APR FC yatangaje icyo iteganyiriza Bizimana Yannick ugifunzwe
Ikipe ya APR FC yemeje ko rutahizamu Bizimana Yannick agifunze, ivuga ko mu gihe azaba yarekuwe iteganya kumuganiriza no kumucyaha kugira ngo agaruke mu murongo mwiza. Amakuru y’itabwa muri yombi ry’uyu rutahizamu yamenyekanye ku wa Gatatu w’iki cyumweru, nyuma yo gufatirwa i Nyamirambo atwaye imodoka yarengeje isaha yo gutaha ndetse yanarengeje igipimo cy’ibisindisha umuntu atagomba […]
Abanyarwanda 14 ni bo basigaye muri Ukraine
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko Abanyarwanda 71 muri 85 babaga muri Ukraine bashoboye guhunga intambara iri kuberayo, bajya mu bihugu by’ibituranyi; Hongrie na Pologne. Umuvugizi wungirije wa Guverinoma, Alain Mukuralinda mu kiganiro yagiranye na Taarifa, yavuze ko mu Banyarwanda 14 basigaye muri Ukraine nta n’umwe uragira icyo aba, ati: “Dukurikirana amakuru yabo.” Ku bamaze guhunga […]
Dr Igabe yatanze Frw akayabo ngo arekurwe ajye kwita ku mwana we urembye
Dr Igabe Egide ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano y’impamyabumenyi y’ikirenga (PhD) mu gushaka akazi, yaburanye ubujurire bwe ku ifunga ry’agateganyo, asaba ko yatanga ingwate ya Miliyoni 150 Frw akarekurwa akajya kwita ku mwana we urembye. Dr Igabe watawe muri yombi tariki 06 Mutarama 2022, ubwo Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangazaga ko akurikiranyweho gukoresha inyandiko […]
Rwanda: Court to announce the verdict in a case of two Indian nationals
High Commercial Court in Kigali has slated to announce the verdict of a case on March 9, whereby two Indian nationals; Manish Kumar, the boss of commercial company, UNITED SPIRITS accuses RISHI ARYA and co-accused; bailiff Kagame Festo K. and businessman, Nsengumuremyi Anathole. Kumar has recently appealed the ruling of Kigali Commercial Court that decided […]
Perezida Zelensky yagezwe amajanja n’abancancuro bashakaga kumwivugana arusimbuka ubugira 3
Kuva mu cyumweru gishize Perezida Volodymir Zelensky wa Ukraine yagezwe amajanja n’abancancuro b’Abarusiya bashakaga kumwivugana, gusa arusimbuka incuro eshatu zose. Abacancuro bo mu mutwe wa Wagner ndetse n’abasirikare badasanzwe bo mu mutwe wa Chechen ni bo bashakaga kwivugana Perezida Zelensky. Iyi mitwe yombi ngo yari yatumwe na bamwe mu bakozi bashinzwe kurwanya intambara mu rwego […]
60% des Rwandais entièrement vaccinés contre le Covid
Le Rwanda fait pression pour atteindre un nombre très Ă©levĂ© de personnes vaccinĂ©es dans le but de protĂ©ger la population contre la pandĂ©mie de Covid-19. Le ministère de la SantĂ© a annoncĂ© jeudi, que jusqu’Ă prĂ©sent, 60 % de la population totale [12,95 millions (2020)] avaient Ă©tĂ© entièrement vaccinĂ©s. Les vaccins COVID-19 aident Ă dĂ©velopper […]
Me Nzayisenga yaciwe amande nyuma yo kubura mu rukiko ku munota wa nyuma
Mu iburanishwa ryabaye tariki ya 2 Werurwe 2022 , Urukiko rw’Ubujurire rwaciye Me Nzayisenga Francis ihazabu y’amafaranga ibihumbi magana abiri kubera kwivana mu rubanza ku munota wa nyuma, aho Umunyarwandakazi Kanyabutembo Virgine aregamo Rugamba Xavier. Rugamba yagaragaye mu Rukiko wenyine nta mwunganizi afite, maze abwira Urukiko ko umwunganizi we yakoze impanuka kandi na we bamwibye […]
Tanzania: Freeman Mbowe n’abandi bashinjwaga iterabwoba barekuwe

Umunyapolitiki Freeman Mbowe uyoboye ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, hamwe na bagenzi be batatu bashinjwaga ibyaha bitandatu birimo icy’iterabwoba, barekuwe. Icyemezo cyo kubafungura cyakurikiye icyo kuri uyu wa 4 Werurwe 2022 cyafashwe n’Umushinjacyaha Mukuru wahagaritse ibirego bose baregwaga. Aba banyapolitiki barekuwe nyuma y’aho abahagarariye amadini n’amatorera babisabye Perezida Samia Suluhu Hassan, ubwo bagiranaga […]
Wakwishimira kugaruka mu Rwanda ariko ntiwakwishimira kugaruka muri Hoteli yaducumbikiye_Louis Bendixen
Umunya-Denmark Louis Bendixen ukinira ikipe ya Team Coop y’iwabo, yanenze serivisi mbi yahawe n’imwe mu mahoteli yo mujyi wa Kigali yari acumbitsemo mu gihe cya Tour du Rwanda 2022, avuga ko ubwiza bw’u Rwanda yabonye ntaho buhuriye na serivisi yahawe. Ni mu butumwa uyu mukinnyi aheruka kwandika ku rubuga rwe rwa Twitter. Bendixen yanenze serivisi […]
Abarwanyi ba CODECO bagaragaye bifotoreza ku ntumwa za Tshisekedi bafashe bugwate

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu Ntara ya Ituri mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bagaragaye bifotoreza ku ntumwa za Perezida FĂ©lix Tshisekedi bafashe bunyago. Tariki ya 16 Gashyantare 2022, Perezida Tshisekedi yohereje izi ntumwa esheshatu zigize urwego rwahawe izina rya Task Force, kugira ngo bagirane ibiganiro na CODECO, byari […]
Rurageretse hagati ya UNITED SPIRITS n’abo irega guteza cyamunara ibicuruzwa byayo

Kuri uyu wa Kane, itariki 03 Werurwe 2022, mu Rukiko Rukuru rw’Ubucuruzi haburanishijwe ubujurire ku rubanza RC000171/2022/TC hasabwa gutesha agaciro cyamunara yo kuwa 31/01/2022 yakorewe ku bicuruzwa by’Umuhinde Manish Kumar nyiri UNITED SPIRITS urega mugenzi we w’Umuhinde Rishi Arya, Umuhesha w’Inkiko Kagame K. Festo n’umucuruzi Nsengumuremyi Anathole . Ni ibicuruzwa bigizwe by’inzoga UNITED SPIRITS Ltd […]
USA: Senateri abona ko kwica Putin ari byo byahagarika intambara ya Ukraine n’u Burusiya
Senateri Lindsay Graham wo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), abona ko kwica Perezida Vladimir Putin ari byo byatuma intambara ya Ukraine n’u Burusiya ihagarara. Mu butumwa yanyujije kuri Twitter kuri uyu wa 3 Werurwe 2022, Senateri Graham yabajije niba muu Burusiya nta muntu umeze nk’umunyapolitiki Marcus Junius Brutus wagambaniye […]
Nyaruguru: Abasoromyi b’icyayi bafite impungenge nyuma y’aho umugezi wishe mugenzi wabo

Nyuma y’aho ku wa 22 Gashyantare 2022, umubyeyi wasoromaga icyayi hafi y’umugezi w’Akavuguto, anyereye ku gateme k’ibiti yambuka akagwamo agapfana n’umwana we w’amezi atandatu yari ahetse, impungenge ni nyinshi mu basoromyi b’icyayi cy’uruganda rwa Mata, mu karere ka Nyaruguru, gihinze mu kibaya cy’urwo ruzi. Aba basoromyi barasaba ko amateme bambukiraho bari mu kazi ka buri […]
Trial of Baho Hospital medics set for this Friday
On Friday, March 4, the Primary Court of Kicukiro will commence the substantive trial of two doctors of Baho International Hospital (BIH) who are charged with involuntary manslaughter. The medics, Dr.Alfred Mugemanshuro, an anesthesiologist, and Dr. Gaspard Ntahonkiriye, a gynecologist are being prosecuted in connection to the death of Chantal Ngwinondebe, a female patient who […]
Rusizi: Kutanoza imikoranire hagati ya sosiyete sivile n’inzego z’ibanze biradindiza ikemura ry’ibibazo by’abaturage

Mu karere ka Rusizi hakunze kubaho kwitana bamwana hagati y’imiryango igize sosiyete sivile ikora mu rwego rw’ubutabera iri muri komite mpuzabikorwa y’urwego rw’ubutabera ku karere, n’inzego z’utugari n’imirenge ku mikemurire y’ibibazo by’abaturage muri urwo rwego,cyane cyane iby’imanza zitinda kurangizwa, sosiyete sivile ikavuga ko ari ba gitifu b’utugari n’imirenge basiragiza abaturage batinda kubarangiriza imanza, aba bo […]
Amahanga yemeje umushinga wateguwe n’u Rwanda na Peru
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Mujawamariya Jeanne d’Arc, avuga ko igihugu cye na Peru “byishimye birenze” nyuma y’uko umushinga byateguye ugamije guca ikora n’ikoreshwa rya ‘plastic’ ku isi utowe nk’umwanzuro w’inama rusange ya ONU y’ibidukikije. Uyu mwanzuro wemejwe kuwa Gatatu n’iyo nama yabereye i Nairobi, ukuriye ishami rya ONU ry’ibidukikije yawise “ubwumvikane bukomeye cyane ku isi nyuma […]
Ayebare yemeza ko nta ruhare u Rwanda rwagize mu iyirukanwa rya Maj. Gen. Kandiho
Intumwa ihoraho ya Guverinoma ya Uganda mu Muryango w’Abibumbye (UN), Ambasaderi Adonia Ayebare, yemeje ko nta ruhare u Rwanda rwagize mu iyirukanwa ry’umuvandimwe we, Maj. Gen. Abel Kandiho wayoboraga urwego rw’ubutasi, CMI. Tariki ya 25 Mutarama 2022 ni bwo Perezida Yoweri Museveni yakuye Gen. Kandiho ku buyobozi bukuru bwa CMI, amugira mu butumwa bwihariye muri […]
Buri munyafurika wese uri ku Isi akwiriye gushyigikira Perezida Putin muri uru rugamba_Gen Muhoozi
Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye Umunyafurika wese aho ari ku Isi gushyigikira u Burusiya mu ntambara burimo na Ukraine. Ni mu butumwa uyu musirikare usanzwe ari umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni yanyujije ku rubuga rwa Twitter. Ni nyuma y’uko igihugu cye cya Uganda kiri muri 35 biheruka […]
RIB submits RHA’s boss to prosecution
Rwanda Investigation Bureau (RIB) has confirmed it has submitted to the National Public Prosecution Authority the case of Felix Nshimyumuremyi, the Director-General of Rwanda Housing Authority who was arrested over corruption. According to RIB spokesperson, Thierry B. Murangira, the file of Nshimyumuremyi, was on Monday, February 28 submitted to prosecution. Nshimyumuremyi and his co-accused Emile […]
Major General mu ngabo z’u Burusiya yiciwe muri Ukraine
Komanda wa Diviziyo ya 7 mu ngabo z’u Burusiya, Major General Andrei Sukhovetsky, yishwe na mudahusha (sniper) mu ntambara iri kubera muri Ukraine. Nk’uko The Independent yabitangaje, urupfu rwe rwemejwe na Komanda wungirije w’umutwe w’Abarusiya bahoze ari abasirikare, Sergei Chipilev. Chipilev mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagize ati: “N’akababaro kenshi, twamenye inkuru y’incamugongo y’urupfu […]
Ukraine: Uruganda runini rw’ingufu za kirimbuzi mu Burayi rwafashwe n’inkongi nyuma y’igitero cy’u Burusiya
Kuri uyu wa Gatanu, minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje ko uruganda rw’ingufu za kirimbuzi runini mu Burayi rwafashwe n’inkongi y’umuriro nyuma y’igitero cy’u Burusiya, asaba ko hashyirwaho akarere k’umutekano. Ibiro ntaramakuru RIA bivuga ko Minisiteri ishinzwe ingufu za kirimbuzi muri Ukraine ivuga ko igice cy’uruganda cyahiye bitewe n’igitero cy’ingabo z’u Burusiya. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga […]