REG BBC yegukanye igikombe cya shampiyona irusha Patriots

REG BBC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda ya Basketball, irusha Patriots BBC nyuma y’imikino itanu amakipe yombi agundagurana. Mu mikino ine ya kamarampaka, buri kipe yatsinze imikino ibiri, biba ngombwa ko hitabazwa umukino wa gatanu wabaye kuri uyu wa 18 Nzeri 2022. Uyu mukino wa nyuma REG yawutsinze ku manota 84 kuri 74 ya […]
General Badi abona kuyobora Nairobi bigoye kurusha kuyobora ingabo ziri ku rugamba
Lieutenant General Mohammed Badi uyobora urwego rushinzwe ibikorwa by’iterambere mu murwa mukuru wa Kenya, Nairobi, yatangaje ko kuwuyobora bigoye kurusha kuyobora ingabo ziri ku rugamba. Ubwo yari mu nama kuri Ambasade y’u Buhinde kuri uyu wa 17 Nzeri 2022 nk’uko ikinyamakuru Kenyans cyabitangaje, Gen. Badi yasobanuye ko akurikije uko yayoboye ingabo zari mu butumwa bw’amahoro […]
Espagne yoherereje Ukraine indege eshanu zipakiye amasasu y’imbunda zirasa kure
Igihugu cya Espagne cyohereje muri Ukraine indege eshanu zitwara imizigo z’Igisirikare kirwanira mu kirere zipakiye amasasu y’intwaro zirasa, nk’uko byatangajwe n’abayobozi bakuru b’ingabo za Ukraine . “Minisiteri y’ingabo ya Espagne yatangaje ku mugaragaro ko ku ya 9 Nzeri 2022, indege T-23 y’ingabo zirwanira mu kirere za Espagne yahagurutse mu birindiro by’ingabo zirwanira mu kirere bya […]
Zelensky yifurije ingabo z’u Burusiya kuruhuka
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, abona yarabujije ingabo z’u Burusiya amahwemo ku buryo azifuriza guhagarika intambara zashoje ku gihugu cyabo, zikaruhuka. Uyu Mukuru w’Igihugu yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ibiro ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, cyabereye mu biro bye ku wa 16 Nzeri 2022. Iki kiganiro cyabaye nyuma y’aho ingabo za Ukraine zimaze iminsi zisubiza tumwe mu duce […]
Kibeho: La promotion du tourisme religieux Ă l’esprit des autoritĂ©s provinciales

Les autoritĂ©s de la province du Sud ont toujours Ă l’esprit la promotion et le dĂ©veloppement du tourisme religieux sur la Terre Sainte de Kibeho, dans le district de Nyaruguru. Selon la gouverneure de la Province du Sud, Alice Kayitesi, des contacts sont en cours avec des hommes affaires de la province afin de leur […]
Museveni yagarutse ku isabukuru y’imyaka 48 ya Muhoozi yavugishije abamurwanya
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda yongeye kugira icyo avuga ku isabukuru yavugishije abatari bacye y’imyaka 48 y’umuhungu we, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yizihijwe ku itariki ya 24 Mata 2022 . Perezida Museveni yavuze ko urubyiruko rushyigikiye Muhoozi rwashakaga guca intege impirimbanyi zitavuga rumwe n’ubutegetsi zashakaga kubyaza umusaruro intege nke za NRM ku nyungu za politiki […]
Urubyiruko rurenga ibihumbi 18 rugiye kwinjizwa muri FARDC
Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo iherutse kwemeza umushinga wo kuvugurura igisirikare cy’igihugu, FARDC, aho urubyiruko 18,200 ruzinjizwamo hagati y’umwaka w’2022 n’2025. Uyu mushinga watangiye gushyirwa mu bikorwa muri Kanama 2022, uzaba urimo kongerera ubushobozi FARDC mu bijyanye n’ibikoresho ndetse n’ubumenyi, ku buryo izashobora kurinda umutekano w’igihugu. Hateganyikwe kubaka ibigo birimo ishuri rikuru rizajya […]
Byinshi kuri Ramzi Yousef, ikihebe kabuhariwe cyacuze umugambi wo kwivugana Papa
Ramzi Ahmed Yousef, wavukiye muri Koweti ku ya 27 Mata 1968, ni ikihebe kabuhariwe cyateguye igitero cya bombe ku miturirwa zy’ubucuruzi y’impanga izwi nka World Trade Center mu 1993. Ni umwe mu bagize uruhare mu gutegura ibikorwa by’iterabwoba bikomeye byavumbuwe kugeza ubu, birimo umugambi waburijwemo wo guturikiriza indege 11 hejuru y’inyanja ya pasifika n’undi nawo […]
Musanze: Ibyishimo ni byose ku bahwituzi b’isuku bishyuwe n’akarere kari karabambuye
Abaturage basaga 60 bo mu karere ka Musanze, barishimira ko bishyuwe asaga miliyoni zirindwi n’ibihumbi magana abiri by’amafaranga y’u Rwanda (7.200.000 Frw) bari barambuwe n’akarere kandi baragakoreye nk’abashinzwe irondo ry’isuku mu gihe cy’amezi atandatu yose Bari bamaze badahembwa. Ni nyuma y’aho ikinyamakuru BWIZA kibakoreye ubuvugizi aho cyegereye umuyobozi w’akarere ka Misanze wungirije ushinzwe imibereho myiza […]
Mu Bubiligi: Abacamanza 55 bafunzwe kugira ngo basogongere ku mibereho y’imfungwa
Abacamanza 55 bo mu Bubiligi bafungiwe muri gereza yo mu murwa mukuru, Bruxelles, guhera kuri uyu wa 17 kugeza kuri uyu wa 18 Nzeri 2022 kugira ngo basogongere ku mibereho y’imfungwa n’abagororwa. Leta y’u Bubiligi, nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abafaransa bwabitangaje, yasobanuye ko aba bacamanza b’abakorerabushake, bafungiwe muri gereza nshya ya Haren kuva saa tatu z’igitondo, […]
Perezida Joe Biden yaburiye Putin ku gukoresha intwaro za kirimbuzi
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yihanangirije mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, amusaba kwirinda gukoresha intwaro za kirimbuzi cyangwa iz’ubumara nyuma y’uko ingabo ze zikomeje kwamburwa ahantu hatandukaye zari zarigaruriye mu ntambara yo muri Ukraine . Mu kiganiro “60 Minutes”yagiranye na US TV gitambuka kuri iki Cyumweru, Perezida Joe Biden yagize […]
Kasuku yavuze ko ‘ya videwo’ y’umuhanzi Bwiza ishobora kuba ihari cyangwa idahari
Kasuku cyangwa Jay Squeezer umenyerewe ku mbuga nkoranyambaga, yatangaje ko amashusho byahwihwishwe ko agaragaza umuhanzi Bwiza EmĂ©rance asambana, ashobora kuba ahari cyangwa adahari. Kasuku aherutse gutangaza ko ashobora gushyira ku karubanda amashusho agaragaza uyu muhanzi asambana, Bwiza amusubiza ko nta mafaranga ateze kumuha, bityo ngo akore icyo ashaka. Ikinyamakuru BWIZA cyagiranye ikiganiro n’uyu muhanzi, kimubaza […]
Ubwato bwikoreye toni 30,000 z’ingano bwahagurutse muri Ukraine bwerekeza muri Afurika
Kuri uyu wa Gatandatu, minisiteri y’ibikorwaremezo ya Ukraine yatangaje ko ubwato bwa gatatu bw’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa ku Isi (WFP), bwavuye ku Cyambu cya Chornomorsk cyo ku Nyanja y’Umukara muri Ukraine bwikoreye toni zigera ku 30.000 z’ingano werekeza muri Afurika . Mu itangazo yashyize ahagaragara, iyi minisiteri yagize iti“Ubwato bwerekeje muri Ethiopia. Dukurikije […]