Amavubi yihagazeho imbere ya Mozambique mbere yo gucakirana na Sénégal

Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yaguye miswi na Mozambique igitego 1-1, mu mukino wa mbere wo mu itsinda mu ijonjora ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’ibihugu. Mozambique yari yakiriye u Rwanda mu mukino wabereye kuri Stade ya FNB i Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Wari umukino wa mbere Amavubi y’u Rwanda yakinaga atozwa n’umunya-Espagne Carlos Ferrer, nyuma […]

U Bufaransa bubona ingabo za EAC zikwiye gukorana n’iza MONUSCO mu kurwanya inyeshyamba

Guverinoma y’u Bufaransa ibona ingabo z’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) zishobora kuzoherezwa mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kurwanya imitwe yitwaje intwaro, zikwiye kuzakorana n’iziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MONUSCO. Ni igitekerezo cyatanzwe na Nicolas de Rivière uhagarariye guverinoma y’u Bufaransa mu Muryango w’Abibumbye ku wa 31 Gicurasi 2022 […]

Perezida Kais Saied wa Tunisia yirukanye abacamanza hafi 60

Perezida wa Tunisia, Kais Saied, wihaye ububasha busesuye kuva muri Nyakanga umwaka ushize, kuri uyu wa kane yahinduye itegeko rigenga imikorere y’ubugenzuzi bw’ubutabera kandi yirukana abacamanza bakabakaba 60. Urutonde rw’abacamanza 57 rwatangajwe mu ijoro ryakeye mu kinyamakuru cyemeza ko birukanwe kubera “guhisha imanza z’iterabwoba”, “ruswa”, “ihohoterwa rishingiye ku gitsina”, “gukorana” n’imitwe ya politiki no “guhungabanya […]

Les investisseurs évaluent les perspectives ferroviaires régionales

Les investisseurs potentiels Ă©valuent les perspectives de revenus dans le financement de la mise en Ĺ“uvre du projet de chemin de fer Ă  Ă©cartement standard (SGR), selon la directrice gĂ©nĂ©rale de la Banque africaine de dĂ©veloppement (BAD) pour l’Afrique de l’Est, Nnenna Lily Nwabufo. Actuellement, le Rwanda a deux options d’itinĂ©raire sur la table, l’itinĂ©raire […]

Amafoto: Igikomangoma Louis cyakoreye agashya mu birori bya Elizabeth II

louis1.jpg

Igikomangoma cy’Ubwami bw’u Bwongereza Louis cy’imyaka 4 y’amavuko cyakoreye agashya mu birori by’Umwamikazi Elizabeth II, ubwo yizihizaga yubile y’imyaka 70 amaze yimitswe. Louis, mwene William, umuhungu wa Elizabeth II, yitabiriye ibi birori n’abandi mu muryango w’ibwami byabereye ku ngoro ya Buckingham kuri uyu wa 2 Kamena 2022. Mu ibaraza ry’ingoro, uyu mwana yari kumwe n’abavandimwe […]

Bamwe mu bimukira bamenyeshejwe ko bazoherezwa mu Rwanda barimo kwiyicisha inzara

Abanyasiriya 15 bashyikirijwe integuza ibamenyesha ko bazoherezwa mu Rwanda muri gahunda ya minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu mu Bwongereza, Priti Patel, batangiye kwiyicisha inzara. Nk’uko bigaragara mu butumwa bwa Instagram bwanditswe n’impunzi y’Umunyasiriya n’umwanditsi, Hassan Akkad, ngo Abanyasiriya bose uko ari 15 bari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara. Patel yatangaje mu ntangiriro z’iki cyumweru ko […]

Ikibazo cy’ibura ry’ibinyampeke mu byo Perezida Macky Sall ateganya kuganiraho na Putin

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 3 Kamena, Umuyobozi w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, akaba na Perezida wa Senegal, Macky Sall, azahura n’umuyobozi w’u Burusiya, Vladimir Putin mu gihe intambara yo muri Ukraine ikomeje guhungabanya kwihaza mu biribwa ku mugabane wa Afurika, nk’uko umuvugizi wa AU yabitangarije POLITICO. Perezida Sall na Moussa Faki Mahamat, Perezida wa […]

Uganda: Ingabo z’u Rwanda n’izindi zo muri EAC ziracyitegura imyitozo

rdf_ug.jpg

Ingabo z’u Rwanda n’izindi z’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) ziracyitegura imyitozo yahawe izina rya Ushirikiano Imara iteganyijwe kubera mu duce twa Jinja, Buikwe na Mayuge muri Uganda. Ibihugu byohereje izi ngabo ni: u Rwanda, u Burundi, Kenya, Tanzania na Sudani y’Epfo, mu gihe Repubulika ya Demukarasi ya Congo yinjiye muri uyu muryango vuba yohereje […]

Nyaruguru: Umwarimukazi w’imyaka 22 yagerageje kwiyahuza umuti w’imbeba

Umwarimukazi w’imyaka 22 witwa Uwamahoro Joselyne, wigisha mu rwunge rw’amashuri rwa Rasaniro mu murenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, tariki ya 24 Gicurasi 2022 yiyahuye anyoye umuti wica imbeba, atabarwa atarashiramo umwuka. Amakuru aturuka mu baturanyi aho acumbitse mu mudugudu wa Miko, akagari ka Mariba, avuga ko uyu mwarimukazi wonsa umwana utarageza ku mwaka umwe […]

Kayonza: Yirukanwe mu nzu yiyubakiye, ihabwa uwari umugore we uyibamo n’undi mugabo

img-20220601-wa0112.jpg

Umugabo witwa Rurangirwa Alphred wo mu mudugudu wa Nyagacyamo, akagari ka Nkamba, umurenge wa Ruramira mu karere ka Kayonza avuga ko amaze amezi atandatu asembera nyuma yo gusohorwa mu nzu yubatse ikagabirwa uwahoze ari umugore wayizanyemo undi mugabo bayibanamo. Rurangirwa yabwiye Bwiza.com ko mu Kuboza 2021, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Nkamba yamusohoye mu nzu, amusobanurira […]

Washington: Blinken yakiriye intumwa za RDC, M23 ku murongo w’ibyigwa

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Antony Blinken, yakiriye intumwa enye zoherejwe n’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Izi ntumwa ziyobowe na Minisitiri w’intebe wungirije akaba na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Christophe Lutundula. Zagiye kuganira na USA ku kibazo cy’umutekano muke kiri mu burasirazuba bwa RDC nk’uko byemejwe n’Umuvugizi wungirije wa Perezida […]

Ruto yasobanuye icyari gutuma abatunze za miliyari bafungwa mu bihe bya Covid-19

Visi Perezida wa Repubulika ya Kenya, William Ruto, yasobanuye impamvu yashoboraga abaherwe batunze za miliyari bashoboraga kuba bafunzwe. Mu ijambo yagejeje ku bahagarariye umuryango w’ubumwe bw’Uburayi (EU) i Nairobi kuri uyu wa 2 Kamena, Ruto yavuze ko mu gahunda afitiye Kenya, harimo kurwanya ruswa, kandi ngo kuyirwanya bisaba ko urwego rw’ubucamanza rwaba rufite ubushobozi buhagije […]

Salomon Nirisarike yasezerewe na Urartu FC yakiniraga

Myugariro w’Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’, Salomon Nirisarike, yamaze gusezererwa n’ikipe ya Urartu FC yo muri Armenie yari amaze igihe akinira. Iyi kipe ni yo yemeje aya makuru ibinyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter. Salomon Nirisarike yatandukanye na Urartu FC ari kumwe n’umunya-Ghana Annan Mensah cyo kimwe na Armen Manucharyan; nyuma yo kurangiza amasezerano bari bafite. Urartu […]

François Beya wahoze ari umujyanama wa Tshisekedi akurikiranweho gushaka kumugirira nabi

Nyuma y’amezi ane atawe muri yombi agafungwa, uwahoze ari Umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi mu bijyanye n’umutekano, François Beya, azagezwa imbere imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare kuri uyu wa Gatanu, itariki 3 Kamena, aho byahishuwe noneho ko akurikiranweho kugambirira kugirira nabi umukuru w’igihugu. Uru rubanza ruzabera muri Gereza ya Makala, aho afungiwe guhera ku itariki […]

Igisubizo cy’Umuvugizi wa FARDC abajijwe niba ifite ubushobozi bwo gutsinda RDF

Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC), Gen LĂ©on Richard Kasonga, avuga ko hari ingingo zerekana ko igisirikare cya Congo gikomeye kurusha icy’u Rwanda, ku buryo gishobora kugitsinda mu gihe impande zombi zaba zisanze mu ntambara. GĂ©n Kasonga yabitangarije mu kiganiro aheruka kugirana n’itangazamakuru. Ni ikiganiro cyabaye mu gihe umwuka mubi wari ukomeje gututumba hagati y’u […]

Twizeye ko batangijwe_Umuvugizi wa guverinoma ku basirikare b’u Rwanda RDC yemeye kurekura

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo yatangaje ko yizeye ko abasirikare babiri yemeza ko bashimuswe n’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, batangijwe. Mu kiganiro yagiriye kuri Royal FM, Makolo yagize ati: “Twishimiye ko ingabo za Congo zemeye kurekura abasirikare babiri ba RDF bashimuswe. Twizeye ko batangijwe kandi twiteguye kubakira mu rugo.” Aba […]

E.U. ntishyigikiye kwinjiza mu ngabo za FARDC abahoze mu mitwe yitwaje intwaro

Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (E.U.)uhangayikishijwe cyane n’umutekano muke n’umwuka wa diplomasi hagati ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo n’u Rwanda nyuma y’imirwano yongeye kubura mu minsi ishize hagati ya FARDC na M23 muri Teritwari za Rutshuru na Nyiragongo, aho uyu muryango wagaragaje ko udashyigikiye ko abahoze mu mitwe yitwaje intwaro binjzwa mu gisirikare cy’igihugu. […]

Nyagatare: Hafashwe uwari umaze kwambura abaturage asaga ibihumbi 400 yiyita umupolisi

Polisi y’ u Rwanda mu Karere ka Nyagatare kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki ya 31 Gicurasi, yafashe umugabo witwa Rukundo Jean Pierre w’imyaka 32, wamburaga amafaranga abaturage ababwira ko ari umupolisi ukorera mu ishami rishinzwe iperereza, akaba ashinzwe kurwanya ibiyobyabwenge. Yafatiwe mu Murenge wa Tabagwe, Akagali ka Gitengure, Umudugudu wa Nyagasigati, ubwo yari amaze […]

International community has failed DR Congo, says Rwanda Presidential Scretary

What is happening in Eastern Democratic Republic of Congo (DR Congo) is a failure of the international community, Stephanie Nyombayire, the Presidential Press Secretary has said. Nyombayire who passed the message through her official Twitter handle on Wednesday, was commenting on the current skirmishes in the eastern part of DR Congo, which has led to […]

RDC: Umudepite asanga Joseph Kabila ari we wafasha FARDC gutahura abanyamahanga bayicengeyemo

Mu gihe havutse ibibazo bijyanye no gucisha umweyo mu gisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), umudepite ku rwego rw’igihugu, Paul Tshilumbu, watorewe i Tshangu ku iturufu y’ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi, yemeza ko uwahoze ari Perezida wa Repubulika, Joseph Kabila arashobora gufasha igisirikare gutahura abanyamahanga bagicengeyemo. Kuri uyu wa Gatatu uyu udepite avugana […]

MONUSCO yatangaje ko izarwanya M23 n’ingoga, niyubura imirwano

Umuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (MONUSCO), Bintou Keita, yatangaje ko ingabo ziburimo zizarwanya M23 n’ingoga mu gihe yakubura imirwano. Bintou yabimenyesheje abanyamakuru mu kiganiro cyebereye i Goma kuri uyu wa 1 Kamena 2022, cyerekeye umutekano wo mu burasirazuba bwa RDC bumaze iminsi buberamo imirwano y’ingabo za Leta zifatanyije n’iza […]

ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya Gatanu

HAKORWA IKI ? Mbere yo kuvuga icyakorwa uyu munsi, turebere hamwe muri macye ibyakozwe nyuma y’iseswa y’ibyari nationalisme arabe. Ahagana mu mwaka wa 1969-1970, Abasilamu bashatse icyabisimbura maze bamwe muri bo nka Mouhamar Kadhafi Perezida wa Libya arabibyutsa ariko noneho mw’ishusho y’ubuyisilamu. Bityo ubuyisilamu buba bufashe umwanya wo gukangura imbaga yari iguye mu kangaratete. Nibwo […]

Argentine ya Messi yegukanye Finalissima inyagiye u Butaliyani

Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Albicelest, yegukanye igikombe cya Finalissima itsinze Azzuri y’u Butaliyani ibitego 3-0. Argentine yatwaye igikombe cya Copa America giheruka n’u Butaliyani bwatwaye Euro, bari bahuriye ku mukino wa nyuma wiswe ‘Finalissima’ wabereye i Wembley mu Bwongereza. Ibitego byo mu gice cya mbere cy’umukino bya Lautaro Martinez na Angel Di Maria ndetse n’icyo […]

Bukavu: Habaye imyigaragambyo yamagana u Rwanda basaba ko imitungo y’Abanyarwanda yafatirwa

Abatuye Umujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Epfo, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuwa Gatatu bakoze imyigaragambyo yo kwamagana u Rwanda bashinja gushyigikira inyeshyamba za M23 mu bitero zihanganyemo n’igisirikare cy’igihugu, FARDC. Mu ndirimbo, Abanyekongo bagaragaye bafite ibyapa bisaba Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin, gutabara igihugu cyabo. Aba bari biganjemo abanyeshuri ba kaminuza, abacuruzi, […]

Uburusiya buvuga ko US ‘irimo kongera lisansi ku muriro’ yoherereza Ukraine rokete zirasa kure kurushaho

Uburusiya bwashinje Amerika gushaka kongera igihe cy’intambara muri Ukraine nyuma yuko Perezida Joe Biden avuze ko azaha Ukraine misile nshya zirasa mu ntera ndende kurushaho. Umuvugizi wa Kremlin, ibiro bya Perezida w’Uburusiya, Dmitry Peskov, yavuze ko Amerika “ku bushake irimo kongera lisansi ku muriro” kubera izo ntwaro igiye guha Ukraine. Yongeyeho ati: “Intwaro nk’izo ntizitanga […]