Rayon Sports yafashe umwanya wa mbere nyuma yo gutsindira Rwamagana City ku itara
Ikipe ya Rayon Sports yafashe by’agateganyo umwanya wa mbere muri shampiyona, nyuma yo gutsinda Rwamagana City ibitego 2-0 kuri uyu wa Gatatu. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda yari yakiriye Rwamagana City, mu mukino w’umunsi wa gatatu wa shampiyona wabereye ku matara ya Stade ya Kigali i Nyamirambo. Ni umukino byanga bikunze iyi kipe […]
Perezida William Ruto yacanye umubano na kimwe mu bihugu bya Afurika
President mushya wa Kenya, Dr William Ruto, kuri uyu wa Gatatu yatangaje ko igihugu cye gicanye umubano na Repubulika ya Sahara y’Uburengerazuba. Perezida Ruto yafashe iki cyemezo nyuma y’umunsi umwe arahiriye kuyobora Kenya, mu birori Perezida Brahim Ghali wa Sahara y’Uburengerazuba yitabiriye. Sahara y’Uburengerazuba ni igihugu kitaremerwa neza, kuko nk’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ugifata […]
Nyaruguru: Plus de 120 ménages veulent sortir de la catégorie réservée aux indigents

Plus de 770 personnes rĂ©parties dans 122 mĂ©nages qui se classent dans la première catĂ©gorie sociale, dans le secteur de Munini, district de Nyaruguru, viennent d’ exprimer volontairement leur souhait de sortir de cette classe des indigents pour passer au niveau supĂ©rieur, rĂ©servĂ©e aux classes moyennes. Parmi ces 122 mĂ©nages, 18 ont demandĂ© que cette […]
Le ministère du Commerce dĂ©ploie des Ă©quipes pour examiner les raisons des prix “inquiĂ©tants” de la pomme de terre irlandaise
Le ministère du Commerce et de l’Industrie a dĂ©ployĂ© des Ă©quipes dans tout le pays pour enquĂŞter sur les facteurs Ă l’origine de la hausse drastique des prix de la pomme de terre irlandaise . « Nous avons envoyĂ© des Ă©quipes sur le terrain. Nous aurons un rapport vendredi prochain après avoir bien compris les […]
Gov’t cut school fees to 85000Rwf in public schools

Rwanda Ministry of Education has released new regulations about parents’ contribution in public and government subsidised pre-primary, primary, and secondary schools, where parents contribution will be 19,500 Rwf for day student and 85,000 Rwf for boarding student.
APR FC yageze muri Tunisia nyuma y’urugendo rw’amasaha arenga 17
Ikipe ya APR FC yamaze kugera i Tunis mu gihugu cya Tunisia, nyuma y’urugendo rw’amasaha abarirwa muri 17. Ku mugoroba w’ejo ku wa Kabiri ni bwo iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yahagurutse i yerekeza muri Tunisia, aho yitabiriye umukino wo kwishyura wa CAF Champions league ugomba kuyihuza na US Monastir. Ni umukino uteganyijwe ku Cyumweru, nyuma […]
Perezida Zelenskyy yazamuye ibendera rya Ukraine mu mujyi baherutse kwambura u Burusiya

Perezida Zelenskyy yongeye kuzamura ibendera rya Ukraine na none mu mujyi wa Izyum baherutse kwambura u Burusiya. U Bwongereza bwemeje ko Ukraine ishobora kuba yarahanuye drone y’intambara yakozwe na Iran . Kuri uyu wa Gatatu, nibwo Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yagiye muri uyu Mujyi wa Izyum, nyuma y’iminsi mike wambuwe u Burusiya. Ibiro bya […]
Abanya-Sierra Leone barakariye Perezida Ruto ku bw’ibyo yakoreye abarimo mugenzi we Kagame akibagirwa Maada Bio
Bamwe mu baturage bo muri Sierra Leone bagaragaje ko barakariye Perezida wa Kenya, Dr William Ruto, bamushinja gufata nabi Perezida w’igihugu cyabo, Julius Maada Bio, wari waje mu irahira rye kuwa Kabiri tariki 13 Nzeri kuri Sitade Kasarani. Aba biganjemo abo muri opozisiyo bavuga ko Perezida Julius Maada Bio atafashwe neza na Ruto nk’uko byagenze […]
Abagabo babiri bapfuye nyuma yo gupfa umwana wiga mu mashuri abanza
Abagabo babiri bo mu gihugu cya Uganda bapfuye nyuma yo guterana amagambo no kurwana bapfa umwana w’umukobwa wiga mu mwaka wa karindwi w’amashuri abanza buri umwe avuga ko ari umukunzi we . Byose byatangiye ubwo Dickson Okiror w’imyaka 28, umukozi usanzwe mu mujyi wa Ngora, yasangaga uwo mukunzi we (izina ryagizwe ibanga), umunyeshuri wiga mu […]
Burundi: CNL irashinja Inteko Ishinga Amategeko kuyikorera Coup d’Ă©tat
Ishyaka CNL ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, rirashinja Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu kurikorera Coup d’Ă©tat nyuma yo kurigenera imyanya mike mu badepite bagomba kwinjira muri EALA. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Burundi (umutwe w’abadepite) bateranye, mu rwego rwo guhitamo abadepite bagomba guhagararira iki gihugu mu nteko Ishinga Amategeko […]
Uwahoze ari Perezida w’u Burusiya yifashishje ibyahishuwe mu kuburira Uburengerazuba
Uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, yifashishije igitabo cy’Ibyahishuwe cyo muri Bibiliya kugira ngo agire icyo avuga ku cyifuzo Ukraine iherutse gushyira ahagaragara mu rwego rwo gusaba garanti y’umutekano wayo . Kuri uyu wa Kabiri ushize, uwahoze ari Perezida w’u Burusiya, Dmitry Medvedev, mu magambo akakaye cyane cyangwa ibitutsi yanditse ku rubuga rwe rwa […]
Nta shuri ryisumbuye rya Leta ricyemerewe kwishyuza arenga Frw 85000 ku gihembwe

Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho ibiciro ntarengwa by’amafaranga yishyurwa ku gihembwe mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yaba aya Leta cyangwa aterwa inkunga na Leta. Minisitiri w’uburezi, Dr Valentine Uwamariya, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 14 Nzeri 2022, yasobanuye ko mu mashuri yisumbuye, nta ryemerewe kwishyuza amafaranga y’u Rwanda arenga 85000 ku biga badataha, ku […]
Rusizi/Bweyeye: Umusaza w’imyaka 62 yishwe akaswe ijosi

Umurambo wa Ntuyahaga Tharcisse w’imyaka 62, wari utuye mu mudugudu wa Nyabigoma, akagari ka Murwa mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi, wasanzwe mu nzu yabagamo ijosi rikase bikekwa ko ari urugesho ryakatishijwe, kugeza ubu abamwishe baracyashakishwa n’inzego z’umutekano. Amakuru BWIZA yahawe n’umuyobozi w’umudugudu wa Nyabigoma, Bikorimana ElisĂ©, avuga ko uyu musaza wabaga mu […]
Gen. Ndima yatangaje ko FARDC iri mu nzira yo kwambura M23 Bunagana
Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen. Constant Ndima, yatangaje ko umujyi wa Bunagana ugomba kwamburwa umutwe witwaje intwaro wa M23 ku kiguzi icyo ari cyo cyose, kandi ngo biri mu nzira. Uyu musirikare yabimenyesheje abanyamakuru mu kiganiro cyabereye mu mujyi wa Goma kuri uyu wa 13 Nzeri 2022. Ati: “Tugiye […]
Prince William na Harry baragenda inyuma y’isanduku y’Umwamikazi asezerwaho i London

Kuri uyu wa Gatatu, Igikomangoma William na murumuna we, Harry baragendana inyuma y’isanduku y’Umwamikazi Elisabeth II ubwo aza kuba asezerwaho mu Mujyi wa London . Aba bavandimwe, hamwe n’Umwami Charles III, nk’uko bisanzwe mu migenzo y’Abongereza biteganyijwe ko baza gukurikira isanduku irimo umugogo w’umwamikazi bagenda n’amaguru kuva ku ngoro ya Buckingham kugera kuri Hallminster Hall. […]
Abapolisi 155 b’u Rwanda bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 13 Nzeri, Polisi y’u Rwanda, yasezeye ku mugaragaro ku bapolisi 155 bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru mu muhango wabereye ku cyicaro cya Polisi y’u Rwanda, giherereye ku Kacyiru . Uyu muhango wayobowe na Minisitiri w’Umutekano, Gasana Alfred, witabiriwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari kumwe n’abayobozi […]
Anger in Sierra Leone following what President Ruto did during inauguration
If you are not invited to a party, don’t go there- some words of anger in Sierra Leone followed what Ruto did during inauguration whereby Sierra Leonean allege, their president Julius Maada Bio, was mistreated on Tuesday compared to the other presidents. This issue has something to do with especially opposition supporters in the country […]
Icyo u Rwanda ruvuga kuri gahunda yo kohereza Ingabo muri Bénin
Leta y’u Rwanda yatangaje ko nta masezerano irasinyana n’iya BĂ©nin yemerera Ingabo zayo kwerekeza muri kiriya gihugu mu bikorwa byo kurwanya ibyihebe bikomeje kukiyogoza. Ni nyuma y’uko kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru itsinda ry’abapolisi bo muri BĂ©nin bayobowe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’iki gihugu, Soumaila Allabi Yaya, bagiriye uruzinduko hano mu Rwanda. Ni uruzinduko rwasize […]
Urufaya rw’ingumi n’amacupa y’amazi mu Nteko ishinga Amategeko ya Senegal rwahagaritswe na polisi
Kuri uyu wa Mbere ushize mu gihugu cya Senegal habaye agashya mu Nteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu aho byabaye ngombwa ko hiabazwa abashinzwe umutekano ngo bakize abadepite bari barimo gutera ingumi n’amacupa y’amazi bagerageza kuburizamo amatora ya perezida mushya w’inteko . Inteko yateranye ku nshuro ya mbere kuva amatora yo muri Nyakanga yaba, aho ihuriro […]
Mukuralinda yavuze uko yakiriye kumva umuturage amugereranya na Léon Mugesera
Umuvugizi wungirije wa guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yagize icyo avuga ku muturage wo mu gace ka Bannyahe mu kagari ka Nyarutarama mu karere ka Gasabo witwa Shikama Jean de Dieu wamugereranyije na LĂ©on Mugesera wakanguriye abaturage gukora jenoside. Shikama aherutse gukwirakwiza ijwi ku mbuga nkoranyambaga rumvikanamo amagambo arimo agira ati: “Nkimara kumva amagambo yavuzwe […]
Abanyamulenge bo muri Ruzizi baribaza niba Ingabo z’ u Burundi zaroherejwe korohereza Mai-Mai Yakutumba na Bilozebishambuke
Imwe mu miryango y’Abanyamulenge baba mu misozi miremire yegereye Ikibaya cya Ruzizi barijujutira Ingabo z’u Burundi badasize na FARDC bavuga ko ntacyo ziri kubafasha kuko n’ubundi ibyabo biranyagwa, bamwe bakanicwa na Yakutumba na MaĂŻ-MaĂŻ Bilozebishambuke, kurusha mu gihe gishize. Mu nyandiko baherutse gushyira hanze, bavuze ko babona ntacyo izi ngabo z’ibihugu byombi ziri kubafasha kuko […]
TPLF irashinja Igisirikare cya Ethiopia kongera kugaba ibitero bya drones kuri Mekele
Kuri uyu wa Kabiri, abayobozi b’inyeshyamba zo mu Ntara ya Tigray bashinje Ingabo za Ethiopia kwica abasivili batandatu mu gitero cy’indege ku murwa mukuru wabo, Mekele, nyuma y’iminsi ibiri bafunguriye imiryango ibiganiro by’amahoro no guhagarika imirwano . Nk’uko byatangajwe n’umuyobozi mu bitaro bya Ayder, bikuru muri Mekele, ngo byibuze umuntu umwe yakomerekeye muri icyo gitero […]
MINICOM deploys teams to scrutinize reasons behind ‘worrying’ Irish potato prices
The Ministry of Trade and Industry has deployed teams across the country to inquire into factors behind drastic rise in Irish potato prices. “We have sent teams to the field. We will have a report this coming Friday after properly understanding the factors behind the price increase,” confirmed Jean-Chrysostome Ngabitsinze, the Minister of Trade and […]
Bobi Wine yageze muri Kyiv muri gahunda yo gushyigikira Ukraine

Umunyapolitiki wo muri Uganda utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi Ssentamu wamenyekanye nka Bobi Wine, yageze mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv, muri gahunda yo gushyigikira iki gihugu mu ntambara kirimo n’u Burusiya. Bobi Wine kuri uyu wa 13 Nzeri 2022 yatangaje ati: “Muri Kyiv-Ukraine kugaragaza ubufatanye n’abantu bo muri Ukraine n’ubuyobozi buhanganye n’urugomo no gufata […]