Mu barwanyi ba M23 FARDC iherutse gufata harimo uvuga ko iwabo ari i Nyanza mu Rwanda

Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, giherutse kwereka itangazamakuru abarwanyi 22 b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bari mu maboko yacyo, barimo 4 bacyishyikirije. Umuvugizi w’ibikorwa bya FARDC byahawe izina rya Sokola 2, Lt Col. Guillaume Ndjike Kaiko yasobanuye ko ifatwa ry’aba barwanyi ari umusaruro w’imirwano imaze iminsi hagati y’impande zombi. Muri videwo FARDC […]

Former Presidential Guard Commander, Mpiranya, confirmed dead

The International Residual Mechanism for Criminal Tribunals (IRMCT) Office of the Prosecutor, today May 12, confirms the death of former Commander of Presidential Guard of Rwanda, Major Protais Mpiranya, who was alleged to have been a senior leader of 1994 genocide against the Tutsi. This confirmation comes after the release of result from the Netherlands […]

Kenga Kenga wahoze ayobora Polisi ya RDC yakatiwe urwo gupfa, Jacques Mugabo akatirwa imyaka 12

Urukiko rwa Gisirikare muri Congo Kinshasa, rwakatiye urwo gupfa Christian Ngoy Kenga Kenga wahoze ayobora Polisi ya kiriya gihugu nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kugira uruhare mu kwica impirimbanyi Floribert Chebeya n’umushoferi we Fidèle Bazana. Uretse ubwicanyi, Kenga Kenga yanahamijwe n’ibyaha byo gutoroka akazi no kunyereza intwaro, anirukanwa muri Polisi. Ngoy Kenga Kenga wari umaze […]

IRMCT yemeje ko Maj. Protais Mpiranya washakishwaga yapfuye

Urwego mpanabyaha rw’Umuryango w’Abibumbye, IRMCT, rwatangaje ko Protais Mpiranya washakishwaga na Leta y’u Rwanda akekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi, amaze imyaka irenga 15 apfuye. Umushinjacyaha Mukuru wa IRMCT, Serge Brammertz, kuri uyu wa 12 Gicurasi 2022 yatangaje ko ibipimo byafashwe na laboratwari yo mu Buholandi ya Netherland Forensic Institute ku murambo byakekwaga ko ari […]

Bamwe mu bakoresha Twitter bumiwe babonye imodoka ya Apôtre Mutabazi

capture-83.png

Apôtre Mutabazi Kabalira Brain umaze iminsi atanga ibitekerezo ku mbuga nkoranyambaga, yatumye benshi bamugarukaho nyuma yo kugaragaza imodoka bivugwa ko ari iye yatobowe n’abantu atamenye, bavuga ko uburyo yakunze kwigaragaza nk’umuntu utunze agatubutse atagakwiye kugenda mu modoka nk’iyo ishaje. Mu butumwa yashyize kuri Twitter kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Gicurasi, Apôtre Mutabazi yavuze ko […]

Iyo ubasuye baguha umugore mukararana, ntibajya boga: iby’ingenzi ku Bahimba

visiting_the_himba_people_fs.jpg

Namibia ni igihugu giherereye mu majyepfo ya Afurika, cyiza bitewe n’imiterere yacyo. Kiratangaje bitewe n’ibintu bigikorerwamo, imico n’amoko bitavugwaho rumwe na bo mu burengerazuba bw’Isi bitewe n’abandi batabimenyereye. Ovahimba, Ovazimba cyangwa se Abahimba ni ubwoko bw’abaturage butuye mu gace ka Kunene mu majyaruguru ya Namibia no mu gace ka Omusati bafite imico itangaje. Ni ubwoko […]

Kigali: Umukobwa witeguraga kuba umubikira wari waraburiwe irengero yabonetse

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko witeguraga kuba umubikira yabonetse, nyuma y’iminsi aburiwe irengero. Uyu mukobwa, Furaha Florence Drava, ukomoka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yabaga mu kigo cy’ababikira mu karere ka Ngoma. Tariki ya 8 Gicurasi 2022 yasize yandikiye bagenzi be babanaga abashimira kuba baramubaniye neza, ashima n’ibyo […]

Amafoto: Dr Kiiza Besigye yatawe muri yombi

fsi9vizxoaamblz.jpg

Rtd Col Dr Kiiza Besigye, umwe mu bagabo bigeze guhangana bikomeye na Perezida Kaguta Museveni mu matora, yatawe muri yombi kuri uyu wa 12 Gicurasi, hafi y’iwe i Kasangati mu Mujyi wa Kampala. Uyu mugabo w’imyaka 66 akaba mu ishyaka Forum for Democratic Change, FDC, yafashwe na polisi ya Uganda, ubwo yari agiye mu myigaragambyo […]

Industrialist Mironko seeks over 3bn Rwf payment for military equipment supply tender

François-Xavier Mironko, a well-known businessman and industrialist in Rwanda is seeking over 3 billion Rwandan francs of ‘debt’ from the government, originating from military equipment supply tender awarded to him 29 years ago. In 2020, the businessman applied the case in the East African Court of Justice (EACJ), Arusha-Tanzania, alleging the current government of Rwanda […]

Perezida wa Finland yarenze ku muburo w’u Burusiya

Perezida wa Finland, Sauli Niinisto na Minisitiri w’Intebe Sana Marin bateye utwatsi umuburo wa Leta y’u Burusiya ku busabe bwo kwinjira mu muryango w’igisirikare wa NATO. Itangazo aba bayobozi bahuriyeho ryasohotse kuri uyu wa 12 Gicurasi 2022 rivuga ko iki gihugu giteganya gusaba kwinjira muri uyu muryango bidatinze. Nk’uko bigaragara mu itangazo Bwiza.com ifitiye kopi, […]

Koreya ya Ruguru yabonetsemo ubwandu bwa mbere bwa COVID-19

Igihugu cya Koreya ya Ruguru cyatangaje ko cyabonetsemo abantu ba mbere banduye icyorezo cya COVID-19, gihita gishyiraho gahunda ya guma mu rugo mu gihugu hose. Koreya ya Ruguru yemeje ko yabonetsemo umurwayi wa mbere wa COVID-19, nyuma y’igihe kirekire yaranze inkunga y’amahanga irimo inkingo mu rwego rwo guhangana na kiriya cyorezo. Abarwayi ba mbere ba […]

UK asylum seekers hide to avoid being sent to Rwanda

The Eastafrican Aid agencies in Britain say some asylum seekers have gone into hiding for fear of being sent to Rwanda, from where they will be resettled. Under the partnership between the United Kingdom and Rwanda that was signed last month, people who cross into the UK illegally will be transferred to Rwanda, where their […]

Umukecuru w’imyaka 128 yategetse umuryango uko uzamushyingura, utabikurikiza akawubuza amahwemo

mazimma.jpg

Umukecuru w’imyaka 128 y’amavuko wo muri Afurika y’Epfo, Nkukuthane Johanna Mazibuko, yategetse umuryango we uko uzamushyingura, utabikurikiza umuzimu we ukazababuza amahwemo. Mazibuko wavutse tariki ya 11 Gicurasi 1894 nk’uko bigaragara ku ikarita ndangamuntu, yasobanuriye ikinyamakuru News24, yasobanuye ko yavukanye n’abandi 11 ariko ubu hakaba hasigaye we n’abandi 2 gusa. Uyu mukecuru asobanura ko kuri iyi […]

Umugenzi ‘utazi n’iyo bijya’ yamanuye indege yari mu kirere nyuma y’aho umupilote wari uyitwaye ataye ubwenge

Umugenzi utaramenyekana wo muri Leta ya Florida yururukije indege yari muri Km 2.7 wenyine nyuma y’uko umupilote wari ubatwaye, arwaye agata ubwenge. Uwo mugabo amajwi ye yumvikanye mu bubiko bw’amakuru y’ingendo abwira abagenzura ikibuga cy’indege ko “nta gitekerezo afite cy’uko bahagarika indege”. Umugenzuzi w’ingendo z’indege kandi wigishije abapilote bashya yamuyoboye uko ayururutsa ku kibuga mpuzamahanga […]

UK: Bamwe mu bimukira bari kwibabaza, umwe yashatse kwiyahura hirindwa koherezwa mu Rwanda

Imiryango itanga ubufasha ku babaye; Croix Rouge na Refugee Council bivuga ko gutinya koherezwa byatumye bamwe mu basaba ubuhungiro bakora ibikorwa byo kwibabaza, kandi umwe yagerageje kwiyahura. Iyi miryango ivuga ko benshi mu basaba ubuhungiro bageze mu Bwongereza ubu barimo kwihisha batinya koherezwa mu Rwanda nk’uko BBC ibitangaza. U Rwanda n’Ubwongereza basinyanye amasezerano yemezaabimukira binjiye […]