Rulindo: Gitifu w’umurenge na Etat Civile batawe muri yombi bazira kwica amabwiriza yo kwirinda COVID-19
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo yerekanye abantu 11 barimo Gitifu w’Umurenge wa Shyorongi, Nzeyimana Jean Vedaste, n’umukozi w’Umurenge Ushinzwe Irangamimerere, Mukeshimana Christine, bazira gusezeranya abageni batubahirije amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Bafatanwe kandi n’Umunyamanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Bugaragara hamwe n’abandi bantu bari bitabiriye ibirori byo kwiyakira barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Mu […]
Basore, ntimuzagire umukobwa muha Frw mu mezi 6 ya 2022-Umwanditsi
Umwanditsi wo muri Nigeria, Reno Omokri, yagiriye inama abasore ko bakwiriye kureka guha amafaranga abakobwa mu mezi atandatu abanza ya 2022, ko ahubwo bayaha ababyeyi babo. Reno avuga ko umusore wumva ashaka ko umwaka wa 2022 awunyuramo neza akwiriye ” Kubiba imbuto ku babyeyi aho guha amafaranga abakobwa.” Kuri paji ye Facebook, yagize ati ” […]
RURA yongeye yaburiye abazamura ibiciro bya Gaz
Urwego Ngenzuramikorere, RURA rwavuze ko kwiyongera kw’ibiciro bya gaz ari igihombo ku muguzi wa nyuma, bityo buri wese ugira uruhare mu kuzamura iki giciro azabihanirwa. Abacuruzi ba gaz, abayiranguza kimwe n’abaturage barasaba ko habaho ibiganiro by’inzego zose z’uruhererekane rw’imicururize ya gaz kugira ngo hatangwe umwanzuro ukwiye ku giciro kuko kugeza ubu ibiherutse gushyirwaho bitaratangira gukurikiza […]
Niba Bugingo yarabikoze kuki njye ntabishobora?- Frank Gashumba
Ikimenyabose akaba n’umuyobozi wa SISIMUKA Uganda, Frank Malimungu Gashumba w’imyaka 47, avuga ko umwaka wa 2022 uzasiga na we ashatse umugore kuko na pasiteri Bugingo Aloysius aherutse gushaka undi mugore nyuma yo gutana n’uwa mbere. Mu kuvuga ko na we asigaye arambiwe gutaha ubukwe bw’abandi mu gihe nta mugore agira, aho yari yabutashye i Kampala […]
Cyamunara y’urufunguzo rw’aho Mandela yari afungiwe yakuruye impaka
Afurika y’epfo yasabye ko hahagarikwa cyamunara y’urufunguzo rw’icyumba cyo ku kirwa cya Robben Island cyahoze gifungiwemo Nelson Mandela wahoze ari Perezida w’iki gihugu. Iryo gurishwa riteganyijwe mu kwezi kwa mbere i New York rikoreshejwe n’inzu itegura za cyamunara yitwa Guernsey’s Auction. Urugurisha ni Christo Brand, wahoze ari umurinzi wa Mandela muri iyo gereza. Inkuru ya […]
MINALOC yasohoye amabwiriza agenga ubukwe n’ibirori bibera mu ngo

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yashyize hanze amabwiriza agomba kugenga ibiroro bireba ubukwe n’ibindi abantu bakorera mu ngo zabo muri ibi bihe by’iminsi mikuru, hirindwa Covid-19.
Ubutegetsi bwa Col GoĂŻta bwamaganye abarimo u Bufaransa babushinja gukorana n’abacancuro b’Abarusiya
Ubutegetsi bw’inzibacyuho bwa Mali bwasubije Ku nshuro ya mbere ibihugu birimo u Bufaransa biherutse kubushinja gukorana n’abacancuro b’Abarusiya bo mu mutwe wa Wagner. U Bufaransa n’ibindi bihugu 14 bisanzwe ari inshuti zabwo, biheruka kwamagana abasirikare b’abacancuro b’umutwe wa Wagner Group bivugwa ko bagiye koherezwa muri Mali. Birimo u Bubiligi, u Bwongereza, u Budage, Repubulika ya […]
Umunyarwandakazi yegukanye ikamba rya Nyampinga wa East Africa 2021 (Amafoto)

Umunyarwandakazi Umunyana Shanitah ni we wegukanye ikamba rya Nyampinga wa East Africa wa 2021, nyuma yo guhigika abakobwa bo mu bihugu bitandukanye bari barihataniye. Umunyana wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda wa 2018 ndetse akanaba na Miss supranational Rwanda muri 2019, yegukanye ririya kamba ahigitse abakobwa 16 bari barihataniye. Irushanwa rya Miss wa […]
Ab’ i Kigali baje ku isonga mu kwandura Covid-19

Imibare ituruka mu kigo cy’igihugu gushinzwe Ubuzima, RBC, irerekana ko abantu benshi banduye Covid-19 mu masaha 24 ashize, ari abari mu Mujyi wa Kigali nk’aho mu bantu 629 banduye, 400 ari abatuye muri uwo mujyi. RBC kandi yagaragaje ko ubwandu buri hejuru mu turere twa Musanze, handuye abantu 74, Rusizi 48 na Rubavu 15. Nyuma […]
U Burundi bwemerewe kongera kohereza abapolisi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro
Abapolisi b’Abarundi bagiye kongera gusubizwa mu bikorwa byo kubungabunga amahoro n’umutekano bya Loni, nyuma y’imyaka irenga itanu barabikumiwemo. Ni amakuru yatangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi ejo ku wa Gatanu, ubwo yari i Bujumbura mu muhango wo kumwifuriza Noheli nziza yari yatumiwemo n’inzego z’igisirikare n’igipolisi cy’u Burundi. Ubwo abapolisi b’u Burundi bakumirwaga mu bikorwa […]