U Rwanda rwatoye umwanzuro usaba u Burusiya guhagarika intambara burimo na Ukraine
Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu yatoye umwanzuro usaba ko u Burusiya bwahagarika intambara bumazemo hafi icyumweru n’igihugu cya Ukraine. Ni umwanzuro watorewe mu nteko rusange idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 02 Gashyantare 2022. Kuva ku wa Kane w’icyumweru gishize u Burusiya na Ukraine bari mu ntambara, nyuma y’uko […]
Perezida Tshisekedi yatangaje ko hari igihugu cy’akarere gitekereza guteza umwiryane mu baturanyi

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yatangaje ko hari igihugu cyo mu karere k’ibiyaga bigari cyaba gihora gitekereza guteza umwiryane mu baturanyi. Nk’uko ActualitĂ© ibivuga, iri jambo yarivugiye mu nama ya dipolomasi yamuhuje n’abahagarariye ibihugu byabo muri RDC mu mpera z’ukwezi gushize, akomoza ku bufatanye bw’ibihugu by’akarere mu mutekano. Uyu Mukuru w’Igihugu […]
U Burusiya bwatangaje umubare w’abasirikare babwo bamaze kwicwa uhabanye n’uwo Ukraine ivuga
Minisiteri y’Ingabo z’u Burusiya yatangaje ko abasirikare ba kiriya gihugu 498 ari bo bamaze kugwa mu ntambara Ingabo zacyo zihanganyemo n’iza Ukraine. Ni bwo bwa mbere u Burusiya butangaje imibare y’abasirikare babwo bapfiriye muri Ukraine kuva ku wa Kane w’icyumweru gishize ubwo ingabo zabwo zatangiraga kugaba ibitero mu bice bitandukanye bya kiriya gihugu. Iki gihugu […]
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Lt Gen Salem Bin Hamad Al-Nabit
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu, yakiriye mu biro bye Lt Gen Salem Bin Hamad Al-Nabit uri mu ruzinduko rw’akazi hano mu Rwanda. Lt Gen Salem Bin Hamad asanzwe ari Umugaba Mukuru w’Ingabo za Qatar. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri Twitter byavuze ko ari hano mu Rwanda mu ruzinduko rugamije “kunoza umubano w’ibihugu […]
Perezida Nyusi yirukanye ba Minisitiri 6
Perezida wa Repubulika ya Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa 2 Werurwe 2022 yirukanye ba Minisitiri batandatu (6) muri Guverinoma ye. Abo yirukanye ni: Minisitiri w’Ubukungu n’Imari, Adriano Maleiane, Ernesto Max Elias Tonela w’Ibikomoka mu butaka n’ingufu, Carlos Alberto Fortes Mesquila w’Inganda n’Ubucuruzi, JoĂŁo Osvaldo Machatine w’Imirimo rusange, imiturire n’amazi, Minisitiri w’inyanja n’uburobyi Augusta de […]
NYANZA: La police rĂ©cupère l’argent des fraudeurs, cinq arrĂŞtĂ©s
La Police nationale du Rwanda (RNP), le lundi 28 fĂ©vrier, a arrĂŞtĂ© cinq escrocs prĂ©sumĂ©s dans le district de Nyanza, qui appartiennent au mĂŞme rĂ©seau, qui volait des rĂ©sidents sans mĂ©fiance. Ces raquettes, qui escroquaient les gens avec de l’or factice, ont Ă©tĂ© arrĂŞtĂ©es vers 17 heures, dans le village de Rwabihanga, cellule de Gati, […]
Sudani y’Epfo: Uhagarariye EU yamaganye amagambo ya Gen. Kainerugaba kuri Ukraine
Intumwa yungirije y’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) muri Sudani y’Epfo, Ambasaderi Dionyz Hochel yamaganye amagambo y’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda usanzwe ari Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yavuze kuri Ukraine. Ni nyuma y’aho Gen. Kainerugaba agaragarije kuri Twitter ko nk’umwirabura, ashyigikiye ibitero u Burusiya bukomeje kugaba kuri Ukraine guhera tariki […]
Bizimana Yannick wa APR FC yatawe muri yombi
Rutahizamu Bizimana Yannick ukinira ikipe ya APR FC, yaraye atawe muri yombi na Polisi y’Igihugu nyuma yo kumufata atwaye imodoka yarengeje amasaha yo gutaha yanarengeje igipimo cy’ibisindisha umuntu adakwiye kurenza atwaye ikinyabiziga. Yannick yafatiwe i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge ahita ajya gufungirwa kuri Sitasiyo ya Polisi yo muri kariya gace nk’uko B&B FM yabitangaje. […]
Perezida Tshisekedi yatangaje ko FARDC yiteguye gutabara igihugu cy’akarere, mu gihe cyaterwa
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi aya Congo (RDC), Felix Tshisekedi, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye nazo ziteguye gutabara icy’abaturanyi mu gihe cyaterwa. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangaje ubwo yagiranaga inama ya dipolomasi n’abahagarariye ibihugu byabo muri RDC, akomoza ku bufatanye bwabyo mu kubungabunga amahoro n’umutekano. Yakomoje ku bikorwa byatangiye tariki ya 30 Ugushyingo 2021 byo kurwanya […]
N’abantu bavuga ngo nari nanyoye akantu, ntako nari nashyizemo_Wa mugeni wagaragaye abyina mu buryo budasanzwe
Kuva mu mpera z’icyumweru gishize ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amashusho y’umugeni [w’umusore] wabyinaga mu bukwe budasanzwe, bituma abazikoresha bacika ururondogoro. Mu mashusho yakwirakwiye cyane kuri Twitter uyu mukwe n’umugeni we bagaragara babyina indirimbo ‘Queen of Sheba’ y’umuhanzi Meddy, ariko we yirekuye cyane mu buryo budasanzwe. Mu busanzwe uyu mugabo yitwa Bizumuremyi Straton uzwi ku izina […]
Abirabura barimo gukorerwa ivangura ku mipaka bacaho bahunga bava muri Ukraine
Barlaney Mufaro Gurure, umunyeshuri wiga ibijyanye n’ikirere ukomoka muri Zimbabwe, amaherezo yari ageze imbere y’umurongo w’amasaha icyenda ku mupaka w’iburengerazuba bwa Ukraine wambukiranya umupaka wa Krakovets nyuma y’urugendo rw’iminsi ine. Igihe cye cyari kigeze ngo yambuke. Ariko ushinzwe kurinda umupaka yaramusunitse we n’abandi banyeshuri bane b’Abanyafurika yari ari kumwe nabo, bareka Abanya-Ukraine baratambuka. Byatwaye amasaha, […]
Indian national decries injustice after bailiff confiscated his goods in Kigali
Manish Kumar, the Indian national and CEO of commercial company namely UNITED SPIRITS Ltd, operating in Remera, Kigali, has sought government of Rwanda’s help over what he terms the injustice faced in commercial court trial against bailiff, Kagame K. Festo who confiscated his goods mainly composed of liquors, by the request of one RISHI ARYA. […]
Musenyeri Karemera yasabye abakirisitu kwigira, aho gutegereza inkunga ziva mu mahanga

Musenyeri Karemera Francis, umwepisikopi wa Diyoseze y’Abangilikani ya Cyangugu, ifashe uturere twa Rusizi na Nyamasheke, avuga ko nyuma yo gusigirwa amasomo akomeye na COVID-19, aho mbere wasangaga iyi Diyoseze icungira ku nkunga ziva hanze, cyane cyane mu Bwongereza no muri Amerika bigatuma abakirisitu basa n’abiraye igihe kirekire bibwira ko i Muhana hahari nta kibazo, ubu […]
Kenya: Urubyiruko rwagaragaye rurahirira kurasa abasivili rwasubijwe ku ikosi
Abasore 23 bo muri Kenya bo mu mutwe wa GSU (General Service Unit) bagaragaye muri videwo barahirira kurasa abasivili b’abanyabyaha ubwo bari basoje amasomo y’ibanze y’igipolisi, bayasubijwemo. Tariki ya 8 Ukuboza 2021 (umunsi barangirijeho amasomo) ni bwo ku mbuga nkoranyambaga hasakaye videwo yabo y’amasegonda 30, babyina, bagira bati: “Tuje hanzeee, murashize, tuzabamara. Turaje muzabonaaa! Turi […]
François Beya umaze ukwezi muri kasho arasaba kugezwa mu rukiko, bitaba ibyo akarekurwa
Uwahoze ari umujyanama wihariye mu by’umutekano wa Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), François Beya umaze hafi ukwezi muri kasho y’urwego rushinzwe ubutasi ruzwi nka ANR, yasabye kugezwa mu rukiko, bitaba ibyo akarekurwa. Beya yatawe muri yombi tariki ya 5 Gashyantare 2022 ubwo Perezida wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi yari muri Ethiopia, yitabiriye inama […]
Abanyarwanda baheze muri Ukraine baratabarizwa
Umunyarwandakazi witwa Cynthia Kagambirwa uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) yatabarije Abanyarwanda bageze muri Ukraine muri iki gihe hari kubera intambara. Kagambirwa mu rwandiko yageneye Umukuru w’Igihugu, Perezida Paul Kagame, arunyuza kuri Twitter, yavuze ko hari abanyeshuri b’Abanyarwanda baheze mu mujyi wa Sumy, ubu bari mu buzima bugoye. Yasobanuye ko imbogamizi zikomeye aba […]
Bobi Wine yibasiye Gen Muhoozi nyuma yo gutangaza ko ashyigikiye u Burusiya mu ntambara burimo na Ukraine
Umunya-Politiki Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, yibasiye Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba na se Yoweri Kaguta Museveni, nyuma yo gutangaza ko ashyigikiye intambara y’u Burusiya kuri Ukraine. Mu rukerera rwo ku wa Kane w’icyumweru gishize ni bwo Ingabo z’u Burusiya zatangiye kugaba ibitero muri Ukraine, ku itegeko […]
Rwanda: Umuhinde arasaba kurenganurwa nyuma yaho umuhesha w’inkiko afatiriye ibintu bye

Umuhinde Manish Kumar ukorera mu Rwanda ufite sosiyete y’ubucuruzi yitwa UNITED SPIRITS Ltd ibarizwa mu Mudugudu wa Gishushu, Akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali, aratabaza Leta avuga ko yarenganijwe mu rubanza mu rukiko rw’ubucuruzi nyuma y’aho ibicuruzwa bye bigizwe n’inzoga zo mu bwoko bwa liqueur bifatiriwe inshuro zirenze ebyiri […]