Mu bwoko bwa Ashanti banywesha uwapfuye amazi, agahabwa n’amafaranga
Gushyingura umuntu wapfuye bimaze imyaka myinshi n’ibinyejana kuva ikiremwamuntu kibayeho. Ariko mu mico itandukanye hirya no hino mu Isi bagira uko basezeraho uwabo wapfuye. Mu bwoko bwa Ashanti, urupfu barufata nko gusoza urugendo rw’ubuzima bwa muntu ndetse na nyuma y’ubuzima. Mu bwami bwa Ashanti bwo muri Ghana bemera ko igihe urupfu rwaje, umuntu akwiye kurwakira […]
Diana wakuwe mu bucakara muri Saudi Arabia yatabarije bagenzi be basigayeyo

Umunyakenyakazi Diana Chepkemoi watabawe ubwo yari yaragizwe umucakara muri Saudi Arabia, yatangaje ko abo yasizeyo babayeho mu buzima busharira kuko bari gukorerwa iyicarubozo n’abakoresha babo. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cyitiriwe Jomo Kenyatta, Diana yatangaje ko yagiye muri Saudi Arabia azi ko azahabona ubuzima bwiza, ariko abayeho nabi ku buryo yashoboraga […]
Environmental Officer at PIRAN Rwanda Ltd
JOB ADVERTISEMENT: Environmental Officer Piran Rwanda Limited (“Piran”) is a mining company focused on producing and exploring Tin, Tantalum, and Lithium in Rwanda. Piran is currently looking for a highly motivated and committed Environment Officer. LOCATION: Musha-Rwamagana REPORTS TO: EC Supervisor JOB GRADE: C1 JOB PURPOSE: This role is responsible to ensure effective implementation and […]
MONUSCO yavuze ko ntacyo yahomba mu gihe ingabo zayo zava muri RDC
Umuyobozi wa misiyo y’amahoro y’Umuryango w’Abibumbye (UN) muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, MONUSO, Bintou Keita, yatangaje ko ntacyo bahomba mu gihe ingabo ziburimo muri iki gihugu zaba zitashye. Iki ni igisubizo Bintou yahaye Abanyekongo bakomeje gusaba ko ingabo za MONUSCO zava ku butaka bwa RDC byihuse, kuko ngo zananiwe kugarura amahoro n’umutekano mu burasirazuba […]
Kagame congratulates New UK PM Liz Truss
President Kagame Congratulates Liz Truss, over her election as a leader of the Conservative Party and the new Prime Minister of the UK. ” Congratulations @trussliz on your election as Prime Minister of the UK. We look forward to further strengthening the existing close ties between the UK and Rwanda and wish you success.” Kagame […]
Ndabasaba ko mwasezerera Monastir kuko ntiyadutera ubwoba_Gen James Kabarebe ku bakinnyi ba APR FC
Perezida w’icyubahiro wa APR FC, Gen James Kabarebe, yasabye abakinnyi b’iyi kipe gukora ishoboka bagasezerera AS Monastir kuko idateye ubwoba, ikindi ubuyobozi bukaba bubafitiye icyizere cy’uko bagomba kubigeraho. Ku wa Gatandatu tariki ya 10 Nzeri ni bwo APR FC igomba kwakira AS Monastir yo muri Tunisie, mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions league […]
New IRMICT boss is in Rwanda
The new president of International Residual Mechanism for International Criminal Tribunals (IRMICT), Graciela Gatti Satana, is currently in Rwanda on a visit aimed at strengthening cooperation between the Mechanism and Rwanda. Satana started her inaugural official visit to Rwanda on Tuesday September 6, according to a statement from the UN court. IRMICT is an international […]
Denmark yanze kohereza impapuro zikenewe mu rubanza rwa Twagirayezu
Ubucamanza bwa Denmark ntibwohereje ubw’u Rwanda inyandiko z’umwimerere bwari bwasabye zikenewe mu rubanza ruregwamo Wenceslas Twagirayezu woherejwe n’icyo gihugu akekwaho uruhare muri jenoside. Mu rukiko i Nyanza, kuri uyu wa 6 Nzeri 2022 rwasubukuye nyuma y’amezi abiri hategerejwe igisubizo cya Denmark. Urukiko mu Rwanda ruvuga ko rwasanze inyandiko zambere zavuye muri Denmark ziriho ubuhamya butandukanye […]
Byiringiro Lague yamanuwe mu Ntare
Rutahizamu Byiringiro Lague biravugwa ko yamaze kumanurwa mu Ntare, nyuma y’igihe adatanga umusaruro yari yitezweho muri APR FC. Amakuru avuga ko uyu rutahizamu usatira izamu aciye ku mpande yamaze koherezwa gukorera imyitozo mu Ntare, asanzeyo Nsanzimfura Keddy na we woherejweyo mu kwezi gushize. Kuri ubu APR FC ikomeje kwitegura umukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze muri CAF […]
Uwabaye Visi-Perezida w’u Burundi avuga ko ibiri kuba hagati ya Ndayishimiye na Bunyoni biteye inkeke
FrĂ©deric Banyumvimvugira wigeze kuba Visi-Perezida w’u Burundi, avuga ko ibiri kuba hagati ya Perezida w’iki gihugu, Gen Evariste Ndayishimiye na Alain-Guillaume Bunyoni usanzwe ari Minisitiri w’Intebe biteye inkeke, ku buryo bishobora guteza ingaruka zikomeye. Ku wa Gatanu tariki ya 02 Nzeri ni bwo Perezida Ndayishimiye yasabye abo yise ibihangange bifite gahunda yo kumuhirika ku butegetsi […]
Abapolisi 25 n’abasirikare 5 barangije amahugurwa yo kugenza ibyaha

Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, kuri uyu wa 6 Nzeri 2022 arakira indahiro z’abantu 90 barangije amahugurwa yo kugenza ibyaha mu buryo bwa kinyamwuga. Nk’uko urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rwabitangaje, uyu muhango uri kubera mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu karere ka Musanze. Mu barangije aya […]
Rubavu: Umunye-Congo wacurangaga mu nsengero yasanzwe mu nzu yapfuye
Umugabo ukomoka muri Repubulika iharanira demukarasi ya Congo witwa YANKESE Christian ufite imyaka 33 yasanzwe mu nzu yabagamo yapfuye. Ibi byabereye mu mudugudu w’umubano, akagari ka Mbugangari ho mu umurenge wa Gisenyi. Amakuru aturuka mu baturanyi ni uko mu ijoro ryakeye nyuma y’uko yari amaze umunsi atagaragara, bishe urugi bakamusanga mu cyumba aryamye yubamye kugitanda […]
Mu Bwongereza: Minisitiri Patel yeguye, asiga avuze ku masezerano y’abimukira yasinyiye i Kigali

Umunyamabanga muri guverinoma (Minisitiri) y’u Bwongereza ushinzwe umutekano w’imbere, Priti Patel, yaraye yeguye kuri iyi nshingano, asiga avuze ku masezerano y’abimukira n’iterambere ry’ubukungu yasinyiye mu Rwanda tariki ya 14 Mata 2022. Ibaruwa y’ubwegure yayishyikirije uwari Minisitiri w’Intebe, Boris Johnson, kuri uyu wa 5 Nzeri 2022, amugaragariza ko yishimiye kuba yarashoboye gukora iyi nshingano neza. Ati: […]
Igisirikare cya RDC cyashinze radiyo na televiziyo muri Ituri
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) cyashinze radiyo na televiziyo mu ntara ya Ituri, yahawe izina RTFI (Radio-TĂ©lĂ©vision FARDC Ituri). Iyi televiziyo iherereye mu mujyi wa Bunia ufatwa nk’umurwa wa Ituri izajya yifashijwe mu itumanaho ry’abasirikare bari mu rugamba rwo kurwanya imitwe yitwaje intwaro ihungabanya umutekano w’iyi ntara. Abanyamakuru b’iki kinyamakuru barimo Sarah […]
Pogba yemeye ko hari umupfumu yishyuye amafaranga, ahakana ko yari agambiriye kuroga Mbappé
Umufaransa Paul Pogba yemeye ko hari umupfumu yigeze kwishyura amafaranga, gusa ahakana ko yari agambiriye kugirira nabi Kylian MbappĂ© basanzwe bakinana mu kipe y’igihugu nk’uko biheruka gutangazwa na mukuru we. Mu minsi ishize ni bwo Mathias Pogba usanzwe ari mukuru wa Paul Pogba yatangaje ko afite amakuru akomeye cyane kuri murumuna we, arimo n’agaragaza uburyo […]
Perezida Kenyatta wari ushyigikiye Odinga yavuze ko azashyikiriza Ruto ubutegetsi mu mahoro
Perezida wa Kenya uri gucyura igihe, Uhuru Kenyatta, yatangaje ko azubahiriza icyo amategeko ateganya, ashyikirize ubutegetsi Dr William Ruto mu mahoro. Mu ijambo rya mbere yavuze ku matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye tariki ya 9 Kanama 2022, Perezida Kenyatta yashimiye Abanyakenya bitabiriye amatora, bagashyigikira abakandida babo. Uyu Mukuru w’Igihugu yavuze ko ubwo yarahiriraga inshingano yo kuyobora […]
Claude (Papa Charlene) yerekanye umukobwa asimbuje umuvugabutumwa Mama Charlene

Ntakabanyura Claude, wamenekanye nka Papa Charlene bitewe n’uwahoze ari umugore we uzwi nka Mama Charlene, wakunze gutangaza amagambo mu itangazamakuru no kumbuga nkoranyambaga yavugishije benshi, yeretse inshuti n’imiryango umukobwa witwa Louise bagiye kubana. Ni umuhango wabaye kuri iki cyumweru tariki ya 4 Nzeri 2022. Mu kiganiro Claude yagiranye na bwiza.com , yatangaje ko igihe ari […]
Imashini yaguzwe na kimwe mu bigo bya Leta Frw asaga miliyoni 400 basanze idakora
Abadepite bagize komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ishinzwe gukurikira imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC, babajije impamvu ikigo gishinzwe mine, petrole na Gaz (RMB), cyishyuye asaga miliyoni 400 imashini yo gukora muri laboratwari ipima amabuye y’agaciro ariko ikaba idakora. Ibi byagarutsweho ubwo RMB yari yitabye PAC ku munsi wa Mbere wo kumva inzego za leta zakoresheje nabi […]