Sassou N’guesso yagiye gutembereza Perezida Kagame iwabo ku ivuko (Amafoto)

img_20220412_175433.jpg

Perezida Denis Sassou N’guesso wa Congo-Brazzaville, yakiriye mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame mu mujyi wa Oyo asanzwe avukamo. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri ni bwo Perezida Kagame yakiriwe mu mujyi wa Oyo, nyuma yo kuvana na mugenzi we i Brazzaville. Aha mu murwa mukuru wa Congo abakuru b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro byihariye, […]

U Burusiya buravuga ko butazahagarika ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine kubera imishyikirano

Kuri uyu wa Mbere, itariki 11 Mata 2022, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergei Lavrov, yatangaje ko u Burusiya butazahagarika ibikorwa bya gisirikare muri Ukraine kubera ibiganiro by’amahoro bizakurikiraho. Abayobozi b’u Burusiya bavuga ko ibiganiro by’amahoro na Ukraine bidatera imbere vuba nk’uko babyifuza, kandi bashinja Uburengerazuba kugerageza guhagarika imishyikirano mu kuzamura ibirego by’intambara barega ingabo […]

Thomas Lubanga na bagenzi be bacitse inyeshyamba zari zarabafashe bugwate

gp.jpg

Intumwa enye zigize itsinda Task Force zari zaroherejwe na Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) mu biganiro na CODECO mu ntara ya Ituri, zashoboye gucika uyu mutwe witwaje intwaro wari umaze hafi amezi abiri uzifashe bugwate. Izi ntumwa ni Thomas Lubanga na Floribert Ndjabu bigeze kuba abakuru b’imitwe y’inyeshyamba muri Ituri, hamwe n’abasirikare […]

Le prĂ©sident rwandais attendu en JamaĂŻque pour une visite d’Etat de 3 jours

Le PrĂ©sident de la RĂ©publique du Rwanda, Son Excellence Paul Kagame, doit arriver sur l’Ă®le mercredi 13 avril pour une visite d’Etat de trois jours. Pendant son sĂ©jour en JamaĂŻque, le prĂ©sident Kagame devrait rendre visite au gouverneur gĂ©nĂ©ral, Son Excellence le très honorable. Sir Patrick Allen, et rencontrera le Premier ministre, le très honorable. […]

Congo-Brazaville: Abanyarwanda ibihumbi umunani nta byangombwa by’ u Rwanda bashaka, ntibahabwa ibya Congo

Abanyarwanda ibihumbi umunani baba muri Repubulika ya Congo (Brazaville) bavuga ko kugeza ubu nta mugambi wo gutaha bafite mu gihe banze gufata ibyangombwa by’ u Rwanda ndetse igihugu kibacumbikiye nacyo kikaba kitabaha ibyangombwa. Abo banyarwanda biganjemo abahunze mu 1994, nta byangombwa by’u Rwanda bashaka, nta bya Congo bahabwa, kandi ntibagishobora kwitwa impunzi kuva icyemezo cy’ubuhunzi […]

Kenya: Ihangana rya Ruto na Odinga rirakomeje mu gihe habura amezi mbarwa ngo amatora abe

Impande zitegura guhatana mu matora y’umukuru w’igihugu muri Kenya, urwa Visi Perezida William Ruto n’urwa Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe bakajije umurego mu kugabanaho ibitero by’umuntu ku giti cye mu minsi yashize, bikomeje kuzamura umwuka mubi mu gihe habura amezi ane gusa kugirango amatora yo muri Kanama abe. Abayoboke ba Ruto, bakomeje kurakara bivuye […]

Kwibuka28: Uko umukobwa w’imyaka 12 yatoraguye uruhinja i Rutonde akarurokora

psx20e30fc.jpg

Nimukuze Clementine wo mu Karere ka Rulindo wari ufite imyaka 12 gusa mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yarokoye uruhinja rw’amezi 5 arujyana iwabo bararurera rurakura. Ubu uwo mwana yarakuze, akaba ashima ubumuntu n’ubwitange bw’abamurokoye. Mu Mudugudu wa Rugendabari mu Karere ka Rulindo kwa Nyirakimonyo Esteri ni ho Eliie Tuyishimire wari ufite amezi atanu muri […]

La France promet de juger un suspect de génocide tous les six mois

Le gouvernement français rĂ©flĂ©chit Ă  des moyens qui verront au moins deux suspects du gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsi jugĂ©s chaque annĂ©e, dans le cadre des efforts visant Ă  rendre justice aux plus d’un million de victimes. Cette dĂ©cision, selon l’ambassadeur de France au Rwanda, Antoine Anfre, intervient Ă  un moment oĂą la France […]

The Senior Human Resource Officer at Career Options Africa

VACANCY – SENIOR HUMAN RESOURCE OFFICER BACKGROUND INFORMATION Our client, a motor vehicle manufacturer is seeking to fill the position of Senior Human Resource Officer in their Rwanda branch. The client seeks to fill the above position with a suitably qualified and competent HR professional to join their team and oversee all aspects of human […]

France to try two genocide suspects in a year

The French government is mulling ways that will see at least two suspects of the 1994 Genocide against the Tutsi, tried every year, as part of the efforts to give justice to the over a million victims. The move, according to the Ambassador of France to Rwanda, Antoine Anfre, comes at a time France is […]

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro byihariye na Denis Sassou N’guesso wa Congo

Perezida Kagame uri mu ruzinduko muri Congo-Brazzaville, kuri uyu wa Mbere yagiranye ibiganiro byihariye na mugenzi we Denis Sassou N’guesso. Ni ibiganiro byabimburiye inama y’intumwa z’ibihugu byombi iteganyijwe mu masaha ari imbere. Iyi nama byitezwe ko ishyirirwaho umukono ku masezerano y’ubufatanye mu nzego zirimo ishoramari no gusangizanya imico hagati ya Congo-Brazzaville n’u Rwanda. Ku munsi […]

Minisitiri Paluku abona amasezerano M23 yagiranye na RDC adashobora kubahirizwa

Minisitiri w’inganda wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) wanabaye Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu gihe M23 wafataga umujyi wa Goma mu Gushyingo 2012, Julien Paluku Kahongya, yavuze ko kuri ubu amasezerano uyu mutwe witwaje intwaro wagiranye na Leta adashobora kubahirizwa. Minisitiri Paluku yavugiye mu kiganiro yagiriye kuri Radio Okapi ku wa 11 Mata […]

Mozambique: Kudahuza ibikorwa hagati y’Ingabo z’u Rwanda n’iza SADC, ingaruka ku mahoro arambye

Ingabo za SADC zoherejwe mu butumwa bwa SAMIM muri Mozambique zikomeje kuvugwaho kudahuza ibikorwa n’Ingabo z’u Rwanda, zose zifite intego imwe yo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, ndetse n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ibintu bibangamiye kugera ku mahoro arambye muri iki gice. Iyoherezwa ry’ingabo za SADC rigaragara mu nyandiko zemewe z’Umuryango wa Afurika […]

Pasiteri Christine abona Abanyarwanda badashobora gukundana mu gihe batazi amateka yabo

img-20220412-wa0009.jpg

Umushumba w’itorero AssemblĂ©e de Dieu rikorera ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali, Pasiteri Gatabazi Christine abona ko Abanyarwanda badashobora gukundana mu gihe batazi amateka yabo. Mu kiganiro yagiriye kuri Jalas Official TV, nk’umuntu warokotse jenoside yakorewe Abatutsi uyoboye itorero ririmo ubwoko bwose, yabajijwe uko abyumva iyo abonye abakoze jenoside barangije ibihano bateranira hamwe, na we […]

Perezida Zelensky yasabye ko yageza ijambo ku muryango wa Afurika yunze Ubumwe

Perezida wa SĂ©nĂ©gal, Macky Sall, ejo ku wa Mbere yatangaje ko mugenzi we Volodymyr Zelenksy wa Ukraine yasabye ko yageza ijambo ku muryango wa Afurika yunze Ubumwe. Perezida Sall kuri ubu uyoboye Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter. Yavuze ko Perezida Zelensky yamugejejeho buriya busabe […]

Perezida wa IBUKA yavuze ku bakoze jenoside banyongewe i Gikongoro

Perezida w’umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi, Nkuranga Egide, yavuze ku bayikoze bigeze kunyongerwa mu yahoze ari Perefegitura ya Gikongoro. Nkuranga mu kiganiro yagiriye kuri Jalas Official TV, yagaye anamagana abakoze jenoside batarasaba imbabazi ndetse n’ababikoze mu buryo bwo kwikiza kugira ngo bafungurwe. Yagarutse ku mateka ya jenoside n’ingaruka zayo ku bayikoze, avuga […]

U Bufaransa bwahambirije abadipolomate batandatu b’Abarusiya buvuga ko ari intasi

Kuri uyu wa Mbere, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Bufaransa yatangaje ko abakozi batandatu b’u Burusiya (bivugwa ko ari intasi) biyita abadipolomate nka “persona non grata” cyangwa abantu batagifite ikaze mu Bufaransa nyuma y’iperereza ryakozwe n’inzego z’ubutasi zo mu gihugu ryanzuye ko barwanya inyungu z’u Bufaransa. Minisiteri yagize ati: “Nyuma y’iperereza rirerire cyane, Ubuyobozi bukuru bw’umutekano […]

RIB yaburiye abahererekanya ubutumwa burimo ingengabitekerezo ya jenoside

Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha ruraburira abakoresha imbuga nkoranyambaga, kwirinda guhererekanya ubutumwa burimo ingengabitekerezo ya Jenoside kuko bashobora gukurikiranwa n’amategeko. Ni mu gihe abakurikirwa n’abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga bo basaba urubyiruko kwitabira gukoresha imbuga nkoranyambaga, mu gihe babona hari abashaka kugoreka nkana amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Abahanga bavuga ko Isi yabaye nk’umudugudu kubera ikoranabuhanga rituma […]

Gisenyi: Akaga ku Batutsi ubwo umusirikare mukuru wa FAR yabaga yiciwe ku rugamba rw’Inkotanyi

Iyari komisiyo y’igihugu yo kurwanya jenoside, CLNG, mu gitabo kivuga ku itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya jenoside yakorewe Abatutsi mu yahoze ari Perefegitura ya Gisenyi, isobanura akaga Abatutsi bahuraga na ko mu gihe umusirikare mukuru w’izahoze ari ingabo z’u Rwanda (FAR) yabaga yiciwe ku rugamba rw’ingabo za FPR Inkotanyi. CLNG (inshingano zayo zimuriwe muri Minisiteri […]

Ituri: Inyeshyamba bikekwa ko ari iza ADF zishe abaturage byibuze 20

Inyeshyamba zikekwaho kuba zigendera ku matwara akaze ya Kisilamu zishe byibuze abasivili 20 mu bitero zagabye ku Cyumweru no ku wa Mbere, mu Ntara ya Ituri ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Amakuru avuga ko aba bagabye igitero bakekwaho kuba mu mutwe w’inyeshyamba za ADF ugizwe n’inyeshyamba z’Abagande zikorera mu burasirazuba bwa Congo kuva mu […]

Twitter: Konti ya Gen. Muhoozi Kainerugaba yakuweho

Urubuga rwa Twitter rwakuyeho konte (compte) y’Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa byihariye by’igisirikare akaba n’umuhungu we, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba. Iyi konte yari imaze kugira abayikurikira barenga 540.000 yakuweho ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Mata 2022, kubera impamvu itaramenyekana. Kuri ubu ujya gushaka ibyo […]

Musanze: Polisi yataye muri yombi abagabo bagaragaye mu mashusho bahondagura umugore

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Musanze, yatangaje ko yataye muri yombi abagabo babiri baheruka kugaragara mu mashusho bahondagura umudamu. Amashusho yakwirakwiye ku rubuga rwa Twitter ejo ku wa Mbere, yerekana umwe mu bagabo ahondagura uyu mudamu wari wicajwe muri kaburimbo. Iruhande byagaragaraga ko hari abantu bashungereye, gusa muri bo nta n’umwe wagaragazaga ubushake […]

Perezida Kagame yakiriwe ku meza na mugenzi we Nguesso wa Congo

fqggpwrxiaei8cn.jpg

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa Mbere tariki 11 Mata 2022, yakiriwe ku meza na mugenzi we wa Congo, Denis Sasso Nguesso i Brazzaville, mu ruzinduko rw’iminsi itatu ari kugirira muri icyo gihugu. Ibiro bya Perezidansi y’ u Rwanda bikoresheje Twitter byavuze ko ” Kuri uyu mugoroba Denis Sassou Nguesso yakoreheje ibirori mu […]

Burundi: Hemejwe umushinga w’ivugurura muri FDN, urimo iremwa ry’umutwe w’ingabo zidasanzwe

deputies_bdi.jpg

Inteko ishinga amategeko y’u Burundi, umutwe w’abadepite, yemeje umushinga w’ivugurura mu gisirikare cy’igihugu, FDNB, ririmo iremwa ry’umutwe w’ingabo zidasanzwe, UOS (UnitĂ© des OpĂ©rations SpĂ©ciales). Ni nyuma yo gusesengura uyu mushinga w’ivugurura ry’itegeko N0 1/04 ryo ku wa 20/02/2017 rishinga igisirikare cy’u Burundi, uburyo cyubatse, abakigize, amahugurwa yacyo, ibisabwa kugira ngo umuntu akijyemo n’imikorere yacyo. Aba […]