Minisitiri w’Intebe E. Ngirente yahuriye i Kinshasa n’abarimo Museveni na Ndayishimiye
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yahuriye n’abarimo Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi mu nama ya 10 yâurwego rukurikirana ishyirwa mu bikorwa ryâamasezerano agamije amahoro, umutekano nâubufatanye hagati ya RDC nâakarere. Ni inama yabereye i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Kane. Amasezerano yerekeye […]
Nyaruguru: Umubyeyi nâuruhinja yari ahetse batwawe nâuruzi
Umubyeyi witwa Yambabariye Jeanne wo mu Kagari ka Mpanda, Umurenge wa Kibeho mu Karere ka Nyaruguru, hamwe nâuruhinja rwe rwâamezi atandatu (6) yari ahetse batwawe nâuruzi rwâAkavuguto. Ibi byago byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2022 nyuma yâimvura nyinshi yaguye muri aka gace, uyu mugore wasoromaga icyayi mu murima ukoze ku ruzi, […]
Mpyisi asobanura ko yiswe izina ry’inyamaswa mu rwego rwo kujijisha urupfu
Pasiteri Ezra Mpyisi uherutse kuzuza imyaka ijana y’amavuko, yasobanuye ko ababyeyi be bamwise izina ry’inyamaswa mu rwego rwo gukumira urupfu rwari rwarishe abavandimwe be bavutse mbere ye. Mu kiganiro yagiriye kuri Agacuma TV, Mpyisi yavuze ko yavutse mu mwaka w’1922, ari umuhererezi mu rugo iwabo. Gusa ngo ntiyamenya itariki bitewe n’uko igihe yavukiye ku ngoma […]
Abanyarwanda n’Abagande turi umuryango_Eddy Kenzo uri i Kigali
Umuhanzi Edrisah Musuuza uzwi mu muziki wa Uganda nka Eddy Kenzo, yagaragaje ko Abanyarwanda n’Abagande ari umuryango umwe, ashimangira ko yishimiye kugaruka mu Rwanda. Uyu muhanzi uri mu bayoboye umuziki wa Uganda ari i Kigali aho yaje muri gahunda yo gukorana indirimbo n’umuhanzi Bruce Melodie. Uyu muririmbyi na we uri mu bayoboye muzika nyarwanda ni […]
Afurika y’Epfo yamaganye ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yamaganye ibitero ingabo z’u Burusiya zatangije kuri Ukraine mu rukerera rwo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2022, isaba ko buzikurayo bwangu. Itangazo ryasohowe n’ibiro bya Afurika y’Epfo bishinzwe ububanyi n’Amahanga, ryanenze ko u Burusiya bwahisemo inzira y’intambara, aho guha mwanya iya dipolomasi mu gukemura ikibazo bifitanye na Ukraine. Yagize iti: “Amarembo […]
Pasiteri yahishuye ikintu Imana yakoze gituma abagore bakomeza kuba amayobera ku bagabo
Pasiteri mukuru mu itorero ryitwa General Overseer of Omega Fire Ministries (OFM) International muri Nigeria, Apostle Johnson Suleman, avuga ko kuba Imana yararemye umugore ibanje gusinziriza umugabo ari yo ntandaro yo kuba abagabo batajya basobanukirwa neza abagore. Uyu mupasiteri mu mashusho ari kuri instagram, avuga ko uwagerageza kumva neza iby’abagore, yaba asa n’ushaka kubaka ingoro […]
Amb. Rugwabiza nommĂ©e reprĂ©sentante spĂ©ciale de la mission de l’ONU en RCA
Le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral des Nations unies, Antonio Guterres, a nommĂ© Valentine Rugwabiza, la reprĂ©sentante permanente sortante du Rwanda auprĂšs du siĂšge des Nations unies Ă New York, comme sa nouvelle reprĂ©sentante spĂ©ciale en RĂ©publique centrafricaine. Rugwabiza a Ă©galement Ă©tĂ© nommĂ© chef de la Mission multidimensionnelle intĂ©grĂ©e des Nations Unies pour la stabilisation en RĂ©publique centrafricaine […]
Kayonza: Umugabo wagerageje kwiyahura kabiri byanga yabigezeho asiga yandikiye nyina
Mu Kagari ka Karambi, Umurenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza, haravugwa umugabo wapfuye yiyahuye nyuma yo kubigerageza inshuro ebyiri byanga, akabikora anyoye umuyi wica nyuma yo gusaba umubyeyi we kuzamurerera abana mu ibaruwa yasize yanditse. Amakuru avuga ko uyu mugabo wâimyaka 29 yitabye Imana kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Gashyantare 2022, asanzwe yubatse […]
Radio Presenter at KISS FM
Radio Presenter Job Vacancy 102.3 KISS FM is looking to fill the position of a radio presenter. If you believe you have what it takes to convince people to tune-in to your voice everyday then the job could be yours! Radio presenting is all about personality, charisma, being well-informed, attention to detail, having a drive […]
Bombori bombori muri Diaspora Nyarwanda mu gihugu cya Malawi
Muri Diaspora Nyarwanda haravugwa ubwumvikane bucye ku ikoreshwa ryâumutungo nâibikoresho byakusanyijwe hagamijwe gufasha imiryango yibasiwe nâumwuzure muri Malawi. Nyuma yâinama bakoze ku Cyumweru, abagize Diaspora Nyarwanda bemeranyije gusaba inkunga igizwe nâamafaranga nâibikoresho byo guha ingo zibasiwe cyane na serwakira yiswe Ana. Ikinyamakuru Nyasa Times kivuga ko cyamenye ko amamiliyoni yâAma-Kwacha yakusanyijwe ku mpamvu zâubutabazi. Ariko […]
Umugande wari umaze imyaka 22 muri gereza ataraburanishwa yafunguwe
Ubushinjacyaha bwa Uganda bwafashe icyemezo cyo guhagarika ikirego bwashinje Alex Twinomugisha wari umaze imyaka 22 muri gereza ataratangira kuburanishwa, ahita afungurwa. Twinomugisha wari umusirikare ukiri muto (kadogo) yatawe muri yombi tariki ya 19 Ukwakira 1999, akurikiranweho icyaha cyo kwicira igikomangoma cya Tooro, Happy Kijanangoma mu gace ka Makerere. Yajyanywe muri gereza ya Luzira, nyuma y’igihe […]
Rwandan named UN Secretary General’s special envoy to CAR
The United Nations Secretary General, Antonio Guterres, has appointed Valentine Rugwabiza, the outgoing Permanent Representative of Rwanda to the UN Headquarters in New York, as his new Special Representative to the Central African Republic. Rugwabiza was also named the head of the United Nations Multidimensional Integrated Stabilization Mission in the Central African Republic (MINUSCA). The […]
Abasirikare babarirwa muri 90 bamaze kugwa mu ntambara ya Ukraine n’u Burusiya
Nyuma y’amasaha make Ingabo z’u Burusiya zitangije ibitero kuri Ukraine, abasirikare babarirwa muri 90 bimaze kumenyekana ko ari bo bamaze gupfa ku mpande zombi. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane ni bwo Perezida Vladimir Putin wâu Burusiya yatangaje ko yatangije ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine, mbere y’uko ingabo z’igihugu cye zitangira kurasa mu mijyi […]
Umunyarwanda ‘Karadiyo’ yabaye uwa 3 mu gace ka 5 ka Tour du Rwanda
Umunyarwanda Manizabayo Eric bita ‘Karadiyo’ yabaye uwa gatatu mu gace ka gatanu ka Tour du Rwanda kakinwe kuri uyu wa Kane. Abasiganwa bavaga mu mujyi wa Muhanga berekeza i Musanze, mu rugendo rw’Ibirometero 129.9. Umufaransa Geniez Alexandre usanzwe akinira Ikipe ya Total Energie y’iwabo ni we wegukanye aka gace, akoresheje amasaha atatu, iminota 12 n’amasegonda […]
Malawi: Inzara yatumye imiryango 15 yâimpunzi zâAbarundi itaha n’amaguru
Ingo zirenga 15 zigizwe nâabantu barenga mirongo itandatu bavuye mu nkambi ya Dzaleka muri Malawi bagamije gusubira mu Burundi n’amaguru. Bafashwe n’abapolisi ku mupaka wa Tanzaniya. Abantu bireba bavuga ko bahunze inzara yibasiye imiryango yabo kuva bakurwa ku rutonde rw’abagenerwabikorwa bâishami rya Loni ryita ku Biribwa (PAM). Urugendo rwabo rurerure kandi rutoroshye rwatangiye mu mpera […]
Itsinda ryâabasenateri bo muri Zimbabwe bari mu Rwanda
Itsinda ryâabasenateri bo muri Zimbabwe bari muruzinduko rwâiminsi 5 mu Rwanda, kuri uyu wa Kane baganiriye nâUbuyobozi bukuru bwa Polisi yâu Rwanda. Ni abasenateri bagize komite ngenzuzi ishinzwe ibirebana nâamahoro nâumutekano muri Sena ya Zimbabwe. Ni urugendoshuri rugamije kwigira ku Rwanda inzira rwanyuzemo rwubaka uru rwego byatumye ruba Igihugu cy’indashyikirwa mu birebana nâamahoro nâumutekano kuri […]
Ukraine: Umunyarwandakazi avuga ko bahungiye ibitero byâu Burusiya muri âcavesâ
Umunyarwandakazi Nyiramaliza Marie Claire uba mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, avuga ko we na bagenzi be bihishiye mu byumba byo hasi (caves) ibitero ingabo zâu Burusiya zatangiye kugaba kuri iki gihugu mu rukerera. Mu kiganiro yagiranye na BBC, Nyiramaliza yagize ati: âAho mba, no mu baturanyi, ubu turi mu byumba byo hasi by’amazu, twizeye […]
Rutsiro: Abaturage mu ruhuri rwâibibazo nyuma yo gusigwa iheruheru nâibiza barasaba gutabarwa byihuse

Abatuye santere yâubucuruzi ya Nkora mu murenge wa Kigeyo mu karere ka Rutsiro, abahacururiza nâabatuye mu nkengero zayo bararira ayo kwarika nyuma yo gusigwa iheruheru nâibiza bidasanzwe byatewe nâimvura nyinshi yaguye ku wa 6 Gashyantare, inyubako zimwe zâubucuruzi zigatwarwa nâamazi nâibyari birimo byose harimo nâiyarengewe burundu, utamenya ko yahigeze, bikaba byaranangije bikomeye ikiraro cya Nkora […]
Ivuguruye: Isomwa ry’umwanzuro ku bujurire bwa Urayeneza ryasubitswe
Urukiko rukuru, urugereko ruburanisha ibyaha mpuzamahanga nâibyambukiranya imipaka rwaburaniwemo ubujurire bwa Urayeneza GĂ©rard wabaye Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Gitwe, byari byitezwe ko kuri uyu wa 24 Gashyantare 2022 rutangaza umwanzuro ku bujurire bwe. Amakuru agera kuri Bwiza avuga ko isomwa ry’uyu mwanzuro ryari ritegerejwe saa tanu z’amanywa ritakibaye bitewe n’uko umwe mu bagize Inteko […]
Rubavu: Kutagaragaza uko yishyuye igarama no gufunga âsystemâ kwa Me Uwayezu byakuruye impaka mu rukiko

Kuri uyu wa 23 Gashyantare 2022, Umuhesha wâInkiko Me Anselme Uwayezu yajuririye icyemezo cyâUrukiko rwâIbanze rwa Rubavu cyo guhagarika cyamunara yâinzu yâUmunyarwandakazi uba muri Amerika Kanyabutembo Virginie, mu Rukiko rwisumbuye rwa Rubavu. Tariki ya 7 Mutarama 2022, urukiko rwari rwafashe iki cyemezo nyuma yo gusanga iyi cyamunara yakozwe na Me Uwayezu wateje iyi nzu iri […]
Putin yasezeranyije ingaruka zitigeze zibaho ku witambika ibitero byâu Burusiya kuri Ukraine
Perezida wâu Burusiya, Vladmir Putin yahaye gasopo uwagerageza wese kwitambika igihugu cye mu ntambara cyatangije kuri Ukraine kuri uyu wa 24 Gashyantare 2022, asezeranya ingaruka zitigeze zibaho mu mateka. Umukuru wâigihugu cyâu Burusiya uvuga ko yafashe icyemezo cyâigikorwa cya gisirikare muri Ukraine, yanamaganye icyo yita jenoside irimo gukorwa mu burasirazuba bwa Ukraine. Mu ijambo rye […]
Perezida Ndayishimiye na mugenzi we Archange Touadera bari i Kinshasa

Abakuru b’ibihugu bibiri, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye na Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin Archange Touadera, bakandagiye ku butaka bwa RD Congo, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 23 Gashyantare 2022 aho bategerejwe mu nama yâabakuru bâibihugu na za guverinoma ku masezerano ya Addis Abeba kuri uyu wa Kane, itariki 24 Gashyantare 2022. Ku […]
Ukraine ivuga ko yahanuye indege 6 zâu Burusiya
Igisirikare cya Ukraine cyatangaje ko cyahanuye indege eshanu zâindwanyi zâu Burusiya na kajugujugu imwe, mu gitondo cyâuyu wa 24 Gashyantare 2022. Itangazo cyashyize ahabona rigira riti: âAmakuru aturuka ku biro byâingabo zihuriweho, uyu munsi tariki ya 24 Gashyantare, mu gace kari kuberamo ibikorwa byâigisirikare, indege 5 na kajugujugu byâumushotoranyi byahanuwe.â Aka gace kari kuberamo ibi […]
Russian forces invade Ukraine with strikes on major cities
Russian president, Vladmir Putin approves âspecial military operationâ in Ukraine starting with major cities. Russian forces fired missiles at several cities in Ukraine and landed troops on its coast on Thursday, officials and media said, after President Vladimir Putin authorised what he called a special military operation in the east. Russian forces have attacked Ukraine […]
Ambasaderi Rugwabiza yamaze kugirwa umuyobozi wa MINUSCA
Ambasaderi Valentine Rugwabiza wari uhagarariye u Rwanda mu Muryango wâAbibumbye (UN), yagizwe Umuyobozi wâubutumwa bwawo muri Repubulika ya Centrafrica buzwi nka MINUSCA, nâuhagarariye Umunyamabanga Mukuru wayo muri iki gihugu. Ambasaderi Rugwabiza ahawe iyi nshingano nyuma yâumuhango wo kumusezeraho nkâuwari uhagarariye u Rwanda muri UN, wabereye i New York kuri uyu wa 23 Gashyantare 2022. Rugwabiza […]
Perezida Vladimir Putin yatangije ibitero kuri Ukraine
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya kuri uyu wa Kane yatangaje ko yatangije ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine, mbere y’amasaha make ngo muri iki gihugu humvikane urusaku rw’amasasu. Putin yatangije ibi bitero nyuma y’ibyumweru u Burusiya buri mu biganiro n’ibihugu byiganjemo ibyo mu Burengerazuba bw’Isi byabusabaga kureka gutera Ukraine, bitihi se bugafatirwa ibihano. Hari hashize igihe […]
UEFA Champions league: Anthony Elanga yavanye Manchester United mu nzara za Atlético Madrid
Ikipe ya Manchester United yaraye iguye miswi na AtlĂ©tico Madrid igitego 1-1, mu mukino ubanza wa 1/8 cy’irangiza cya UEFA Champions league. Manchester United yari yasuye AtlĂ©tico i Wanda Metropolitano. Byasabye umunota wa 80 w’umukino ngo Manchester United ibashe kugombora igitego yari yatsinzwe ibifashijwemo na rutahizamu wayo Anthony Elanga ukomeje kwigaragaza muri iyi minsi. Hari […]