Museveni yatangaje ko yiteguye kohereza Ingabo muri Mozambique guhashya ibyihebe
Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko Uganda yiteguye kohereza ingabo mu ntara ya Cabo Delgado ho muri Mozambique, mu rwego rwo gutanga umusada mu guhashya ibyihebe bimaze igihe byarayiyogoje. Museveni yemeje aya makuru kuri uyu wa Gatanu mu kiganiro n’itangazamakuru, nyuma y’uruzinduko Perezida Filipe Nyusi wa Mozambique yagiriye muri Uganda kuri uyu wa Gatatu. Yavuze […]
Procurement Junior Associate at mPharma
At mPharma, we start and end our day thinking about how we can enable patients to afford their medications. We are a growing team of 600+ members, headquartered in Accra, Ghana, backed by world class investors. We’ve joined hands with third party payers, drug manufacturers and healthcare providers to develop products and services that directly […]
At least 70 killed, 11 injured in South Sudan violence
At least 72 people have been killed and 11 wounded in a series of intercommunal conflicts in South Sudan’s Leer County of Upper Nile State, according to the United Nations Mission in South Sudan (UNMISS). In a press release seen by The EastAfrican on Monday, UNMISS said it also recorded 64 cases of sexual violence. […]
Leta y’u Rwanda yijeje abahanzi ko mu mezi make izatangira kubaha inkunga y’amafaranga
Minisiteri y’urubyiruko n’umuco (MYCulture) yatangaje ko mu mezi make ari imbere izatangira kujya iha abahanzi nyarwanda inkunga y’amafaranga, nk’abakora mu rwego rwahungabanyijwe bikomeye n’icyorezo cya Covid-19 cyibasiye Isi. Byatangajwe n’umuyobozi mukuru muri iyi Minisiteri ushinzwe iterambere ry’umuco, Twahirwa Aimable mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Radiyo Ijwi ry’Amerika, akaba yavuze ko iyi nkunga izajya inyuzwa mu […]
Centrafrique yabaye igihugu cya 2 ku Isi cyemeje Bitcoin nk’ifaranga ryemewe n’amategeko
Repubulika ya Centrafrique kuri uyu wa Gatatu yabaye igihugu cya kabiri ku Isi cyemeje Bitcoin nk’ifaranga rikoreshwa byemewe n’amategeko. Bitcoin ni ifaranga riri muri menshi yo mu buryo bw’ikoranabuhanga abenshi bazi nka ‘Digital currency’, ‘Digital Cash’, ‘Virtual Currency’, ‘Electronic Currency cyangwa Cryptocurrency’. Ni ifaranga ryakozwe bwa mbere mu 2009 n’umuhanga mu bya mudasobwa wagizwe ubwiru […]
FARDC irashinjwa kwifashisha FDLR na RUD-Urunana mu mirwano yubuye muri Rutshuru
Umutwe witwaje intwaro wa M23 urashinja FDLR-FOCA (FDLR nyirizina) na FDLR-RUD Urunana irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda kwifatanya n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, mu mirwano yubuye muri tritwari ya Rutshuru. Kuri uyu wa 27 Mata 2022, Bertrand Bisimwa ushinzwe urwego rwa politiki muri M23 yatangaje ko uyu mutwe witwaje intwaro wabyukiye mu mirwano […]
Perezida Kagame yasabye u Bwongereza kohereza abimukira n’Abanyarwanda ‘basize bakoze ibyaha’

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasabye guverinoma y’u Bwongereza kuzohereza abimukira ariko butibagiwe n’Abanyarwanda batanu bumaze imyaka irenga 15 bucumbikiye, basize bakoze ibyaha. Umukuru w’igihugu yatangiye ubusabe mu kiganiro yagiranye n’abadipolomate bakorera mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa 26 Mata 2022, asobanura amasezerano ibihugu byombi biherutse kugirana yo kohereza abimukira bajya […]
Perezida Kagame yasobanuye uko yemereye umunyamahanga wifuzaga gukorera mu Rwanda kumuzana mu ndege ye
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasobanuriye abadipolomate uko yigeze kwemerera umuganga ukomoka muri Cameroon wifuzaga gukorera muri iki gihugu, kumuzana mu ndege ye. Umukuru w’igihugu yavuze ko uyu muganga wabaga mu Bubiligi yabimusabye mu 2014 ubwo yari mu munsi mukuru wahariwe u Rwanda (Rwanda Day) i Amsterdam mu Buholandi. Ati: “Nagezaga ijambo ku […]
Ni ukudusuzugura- Perezida Kagame ku basaba irekurwa rya Rusesabagina
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, avuga ko gusaba ko Paul Rusesabagina yarekurwa kandi inkiko zaramuhamije ibyaha, ari agasuzuguro kandi ko n’ababisaba, ibyaha yakoze biramutse byarabereye iwabo nabo batabyihanganira. Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Mata 2022 ubwo yakiraga ku meza ba Ambasaderi bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, umuhango wabereye muri Kigali Convention Centre. […]
Rutshuru: FARDC na M23 babyukiye mu mirwano ikaze
Muri gurupoma ya Jomba, teritwari Rutshuru, intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) habyukiye imirwano ikaze hagati y’ingabo za Leta, FARDC, n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko urusaku rw’amasasu rwatangiye kumvikana mu duce dutandukanye twa Jomba turimo: Gisiza, Bigega na Nyarubara ugana ku musozi […]
U Burusiya bwaburiye u Bwongereza na NATO ko bushobora kurasa ku bikorwa remezo bya gisirikare byabo
Guverinoma y’u Burusiya yatanze umuburo w’uko ishobora kurasa ku bikorwa remezo bya gisirikare by’u Bwongereza, kubera ubufasha iki gihugu gikomeje guha Ukraine. U Burusiya bwatanze uyu muburo nyuma y’ ‘amagambo y’ubushotoranyi’ buvuga ko aheruka gutangazwa na Minisitiri w’Ingabo z’u Bwongereza ashyigikira ibitero ku Burusiya. Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya, Maria Zakharova, yavuze ko […]
Burundi: Leta yakuye ku rutonde abarimo abapfuye bari bakigenerwa umushahara
Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko yakuye ku rutonde abantu 750 bahembwaga mu buryo budasobanutse barimo abapfuye, mu gihe igisuzuma dosiye zabo. Nk’uko byatangajwe na Minisitiri ushinzwe umurimo n’abakozi, Dr Thadée Ndikumana mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 26 Mata 2022, kuvana aba bose ku rutonde byakozwe mu mezi atandatu ashize. Aba barimo abahembwaga badakora […]
Sweden extradites Rwandan accused of genocide
Genocide suspect Jean-Paul Micomyiza, 49, arrived in Rwanda early Wednesday, April 27, after being extradited from Sweden. The government of Sweden earlier this month gave the green light to the extradition of Micomyiza, to Rwanda where he is accused of involvement in the 1994 Genocide against the Tutsi. This came three months after a top […]
Umurwanyi w’Umwongereza ingabo z’u Burusiya zafatiye muri Ukraine arasaba Boris kumubohoza
Umurwanyi w’Umwongereza wafashwe mpiri n’ingabo z’u Burusiya ari kurwanira ingabo za Ukraine, Aiden Aslin, arasaba Minisitiri w’Intebe Boris Johnson w’u Bwongereza kumubohoza. Mu cyumweru gishize, Boris yatangaje ko amakuru afite ari uko Aslin wafashwe mpiri mu ntangiriro z’uku kwezi yitabwaho neza n’ingabo z’u Burusiya. Amaze kubitangaza, umuvandimwe wa Aslin witwa Nathan yamuhamagaye ku murongo wa […]
Suède yashyikirije u Rwanda Micomyiza yafatiye ku butaka bwayo
Ubushinjacyaha bukuru bw’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwakiriye Micomyiza Jean Paul ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bwashyikirijwe n’igihugu cya Suède. Muri 2020 ni bwo Micomyiza uzwi nka ‘Mico’ yatawe muri yombi afatiwe muri Suède, mbere yo gufata icyemezo cyo kumwohereza mu Rwanda. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo indege […]
Miss Akaliza Amanda yiyemeje kuvuga ukuri ku bibera muri Miss Rwanda
Miss Akaliza Amanda wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda wa 2021, yiyemeje kuvuga ukuri nyuma y’amahano n’amanyanga amaze igihe avugwa muri iri rushanwa. Miss Amanda yiyemeje kuvuga ukuri, nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rutaye muri yombi Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid, akaba umuyobozi wa Kompanyi ya Rwanda Inspiration Backup itegura Miss […]
UEFA Champions league: Manchester City yatsinze Real Madrid mu mukino wabonetsemo ibitego 7
Ikipe ya Manchester City yatsinze Real Madrid ibitego 4-3, mu mukino w’ishiraniro ubanza wa 1/2 cy’irangiza cya UEFA Champions league. Manchester City yari yakiriye Real Madrid ku kibuga cya Stade ya Etihad muri uyu mukino waranzwe no gusatirana gukomeye ku mpande zombi. Mu minota 11 ya mbere y’umukino Manchester City yari yamaze kubona ibitego bibiri […]