Odinga yasubije abamubwira ko ataba Perezida wa Kenya adasiramuye
Umunyapolitiki Raila Odinga ushaka kuba Perezida wa Kenya, yasubije abamwibasiye bamubwira ko adashobora kuyobora iki gihugu kubera ko ngo adasiramuye. Odinga yibasirwa kenshi na bamwe mu Banyakenya barimo abanyapolitiki bavuga ko adasiramuye bitewe ahanini no kuba akomoka mu bwoko bwa Luo bwamaganira kure iki gikorwa busobanura ko gihabanye n’umuco gakondo. Nko muri Werurwe 2022, umudepite […]
RDC: Umuyobozi wa Nyiragongo yifashe ku kibazo cy’abana b’Abanyekongo baba barafashwe na RDF
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ataremezwa neza aravuga ko hari abana babiri b’Abanyekongo b’imyaka 15 na 16 baba bafungiwe mu Rwanda ariko umuyobozi wa Teritwari ya Nyiragongo yirinze kuyemeza cyangwa ngo ayahakane. Aya makuru aravuga ko abo bana bafashwe n’ingabo z’u Rwanda ku Cyumweru, itariki 17 bafatiwe hagati y’imbago ya 18 n’iya […]
Le Rwanda et l’Autriche signent un accord sur les services aĂ©riens
Le Rwanda et l’Autriche ont signĂ© un accord qui verra les deux pays ouvrir le ciel pour les compagnies aĂ©riennes commerciales de l’autre, Ă©galement connu sous le nom d’accords bilatĂ©raux sur les services aĂ©riens en termes d’aviation. L’accord a Ă©tĂ© signĂ© mardi après-midi entre le ministre des Infrastructures, Ernest Nsabimana et l’ambassadeur d’Autriche au Kenya […]
RDC: Rurageretse hagati ya Kiliziya Gatolika na muramu wa Tshisekedi ishinja ubujura
Abahagarariye Kiliziya Gatolika i Kinshasa muri RDC barashinja muramu wa Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi kwiba ubutaka bwa Kiliziya, ibyo basobanura nk’ububandi bwa Leta. Kiliziya ivuga ko muri 2019 ari bwo hari itsinda ry’abantu binjiye muri ubu butaka busanzwe ari ubwa seminari yitiriwe Mutagatifu Yohani XXIII iherereye mu Burengerazuba bw’Umujyi wa Kinshasa, bahita babwita ubwabo. Padiri […]
Ange Kagame, husband welcome a bouncing baby
Ange Kagame, the daughter of Rwandan President, Paul Kagame, and her husband, Bertrand Ndengeyingoma, have given birth to their second child. The news was confirmed by Kagame himself via Twitter, while congratulating the couple. “Congrats Ange & Bertrand …” Kagame tweeted on Wednesday Kagame has four children, only his daughter, 29 is married while first […]
U Budage buzatangira koherereza Ukraine ibifaru hagati mu mwaka utaha
Guverinoma y’u Budage irateganya gutangira koherereza Ukraine ibifaru 20 bya Leopard 2 guhera muri Mata 2023, kugira ngo bizayifashe guhangana n’u Burusiya bwayishojeho intambara muri Gashyantare 2022. Umudepite wo mu Budage, Colonel (Rtd) Roderich Kiesewetter kuri uyu wa 19 Nyakanga 2022, yanditse kuri Twitter ko iki gihugu kizohereza muri Ukraine icyiciro cya mbere cy’ibi bifaru […]
Rutsiro: Umusore w’imyaka 20 arahigwa bukware akekwaho kwica se w’imyaka 77 amunigishije ikiziriko
Saa mbiri z’igitondo zo kuri uyu wa 20 Nyakanga, ubwo umwe mu bo mu muryango w’umusaza w’imyaka 77 y’amavuko,witwaga UGIRIRABINO Aloys,wari utuye mu mudugudu wa Kashishi,akagari ka Rurara,umurenge wa Mushonyi mu karere ka Rutsiro, yagarukaga mu rugo avuye mu mirimo bari bazindukiyemo, yasanze uyu musaza bari basize aryamye,yapfuye,anigishije ikiziriko cy’inka, hagakekwa umuhungu we witwa Habimana […]
Ushinzwe uburezi muri Karongi yaguye mu mpanuka ubwo yari agiye kugenzura ikizamini cya Leta

Uwari umukozi w’akarere ka Karongi ushinzwe uburezi, Hitumukiza Robert, yakoze impanuka mu gitondo cy’uyu wa 20 Nyakanga 2022 yakoze impanuka ubwo yari agiye mu bugenzuzi bw’ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza. Hitumukiza wari utwawe n’umushoferi witwa Nshimiyimana Callixte bakoze impanuka ubwo bari bageze mu mudugudu wa Kirambo, akagari ka Kirambo, mu murenge wa Gitesi. Uyu […]
Ange Kagame n’umugabo we bibarutse ubuheta
Ange Kagame, umukobwa wa Perezida Paul Kagame n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma bibarutse umwana wabo wa kabiri. Perezida Kagame ni we wemeje aya makuru mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter abashimira. Ni ubutumwa bwari buherekeje ifoto y’imfura yabo kuri ubu ifite umwaka umwe w’amavuko acigatiye murumuna we.
Tanzania: Perezida Samia Suluhu yashyizeho Umuyobozi wa Polisi mushya
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yazamuye mu ntera CP Camillus Wambura, amugira Umuyobozi Mukuru wa Polisi (IGP) ya Tanzania. Wambura yari asanzwe akuriye Urwego Rushinzwe Iperereza ku byaha muri Tanzania. Wambura was the Director of Criminal Investigation (DCI), akaba yasimbuye Simon Sirro wari umaze igihe ayoboye Polisi ya kiriya gihugu. Nk’uko byatangajwe na Zuhura […]
Ijambo rya Kabund wasabye abaturage kwamagana Tshisekedi ryatambukijwe kuri televiziyo y’igihugu

Ijambo ry’umunyapolitiki Jean-Marc Kabund-A-Kabund wasabye abaturage guhagurukira Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, ryatambukijwe kuri radiyo na televiziyo y’igihugu, RTNC. Tariki ya 18 Nyakanga 2022 ubwo Kabund yatangizaga ku mugaragaro ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ryitwa Alliance pour le Changement, yamenyesheje abanyamakuru ko yiyemeje kurwanya Tshisekedi, anasobanura uburyo yicuza kuba yaragize uruhare […]
Telefone ya mwishywa wa Rusesabagina yinjiriwe na Pegasus
Inzobere zo muri Laboratwari yitwa Citizen ikorera muri Canada zitangaza ko telefone ndendanwa ya mwishywa wa Rusesabagina witwa Jean Paul Nsonzerumpa, mu 2020 yinjiriwe inshuro nyinshi, mu buryo bwa gitasi n’agakoresho ka kompanyi ya Israel, NSO kitwa Pegasus. Amnesty International’s security lab mu 2021 yari yatangaje ko mubyara w’uyu Nsonzerumpa akaba n’umukobwa wa Rusesabagina, Carine […]
Musanze: Habyarimana umaze imyaka 7 mu bitaro arasaba ubufasha
Umugabo witwa Habyarimana Gad w’imyaka 35, ukomoka mu kagari ka Nyonirima mu murenge wa Kinigi mu karere ka Musanze, arasaba abagiraneza ko bamufasha akivuza uburwayi karande yahuye nabwo, agacika umugongo none akaba amaze imyaka igera kuri 7 ari mu bitaro ku gitanda. Hari kuwa 11 Kanama 2015 ubwo uyu mugabo yari kumwe na bagenzi be […]
Amafoto: Uko umupfumu yagerageje gukumira Polisi yashakaga gufata umunyabyaha, bikaba iby’ubusa

Abakozi b’ishami rya Polisi ya Kenya rishinzwe ubugenzacyaha, DCI (Directorate of Criminal Investigation) ryataye muri yombi umunyabyaha witwa Miriam Mwelu wiyambaje imbaraga z’ubupfumu kugira ngo adafatwa. DCI isobanura ko Mwelu yibye umukoresha we amashilingi miliyoni 4 n’ibikomo mu byumweru bitatu bishije, maze aratoroka. Uru rwego rwari rukimushakisha rusobanura ko abakozi barwo kuri uyu wa 19 […]
Sri Lanka: Uwari minisitiri w’intebe abaturage batwikiye inzu niwe abadepite bagize perezida
Abadepite bo muri Sri Lanka batoye Minisitiri w’Intebe, Ranil Wickremesinghe, nka perezida mushya w’igihugu, nubwo adakunzwe n’abaturage. Wickremesinghe ahanganye n’inshingano zo kuyobora igihugu mu ihungabana ry’ubukungu no kugarura umutekano rusange nyuma y’amezi y’imyigaragambyo ikomeye y’abaturage. Yatsinze byimazeyo uwo bari bahanganye cyane kuri uwo manya, Dullus Alahapperuma, ku majwi 134 kuri 82 mu matora y’abadepite nk’uko […]
Huye: Urubanza rwa Munyenyezi rwatangiye mu mizi ashinja abatangabuhamya kuvuguruzanya
Urubanza rwa Beatrice Munyenyezi woherejwe mu Rwanda avanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rwatangiye kuburanishwa mu mizi mu Rukiko Rwisumbuye rwa Huye, aho ubushinjacyaha bumurega ibyaha bitanu bya jenoside no gufata abagore ku gahato ahakana yivuye inyuma. Mu kwezi kwa Gatanu mu mwaka wa 2021 ni bwo igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika […]
Rwanda, Austria sign bilateral agreement
Rwanda and Austria have signed an agreement that will see both countries opening skies for each other’s commercial airlines. The agreement was signed Tuesday afternoon between Minister for Infrastructure, Ernest Nsabimana alongside Austria’s Ambassador to Kenya and accredited to Rwanda, Christian Fellner. Following the signing, Nsabimana told the press that the agreement which is a […]
Manzi Thierry mu muryango ugaruka muri APR FC nk’umusimbura wa myugariro yirukanye
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Manzi Thierry, biravugwa ko ari mu muryango ugaruka muri APR FC nk’umusimbura wa myugariro Nsabimana Aimable wamaze gusezererwa n’iyi kipe y’Ingabo z’igihugu. Ku munsi w’ejo ni bwo APR FC yatangaje ko itazakomezanya na Nsabimana Aimable wari umaze umwaka ayigarutsemo, nyuma yo kuva muri Police FC. Iyi kipe y’Ingabo z’igihugu ntiyigeze itangaza […]
Nigeria: Umupadiri wari washimuswe yasanzwe yishwe undi aratoroka
Umupadiri gatolika wo muri Nigeria wari umaze iminsi washimuswe mu cyumweru gishize, kuri uyu wa Kabiri basanze yarishwe mu gihe mugenzi we yashoboye gutoroka abamushimuse muri Leta ya Kaduna yo mu majyaruguru. Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, ba Padiri John Mark Cheitnum na Donatus Cleophas bafatiwe mu mujyi wa Lere ubwo bari bitabiriye ibirori bya […]
Ingabo kabuhariwe za RDC zivuganye ibyihebe 22 bya ADF

Ingabo zidasanzwe za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ziri mu mutwe wa ‘LĂ©opard’ zivuganiye ibyihebe 22 by’umutwe w’iterabwoba wa ADF muri teritwari ya Irumu mu ntara ya Ituri. Umuvugizi wa FARDC muri Ituri, Lt Jules Ngongo, yagize ati: “Muri iyi operasiyo, FARDC yishe abarwanyi 22 ba ADF, ifata intwaro zabo 8 za AK-47, ifata n’ibindi […]
Nyarugenge: Batatu barezwe kwicwa umugore w’umwe muri bo bamunigishije umukandara w’abakarateka
Kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 18 Nyakanga 2022 Ubushinjacyaha urwego rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko ku ifungwa ry’agateganyo abagabo batatu bakurikiranweho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake. Abaregwa uko ari batatu, ngo bacuze umugambi wo kwica umugore w’umwe muri abo bagabo babanaga batarasezeranye, uwo mugabo akaba yarifashishije bagenzi be ngo bamufashe kwica umugore we. Ubushinjacyaha […]
Abasabye akazi mu karere ka Musanze barinubira koherezwa gukorera ikizamini mu ntara y’Iburasirazuba

Abasabye akazi mu karere ka Musanze batunguwe no kubona itangazo ribamenyesha kujya gukorera ikizamini mu ishami rya Kaminuza y’u Rwanda riherereye i Rukara mu karere ka Kayonza, intara y’Iburasirazuba kandi bamwe muri bo bari abashomeri batanagira n’urwara rwo kwishima. Hashize igihe kirekire akarere ka Musanze gatanga imyanya y’akazi ariko bikarangira bamwe mu bakoze ibizamini bibuze […]
Amb. w’Ubwongereza mu Rwanda yanditse asaba ko abimukira batakoherezwa mu Rwanda

Amakuru yagiye hanze avuga ko hari inyandiko zitari zarigeze zibonwa mbere zo muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu y’Ubwongereza zijyanye n’amasezerano yakuruye impaka yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza, zirimo aho Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda, mu 2021 yandikiye igihugu cye, atanga inama yo kutagirana amasezerano n’amwe n’u Rwanda ku basaba ubuhungiro. Izi nyandiko nk’uko BBC […]
Perezida Tshisekedi yageneye ubutumwa bwihariye Samia Suluhu
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, ejo ku wa kabiri yakiriye ubutumwa bwihariye bwa mugenzi we wa Congo Kinshasa, FĂ©lix Antoine Tshisekedi. Ni ubutumwa Perezida Samia yashyikirijwe na Prof. Serge Tshabangu Chamwino Ingoro, intumwa idasanzwe ya Perezida Tshisekedi yakiriye mu biro bye i Dodoma. Yaba Perezidansi ya Congo Kinshasa cyangwa iya Tanzania ntibigeze batangaza ibyari […]