Gen. Kainerugaba yashyigikiye M23, asaba EAC kugira icyo ikora

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni akaba n’Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, yagaragaje ko ashyigikiye umutwe witwaje intwaro wa M23 wiganjemo abarwanyi bari barahungiye mu gihugu cyabo. Ni mu gihe M23 ikomeje imirwano n’ingabo za Leta muri Teritwari ya Rutshuru na Nyiragongo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma yo kunanirwa […]
Singapore: Uruganda rwamuritse inzoga itunganyijwe mu nkari
Urwengero rwa Brewerkz rwo muri Singapore muri Mata 2022 ruherutse kumurika inzoga yitwa ‘Newbrew’ itunganyijwe mu mu mazi y’imyanda by’umwihariko agize inkari z’abantu. Nk’uko ikinyamakuru The Straits Times kibisobanura, uyu muhango wabaye tariki ya 8 Mata 2022, ku bigizwemo uruhare n’uru rwengero, ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu gifite mu nshingano kurinda amazi, PUB. Umuyobozi nshingwabikorwa w’uru […]
Major Mukuraine wa UPDF yasanzwe muri lodge yapfuye
Polisi ya Uganda yemeje ko byibuze abantu 26 bakekwaho icyaha cyo kwicira umusirikare mukuru muri Lodge yo mu murwa mukuru, Kampala, batawe muri yombi. Major Joseph Mukuraine w’imyaka 44, umusirikare mukuru wa UPDF akaba n’umuyobozi wa SACCO Wazalendo y’abasirikare, ishami rya Entebbe, yasanzwe yapfiriye muri Birunga Lodge, ahitwa Kiwatule, mu nkengero z’umujyi. Umuvugizi wa polisi […]
Uko Robert Luong yasambanyije umugore wa Perezida Bongo akicwa urupfu rubi
Ni inkuru itavugwa cyane y’Umufaransa Robert Luong wari umunyemari, wagiranye umubano wihariye n’umugore wa Albert Bernardo Bongo uzwi nka Omar Bongo Ondimba wabaye Perezida wa Gabon. Bongo yahuye na Marie Josephine Nkama mu mwaka 1958. Yari umukobwa w’imyaka 18 wari ufite igikundiro. Mu mwaka w’1967, Albert Bongo ni bwo yabaye Perezida wa Pepubulika ya Gabon, […]
Centrafrica: Hatangiye gutekerezwa uko Perezida Touadera yazaguma ku butegetsi nyuma ya manda 2
Abafatanyabikorwa ba Perezida wa Repubulika ya Centrafrica, Faustin-Archange Touadera basabye ko haba impinduka mu itegeko nshinga bikamufasha gukomeza kwiyamamariza uwo mwanya, ibyatumye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bigaragambya. Abashyigikiye gahunda yo gukuraho umubare wa manda ya perezida bavuze ko byari bigamije guhuza igihugu na benshi mu baturanyi bacyo, kandi ko atari amayeri yo kugumisha Touadera w’imyaka 65 […]
Umushinwa wahamwe no gukorera Abanyarwanda iyicarubozo yasubiye mu rukiko yambaye iroza

Umushinwa Shujun Sun wahamijwe n’urukiko rwisumbuye rwa Karongi igihano cy’imyaka 20 rumaze kumuhamya icyaha cyo gukorera iyicarubozo Abanyarwanda batatu, ku wa 25 Gicurasi 2022 yagiye kuburana yambaye impuzankano y’abagororwa y’ibara ry’iroza. Muri Kanama 2021, Shujun wari kumwe n’Umunyarwanda, Enjenyeri Renzaho Alexis bagaragaye mu murenge wa Mukura w’akarere ka Rutsiro bakubita abaturage, babazirikiye ku giti gifite […]
Amavubi yakiriye abandi bakinnyi 3 bakina hanze, hasigara 2
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ ikomeje kwitegura imikino ibiri y’ijonjora ry’Igikombe cya Afurika cya 2023, yakiriye abandi bakinnyi batatu bakina hanze y’igihugu isigara itegereje abandi babiri. Batatu bamaze kugera mu mwiherero w’Amavubi barimo myugariro Nirisarike Salomon ukinira Urartu FC yo mu gihugu cya Armenia, akazaba ari na we uyoboye bagenzi be muri iriya mikino. Uyu musore yahuriye […]
Un Rwandais élu directeur exécutif de la BAD
Jonathan Nzayikorera, un économiste rwandais, a été élu par le Conseil des gouverneurs de la Banque africaine de développement (BAD) en tant que nouveau directeur exécutif de la banque, représentant neuf circonscriptions d’Afrique de l’Est. L’évolution a été annoncée jeudi par le ministre des Finances et de la Planification économique, Uzziel Ndagijimana. Avant sa nomination, […]
Umupolisi mukuru wasabye abaturage gufata imihoro, bagahangana na M23 ashobora guhanwa
Komiseri wa Polisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), General Aba Van Ang wahamagariye abaturage b’i Goma gufata imihoro n’izindi ntwaro gakondo bagahangana n’umutwe witwaje intwaro wa M23, ashobora gufatirwa ibihano. Tariki ya 25 Gicurasi 2022, Gen. Ang yayoboye inama y’abapolisi, abamenyesha ko imirwano hagati y’ingabo za Leta na […]
Uganda: Gen. Sejusa yamaze gusinya ibyangombwa bimwemerera kuva mu gisirikare
Uwahoze ari intasi nkuru muri Uganda, Gen. David Sejusa, wasabye bwa mbere kuva mu gisirikare mu 1996, kuri uyu wa Kane yagaragaye asinya ibyangombwa bimwemerera kujya mu zabukuru muri Minisiteri y’Ingabo, ikimenyetso cy’uko azemererwa gusohoka mu gisirikare muri Nyakanga. Ibi byatangajwe kuri konte yemewe ya Twitter y’umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo, Brig. Felix Kulayigye, kuri uyu […]
Sankara yemeza ko abayeho neza muri gereza kurusha Nyamwasa

Umugororwa Nsabimana Callixte wamenyekanye nka Major Sankara, avuga ko aho kugira ngo asubire mu buhungiro, yahitamo kuguma muri gereza ya Nyarugenge afungiwemo. Yabibwiye itangazamakuru kuri uyu wa 26 Gicurasi 2022 ubwo yari mu birori by’abagororwa basoje amasomo mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro, icyiciro cya mbere, byabereye muri gereza ya Nyarugenge. Sankara wakatiwe igifungo cy’imyaka 15, yafatiwe […]
Rurageretse hagati ya Samuel Eto’o n’umukobwa we yari yarirengagije
Erika Do Rosario Nieves, umukobwa w’imyaka 22 byemejwe ko ari umukobwa wa Samuel Eto’o, yaretse guceceka kuva hatangazwa ko ariho muri Gashyantare. Arasaba ko yishyurwa imyaka ibiri y’ibirarane by’amafaranga yo kumutunga. Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, kuri ubu ari mu bibazo. Erika Do Rosario Nieves, yatangajwe muri Gashyantare nk’umukobwa wemewe n’amategeko […]
Ndimbati yatangaje ko afitiye urukumbuzi rwinshi abo bakinanaga filimi
Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati yatangaje ko afitiye urukumbuzi rwinshi abo bakinanaga filimi zitandukanye, by’umwihariko Niyitegeka Gratien. Ndimbati yabitangaje kuri uyu wa 26 Gicurasi 2022 mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru bari bitabiriye ibirori by’abagororwa basoje amasomo mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro ry’urwego rubashinzwe, RCS. Nk’uko yumvikana mu kiganiro cyatambutse kuri Chita Magic TV, Ndimbati yagize […]
U Bushinwa n’u Burusiya byitambitse umugambi wa Loni wo gukaza ibihano kuri Koreya ya Ruguru
U Bushinwa n’u Burusiya byitambitse umugambi wo gukaza ibihano by’Umuryango w’Abibumbye kuri Koreya ya Ruguru nyuma y’igerageza ritandukanye rya misile yakoze muri uyu mwaka, akaba ari ubwa mbere ibihugu bitanu bifite veto muri Loni binyuranyije ku bihano bireba Pyongyang kuva mu 2006. Ibindi bihugu 13 bigize akanama k’umutekano ka Loni byose byari byatoye bishyigikira icyemezo […]
U Rwanda rwasubije RDC irurega guha ubufasha M23
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibirego by’iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iyishinja guha ubufasha umutwe wa M23, igaragaza ko imirwano uyu mutwe urimo n’Ingabo za FARDC ari amakimbirane y’abanye-Congo ubwabo adafite aho ahurira n’u Rwanda. RDC iheruka kurega u Rwanda irushinja gufasha M23 binyuze muri Minisitiri wayo w’Ububanyi n’Amahanga, Christophe Lutundula; ubwo yagezaga ijambo ku […]
Mu mateka ni we mugore wo muri Afurika wabaye Marshall
Iyo havugwa amateka ya Kenya ahanini hagarukwa ku mutwe wa Mau Mau, umwe mu mitwe ikomeye y’impinduramatwara muri iki gihugu yagize uruhare mu guharanira ubwigenge ubwo iki gihugu cyategekwaga n’Abongereza. Muri raporo zakozwe kuri uyu mutwe, havugwa ku barwanyi bari bawugize nka Mzee Kenyatta na Dedani Kimathi no ku ruhare rw’abagore bari bawugize. Muri aba […]
Umunyarwanda yagizwe umuyobozi nshingwabikorwa muri Banki Nyafurika itsura Amajyambere
Jonathan Nzayikorera, impuguke mu by’ubukungu y’Umunyarwanda yatowe n’Inama y’Ubutegetsi ya Banki Nyafurika itsura Amajyambere (AfDB) nk’umuyobozi mushya nshingwabikorwa wa banki, uhagarariye intara icyenda zo muri Afurika y’Iburasirazuba. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kane na Minisitiri w’imari n’igenamigambi, Uzziel Ndagijimana. Mbere yo gushyirwaho, Nzayikorera yari Umujyanama mukuru w’umuyobozi mukuru w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba muri AfDB, umwanya […]
Perezida Kagame yihanganishije Macky Sall nyuma y’isanganya Sénégal yahuye na ryo
Perezida Paul Kagame yihanganishije mugenzi we Macky Sall wa Sénégal, nyuma y’inkongi y’umuriro yibasiye ibitaro by’ababyeyi muri kiriya gihugu igahitana impinja 11. Ku munsi w’ejo ni bwo inkongi y’umuriro yibasiye ibitaro bya Mame Abdou Aziz Sy Dabakh byo mu mujyi wa Tivaouane mu Burengerazuba bwa Sénégal, ihitana impinja zari zavutse 11. Umuyobozi w’uriya mujyi, Demba […]
Real Madrid yasesekaye i Paris mu makositimu adasanzwe (Amafoto)

Ikipe ya Real Madrid yamaze gusesekara i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa, aho yitabiriye umukino wa nyuma wa UEFA Champions league. Iyi kipe y’i Madrid irahurira ku mukino wa nyuma wa ririya rushanwa ubera i Parc des Princes na Liverpool yo mu Bwongereza. Ni ku nshuro ya karindwi Liverpool iza kuba ishaka Igikombe cya UEFA […]