Equateur: Imirwano muri gereza yaguyemo 30 harimo abaciwe imitwe

Imfungwa zigera muri 30 zari zifungiye muri gereza ya Guayaquil, mu majyepfo y’igihugu cya Equateur ziciwe mu bushyamirane bwadutse muri iyi gereza hagati y’udutsiko tubiri tw’amabandi ahafungiye, kamwe kitwa “Los Lobos” na “Los Choneros, abagera kuri 47 bakaba bakomeretse. Iyi gereza bivygwa ko ifungiyemo imfungwa zifite intwaro ndetse izi ntwaro zirimo imbunda, grenade n’ibyuma ari […]

Dr Pierre Damien Habumuremyi yasubikiwe igifungo cy’amezi 15, ashobora kurekurwa mu mezi 6 ari imbere

Urukiko rw’Ubujurire kuri wa Gatatu, rwasubikiye igihano cy’igifungo kingana n’amezi 15 Dr Pierre Damien Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda mu gifungo cy’imyaka itatu yari yarakatiwe. Mu Ugushyingo 2020 ni bwo Dr Habumuremyi yakatiwe igifungo cy’imyaka itatu n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutanga sheki itazigamiye cyakozwe mu izina rya Kaminuza […]

Umugore yashyingiranwe n’umuhungu we mu rwego rwo kugaruza amafaranga y’ishuri yamutangiye

Umugore w’imyaka 47 y’amavuko wo mu gihugu cya Malawi, yashyingiranwe n’umuhungu we w’imyaka 30 y’amavuko mu rwego rwo kugaruza umurengera w’amafaranga yamutanzeho akiri umunyeshuri. Inkuru y’uyu mubyeyi n’umuhungu we yazamuye uburakari bwinshi muri bamwe mu baturage ba Malawi n’abatuye hanze y’iki gihugu. Ibinyamakuru byo muri iki gihugu cyo mu majyepfo y’umugabane wa Afurika bivuga ko […]

Le Rwanda accuse HRW de sabotage et rejette les conclusions d’un nouveau rapport

Le gouvernement rwandais a rejetĂ© le dernier rapport de Human Rights Watch (HRW), qui a Ă©tĂ© publiĂ© lundi, accusant le Rwanda d’avoir dĂ©tenu arbitrairement plus d’une douzaine de personnes homosexuelles et transgenres, de travailleurs du sexe, d’enfants des rues et d’autres au cours des mois prĂ©cĂ©dant l’ouverture de la rĂ©union des chefs de gouvernement du […]

Mozambique: RDF yabyaje umubyeyi wari umaze iminsi ibiri ku bise

Ingabo z’u Rwanda ziri mu rugamba rwo kurwanya imitwe y’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique, zafashije umugore wo muri iriya ntara kubyara nyuma y’iminsi ibiri yari amaze ku bise. RDF yabyarije uyu mubyeyi ku bitaro byayo biri Afungi, nyuma yo kumuha ubutabazi bw’ibanze no kumubaga. Uyu mubyeyi w’imyaka 24 y’amavuko witwa […]

Amatora y’inzego z’ibanze amaze igihe ategerejwe agiye kuba, ibyo abakandida basabwa

Amatora y’inzego z’ibanze yari ategerejwe cyane ateganijwe gutangira mu cyumweru cya nyuma cy’Ukwakira 2021, iki gikorwa cy’ibyumweru bibiri kikazageza hagati mu Gushyingo. Ni amatora yakererewe hafi umwaka kubera icyorezo cya coronavirus. Hari imyanya 340.000 izaba ihatanirwa mu nzego z’ibanze igomba kujyamo abayobozi bashya bazatorwa. Harimo komite ku rwego rw’umudugudu, akagari, umurenge no ku rwego rw’akarere […]

VIDEWO: Umugabo wambaye igishura gusa yagaragaye mu mujyi ashaka gutema umushoferi wa V8 avuga ko amusambanyiriza umugore

Umugabo wariye karungu yagaragaye mu Mujyi wa Kumasi muri Ghana, yambaye igishura gusa, afite umuhoro urabagirana bigaragara ko utyaye, agambiriye gutema mugenzi we w’umushoferi wa V8 ashinja ko amusambanyiriza umugore. Umugabo utamenyekanye amazina, yashatse kwivugana mugenzi we wari wafashwe muri ambutiyaje yo mu mujyi rwagati ahitwa Adum, aza amusanga ari nako atera hejuru ko agiye […]

Ethiopia igiye gufunga ambasade zayo zirimo iyo mu Misiri

Ethiopia yafashe icyemezo cyo gufunga ambasade zayo mu Misiri na Irlande kubera ikibazo cy’ubukungu, cyarushijeho gukomera kubera amakimbirane amaze igihe kirekire mu Ntara ya Tigray. Ambasaderi wa Ethiopia mu Misiri, Markos Tekle, yatangaje ko ambasade y’i Cairo izafungwa by’agateganyo guhera mu Kwakira. Ati: “Ambasade izafungwa mu mezi atatu cyangwa atandatu ari imbere kugira ngo hagabanywe […]

RDC: Inyeshyamba za ADF na zo zatangiye kuyamanika

Inyeshyamba 5 za ADF kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 27 Nzeri zishyize mu maboko y’igisirikare cya FARDC ahitwa Busiyo, muri Sheferi ya Bahema-Boga, muri Teritwari ya Irumu mu Ntara ya Ituri. Biravugwa ko uko kwitanga kw’izi nyeshyamba ubusanzwe zizwiho ubugome bukabije no kwihambira kwaje nyuma y’igitutu igisiirikare cya leta gikomeje gushyira ku mitwe yitwaje […]

Abifuza kwiga amasomo y’abafasha b’abaforomo mu mashuri yisumbuye bahawe urubuga

foromo.jpg

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu rwego rw’igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze, REB, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima ibinyujije mu rwego rw’ubuzima, HRHS, zafunguriye urubuga abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye bifuza kwiga amasomo y’abafasha b’abaforomo. Itangazo rya REB ryo kuri uyu wa 29 Nzeri, risobanura ko gahunda ho kwigisha aya masomo izatangira mu mwaka w’amashuri w’2021/2022 (uratangira mu […]

Umuherwe Mo Dewji yeguye ku nshingano yo kuyobora Simba SC

Umuherwe ukomeye muri Tanzania wayoboraga ikipe y’umupira w’amaguru ya Simba Sports Club, Mohammed Dewji kuri uyu wa 29 Nzeri 2021 yatangaje ko yasezeye kuri iyi nshingano bitewe n’akandi kazi kenshi afite. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter, Dewji yamenyesheje abakunzi ba Simba SC ati; “Igihe kirageze ngo njyewe nka Mohammed, twakoze inama tariki ya 21/09/2021, twemeza […]

Abagandekazi 2 bafungiye mu Rwanda ku mpamvu zitaramenyekana

Amakuru aturuka muri Uganda aravuga ko hari abarimukazi babiri b’Abagande bigisha mu Rwanda baherutse gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano mu gihe biteguraga kujya mu biruhuko mu gihugu cyabo. Abo Bagandekazi bivugwa ko bafunze ni Gloria Ayebare na Annet Kabanyena, bakomoka ahitwa Kibumba mu Karere ka Kisoro, bakaba bigisha ku ishuri rya Maranatha Nursery and Primary […]

Ambasaderi Karega ari i Lubumbashi

rwand.jpg

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Vincent Karega mu ijoro ryo kuri uyu wa 28 Nzeri 2021, yasesekaye mu mujyi wa Lubumbashi mu ntara ya Haut-Katanga. 7 sur 7 ivuga ko uyu mudipolomate yagiye muri uyu mujyi kwakira indege y’ikigo nyarwanda cya RwandAir igwa ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Luano i Lubumbashi […]

Ni ukumwubahuka_Rio Ferdinand wababajwe cyane no kuba Messi yaryamishijwe mu rukuta

Rio Ferdinand wamamaye mu kipe ya Manchester United n’ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, yababajwe no kubona Messi aryamye ku rukuta rw’ikipe ya PSG, ashimangira ko ibyo uyu mukinnyi w’igihangange yakorewe ari ukumwubahuka cyane. Mu ijoro ryakeye Messi na bagenzi be bari bakiriye Manchester City i Parc des Princes, mu mukino wa UEFA Champions league wa kabiri […]

Nyuma yo gukubitirwa urushyi mu ruhame, Perezida Macron yongeye gusagarirwa

Nyuma yo gukubitirwa urushyi mu ruhame n’umuturage, kuri uyu wa Mbere ushize, Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yongeye kugabwaho igitero cyo kugaragaza ko adakunzwe ubwo umusore bivugwa ko afite imyaka 19 yamuteraga igi aho yari yitabiriye imurikagurisha ry’ibiribwa muri Lyon. Nk’uko ibiro ntaramakuru Reuters bibitangaza ngo uyu musore wateye igi Perezida Macron yabanje gusakuza agira […]

Ni ivangura rishingiye ku hatangiwe inkingo_Ubutumwa bwa AU ku Bwongereza bwashyiriyeho Abanyafurika ingamba zikomeye

Ikigo cy’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, Africa CDC, cyasohoye itangazo ryamagana ingamba nshya za Guverinoma y’u Bwongereza zijyanye n’icyorezo cya Covid-19. Izi ngamba zirimo izivuga ko guhera tariki ya 4 Ukwakira 2021 abarimo abaturuka ku mugabane wa Afurika mu gihe bageze mu Bwongereza, n’ubwo baba barakingiwe mu buryo bwuzuye, bazajya […]

Umunyarwanda anywa litiro 75 z’amata ku mwaka- RAB

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, (RAB), kiravuga ko n’ubwo amata akomeje kunywa umugabo agasiba undi cyane muri Kigali, buri Munyarwanda anywa litiro 75 z’amata ku mwaka. RAB ivuga ko yihaye intego ko “Umunyarwanda umwe azaba anywa litiro 250 ku mwaka mu gihe itavuga ibyo bizabera.” Ikibazo cy’ibura ry’amata no kwiyongera kw’igiciro cyayo haba […]

Uganda: Umudepite wo muri NUP uvugwaho kubeshya ku mashuri yize yirukanwe mu nteko

phvn8ena_400x400.jpg

Urukiko Rukuru muri Uganda rwasabye ko haba amatora mashya y’umudepite uhagarariye Bukomansimbi y’Amajyaruguru nyuma yo kwanzura ko Depite Christine Nandagire Ndiwalama wari uyihagarariye, adafite amashuri ahagije amwemerera kwicara mu nteko. Umucamanza Ketra Katunguuka wo mu Rukiko Rukuru rwa Masaka kuri uyu wa Kabiri, itariki 28 Nzeri yanzuye ko Nandagire, watorewe ku iturufu y’ishyaka NUP rya […]

Kicukiro: Bafashwe barimo gusengera mu buvumo, barashinjwa kutirinda Covid-19

ubuvumo.jpg

Kuri uyu wa mbere ushize, itariki ya 27 Nzeri, abantu 11 bafatiwe mu Karere ka Kicukiro, aho polisi ivuga ko bari barimo gusenga barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19 kuko amasengesho agomba kubera mu nsengero zujuje ibisabwa mu rwego rwo kwirinda COVID-19. Aba bantu 11 bafashwe na Polisi ku bufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze, babasanze […]

Kivu y’Amajyepfo: Abo abahanuzi bemeza ko ari abarozi bakomeje kwicwa batwitswe

Abagore bakuze bashinjwa uburozi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), bakomeje guhigwa, bamwe bicwa batwitswe, abandi bakaburirwa irengero. Nelly Adidja uyoboye umuryango uharanira uburenganzira bw’abagore, yabwiye The Guardian kuva muri Kamena 2021, muri iyi ntara hamaze kuregwa abagore 324 bashinjwa uburozi. Muri aba, harimo 114 bo muri Teritwari ya […]

Ikindi gitero cya grenade cyagabwe mu kabari cyahitanye batatu i Bujumbura

Abantu batatu bitabye Imana ku mugoroba w’ejo ku wa Kabiri, nyuma y’igitero cya grenade cyagabwe mu kabari bari barimo mu ntara ya Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi. Akabari iki gitero cyagabwemo gaherereye mu gasantere kitwa Vugizo wa Rubondo ho muri Komine Mutimbuzi mu ntara ya Bujumbura. Iki gitero cyije cyiyongera ku bindi byinshi byagiye bigabwa […]

Koreya ya Ruguru yarashe misile impuguke zivuga ko bigoye kumenya ubushobozi bwayo

Korea ya ruguru ivuga ko kuwa kabiri yabashije kurasa mu igerageza misile nshya yiswe Hwasong-8 yo mu bwoko bw’izigendera ku muvuduko udasanzwe, zimwe mu mpuguke zikavuga ko bigoye kumenya neza ubushobozi bwacyo. Ikinyamakuru cya leta kivuga ko iyi misile nshya ari imwe “mu ntwaro eshanu nshya z’ingenzi kurusha izindi” isohowe mu mugambi w’imyaka itanu wo […]

Dr Kayumba yashinjwe ko yasambanyije umukobwa wamukoreraga mu rugo batabyumvikanye

Umunyapolitiki Dr Kayumba Christopher, yagejejwe mu rukiko aregwa icyaha cyo gusambanya umuntu ku gahato aho ngo yasambanyije umukozi we wo mu rugo w’umukobwa no kugerageza gusambanya undi ariko ntabigereho, bikorewe umwe mu banyeshuri yigishaga. Kayumba ahakana ibi birego akavuga ko bihishe impamvu za politiki kuko byavutse amaze gushinga ishyaka rinenga ubutegetsi. BBC yakurikiranye iri buransiha, […]