Ebola yageze mu Mujyi wa Kampala

Icyorezo cya Ebola cyishe umuntu wa mbere mu Mujyi wa Kampala muri Uganda. Iki cyorezo kimaze ukwezi giteye kimaze kwica abantu 19 muri 54 byamenyekanye ko bacyanduye. Amakuru avuga ko uwapfuye ari umugabo ushobora kuba yaranduye, agahunga akato akigira Kampala nk’uko Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ruth Aceng yabitangaje. Ntibyavugwaga ko muri Kampala haba hari Ebola gusa […]

PM Ngirente replaces fired RURA boss

Rwandan Prime Minister Dr Edouard Ngirente has appointed Eng. Emile Patrick BAGANIZI to be acting Director General of Rwanda Utilities Regulatory Agency (RURA), effective today 11th October 2022. Primature, PM office via Twitter announced the development that comes after one day of firing Eng. Deo Muvunyi over failures and indiscipline.

U Rwanda ruri kwereka inteko zishinga amategeko zo ku Isi uruhare rw’umugore mu iterambere ryarwo

Umunyamabanga Mukuru wa IPU yavuze ko babonye umwanya wo kwigira ku Rwanda

Kuri uyu wa 11 Ukwakira 2022 i Kigali hateraniye inama y’145 y’ihuriro ry’inteko zishinga amategeko ku Isi ifite insanganyamatsiko igira iti “Uruhare ry’Inteko zishinga amategeko mu guteza imbere ihame ry’uburinganire nk’uburyo bufasha Isi kwishakamo ibisubizo ndetse no kugera ku mahoro arambye”. Mukabarisa Donatille ukuriye umutwe w’abadepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda asanga hari byinshi […]

Mukuralinda abona amagambo y’Abanyekongo asa n’agamije kubangamira ibyemezo bya EAC

Umuvugizi wungirije wa guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda abona amagambo abategetsi bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) asa n’agamije kubangamira ibyemezo byafashwe n’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EAC. Mukuralinda mu kiganiro yagiriye kuri Primo Media Rwanda, yasabwe kuvuga ku makuru yavuzwe ko abakomando 150 b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri […]

RURA yabonye Umuyobozi Mukuru w’agateganyo

Eng. Emile Patrick BAGANIZI, kuri uyu wa Kabiri Tariki ya 11 Ukwakira yagizwe by’agateganyo Umuyobozi Mukuru w’Urwego Ngenzuramikorere (RURA). Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byemeje aya makuru mu butumwa bwanyujijwe ku rubuga rwabyo rwa Twitter. Eng. Baganizi yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ibikorwa by’Ubwikorezi (RTDA). Wagizwe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo wa RURA […]

Kylian Mbappé yasabye PSG ko batandukana

Rutahizamu Kylian MbappĂ© w’ikipe ya PSG yo mu Bufaransa, biravugwa ko yaba yasabye iyi kipe ko batandukana muri Mutarama 2023 akajya gushakira ahandi. Ikinyamakuru MARCA cyo muri Espagne cyatangaje ko muri Nyakanga uyu mwaka MbappĂ© yari yabwiye PSG ko ashaka ko batandukana bijyanye n’uko hari amakuru y’uko yifuzwa na Real Madrid yifuzaga kumutangaho miliyoni 160 […]

Rubavu: Impanuka ikomeye y’imodoka yaguyemo babiri batatu barakomereka

vlcsnap-2022-10-11-16h49m29s978.png

Mu Mudugudu wa Kabindi, mu Kagari ka Mahoko, ho mu Murenge wa Kanama, Akarere ka Rubavu, ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere habereye impanuka ikomeye yaguyemo abantu babiri abandi batatu barakomereka ndetse yangiza ibintu byinshi. Umuturage wabonye iyi mpanuka wavuganye na Bwiza yagize ati “ Iyi mpanuka yabaye yabaye ahagasana saa kumi n’ebyiri n’iminota […]

Rubavu: Umuryango wigeze kwandikira Perezida Kagame umutakira ngo awurenganure uri mu marira

signeeeee_peres.jpg

Umuryango wa Kanyabutembo Virginie uba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika uravuga ko nyuma y’uko ukomeje kurenganira mu nkiko mu buryo bugaragara, wandikiye Perezida Kagame umusaba kuba yabarenganura kuko ahandi baburaniwe , aho kuri ubu inzu yawo igiye kongera kugurishwa bwa kabiri mu buryo uvuga ko ari ubw’amaherere. Kanyabutembo wigeze nubundi gushimira umukuru w’igihugu ku […]

Ugandan MP missing in Nairobi after boarding taxi

The East African Kenyan police on Tuesday said they are investigation an incident where a Ugandan MP went missing in the city. Mr David Wandendeya Wakikona, the Member of Parliament for Bududa in Uganda, was reported missing after he boarded an Uber taxi from the Kilimani area to the City Center early Sunday morning. The […]

Perezida Kagame yashimangiye uruhare rw’umugore mu kubohora igihugu no kongera kwiyubaka

Ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama ya 145 ihuza inteko zishinga amategeko z’ibihugu bitandukanye iteraniye I Kigali, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yongeye gushimangira uruhare rw’umugore mu kubohoza igihugu no muri sosiyete mu rwego rwo kubaka amahoro arambye ndetse yongera gushimangira ko nta gihugu gikwiye kuba nyamwigendaho hakwiye gukorana n’ibindi . “Ku Isi yose inteko ibereyeho […]

Iyo turi imuhira ahinduka Jenerali w’inyenyeri eshanu_Gen Muhoozi ku mugore we

Umujyanama mukuru wa Perezida Yoweri Museveni ku bikorwa byihariye, Gen Muhoozi Kainerugaba, yahishuye ko umugore we Charlotte Nankunda Kutesa agira igitsure cyinshi ku buryo iyo bari kumwe aba ameze nka Jenerali w’inyenyeri eshanu. Gen Muhoozi yabigarutseho yabikomojeho ku wa Mbere ubwo yari kuri Sky Hotel i Kampala, mu musangiro wamuhuje n’abamushyigikiye mu rwego rwo kwishimira […]

Umudepite wo muri Uganda yaburiwe irengero nyuma yo gutega imodoka i Nairobi

Umudepite mu Nteko Ishinga amategeko ya Uganda, David Wandendeya Wakikona yaburiwe irengero nyuma yo gutega imodoka ubwo yari mu Mujyi wa Nairobi ku Cyumweru mu gitondo. The East African itangaza ko Polisi ya Kenya kuri uyu wa Kabiri yatangaje ko iri gukora iperereza ku ibura rya David Wakikona wabuze nyuma yo gutega itagisi (Uber tax) […]

Amezi ane arashize umutwe wa M23 ugenzura umujyi wa Bunagana

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 11 Ukwakira Inyeshyamba za M23 zujuje amezi ane zigaruriye Umujyi wa Bunagana uherereye muri Kivu y’Amajyaruguru, mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . I Rutshuru, ingabo za leta zikomeje kubahiriza agahenge ndetse ntizigerageza no kwisubiza umujyi nyamara ari umujyi w’ingenzi kuri iyo ntara. Mu mezi 4 ashize, ngo […]

Intambara ya Suez: Umunsi u Bufaransa, u Bwongereza na Israel byateraniraga Misiri mbere yo gukangwa na USA na USSR

frenchtroops.jpg

Ikibazo cy’Umuyoboro wa Suez, rimwe na rimwe bakunze kwita Intambara ya Suez, cyangwa Operation Kadesh, ni intambara yatangiye mu 1956 ku butaka bwa Misiri. Ni intambara yahuje Misiri n’ihuriro ry’ibanga, ryashyizweho na protocole ya Sèvres, ibiganiro byaryo byabaye kuva ku ya 21 kugeza ku ya 24 Ukwakira 1956, ryashinzwe n’u Bufaransa, u Bwongereza na Leta […]

Ingabire Victoire yakiriye abo mu Nteko y’u Buholandi bari mu Rwanda

Ingabire yaganiriye n'aba bashingamategeko ku ngingo zitandukanye

Umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda yakiriye Depite Agnes Mulder na Senateri Joob Atsma bagize Inteko ishinga amategeko y’u Buholandi. Mulder na Atsma baje mu Rwanda kwitabira inama mpuzamahanga ihuza abahagarariye Inteko z’ibihugu bitandukanye ku Isi, IPU (Inter-Parliamentary Union) iri kubera i Kigali guhera kuri uyu wa 11 Ukwakira 2022. Ingabire yatangaje […]

RDC: Ababarirwa muri miliyoni 22 barwaye mu mutwe

Minisitiri w’Ubuzima wa Congo Kinshasa, Dr Jean-Jacques Mbungani; yatangaje ko muri kiriya gihugu hari abantu babarirwa muri miliyoni 22 barwaye indwara zo mu mutwe, agaragaza ko Guverinoma ikeneye abantu bo gushora imari mu buvuzi bwo mu mutwe mu rwego rwo guca intege kiriya kibazo. Minisitiri Mbungani yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 10 Ukwakira, ubwo […]

Biden yasezeranyije Ukraine ubwirinzi buhambaye bw’ibitero byo mu kirere

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA), Joe Biden, yijeje mugenzi we wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ubwirinzi buhambaya bw’ibitero bituruka mu kirere nyuma y’ibisasu ingabo z’u Burusiya zarashe kuri uyu wa 10 Ukwakira 2022. Ubwo ingabo z’u Burusiya zari zimaze kugaba ibitero byo mu ntera ndende mu bice bitandukanye bya Ukraine, Biden na Zelensky […]

Umukinnyi yirukanwe ashinjwa kurogesha mugenzi we wifuzwaga na Rayon Sports

Rukundo ni umwe mu bazamu b'abahanga u Burundi bufite

Ikipe ya Le Messager Ngozi iri mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Burundi yirukanye umuzamu wayo wa kabiri, Ndikumana Alain, imushinja kurogesha mugenzi we ubanza mu kibuga, Rukundo OnĂ©sime wifuzwaga na Rayon Sports mu Rwanda. Rukundo usanzwe ari umuzamu w’ikipe y’igihugu, mu kiganiro yagiranye n’urubuga Yaga, yasobanuye ko byose byatangiye ubwo yari yaje mu […]

I missed Rwandans, says Jimmy Gatete as he lands in Kigali

Rwandan soccer legend Jimmy Gatete said he missed Rwandans after nearly a decade after he retired. The 38-year-old arrived in Kigali on Monday, October 10. He is among several other football legends who will grace the official launch of the Legends in Rwanda event gala scheduled for October 12-14. “I missed Rwandans and the country,” […]

Mike Sonko wayoboye Nairobi yahaye urwamenyo abaparakomando ba Uganda

Mike Sonko yasuzuguye abaparakomando ba Uganda

Mike Sonko wabaye Guverineri w’intara ya Nairobi muri Kenya yahaye urwamenyo abaparakomando ba Uganda bakoze imyiyerekano mu birori byo kwizihiza umunsi w’ubwigenge. Muri ibi birori byabereye i Kampala tariki ya 9 Ukwakira 2022, aba baparakomando bagaragaye bagendera mu mitaka, ariko bamwe muri bo ntibyabagendekeye neza kuko bakoze impanuka, bagwa aho batateganyije. Byatumye Sonko yibutsa Abanyakenya […]

Minembwe: Umusirikare wa FARDC yishe atemaguye umwana w’umunyeshuri w’Umunyamulenge

Abanyeshuri ndetse n’abarimu bo mu Minembwe muri Teritwari ya Fizi, mu burasizuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, kuri uyu wa Mbere biriwe mu myigaragambyo yo kwamagana ubwicanyi bwakorewe umunyeshuri wishwe n’umusirikare wa FARDC amutemaguye, aho bivugwa ko yaba yarazize gusa nk’Abanyawanda . Ni imyigaragambyo yitabiriwe n’abanyeshuri n’abarimu babo nyuma y’urupfu rw’uwitwa Mugaza Samuel, umusore […]

Umunyamideli Neema Ngerero wasanzwe yapfiriye mu modoka muri USA agiye gushyingurwa

f119633b-51d7-4384-8f6f-ea58b20016c1-1840071664835869.jpg

Umunyamideli Neema Ngerero wasanzwe yapfiriye mu modoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, azashyingurwa kuwa 14 Ukwakira 2022. Uyu munyamideli watangaga icyizere yapfuye kuwa 3 Ukwakira, agwa ahitwa Arizona afite imyaka 25. Musaza we, Kenny Ngerero yavuze ko mushiki we yasanzwe yapfiriye mu modoka yari mu igaraje rifunze ariko hari umunuko wa gazi itera umuntu […]

RDC: Abantu bane barimo umushoferi n’abamotari biciwe mu gitero cy’inyeshyamba

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Ukwakira 2022, abantu bane barapfuye abandi barakomereka bikabije, mu gitero cy’abantu bataramenyekana. Ni umushoferi n’abamotari batatu biciwe ku muhanda wa Mongbwalu-Dala, uherereye mu birometero birenga 85 mu majyaruguru y’umujyi wa Bunia, umurwa mukuru w’intara ya Ituri . Umuyobozi wa komini ya Mongbwalu wahaye aya makuru congo-press.com, yemeza ko […]

Jimmy Gatete yasesekaye mu Rwanda

Rutahizamu Jimmy Gatete wakanyujijeho mu kipe y’igihugu ‘Amavubi’, yamaze kugera i Kigali aho yageze mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 10 Ukwakira. Gatete usanzwe aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasesekaye ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali mu ma Saa sita z’ijoro ryacyeye. Uyu munyabigwi w’Amavubi y’u Rwanda yaje muri gahunda […]