga ko Kuuli, […]
Padiri Nahimana ngo yaba yapfuye
Amakuru akomeje gucicikana cyane ku mbuga nkoranyambaga ni avuga urupfu rwa Padiri Thomas Nahimana, uherutse gushyiraho guverinoma ayoboye mu buhungiro, ngo wapfuye azize impanuka y’imodoka kuwa Mbere tariki 28 Ukuboza 2020. Aya makuru ibinyamakuru nka Taarifa bivuga ko akwiriye gukemangwa cyane ko uwabitangaje yifashishije konti itariyo ya Twitter ya Twagiramungu Faustin wabaye Minisitiri w’Intebe mu […]
U Rwanda rwakiriye ikindi cyiciro cy’abimukira n’impunzi bavuye muri Libya
Icyiciro cya gatanu cy’abimukira n’impunzi bagera ku 130 biganjemo abagore, abana n’abasore n’inkumi baturutse muri Libya cyamaze kugera mu Rwanda kuri uyu wa kabiri, itariki 29 Ukuboza 2020. Aba bakiriwe ku kibuga k’Indege Mpuzamahanga cya Kigali n’itsinda ry’abakozi ba Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi ndetse n’ab’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Bakihagera babanje gupimwa COVID-19 […]
Kuva ku Bunani telefoni nyinshi zizatakaza ubushobozi bwo gukoresha WhatsApp
Kuva ku itariki ya 01 Mutarama mu mwaka wa 2021 dukomeje gusatira, urubuga rwa WhatsApp ruzakora amavugurura azasiga Terefoni nyinshi zitakaje ubushobozi bwo gukoresha WhatsApp. Amavugurura WhatsApp iri gukora azasiga Terefoni zirimo izo mu bwoko bwa Android na iPhone zitakaje burundu ubushobozi bwo kwakira Application ya WhatsApp, mu gihe izindi bizasaba ko ba nyirazo bavugurura […]
Undi murinzi wa Bobi Wine yagonzwe (Amafoto)

Nyuma y’igongwa ry’umurinzi wa Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine wiyamamariza kuyobora Uganda witwa Senteza Francis, hagonzwe undi witwa Ashraf, ahita avunika akaguru. Abo mu ishyaka rya National Unity Platform (NUP) nk’uko Daily Monitor ibitangaza, bavuze ko uyu wamenyekanye ku mazina ya Ashraf yagonzwe mu gitondo kuri uyu wa Kabiri, ubwo yari agiye mu nama […]
Rwamagana: Polisi yerekanye barindwi bemera ko bibye umuzungu bashaka ay’Iminsi Mikuru

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana, yeretse itangazamakuru abagabo barindwi bakekwaho kwiba Umwongerezakazi ibikoresho bitandukanye, bakavuga ko bamwibye bashaka amafaranga y’Iminsi Mikuru. Saa tanu z’ijoro ryo ku wa 18 Ukuboza ni bwo abajura bateye mu rugo rw’uriya Mwongerezakazi witwa Hannan Louise ucumbitse mu kagari ka Nyagasenyi ho mu murenge wa Kigabiro, bamutwara ibikoresho […]
Burundi: Imvubu zimaze guhitana abantu 10 no gukomeretsa abandi 13
Byibuze abantu 10 bishwe n’Imvubu abandi 13 irabakomeretsa muri komini za Rumonge na Nyanza-Lac kuva uyu mwaka watangira, aho abakora mu kigo cy’igihugu gishinzwe kurinda ibidukikije bavuga ko abaturage bateye aho izi nyamanswa zituye zikaba zibica zirwanaho. Ibice byibasiwe cyane n’ibyo muri Komini Rumonge na Nyanza-Lac, mu Ntara za Rumonge na Makamba, mu majyepfo y’uburengerazuba […]
Umunyemari Paul Muvunyi yarezwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwatangaje ko umunyemari Paul Muvunyi akurikiranweho icyaha cyo guhimba umukono (signature) w’umwe mu bazungura no gukoresha impapuro mpimbano kugirango abone uko yegukana ikibanza yaguze hafi y’Ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Karongi nk’uko bikubiye mu kirego Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka n’imikoreshereze yabwo cyatanze. Ibi byatangajwe nyuma y’amakuru yari yagiye hanze kuri […]
Uruhande rwa Tshisekedi rurashinjwa gukoresha ruswa mu kwiyegereza abadepite n’abasenateri
Kubaka ubwiganze bushya mu nteko ishinga amategeko kw’uruhande rwa Perezida Felix Tshisekedi kuri gukurikirwa n’ibirego bya ruswa rushinjwa n’abanyapolitiki begereye uwahoze ari Perezida Joseph Kabila, gukomeje kuvugwaho ibintu bitandukanye muri politiki ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere, itariki 28 Ukuboza 2020 i Goma, Ishyaka ry’Abaturage riharanira Kwiyubaka […]
Uganda: Umuyobozi uba hafi Abanyarwanda yarusimbutse
Umuyobozi bizwi ko akunda kuba hafi y’Abanyarwanda muri Uganda akaba n’umuyobozi w’Akarere ka Rwengo, George Mutabazi yagabweho igitero n’abantu bataramenyekana kuri noheli. Mutabazi mu gitondo cyo kuri noheli yavuye iwe yerekeza i Kampala ubwo umuntu wari wihishe mu rutoki, yatangiye kumurasaho ataretse n’abarinzi be. Abarinzi ba Mutabazi basubije amasasu uwo mwicanyi nk’uko Kampala Post ibitangaza, […]
Abasirikare batatu b’u Bufaransa biciwe muri Mali
Minisiteri y’ingabo y’u Bufaransa mu itangazo ryayo yatangaje ko kuri uyu wa Mbere abasirikare batatu b’Abafaransa biciwe muri Mali ubwo imodoka yabo yaturitswaga n’igisasu mu karere ka Hombori. Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, mu ijambo rye yagaragaje “amarangamutima akomeye” nyuma yo kumenya urupfu rwa Brigadier-Chief, Tanerii Mauri hamwe na ba soldats Quentin Pauchet na Dorian […]
Umusirikare wa Uganda arahigwa bukware nyuma yo kurasa abantu batandatu
Umusirikare wa Uganda ubarizwa muri Batayo ya 27 ikorera mu karere ka Rubirizi, ari guhigwa bukware nyuma yo kurasa abantu batatu bagahita bapfa abandi batatu akabasiga ari intere. Ni amakuru yemejwe n’Umuyobozi wa Polisi muri Rubirizi, Abel Muwonge. Yagize ati: “Twakiriye inkuru mbi muri iki gitondo ubwo umwe mu basirikare bacu ba UPDF witwa Mutahaire […]
Buyoya arashyingurwa uyu munsi
Perezidansi ya Mali itangaza ko uwahoze ayobora u Burundi, Pierre Buyoya ari bushyingurwe kuri uyu wa Kane tariki 29 Ukuboza 2020. Perezidansi ivuga ko Buyoya ari busabirwe mu misa iri bubere muri Grande cathedrale de Bamako nyuma akaza gushyingurwa mu irimbi ry’abapfuye mu Mujyi wa Bamako. Ntiharamenyekana niba hari abategetsi bari bwitabire uyu muhango. Buyoya […]