Rusesabagina yasize umugani nyuma yo kwihakana Ubunyarwanda ubugira gatanu
Paul Rusesabagina yahawe urw’amenyo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kwihakana ko ari Umunyarwanda ubugira gatanu. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare, ni bwo Rusesabagina n’abahoze ari abarwanyi b’umutwe wa FLN ushamikiye ku mpuzamashyaka ya MRCD yari abereye umuyobozi, batangiye kuburanishwa mu mizi. Bose uko ari 21 bakurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba, byakorewe mu […]
RDC: Bari gutegura imyigaragambyo, ngo Ambasaderi Karega âyatutseâ Fayulu
Urubyiruko rwayobotse ishyaka rya ECIDĂ© rikorera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo rwatangaje ko ku wa Gatanu tariki ya 19 Gashyantare 2021 ruzakora imyigaragambyo yamagana Ambasaderi wâu Rwanda, Vincent Karega, bashinja gutuka Perezida wabo Martin Fayulu. Nkâuko tubikesha 7 sur 7, Umunyamabanga wa ECIDĂ© uhagarariye urubyiruko, Serge Welo yatangaje ko bamenyesheje Guverineri wa Kinshasa nâabandi […]
Idamange ni umurwayi wo mu mutwe? Yarakoreshejwe! abamukoresheje barigaramiye// Harakurikiraho iki?
Kurikira ibindi biganiro nâama Video binyura kuri Bwiza TV
Igisirikare cya Amerika cyafatiye hafi ya Somalia intwaro nyinshi zari zitwawe magendu

Igisirikare cyo mu mazi cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Kabiri cyatangaje ko ubwato bwacyo bwa gisirikare, USS Winston S. Churchill, bwafashe intwaro zajyanwaga magendu mu mato abiri mato mu gikorwa cyakorewe mu mazi mpuzamahanga hafi yâinkombe za Somalia. Iki gikorwa cyabaye ku itariki 11 na 12 Gashyantare, ariko aya makuru nibwo […]
Uko Gen. Byiringiro wa FDLR yiswe ‘Bin Laden’ muri operasiyo OS
Umuyobozi w’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bw’ u Rwanda, FDLR, Lt. Gen. Byiringiro Rumuli Victor yiswe na bagenzi be, Osama Bin Laden ubwo bari muri operasiyo bise’ Oracle du Seigneur’. Muri iyi OS yabaye mu 2,000 nk’uko umwe mu bahoze muri FDLR avuga ko Gen. Byiringiro yakoze ibikorwa bo bafashe nk’ubwiyahuzi bituma bamwita Bin Laden. Uyu ati […]
Covid-19: La pandĂ©mie arrĂȘte la vaccination contre le VPH Ă Kigali
Plusieurs dĂ©fis liĂ©s Ă la pandĂ©mie de Covid-19 ont contrecarrĂ© les projets de dĂ©ploiement d’un programme de vaccination visant Ă Ă©liminer le cancer du col de l’utĂ©rus causant le virus du papillome humain (VPH) chez les filles ĂągĂ©es de 12 ans. Le virus du papillome humain (VPH) est une infection transmissible sexuellement qui se transmet […]
RDC: Igitero ku birindiro bya FARDC hafi ya Minembwe cyaguyemo umusirikare
Umusirikare umwe wa FARDC yishwe, abasivili babiri barakomereka nyuma yâigitero cyâinyeshyamba za Gumino na Twirwaneho ku birindiro bya gisirikare mu giturage cya Kabingo, hafi ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu yâAmajyepfo. Umuvugizi wa FARDC muri Kivu yâAmajyepfo, Capt. DieudonnĂ© Kasereka, yatangaje ko ingabo za leta zahise zisubiza inyuma iki gitero cyagabwe kuri uyu wa kabiri, […]
Nigeria: Abanyeshuri bongeye gushimutwa n’abitwaje intwaro
Muri Leta ya Niger mu Mujyi wa Kagara muri Nigeria abantu bitwaje intwaro bateye ishuri ry’abahungu biga babayo bashimuta bamwe muri bo hamwe n’abakozi b’ishuri. Umwe mu bakozi bari kuri iri shuri yabwiye BBC ko abo bantu bateye iki kigo cy’ishuri mu masaha ya kare mu gitondo uyu munsi kuwa gatatu. Yavuze ko hari abanyeshuri […]
Uganda: Abanyamakuru bagizwe intere n’abasirikare bazira Bobi Wine (Amafoto)

Abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye byo muri Uganda, bahondaguwe n’abasirikare (Military Police) bazira kujya gutara inkuru aho Bobi Wine yagiye. Amafoto yafashwe na bimwe mu bitangazamakuru byo muri Uganda agaragaza bamwe mu banyamakuru bava amaraso, nyuma yo guhondagurwa n’abasirikare. Abakubiswe barimo Josephine Namakumbi wa Televiziyo ya NBS, Timothy Murungi na Henry Ssekanjako b’ikinyamakuru The New Vision […]
Antonio Guterres arasaba ko muri Centrafrica hongerwa ingabo nâabapolisi ba Loni
Umunyamabanga Mukuru wâUmuryango wâAbibumbye, Antonio Guterres, arasaba inyongera yâabasirikare nâabapolisi 3,700 bo kujya gufasha ingabo zibungabunga amahoro muri Centrafrica, avuga ko iki gihugu kiri mu bihe biteye amakenga. Ibi Umuyobozi wâUmuryango wâAbibumbye yabitangaje muri raporo yashyizwe ahagaragara nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Gashyantare nâIbiro Ntaramakuru byâAbanyamerika, The Associated Press, bivuga ko hakenewe […]
Gen Nkunda agiye gutahukana impunzi z’abakongomani \ Hari ukuntu na TshisĂ©kedi abirimo \ Amabanga
Uganda: Umupolisi yiyahuye yitwitse nyuma yo kwirukanwa mu nzu nâumugore we
Umupolisi wari ukinjiyemo vuba mu karere ka Kanungu yiyahuye yitwitse arapfa nyuma yo kugirana ibibazo nâumugore we. Uyu ni uwitwa Lovis Abeireho wari unatuye mu Kagali ka Nyakatare, mu Mujyi wa Kanungu, ho muri aka karere ka Kanungu. Umuvugizi wa polisi muri Kigezi, Elly Maate, avuga ko bikekwa ko uwiyahuye yabikoze nyuma yo kurwana nâumugore […]
Umuhanda Kigali-Karongi-Nyamasheke wongeye gufungwa nâinkangu

Ubuyobozi bwâUmurenge wa Gishyita mu Karere ka Karongi, buratangaza ko kuva mu rukerera kuri uyu wa kabiri tariki 16 Gashyantare 2021, umuhunda uhuza Akarere ka Karongi na Nyamasheke wafunzwe kubera inkangu. Uwo muhanda wongeye gufungwa nâinkangu bwa kabiri, kuko tariki ya 12 Gashyantare 2021 na bwo inkangu yari yawufunze ku buryo utari nyabagendwa. Umunyamabanga nshingwabikorwa […]
Uwakiniye Man. United yahishuye ko yibaga inkweto za Ferdinand na Rooney ngo agaburire umuryango we

Uwahoze ari umukinnyi wâikipe ya Manchester United, Rqavel Morrison yemeye ko yari afite ingeso yo kwiba inkweto zo gukinana za Wayne Rooney na Rio Ferdinand muri âVestiaireâ kugirango abashe kubona amafaranga yo kugura ibyo kurya byo kugaburira umuryango we. Morrison wakuriye muri Academy ya Man. U. yari umwe mu bantu bafatwaga nâumutoza Sir Alex Ferguson […]
Mwene Habyarimana mu bantu mbarwa bitabiriye imyigaragambyo yamagana ifungwa rya Idamange
Umuhungu wa Habyarimana wahoze ayobora u Rwanda, LĂ©on Habyarimana, ari mu bantu mbarwa bakoze imyigaragambyo bamagana ifungwa rya Idamange Iryamugwiza Yvonne. Uyu Idamange yatawe muri yombi ku mugoroba wo ku wa Mbere n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, akurikiranweho ibyaha bitandukanye. RIB ivuga ko akurikiranweho ibyaha birimo guteza imvururu muri rubanda” no “kwigomeka ku buyobozi”. Ni nyuma y’uko […]
Rusesabagina yongeye gushimangira ko atari Umunyarwanda
Urubanza ruburanishwa mu mizi rwa Paul Rusesabagina nâabandi 20 bakurikiranweho ibyaha byâiterabwoba rwatangiye mu masaa mbiri yâuyu wa 17 Gashyantare 2021, rurakomeje. Perezida wâIburanisha yasomye imyirondoro yâabaregwa , ubwo yageraga kuri Rusesabagina, yamubajije ati: âUmwirondoro wasomwe ni uwawe?â Uyu musaza wâimyaka 66 yâamavuko, yasubije ati: âMurakoze cyane nyakubahwa Perezida. Ndagira ngo mbabwire yuko umwirondoro atari […]
Koreya yâEpfo: Abageze mu zabukuru bazahabwa urukingo rwa Covid-19 nyuma yâabandi
Ikigo cya Koreya yâEpfo gishinzwe guhangana nâindwara, KDCA, ku wa 15 Gashyantare 2021 cyatangaje ko abantu barengeje imyaka 65 yâamavuko, bazahabwa urukingo rwa Covid-19 inyuma yâibyiciro bitatu. Nkâuko byemejwe nâUmuyobozi Mukuru wa KDCA, Jeong Eun-kyeong mu nkuru yâigitangazamakuru The Strait Times, igikorwa cyo gukingira abaturage muri Koreya yâEpfo kizatangira tariki ya 26 Gashyantare 2021, aho […]
Idamange ashobora gusuzumwa indwara zo mu mutwe
Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB) ruvuga ko Idamange Iryamugwiza Yvonne rufite mu maboko, ashobora gusuzumwa indwara zo mu mutwe. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry yabitangarije BBC nkâuko bigaragara mu nkuru yâiki gitangazamakuru yasohotse kuri uyu wa 16 Gashyantare 2021, ngo bikaba bishobora kuzakorwa ku nyungu zâubutabera. Ati: âHazarebwa niba hadakenewe ko asuzumwa indwara zo […]
Rusesabagina avuga ko yashimuswe kandi ko nabyo ari icyaha
Paul Rusesabagina na bagenzi be 21 bari mu cyumba cy’Urukiko rw’Ikirenga, aho bagiye kuburana urubanza mu mizi ahnini ku byaha by’iterabwoba. Ni urubanza ruri kuba mu gihe inteko ya EU isaba ko uyu mugabo yarekurwa. Inteko y’ u Rwanda yarabyamaganye, ivuga ko harimo n’agasuzuguro no kwivanga mu butabera bw’ u Rwanda. Abaregwa bose bakurikiranweho ibyaha […]
PSG yihimuye kuri FC Barcelona ijya kuyinyagirira ku kibuga cyayo
Ikipe ya PSG yo mu Bufaransa, yihimuriye kuri FC Barcelona iyinyagira ibitego 4-1 iyisanze ku kibuga cyayo cya Camp Nou. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino ubanza wa 1/8 cy’irangiza cya UEFA Champions league. FC Barcelona ni yo yafunguye amazamu mbere ku gitego cya penaliti ya Messi yo ku munota wa 27 w’umukino, nyuma y’ikosa […]
Agahinda kâumusore wabuze umugeni we ku munsi wâubukwe
Umusore wâUmurundi witwa Benilde Odran Ininahazwe afite agahinda kenshi ko kuba umukobwa bagombaga gushyingiranwa yaramubuze ku munota wa nyuma, ubwo yari yagiye kumutegerereza kuri Kiliziya. Byabaye mu masaha yâigitondo cyo ku wa 13 Gashyantare 2021 nyuma yâiminsi ibiri gusa Odran akoye uyu mukobwa mukobwa witwa Emelyne Ndayishimiye. Nkâuko tubikesha imbuga zirimo Jimbere Magazine, uyu musore […]
Bahindutse abashabitsi, batinya Museveni kurusha Imana-Bobi Wine ku banyamadini
Umuyobozi w’Ishyaka National Unity Platform (NUP), Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine avuga ko abanyamadini ntacyo bakora mu kurebera ku banyamadini bitangiye imigenzo myiza, bakahasiga ubuzima, bazize kwamagana icyo yita ubutegetsi bubi. Uyu wahoze ari umudepite wa Kyadondo y’Iburasirazuba, kuri uyu munsi muri Uganda bizihizaga imyaka 40 ishize, Arikiyepisikopi mu Itorero rya Angilikani, Jonan […]
Pasiteri Niyomwungere yahishuye uko yashutse Rusesabagina, akisanga i Kigali
Tariki ya 15 Nzeri 2020 ni bwo Paul Rusesabagina ukurikiranwe nâubutabera bwâu Rwanda yahishuriye igitangazamakuru The New York Post ko yatawe muri yombi ubwo yisangaga i Kigali avuye i Dubai muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yari azi ko yerekeza mu Burundi “mu nama zâamatorero yari yatumiwemo nâumupasiteri”. Byaje kumenyekana ko uyu mupasiteri ari Umurundi ufite […]