Perezida Museveni yakiriye Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika ya Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yakiriye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, ku biro by’Umukuru w’Igihugu i Kampala kuri uyu wa 24 Mata 2022. Aba bakuru b’ibihugu bagiranye ikiganiro kirebana n’ubufatanye, umutekano n’ibindi nk’uko Perezida Museveni yabitangaje. Yagize ati: “Muri uyu mugoroba nakiriye Nyakubahwa Perezida Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda […]
Cabo Delgado : Le Rwanda opère aux côtés des forces de la SADC dans le district de Macomia
Les forces de sĂ©curitĂ© rwandaises dĂ©ployĂ©es dans la province de Cabo Delgado, Ă l’extrĂŞme nord du Mozambique, ont quittĂ© leurs zones de responsabilitĂ© prĂ©cĂ©demment dĂ©signĂ©es, poursuivi et mis en dĂ©route l’insurrection liĂ©e Ă l’État islamique dans le district de Macomia, confirme The New Times. Les forces, comme indiquĂ©, sont rĂ©cemment entrĂ©es dans la zone de […]
U Rwanda rwasubije iwabo abasore 17 b’Abarundi
Muri iki cyumweru, Guverineri wa Kirundo (mu majyaruguru y’Uburundi) yakiriye abasore cumi na barindwi birukanwe n’u Rwanda, aho abayobozi basobanuye ko abantu bireba nta byangombwa bibemerera kuguma mu Rwanda bari bafite. Usibye umusore umwe ukomoka muri komini ya Ryansoro mu ntara ya Gitega (rwagati mu Burundi), abandi baturuka mu ntara ya Kirundo, ihana imbibi n’umuturanyi […]
Amafoto: Perezida Kagame yageze muri Uganda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa 24 Mata 2022 yageze muri Uganda. Umukuru w’Igihugu agezeyo agiye kwizihiza ibirori by’isabukuru y’amavuko y’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba wamutumiye. Ibirori nyirizina by’uyu munsi w’amavuko byabereye ku kibuga cya Lugogo Cricket Oval kuri uyu wa 23 Mata 2022. Birakurikirwa n’umuhango wo […]
Gisagara: Abarokotse jenoside batewe impungenge n’abayikoze bagifite ingengabitekerezo yayo

Abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi mu karere ka Gisagara mu majyepfo y’u Rwanda batewe impungenge n’abayikoze bagifite ingengabiterekerezo yayo n’amacakubiri. Izi mpungenge zagaragajwe na Buhura Pierre CĂ©lestin wari uhagarariye imiryango y’Abatutsi bazize jenoside bashyinguwe mu rwibutso rwa Kabuye, ubwo yari mu muhango wo kubibuka wabaye kuri uyu wa 23 Mata 2022. Muri uyu muhango witabiriwe n’abayobozi […]
France: Umupadiri yakubitiwe muri kiliziya yo muri Nice arakomeretswa
Umufaransa bivugwa ko afite uburwayi bwa “bipolaire” mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yasagariye umupadiri mu Kiliziya cyo muri Nice, mu majyepfo y’u Bufaransa aramukomeretsa byoroheje ariko polisi ivuga ko iki gikorwa ntaho gihuriye n’iterabwoba. Ibi byatangajwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu kuri twitter. Minisitiri GĂ©rald Darmanin Yagize ati “ Ugusagarira kwabaye muri iki gitondo muri […]
Nairobi: Hahishuwe ibyabereye mu cyumba cy’ibiganiro hagati ya Leta ya RDC na M23
Ibiro bya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) byaraye bitangaje ko byakuye umutwe witwaje intwaro wa M23 mu biganiro Leta iri kugirana n’imitwe yitwaje intwaro, bibera i Nairobi muri Kenya guhera ku wa 22 Mata 2022. Ibi biro byasobanuye ko uyu mutwe wakuwe muri ibi biganiro ari uko mu gihe byari birimbanyije, ababyitabiriye […]
Sudani: Ingabo za Ethiopia zirenga 500 zirasaba ubuhungiro
Umuryango mpuzamahanga wita ku mpunzi, UNHCR, uvuga ko muri Sudani hari ingabo za Ethiopia 528 zisaba ubuhungiro kuko zidashaka gusubira mu gihugu cyazo. Ethiopia yari ifite ingabo zikabakaba 4000 zahoze mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu gace ka Abyei kari mu makimbirane hagati ya Sudani na Sudani y’Epfo. Ariko bitewe n’amakimbirane Ethiopia yagiranye na Sudani […]
Gen. Muhoozi yijeje ko umubano wa Uganda n’u Rwanda uzarushaho kuba mwiza

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, itariki 23 Mata 2022, ku Kibuga cya Cricket cya Lugogo, mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 amaze ku Isi, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, yashimiye Imana ibyo yakoreye igihugu cye birimo no kuba umubano wacyo n’”umuvandimwe w’umuturanyi”, u Rwanda, wari […]
Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zakurikiranye ibyihebe no mu bice bigenzurwa na SADC
Ingabo z’u Rwanda zoherejwe kurwanya iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado, iherereye mu majyaruguru ya Mozambique, zavuye aho zari zigenewe gukorera zikurikirana ibyihebe no mu bice bigenzurwa n’Ingabo za SADC mu Karere ka Macomia. Nkuko byatangajwe, Ingabo z’u Rwanda ziherutse kwinjira mu bice bigenzurwa n’Ingabo za SADC ziri mu butumwa muri Mozambique bwiswe SAMIM. Kuri […]
Kamonyi: Imibiri isaga 100 y’abishwe muri jenoside yavumbuwe mu kigo cy’ababikira
Nibura imibiri 108 y’abantu bishwe muri jenoside yataburuwe mu Karere ka Kamonyi mu gihe hibukwa ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, nk’uko umuyobozi w’akarere ka Kamonyi, Sylvere Ndahayo, yabitangarije The New Times. Abayobozi bavuga ko iyi mibiri izashyingurwa mu cyubahiro mu cyumweru gitaha. Ndahayo yavuze ko muri iki cyumweru imibiri 37 y’abishwe muri jenoside […]
Abayobozi babiri bakomeye muri USA barajya muri Ukraine
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken arasura umurwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, kuri uyu wa 24 Mata 2022. Nk’uko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yabimenyesheje abanyamakuru kuri uyu wa 23 Mata, Blinken araba aherekejwe n’Umunyamabanga wa USA ushinzwe ingabo, Llyod Austin. Uyu Mukuru w’Igihugu yagize ati: “Sintekereza ko ari ibanga ko […]
Hasobanuwe ibigomba gukorwa mbere y’uko EAC yohereza ingabo zayo muri RDC
Tariki ya 21 Mata 2022, ubwo abakuru b’ibihugu by’umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) bateraniraga i Nairobi muri Kenya, banzuye ko muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) hazoherezwa mu gihe cya vuba umutwe w’ingabo zijya kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Imitwe yitwaje intwaro irebwa n’iyi ngingo n’iyanze kurambika intwaro guhera uyu munsi inama yabereyeho ngo […]
Abakomando kabuhariwe b’u Bwongereza bo mu mutwe wa SAS baba bari kurwana muri Ukraine
U Burusiya burimo guperereza niba ba kabuhariwe mu kuvangira umwanzi (sabotage) bo mu mutwe w’ingabo zidasanzwe z’u Bwongereza zirwanira mu kirere (SAS) baroherejwe mu burengerazuba bwa Ukraine. Ku wa Gatandatu, urwego rukuru rw’iperereza rw’u Burusiya rwatangaje ko rurimo kureba muri raporo y’itangazamakuru ry’u Burusiya rivuga ko abakomando ba SAS boherejwe mu karere ka Lviv mu […]
RED Tabara yababajwe n’amagambo ya Perezida Ndayishimiye yatangaje ko itazarambika intwaro
Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi, watangaje ko utazarambika intwaro mu gihe ibibazo byatumye ushingwa bitarakemuka. Tariki ya 21 Mata 2022, abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) barimo Perezida FĂ©lix Tshisekedi uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bateraniye mu nama y’umutekano i Nairobi. Muri iyi nama yigaga […]