Janet Museveni arifuza ko amasomo ya siyansi mu mashuri abanza yigishwa mu ndimi kavukire
Minisitiri w’Uburezi na Siporo muri Uganda usanzwe ari umufasha w’Umukuru w’Igihugu, Janet Museveni yatanze icyifuzo cy’uko amasomo ya siyansi mu mashuri abanza yajya yigishwa mu ndimi kavukire. Minisitiri Janet kuri uyu wa 7 Ukwakira 2021 yasobanuriye abandi bashinzwe uburezi ko kwigisha aya masomo mu ndimi kavukire zo muri Uganda byazatuma umubare w’abayumva neza uba munini; […]
Perezida Nyusi yemeje ko ikindi cyihebe gikuru cyiciwe muri Cabo Delgado
Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi yemeje ko ingabo z’igihugu cye ku bufatanye n’iz’amahanga ziciye mu gace ka Mbau kari mu ntara ya Cabo Delgado ikindi cyihebe gikuru cy’umutwe w’iterabwoba wa Al Sunnah wa Jama’ah cyitwa Muhamudu. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa 7 Ukwakira 2021 ubwo yari yasuye ishuri ryigishirizwamo abasirikare kabuhariwe […]
Kapiteni w’ikipe y’Igihugu ya Uganda yerekeje muri Kiyovu Sports
Ikipe ya Kiyovu Sports yamaze gusinyisha rutahizamu Emmanuel Okwi usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Uganda ‘The Cranes’. Emmanuel Okwi w’imyaka 28 y’amavuko, yasinye umwaka umwe muri Kiyovu Sports bari bamaze iminsi bari mu biganiro. Saa kumi n’ebyiri z’umugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Okwi yerekanwe nk’umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports. Emmanuel Okwi […]
Umunyamakuru Maisha wa BTN yakubitiwe i Rubavu
Umunyamakuru wa BTN Patrick Maisha ukorera mu karere ka Rubavu, yakubiswe n’abakora ubucuruzi bwo gutwara abantu mu buryo butemewe ubwo yari agiye gutara amakuru kuri iki kibazo yari yagejejweho n’abatwara abantu mu buryo bwemewe muri Gare ya Gisenyi. Maisha yahuye n’iri sanganya ku wa Kane w’iki cyumweru, ubwo yari mu gikari giparikamo za Taxi Voiture. […]
RUSIZI: Deux personnes arrêtées pour falsification de permis de conduire
Deux personnes ont Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©es dans le village de Kabusunzu, cellule de Pera dans le secteur de Bugarama, district de Rusizi pour avoir prĂ©tendument falsifiĂ© un permis de conduire. Fabrice Kwizera et Justin Irakoze ont Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©s en flagrant dĂ©lit, mercredi 6 octobre, alors qu’ils falsifiaient des permis de conduire dĂ©finitifs. Le porte-parole de la […]
Nibaza ibyo Museveni arya, dukeneye umusimbura- Past. Bunjo
Pasiteri John Bunjo uyobora Christian Restoration Ministries International avuga ko ajya yibaza icyo Perezida wa Uganda arya, gituma agiye kuzizihiza imyaka 40 ari ku butegetsi, ingingo ituma avuga ko umusimbura akenewe. Ibi Pasiteri Bunjo yabigarutseho ubwo hari amasengesho yo gusabira igihugu mu Mujyi wa Mbale kuwa 8 Ukwakira 2021. Pasiteri Bunjo mu mashusho agaragara kuri […]
Brazil: Ukekwaho gusambanya abana yasanganywe ibikoresho 8,000 byo kubw’Abanazi

Ku wa Kabiri, Polisi ya Brazil yasanze icyegeranyo cy’ibintu birenga 8000 by’urwibutso rw’Abanazi mu nzu y’umuntu ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana bato i Rio de Janeiro, muri Brazil. Ibi bintu byose byahawe agaciro ka miliyoni 3 z’amayero (hafi miliyoni 3.5 $). Hakubiyemo ibintu bitandukanye byo mu gihe cya Hitler nk’imyenda y’abayobozi, amabendera, ibimenyetso, ibiceri, imidari, […]
Miss Rwanda Naomie yatabaje RIB
Abantu batari bake ku rubuga nkoranyambaga rwa Twiter, bakomeje kwibaza ibikubiye mu butumwa Nyampinga w’ u Rwanda mu 2020, Nishimwe Naomie, yandikiye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa 8 Ukwakira 2021. Miss Nishimwe ahagana saa tatu yandikiye RIB avuga ngo ” Mwaramutse RIB, mwareba ubutumwa mbandikiye mu gikari.” RIB yasubije igira ati ” Urakoze […]
Perezida Samia Suluhu yasabwe gukuraho itegeko ryasizwe na Magufuli
Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, urahamagarira Guverinoma ya Tanzania gusubiramo itegeko ribuza abanyeshuri batwite n’ababyeyi bakiri mu bugimbi kwiga uvuga ko ari ivangura kandi ritari irya kimuntu. Ni itegeko ryashyizweho mu myaka ine ishize n’uwahoze ari Perezida w’iki gihugu, Nyakwigendera John Pombe Magufuli na n’ubu rikaba rigikurikizwa ku buyobozi bwa Perezida wa […]
Maroc / Nomination du nouveau Gouvernement
Le Roi Mohammed VI du Maroc a prĂ©sidĂ©, le jeudi 07 octobre 2021 Ă Fès, la cĂ©rĂ©monie de nomination des membres du nouveau Gouvernement marocain, composĂ© de 24 Ministres et dominĂ© par les trois formations politiques arrivĂ©es en tĂŞte des Ă©lections lĂ©gislatives, rĂ©gionales et communales tenues, le 08 septembre dernier. Le nouvel exĂ©cutif qui est […]
Ethiopia ishobora gufatirwa ibihano izira gutwara intwaro mu ndege itwara abagenzi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, USA, zatangaje ko zishobora gufatira Ethiopia ibihano kubera intwaro yatwaye mu ndege itwara abagenzi muri iki gihe cy’intambara ihanganiyemo n’umutwe witwaje intwaro wa TPLF uharanira ubwigenge bw’intara ya Tigray. Ni nyuma y’aho igitangazamakuru CNN gishyiriye hanze inkuru y’ubucukumbuzi isobanura uburyo Leta ya Ethiopia yifashishaga indege y’ikigo cy’ubwikorezi cya Ethiopia Airlines […]
Umusaza yapfuye nyuma yo kuryamana n’inkumi ebyiri ijoro ryose
Umusaza wari mu kiruhuko cy’izabukuru wahoze ari umukozi w’iposita muri Nigeria (NIPOST), yapfuye nyuma yo kumarana ijoro ryose, abakobwa b’inkumi ari kubasambanya kugira ngo na we azabaheshe akazi. Ibi byabereye muri Leta ya Akwa Ibom muri Nigeria, aho aba bakobwa bahise batabwa muri yombi kugira ngo hakorwe iperereza. Umuvugizi wa Polisi muri Leta ya Akwa […]
Nyamagabe: Akurikiranweho gusambanya umwana amushukishije amafaranga 250
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bwakiriye dosiye y’umusore ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuturanyi we w’imyaka cumi n’itatu y’amavuko. Ni icyaha cyakorewe kuwa 26 Nzeri 2021 mu Mudugudu wa Mugote, Akagari ka Bushigishigi, Umurenge wa Buruhukiro, Akarere ka Nyamagabe, ubwo uwahohotewe avuga ko kuri uwo munsi saa kumi n’imwe z’umugoroba ubwo yari agiye kwahira […]
Nyuma yo guhabwa Range Rover, Chameleone aritegura kwakira indi mpano ya kajugujugu
Nyuma y’igihe gito umuhanzi Jose Chameleone ahawe impano n’ishyaka NRM y’imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover yashyikirijwe na murumuna wa Perezida Museveni bakunda kwita Toyota, na nyuma y’umwaka yari ahawe indi mpano ya Range Rover n’Umunyasudani y’epfo Achai Wiir, kuri ubu uyu muhanzi aritegura kwakira impano ya Kajugujugu. Ubwo yari yakiriwe kuri Bukede TV […]
Beni: Abakekwa ko ari abasirikare ba FARDC bishe umupasiteri bamuziza amafaranga
Umupasiteri wo mu itorero ry’Abadivantisti b’Umunsi wa Karindwi yishwe n’abantu bitwaje intwaro mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itariki 07 Ukwakira ahitwa Bashu, muri Teritwari ya Beni, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru agera ku rubuga rwa Actu7.cd aturuka ku muhuzabikorwa wa sosiyete sivile yo muri iyi teritwari, MoĂŻse Kiputulu, barakeka ko ari abasirikare b’Igisirikare […]
Ikipe y’impuguke igiye gukora iperereza ku nkongi yibasiye Ibitaro bya Kibagabaga
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho ikipe igomba gukora iperereza ryimbitse ku mpamvu yateye inkongi y’umuriro yibasiye laboratwari y’Ibitaro by’Icyitegererezo bya Kibagabaga ku gicamunsi cyo kuwa Gatatu ushize. Iperereza ry’ibanze ryari ryagaragaje ko iyi nkongi yatewe n’umuriro w’amashanyarazi. Ariko abayobozi b’ibitaro mu itangazo ryashyizwe ahagaragara bavuze ko hashyizweho itsinda rigizwe n’impuguke zo mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), […]
Amavubi yasesekaye i Kampala nyuma yo gutsindirwa i Kigali

Ikipe y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, yamaze kugera i Kampala yitegura umukino wa kabiri wayo na Uganda mu ijonjora ryo gushaka itike y’irushanwa ry’igikombe cy’Isi rizabera muri Qatar mu 2022. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 7 Ukwakira 2021, iyi kipe y’u Rwanda itsindiwe igitego kimwe ku busa (0-1) kuri sitade mpuzamahanga ya Kigali, i […]
Burundi: Nta musilamu wemerewe kuyobora afite abagore babiri
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’u Burundi, umutekano n’iterambere yategetse buri muyobozi w’musilamu uba muri iki gihugu gushakana n’umugore umwe gusa, n’ubwo idini ryemera kubana n’abagore benshi. Hashingiwe ku itegeko iyi Minisiteri yasohoye tariki ya 28 Nzeri 2021, rimenyesha abayobozi b’intara na komini ko mu rwego rwo kurema icyizere hagati yabo n’abaturage; umuyobozi wese ufite abagore barenze umwe […]
Monrovia iteye iseseme- Uhagarariye EU muri Liberia
Uhagarariye Ishyirahamwe ry’Ubumwe bw’ i Burayi (EU) muri Liberia, Laurent Delahousse, avuga ko umurwa mukuru w’icyo gihugu, Monrovia uteye iseseme bitewe n’umwanda uharangwa. Laurent Delahousse avuga ko atumva uko Monrovia isa nabi kandi EU itanga inkunga ngo uyu murwa use neza, abantu barusheho kuba ahantu heza. Uyu mudipolomate yabivugiye mu nama yari yahuje ubutegetsi bw’Umujyi […]
Kwegura byo ntabwo biri mu masezerano yanjye_Mashami ukomeje kotswa igitutu
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Mashami Vincent, yatangaje nta gahunda afite yo kwegura ku nshingano zo gutoza iriya kipe kuko kwegura bitari mu masezerano ye. Mashami yabibwiye itangazamakuru nyuma y’umukino wa gatatu wo mu tsinda E Amavubi yatsinzwemo n’Imisambi ya Uganda igitego 1-0, mu ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Gutsindirwa […]
Mu Nteko ya EU, bongeye gusabira Rusesabagina kurekurwa agasubizwa mu Bubiligi
Bamwe mu badepite bagize inteko ishinga amategeko y’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi, EU, bongeye gusabira Paul Rusesabagina uri kurangiza igihano mu Rwanda ko yarekurwa, agasubizwa mu Bubiligi kuko ngo ntiyahawe ubutabera akwiye. Gusaba ko Rusesabagina w’imyaka 67 y’amavuko arekurwa, babishingira ku kuba ari umuturage w’u Bubiligi na EU, akaba anafite uruhushya ruhoraho rwo gutura muri Leta Zunze […]
Museveni, umufasha na Guverinoma bashimiye ikipe ya Uganda yatsinze Amavubi
Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Museveni, umufasha we, Janet Museveni, na Guverinoma bashimiye ikipe y’igihugu cyabo y’umupira w’amaguru yatsindiye iy’u Rwanda i Kigali kuri uyu wa 7 Ukwakira 2021, mu majonjora y’irushanwa ry’igikombe cy’Isi kizabera muri Qatar mu 2022. Uyu mukino wabereye kuri sitade mpuzamahanga ya Kigali, i Nyamirambo, watangiye ikipe ya Uganda izwi […]
U Bufaransa bwakoreye ibitangaza ku Bubiligi, bubutsindira mu mukino w’ishiraniro
Ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa ‘Les Bleus’, yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Nations League nyuma yo gukora ibitangaza igasezerera u Bubiligi ku bitego 3-2. Ni ibitego iyi kipe y’umutoza Didier Deschamps yatsinze iturutse inyuma, dore ko igice cya mbere cy’uyu mukino wabereye i Turin mu Butaliyani cyarangiye u Bubiligi buri imbere n’ibitego 2-0. Birimo […]