Karongi: Minisitiri Ugirashebuja yijeje abo mu Bisesero ko nta wahekuye u Rwanda uzacika ubutabera

Imibiri 186 y'Abatutsi baguye mu Bisesero yashyinguwe mu cyubahiro

Mu gihe abanyabisesero barokotse jenoside yakorewe abatutsi bavuga ko bashimira Leta imbaraga yashyize mu gufatisha bamwe mu babahekuye bari barahungiye mu mahanga,bagacibwa imanza, banavuga ko hari abandi bacyidegembya batarafatwa, barimo uwari Burugumesitiri w’iyari Komini Gisovu Aloys Ndimbati n’uw’iyari Gishyita Sikubwabo Charles, bifuza ko na bo bafatwa bagashyikirizwa ubutabera, Minisitiri w’ubutabera Dr Ugirashebuja Emmanuel arabizeza ko […]

Uganda: Umunyamakuru AIGP Kasingye yasabye kuguma i Kigali yasezeye kuri televiziyo yakoreraga

Umunyamakuru wo muri Uganda, Daniel Lutaaya uherutse gusabwa kuguma i Kigali nyuma yo gusingiza uyu murwa waberagamo inama ya Commonwealth, yasezeye kuri televiziyo NBS yakoreraga. Abo mu Rwanda bamenye Lutaaya cyane tariki ya 22 Kamena 2022 ubwo yatangazaga ko mu minsi ine amaze i Kigali, yahabonye byinshi by’umwihariko, agereranyije n’iwabo. Uwo munsi, Lutaaya wari woherejwe […]

Kigali: Uko umukozi wo mu rugo yabwiye umwana ngo arye umunyenga muri ‘grillage’ agapfa

Umukozi wo mu rugo witwa Solange Nyirangiruwonsanga ukekwaho kwica umwana w’imyaka icyenda w’umuryango wo mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, yaregewe Urukiko aho Ubushinjacyaha buvuga ko uyu mukozi yashutse nyakwigendera ngo ajye kurya umunyenga kuri grillage amuhambirije umupira mu ijosi. Uyu mwana w’umuhungu w’imyaka icyenda yitabye Imana mu gitondo cyo ku ya 12 […]

Museveni yabujije umuhungu we gushyira kuri Twitter ibyerekeye umutekano

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyiriye umurongo umuhungu we usanzwe ari Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba, ku ikoreshwa ry’urubuga rwa Twitter. Ikinyamakuru Daily Monitor kivuga ko mu nama yahuje Museveni n’abasirikare bakuru hamwe n’abo mu rwego rw’ubutasi, yasabye Kainerugaba hamwe n’abandi bo muri izi nzego kwirinda gushyira kuri Twitter ibyerekeye umutekano. […]

M23 yafashe ikibuga cy’indege n’ibitaro

Umutwe wa M23 ukomeje guhangana na FARDC, aho ubu amakauru yemeza ko wamaze gufata ikibuga cy’indege nto cya Rwankuba ndetse n’ibitaro bya Rwankuba, byombi biherereye muri Gurupoma ya Bweza muri Teritwari ya Rutshuru, yabaye kimomo. Ibinyamakuru bitandukanye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo birimo na Radio Okapi ya LONI biremeza ko uyu mutwe wa M23 […]

Singer R Kelly gets 30 years in jail

Disgraced R&B singer R. Kelly was sentenced to 30 years behind bars on Wednesday for leading a decades-long effort to recruit and trap teenagers and women for sex. The sentence, stiffer than the 25 years in prison that prosecutors had sought, caps a long downfall for the 55-year-old former superstar. “I’m grateful that Robert Sylvester […]

FARDC fighting M23 alongside FDLR- Amb. Gatete tells UN Security Council

Amb. Claver Gatete, the Permanent Representative of Rwanda to the UN during the Security Council briefing on April 27 has said that Rwanda is aware that the Congolese army, FARDC, is fighting the M23 alongside FDLR which was sanctioned by UNSC in 2013. “FARDC should avoid the tendency of forging alliances with hostile and sanctioned […]

Ingabo za Tanzania zahawe Umugaba Mukuru mushya

Gen. Mabeyo yari amaze imyaka 5 ayobora ingabo za Tanzania

Perezida wa Tanzania akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo, Samia Suluhu Hassan kuri uyu wa 29 Kamena 2022 yashyizeho Umugaba Mukuru mushya, wasimbuye General Venace Salvatory Mabeyo uherutse gusezera kuri iyi nshingano. Mabeyo wagizwe Umugaba Mukuru na Dr John Pombe Magufuli muri Gashyantare 2017, yasezeye mu ntangiriro z’uku kwezi ubwo yari arangije manda y’imyaka itanu. Umugaba Mukuru […]

Depite Barikana yavuze ko Umurenge wa Nyamirambo ari Nyakatsi

01034190faf18494fa049615c1f88dbe.jpg

Ubwo yari mu nteko rusange y’Umujyi wa Kigali yateranye kuwa 29 Kamena 2022, Umudepite mu nteko ishinga amategeko, Barikana Eugène, yavuze ko muri rusange asanga hari ibikwiye guhinduka cyane mu bijyanye n’inyubako z’imirenge zitangirwamo serivisi, aho nk’Ibiro by’Umurenge wa Nyambirambo yavuze ko ari nyakatsi. Ibi yabigarutseho ubwo yagaragarijwemo ibyo Inteko y’Umujyi wa Kigali wagaragazaga ibyo […]

MONUSCO yatangaje ko M23 imaze iminsi igaragaza imbaraga nk’iz’igisirikare gikomeye

Umuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSCO, Bintou Keita, yatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa M23 umaze iminsi ugaragaza imbaraga nyinshi nk’iz’igisirikare cyubakitse. Bintou yabimenyesheje abagize akanama ka UN gashinzwe umutekano kuri uyu wa 29 Kamena 2022, baganiraga ku kibazo cy’umutekano muke mu burasirazuba bwa RDC. Yagize ati: “Mu mirwano […]

Iby’ingenzi ku bufatanye bwa NATO na AU bumaze imyaka 17

Umuryango NATO w’ubwirinzi bwa gisirikare uvuga ko kuva mu 2005 ufasha umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) ugizwe n’ibihugu 55. Mu nkuru wasohoye tariki ya 17 Kamena 2022, wagize uti: “Umubano wa NATO-AU watangiye ubwo AU yasabaga ibikoresho n’ubufasha bw’ubwikorezi bwo mu kirere muri misiyo yayo muri Sudan.” Uyu mubano warakomeje kandi urakomera, hashingiwe ku […]

U Rwanda rurasaba RDC gushyikirana n’imitwe yitwaje intwaro yose

Intumwa ya Leta y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Ambasaderi Gatete Claver, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kujya mu mishyikirano n’imitwe yitwaje intwaro yose. Ambasaderi Gatete yatangiye ubu busabe mu nama y’akanama ka UN gashinzwe umutekano yabereye ku cyicaro cy’uyu muryango i New York, kuri uyu wa 29 Kamena 2022. Yabwiye RDC […]

RDC iri kotsa igitutu MONUSCO ngo ivuge ko ihanganye n’u Rwanda aho kuba M23

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yokeje igitutu MONUSCO, iyisaba kuvuga ko Ingabo zayo zihanganye mu ntambara n’iz’u Rwanda aho kuba inyeshyamba za M23. MONUCO ni ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Kuri uyu wa Gatatu Bintou Keita, ukuriye buriya butumwa, yabwiye Akanama k’Umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano ko […]