Carlo Ancelotti yagereranyije abakinnyi be batatu n’agace kari mu duteye ubwoba ku Isi
Umutoza Carlo Ancelotti w’ikipe ya Real Madrid, yagereranyije Luka Modric, Toni Kroos na Casemiro n’agace ka Triangle de Bermudes kari mu duteye ubwoba ku Isi. Uyu mutoza yakoze iri gereranya nyuma y’umukino Real Madrid iheruka gutsindamo Juventus ibitego 2-0. Ni umukino wa gicuti amakipe yombi aheruka guhuriramo i Los Angeles ho muri Leta Zunze Ubumwe […]
MONUSCO igiye kuburanishiriza mu ruhame abasirikare bayo bishe abaturage
Monusco iravuga ko igiye kuburanisha mu ruhame abasirikare bayo baherutse kurasa bakica abantu bane i Kasindi, muri Kivu y’Amajyaruguru. Muri uru rubanza, urukiko rwo muri Tanzaniya ruzoherezwa ku butaka bwa Congo kugira ngo rutegure uru rubanza imbere y’abahohotewe cyangwa abavandimwe babo ndetse n’abatangabuhamya. Urubanza ruzabera i Kasindi cyangwa Beni. Byongeye kandi, abasirikari ba Tanzaniya bari […]
Umunyamakuru yahishuye ko Teta Sandra yigeze gukubitwa azira muramu we Pallaso

Umunyamakuru wahoze akorera Televiziyo ya NBS, Daniel Lutaaya, avuga ko yakiriye amakuru yizewe avuye ku muntu wa hafi wigeze gutura hafi ya muramu wa Teta Sandra, umuhanzi Pallaso, avuga ko yakubiswe na Weasel bapfa uyu mugabo. Lutaaya yabinyujije kuri Twitter, avuga ko ” Umuntu wa hafi wo mu muryango (uwa Weasel), yanyoherereje amakuru kuri Weasel. […]
Uvira: Amazu 500 yarengewe n’amazi nyuma y’imvura ikaze
Amazu arenga 500 yarengewe n’umwuzure nyuma y’aho amazi y’umugezi wa Mulongwe arengereye akisuka mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira ku wa Mbere, itariki 1 Kanama 2022. Nk’uko umujyi wa Uvira ubitangaza ngo iki kiza cyatewe n’imvura nyinshi yaguye muri kariya gace ka Kivu y’Amajyepfo. Yagaragaje ko abaturanyi bibasiwe […]
Imvugo ya Perezida Ndayishimiye ku Banyamulenge yibajijweho
Imvugo ya Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ku kibazo cy’Abanyamulenge cyatangiye guhera mu 1996, yibajijweho bikekwa ko haba hari icyirengagijwe. Perezida Ndayishimiye yavuze ko Abanyamulenge batari umuryango ushingiye ku bwoko ashingiye ku kuba nta n’umuyobozi gakondo bagiraga. Yagize ati ” (…) kubera iki mbere ya 1996 umuryango w’Abanyamulenge utigeraga uvugwa kandi uhari, ni uko bari […]
Urukiko rw’Ikirenga rw’u Burusiya rwemeje ko Batayo ya Azov ari umutwe w’iterabwoba
Ibiro Ntaramakuru by’u Burusiya byatangaje ko Urukiko rw’Ikirenga muri iki gihugu rwemeje ko Batayo ya Azov – y’abakorerabushake bafasha igisirikare cya Ukraine ari umutwe w’iterabwoba, wemerera abawugize igihano kirekire. Urukiko rwanzuye “kwemeza umutwe witwara gisirikare wo muri Ukraine, Azov, nk’umutwe w’iterabwoba no guhagarika ibikorwa byawo ku butaka bw’u Burusiya”, ibi bikaba byatangajwe n’umucamanza nk’uko bitangazwa […]
RDC: Imfungwa zatorotse Gereza ya Lisala nyuma yo gusenya urukuta rwubatswe mu gihe cy’ubukoloni
Mu ijoro ryo ku cyumweru itariki ya 31 Nyakanga rishyira kuri uyu wa Mbere, itariki 1 Kanama, imfungwa 18 zatorotse gereza nkuru ya Lisala, umurwa mukuru w’Intara ya Mongala. Abatorotse bashoboye gusenya urukuta rwa gereza, rwubatswe mu gihe cy’abakoloni rumaze hafi ikinyejana. Umuyobozi w’umuryango utegamiye kuri Leta, Action des jeunes pour le bien-être social (AJBS), […]
Les enseignants du primaire obtiennent une augmentation de salaire de 88%
Les enseignants du primaire devraient recevoir une augmentation de salaire de 88 %, tandis que les enseignants du secondaire recevront une augmentation de 40 %, à compter d’août 2022. Le développement fait partie des incitations visant à améliorer les moyens de subsistance des enseignants. Le Premier ministre Edouard Ngirente a annoncé le développement le lundi […]
Rubavu: Impanuka ikomeye yaguyemo batatu
Abantu batatu baguye mu mpanuka ikomeye yabereye mu murenge wa Gisenyi w’akarere ka Rubavu mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri. Iyi mpanuka yabaye ahagana saa yine z’igitondo. Amakuru avuga ko yatewe yatewe n’ikamyo yari yikoreye mazutu yacitse feri ikagonga imodoka yo mu bwoko bwa Coaster ya Sosiyete itwara abagenzi ya Virunga yerekezaga mu Mujyi […]
Abaminisitiri bashya bashyizweho na Perezida wa Repubulika bagiye kurahira
Abaminisitiri bashya baheruka gushyirwaho na Perezida wa Repubulika, Eric Rwigamba ushinzwe ishoramari rya Leta no kwegurira abikorera ku giti cyabo ibigo bya leta na Ildephonse Musafiri, Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi biteganijwe ko baza kurahira kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 2 Kanama. Umuhango wo kurahira urabera mu Nteko kandi biteganijwe ko uza […]
Rubavu: Wa mukobwa washinje Gitifu kumukura iryinyo ‘kuko yanze ko baryamana’ yemeye ko yamubeshyeye
Umukobwa witwa Uwimanimpaye Claudine uheruka gutangaza ko yakubiswe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kanzenze muri Rubavu akamukura iryinyo, yemeye ko yabeshyeye uyu muyobozi nyuma yo gukoreshwa. Mu cyumweru gishize ni bwo Uwimanimpaye yabwiye itangazamakuru ko yakubiswe na Gitifu Nkurunziza Faustin akamukura iryinyo, amuhora kuba yari yaramwangiye ko baryamana. Ati: “Gitifu yarambwiye ngo turyamane ndabyanga arambwira ngo […]
Ex Trade Minister Habyarimana appointed CEO BK Group Plc
Beata Habyarimana is the new Chief Executive Officer (CEO) of BK Group PLC, the holding company with subsidiaries which include Bank of Kigali, BK General Insurance, BK Capital and BK TecHouse, among other interests. The group announced the appointment on Monday, meaning that Habyarimana, who until July 30, was the Minister of Trade and Industry, […]
Bobi Wine na Kizza Besigye bongeye gushimangira ubufatanye mu guhangana na Museveni

Nyuma yo gukubitwa inshuro bitavugwaho rumwe mu matora yo kuziba icyuho y’umudepite uzahagararira Soroti y’iburasirazuba usimbura uwagiye, mu cyumweru gishize, abayobozi b’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Kizza Besigye na Robert ‘Bobi Wine’ Kyagulanyi batangaje ko bagiye guhuriza hamwe imbaraga mu gushakisha uburyo bushya bwo guhindura ubutegetsi. Kuri uyu wa Mbere mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye kuri […]
Ikosa rimwe gusa rishobora kuzarimbura Isi hakoreshejwe intwaro kirimbuzi – Loni

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, kuri uyu wa Mbere yatangaje ko ikosa rimwe gusa ryakorwa riturutse ku ntambara yo muri Ukraine cyangwa muri Aziya no mu Burasirazuba bwo Hagati rishobora kurimbura Isi hakoreshejwe intwaro za kirimbuzi. Kuri uyu wa mbere, ku cyicaro cy’Umuryago w’Abibumbye, Antonio Guterres yatanze umuburo uteye ubwoba ubwo hafungurwaga inama yari […]
Amerika yiteguye gusubiza u Bushinwa mu gihe bwagira icyo bukora ku ruzinduko rwa Pelosi muri Taiwan
Kuri uyu wa mbere, White House yamaganye imvugo ya Beijing kubera uruzinduko ruteganijwe rw’umuyobozi w’inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite, Nancy Pelosi, muri Taiwan, yemeza ko Amerika u Bushinwa nibugira icyo bukora itazarebera nubwo idashishikajwe no kongera amakimbirane n’u Bushinwa. Umuvugizi w’akanama k’umutekano w’igihugu ka White House, John Kirby yashimangiye ko icyemezo cyo kumenya niba gusura […]
Abasirikare ba MONUSCO bishe barashe abaturage muri DR Congo bakomoka muri EAC
Ababungabunga amahoro batawe muri yombi ku cyumweru kubera kurasa bakica abantu babiri mu mujyi wa Kasindi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo uri ku mupaka na Uganda ni Abanyatanzania, nkuko umutegetsi wo ku rwego rwo hejuru muri ONU (UN) yabibwiye BBC. ONU yamaganye bikomeye iryo raswa ry’abo baturage, ryanakomerekeyemo abantu 15. Mu cyumweru gishize, abantu […]
Al-Qaeda leader Ayman al-Zawahiri killed
ALJAZEERA US President Joe Biden says ‘justice has been delivered’ after al-Qaeda leader located and killed in Kabul, Afghanistan. Al-Qaeda leader Ayman al-Zawahiri has been killed in a CIA drone strike in Afghanistan’s capital, Kabul, United States President Joe Biden has said. Al-Zawahiri was killed on Sunday in the biggest blow to the group since […]
Uhawe byinshi asabwa byinshi- Min. Dr Uwamariya abwira abarimu
Minisitiri w’uburezi, Dr Valentine Uwamariya, yibukije abarimu ko uhawe byinshi na we aba asabwa gutanga byinshi, nyuma y’aho bongejwe bamwe kuri 40%, abandi ku 88% ku mishahara yabo. Ministiri Mujawamariya yabwiye RBA ko “…uhawe byinshi asabwa byinshi…tubitezeho (abarimu) umusaruro kandi mwinshi kandi mu gihe gito.” Yakomeje agira ati “Kuzamurira ubushobozi mwarimu bivuze ko nawe azatanga […]
Umuyobozi wa Al-Qaeda wasimbuye Osama Bin Laden yishwe
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zivuga ko zishe umukuru wa al-Qaeda, Ayman Mohammed Rabie al-Zawahiri , mu gitero cy’indege ntoya itarimo umupilote (drone), nk’uko byemejwe na Perezida Joe Biden. Zawahiri wavukiye ahitwa Giza mu Misiri yishwe ku Cyumweru mu gitero cyo kurwanya iterabwoba cyakozwe n’ikigo cy’Amerika cy’ubutasi bwo mu mahanga (CIA), mu murwa mukuru Kabul […]