Amateka ya Olympio, Perezida wa mbere wakorewe coup d’Ă©tat Muri Afurika
Sylvanus Épiphanio Olympio yavutse ku itariki ya 6 Nzeri 1902. Yari umunyapoliti wo muri Togo, aba Minisitiri, nyuma aba Perezida guhera mu 1958 kugeza yishwe muri Nyakanga 1963. Olympio yaturukaga mu muryango ukomeye cyane witwa Olympio, wavagamo na nyirarume Octaviano Olympio, umwe mu bakire babayeho mu myaka 1990 muri Togo. Sylvanus yize amashuri ye muri […]
Kevin Muhire mu nzira zerekeza mu cyiciro cya kabiri muri Kuwait
Uwari Kapiteni w’Ikipe ya Rayon Sports, Kevin Muhire, ari mu biganiro n’ikipe ya Al-Yarmouk SC yo muri Kuwait ku buryo nta gihindutse bishobora kurangira ayerekejemo. Kevin Muhire yari amaze umwaka umwe ari umukinnyi wa Rayon Sports, nyuma yo kuyigarukamo avuye mu gihugu cya Misiri aho yakinaga. Ikipe ya Al-Yarmouk bari mu biganiro, isanzwe ibarizwa mu […]
Kenya: Raila Odinga yanze kuzitabira ikiganirompaka hagati y’abakandida
Umwe mu bakandida mu matora y’umukuru w’igihugu muri Kenya, Raila Odinga, yatangaje ko atazitabira ikiganirompaka kibanziriza amatora hagati y’abakandida nk’uko uruhande rwe rwabitangaje kuri iki Cyumweru, rushinja uwo bazaba bahanganye w’ingenzi kugerageza gukwepa ingingo zimwe na zimwe nka ruswa. Uyu munyapolitiki w’imyaka 77 wahoze ari minisitiri w’intebe wa Kenya, ndetse na Visi Perezida William Ruto […]
Rwanda FDA recalls more than 30 herbal medicines

Rwanda Food and Drugs Authority (FDA) on Monday, July 25, removed over 20 herbal medicines from the market over safety concerns. The regulator said the decision was taken after it conducted an inspection during which samples of herbal medicines were collected for testing in laboratory, with results showing that many products did not meet minimum […]
Gasabo maid sentenced to life for murdering a 9-year-old boy
Gasabo Intermediate Court has handed Solange Nyirangiruwonsanga a life sentence after being convicted of murdering a nine-year-old boy in the Gasabo district. Nyirangiruwonsanga, a 37-year-old mother of five, was a maid in the victim’s home. The court issued the verdict on Monday, July 25 at Ndera sub-parish Catholic Church where the court had previously tried […]
Amajyaruguru: Byahinduye isura mu itorero ECMI, bamwe mu bashumba bahagaritswe

Mu itorero rya ECMI (Evangelical Church and Ministries International) haravugwa inkuru yuko ngo ku bw’imikorere mibi y’abashumba batuzuza inshingano, gusuzugura abayobozi b’itorero no kunyereza imitungo y’itorero, bamwe muri bo bahinduriwe inshingano mu gihe abandi bahagaritswe burundu cyangwa bakuweho icyizere. Ni amakuru yizewe yageze ku kinyamakuru BWIZA kuri uyu wa 24 Nyakanga 2022, ubwo inama y’ubutegatsi […]
Karongi: La police saisit 13 balles de vĂŞtements de contrebande
La Police nationale rwandaise (RNP), en partenariat avec d’autres organes de sĂ©curitĂ© du district de Karongi, a arrĂŞtĂ© cinq personnes le samedi 23 juillet, avec 13 balles de vĂŞtements d’occasion introduites en contrebande au Rwanda depuis la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC). Le commissaire de police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, porte-parole de la police de […]
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti cyategetse ko imiti 37 ikomoka ku byatsi ihagarikwa ku isoko kuko itujuje ubuziranenge. Imwe muri yo hari iyitwa Rusenyanzoka, Umurerabana, Umuti w’Isi n’iyindi. Itangazo rya FDA
Karongi: Hafashwe magendu y’amabaro 13 y’imyenda ya caguwa
Kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 23 Nyakanga, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano mu karere ka Karongi, yafashe abantu 5 bari binjije magendu amabaro 13 y’imyenda ya caguwa bayikuye mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, yavuze ko […]
Goma: Abigaragambya basahuye ibiro bya MONUSCO
Abanye-Congo bari bariye karungu kuri uyu wa Mbere bateye ibiro bya MONUSCO barabisahura ndetse baranabyangiza, mu gihe bakomeje imyigaragambyo basaba ko ubu butumwa bwa Loni buva mu gihugu cyabo. Imyigaragambyo y’abasaba MONUSCO kuzinga utwangushye igataha yatangiye kuvugwa muri Congo mu cyumweru gishize. Abigaragambya bashinja ubu butumwa bwa Loni kuba bwarananiwe gutekanisha Uburasirazuba bwa RDC, mu […]
HRW irashinja M23 kwica byibuze abaturage 29 kuva hagati muri Kamena
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch, uravuga ko byibuze abasivili 29 bishwe n’inyeshyamba za M23 kuva hagati muri Kamena nk’uko wabitanaje muri raporo yawo yasohowe kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Nyakanga. Uyu mutwe wigeze gutsindwa mu 2013 mbere yo kubura imirwano vuba aha, ubusanzwe ukunze kugaba ibitero ku birindiro bya gisirikare […]
Perezida Kagame yohereje Minisitiri Biruta i Kinshasa

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane, Dr Vincent Biruta, ari i Kinshasa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) kuri uyu wa 25 Nyakanga 2022. Minisitiri Biruta yahagarariye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, mu nama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma z’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika yo hagati, CEEAC-ECCAS. Iyi nama iyobowe na Perezida wa RDC, FĂ©lix-Antoine […]
Kenya: Igipolisi cyasatse ibiro bifite aho bihuriye na kandida William Ruto
Polisi muri Nairobi mu gihugu cya Kenya yasatse ibiro bifite aho bihuriye na Visi Perezida w’iki gihugu, William Ruto, umwe mu bakandida bakomeye mu bazaba bahatanira umwanya wa perezida mu matora ateganyijwe ku itariki ya 9 Kanama 2022. Igipolisi cyavuze ko muri uko gusaka abapolisi bafashe mudasobwa ebyiri na mugabuzi (servers) ebyiri. Umutegetsi wo mu […]
RDC ‘irahana bikomeye’ abakoreye urugomo MONUSCO i Goma
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko abaturage bigaragambirije mu kigo cya misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) giherereye mu mujyi wa Goma, bagomba guhanwa. Mu gitondo cy’uyu wa 25 Nyakanga 2022, abaturage batuye muri uyu mujyi bateye iki kigo, binjira mu bubiko bw’ibikoresho no mu biro, barangiza. MONUSCO mu butumwa yahaye itangazamakuru, […]
Louise Mushikiwabo yemeje ko aziyamamariza kuyobora OIF muri manda ya kabiri
Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo, yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa mu yindi manda y’imyaka ine iri imbere. Mushikiwabo w’imyaka 61 y’amavuko, ni Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie kuva mu Ukwakira 2018, ibisobanura ko manda ye izarangira muri uyu mwaka. Mushikiwabo wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, yemeje ko aziyamamariza gukomeza […]
Gen Kabarebe yavuze uwaba yararigishije agasanduku k’umukara kari mu ndege ya Habyarimana
Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’Umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko ihanurwa ry’indege yari itwaye uwari Perezida w’u Rwanda, Gen. Maj. JuvĂ©nal Habyarimana, ryabayemo urujijo ku buryo agasanduku k’umukara kabika amakuru y’indege, karigishijwe. Yabigarutseho ku wa 22 Nyakanga 2022 ubwo yagiranaga ibiganiro n’abibumbiye mu ihuriro ry’urubyiruko mu Karere ka Gisagara ku nsanganyamatsiko igira iti […]
U Rwanda rwemeza ko rumaze kugira ubushobozi bwo kwakira abimukira 200 bazaturuka mu Bwongereza
Guverinoma y’u Rwanda iremeza ko iki gihugu kimaze kugira ubushobozi bwo gucumbikira abimukira 200 bari mu bazoherezwa n’u Bwongereza, hashingiwe ku masezerano ibihugu byombi byagiranye muri Mata 2022. Umuvugizi wa guverinoma, Yolande Makolo, tariki ya 22 Nyakanga 2022, yabwiye abanyamakuru ko icumbi ry’aba bimukira ryamaze kuboneka ari inyubako ya Hope Hotel, ikaba ari yo ifite […]
London: Abashaka kuba minisitiri w’intebe bose biyemeje gukomeza umugambi wo kohereza abimukira mu Rwanda
Abakandida babiri basigaye bahatanira kuyobora ishyaka ry’Aba-Conservateurs, aho uzatsinda ari nawe uzaba minisitiri w’intebe w’u Bwongereza uzasimbura Boris Johnson, bose bemeye gukomeza umugambi wo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro muri iki gihugu bahageze mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Aba bakandida bombi, Rishi Sunak na Liz Truss, bemeye gukomeza umugambi wo kohereza mu Rwanda amagana y’abasaba ubuhungiro […]
Rwatubyaye yamaze guhitamo ikipe imwe yo mu Rwanda agomba kwerekezamo muri 3 yamwifuzaga
Myugariro w’ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Rwatubyaye Abdoul, yamaze gufata icyemezo cyo kwerekeza muri AS Kigali nyuma y’igihe agirana na yo ibiganiro. Rwatubyaye amaze iminsi hano mu Rwanda nyuma yo kuva muri Macedoniya ya Ruguru aho yakiniraga ikipe ya FC Shkupi yo muri iki gihugu. Iyi kipe cyakora cyo amaze igihe kirekire atayikinira kubera imvune ikomeye yagize […]
Imyigaragambyo yo kwamagana MONUSCO yari iteganyijwe i Goma yaburijwemo
Umuyobozi wa polisi mu mujyi wa Goma, komiseri mukuru, François Kabeya, yabujije imyigaragambyo iyo ari yo yose yari iteganijwe kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Nyakanga 2022 y’amashyirahamwe y’abenegihugu. Mu byukuri, abatuye Goma kimwe n’urubyiruko rw’amashyirahamwe y’abenegihugu, bari batangaje imyigaragambyo yo kwamagana ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (MONUSCO). MONUSCO irashinjwa kunanirwa […]
Uburusiya buvuga ko hari abasirikare ba Ukraine bakoze ibyaha byibasira inyokomuntu
Umukuru w’akanama k’iperereza k’Uburusiya, Alexander Bastrykin, yavuze ko bwareze abasirikare 92 bo mu ngabo za Ukraine ibyaha byibasiye inyokomuntu. Bastrykin yabwiye ikinyamakuru Rossiiskaya Gazeta cya leta y’Uburusiya ko amaperereza ku byaha arenga 1,300 yatangiye. Yanatanze igitekerezo cy’uko hashingwa urukiko mpuzamahanga rushyigikiwe n’ibihugu nka Bolivia, Iran na Syria. Yavuze ko abantu 96, barimo abakuru ba gisirikare […]
Bunagana: Uwo M23 ifashe agiye kwiba iby’abahunze imirwano arakubitwa
Bamwe mu baturage bahungiye mu karere ka Kisoro muri Uganda imirwano yabereye mu mujyi wa Bunagana muri Kamena 2022, bavuga ko uwo umutwe witwaje intwaro wa M23 ufashe agiye kwiba ibya bagenzi be, akubitwa. Mu kiganiro bagiranye n’umunyamakuru wa VOA mu nkambi y’agateganyo ya Nyakabande bacumbitsemo, basobanuye ko bamwe muri bo bajya i Bunagana gushaka […]
RDC yanze inama ya Museveni, Ndayishimiye ahabwa kuyobora EAC, ubwumvikane bw’u Rwanda na RDC: inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 18 Nyakanga 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zirebana n’umutekano, politiki ndetse n’umuryango. Harimo ko: RDC yanze inama ya Museveni Guverinoma ya RDC yatangaje ko itemeye inama ya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, wayisabye kujya mu mishyikirano na M23 mu rwego rwo gushaka igisubizo kirambye cy’amakimbirane ari hagati y’impande zombi. Umuvugizi wa […]