UPDF iravuga ko impuguke za Loni zidafite uburenganzira bwo kuyiha amasomo
Raporo y’Umuryango w’Abibumbye (UN) yashidikanyije ku mikorere ya Operation Shujaa ya Uganda ihuriweho n’ingabo za Uganda n’iza RDC igamije kurwanya inyeshyamba za ADF, aho umuvugizi wa UPDF yatangaje ko impuguke za Loni ari bo bantu ba nyuma bakwiye kubaha amasomo. Mu Gushyingo 2021, nibwo Perezida Museveni yemeye kohereza ingabo muri DRC guftnya na FARDC mu […]
Abayobozi 9 batazibagirana mu mateka y’Isi
John Quincy Adams wabaye Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika yigeze kuvuga ati “Igihe ibikorwa byawe abandi babifatiraho urugero cyangwa bibafasha gutekereza kure no kwiga cyane, gukora ibirenze, icyo gihe uba uri umuyobozi. Kuba umuyobozi ni ugufasha rubanda, bakagira amatsiko, bakamenya uburenganzira bwabo, inzozi zabo ndetse n’uburenganzira bwo kugira inzozi.” Si byabindi ngo umuyobozi […]
Colonel Nzenze abona nta ‘byacitse’ kuba M23 yakwambara impuzankano ya RDF

Colonel Nzenze Imani uyobora abarwanyi ba M23 bari barafashe gurupoma ya Kibumba yatangaje ko nta ‘byacitse’ kuba we na bagenzi be bakwambara impuzankano zirimo iz’igisirikare cy’u Rwanda kizwi nka RDF. Uyu musirikare yabivuze ashingiye kuri raporo zitandukanye zirimo izasohowe n’urwego rw’ubutasi rwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ndetse n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye, ubwo yari mu […]
Ubuyobozi bwa APR FC buratekereza uko yajya itozwa n’Abanyarwanda gusa
Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt Gen. Mubarakh Muganga, yatangaje ko bari gutekereza uburyo mu gihe kizaza iyi kipe yazajya itozwa n’Abanyarwanda gusa bayisobanukiwe. Uyu musirikare yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma yo gusangira iminsi mikuru na bo, anifuriza ikipe ayoboye umwaka mushya muhire, nk’uko urubuga rwayo rubisobanura. Lt Gen. Muganga yasobanuye ko impamvu batekereza […]
Rusizi: Abenshi mu bana bakurwa mu buzima bwo mu muhanda basanganwa ihungabana

Ubuyobozi bw’akarere ka Rusizi n’ubwa Diyoseze Gatolika ya Cyangugu bumaze iminsi bukura abana mu buzima bubi babagamo, barimo n’abo mu muhanda, bagasubizwa mu buzima bwiza burimo no kwiga, buravuga ko abenshi muri aba bana basanganwa ihungabana rikomeye riterwa n’ibyo banyuzemo, hakenewe ubufatanye bw’inzego zose ngo bitabweho. Mu gikorwa cyo guha Noheli abana 181 bakuwe mu […]
Perezida Putin yemeje ko u Burusiya bwiteguye kuganira ku kibazo cya Ukraine
Perezida Vladimir Putin yavuze ko u Burusiya bwiteguye gushyikirana n’impande zose zifite uruhare mu ntambara yo muri Ukraine ariko ko Kyiv n’abayishyigikiye iburengerazuba banze kugirana ibiganiro . U Burusiya bwateye muri Ukraine ku ya 24 Gashyantare mu ntambara yahitanye abantu benshi mu Burayi kuva Intambara ya Kabiri y’Isi Yose yarangira ndetse bitera no guhangana gukomeye […]
Nyamasheke: Bategereje inguzanyo y’imishinga yagizweho ingaruka ya COVID-19 baraheba

Bamwe mu banyamuryango ba Karambi Vision SACCO (KVS), umurenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke bakoraga ibibinjiriza amafaranga bikagirwaho ingaruka na COVID-19, baravuga ko basabwe kwandikisha imishinga yabo yagize ibyo bibazo bizeye guhabwa inguzanyo na Leta biciye mu kigenga cy’ingwate (BDF), babwirwa ko bazayihabwa vuba, barayitegereza baraheba. Nk’uko iby’iyi nguzanyo Bwiza.com yabisobanuriwe n’umucungamutungo w’iki kigo […]
M23 iravugwaho gushimuta abantu 52 ahitwa Rusekera
Kuri uyu wa Gatandatu, inyeshyamba za M23 zashinjwe gushimuta abasivili 52 mu Mudugudu wa Rusekera muri Teritwari ya Rutshuru, iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nk’uko umwe mu bashinzwe umutekano yabitangarije Ibiro Ntaramakuru bya Turkiya, Anadolu Agency. Umuvugizi wa M23, ishami rya politiki, Lawrence Kanyuka, kuri twitter […]
Karidinali Kambanda arasaba abifite gusangira Noheli n’abakene
Umukuru w’inama y’abepisikopi mu Rwanda, Antoine Karidinali Kambanda, arasaba abifite mu butunzi gusangira umunsi mukuru wa Noheli n’abakene, by’umwihariko. Karidinali Kambanda yabibasabiye mu butumwa bwa Noheli yatanze kuri uyu wa 24 Ukuboza 2022, habura amasaha make ngo umunsi nyirizina ugere. Yagize ati: “Noheli ni ubwitange kugira ngo bose tubasangize ku buzima, amahoro n’ibyishimo Kirisitu yatuzaniye. […]
KNC yatangaje ko nta kipe izongera gukura amanota kuri Gasogi United
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles yatangaje ko nta kipe izongera gukura amanota kw’ikipe ye guhera mu mikino yo kwishyura (2nd leg) ya shampiyona y’icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru. KNC [impine y’amazina ye], yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, nyuma y’aho ikipe ye yatsinze Rayon Sports igitego kimwe ku busa (1-0), mu mukino ufunga igice […]
Des soldats des RDF terminent leur formation aux opérations spéciales

Les soldats des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) ont conclu jeudi un cours de base de 10 mois sur les opĂ©rations spĂ©ciales au Centre de formation militaire de base (BMTC) de Nasho dans le district de Kayonza . Le chef d’Ă©tat-major de la DĂ©fense (CDS) des RDF, le gĂ©nĂ©ral Jean Bosco Kazura, a vu les […]
Abajenerali 4 bafite ubukungu bw’u Burundi mu biganza byabo
Ikinyamakuru La Libre Belgique cyo mu Bubiligi kuri uyu wa Kane ushize cyakoze inkuru ivuga ko mu Burundi hari agatsiko k’abagabo bane bagenzura ubukungu bw’igihugu barimo Perezida Evariste Ndayishimiye ubwe . Abavugwa bose muri iyi nkuru, nta n’umwe uragira icyo ayitangazaho ngo ahakane cyangwa yemeze ibyamuzweho. Umurundi wavuganye n’iki kinyamakuru nk’uko kibitangaza mu nkuru yacyo […]
Nari nizeye ko Argentina izatwara igikombe cy’Isi na nyuma yo gutsindwa na Saudia Arabia: Lewandowski
Rutahizamu mu mupira w’amaguru ukinira ikipe y’igihugu ya Poland na FC Barcelona, Robert Lewandowski, yatangaje ko yari yizeye ko ikipe ya Argentina yagombaga gutwara igikombe cy’Isi na nyuma y’aho yari imaze gutsindwa umukino wa mbere w’amatsinda n’iya Saudi Arabia. Kuri uyu mukino wabaye tariki ya 22 Ugushyingo 2022, ikipe ya Saudi Arabia yatsinze iya Argentina […]
Zambia: Bakuye mu mategeko igihano cy’urupfu n’icyaha cyo gusebya umukuru w’igihugu
Kuri uyu wa Gatanu ushize, itariki ya 23 Ukuboza, Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema, yemeje umushinga w’itegeko rihagarika igihano cy’urupfu mu gitabo cy’amategeko ahana ndetse n’icyaha cyo gusebya Umukuru w’igihugu. Iki gihano cyari gisanzwe cyarahagaritswe by’agateganyo muri Zambia mu 1997 . Iki gihugu kinjiye mu ruhande rw’ibihugu byahagaritseiki gihano mu mategeko yabyo muri uyu mwaka […]
Ukraine: Ibisasu by’u Burusiya ku Mujyi wa Kherson byahitanye barindwi benshi barakomereka

Kuri uyu wa Gatandatu, ibisasu by’u Burusiya byibasiye umujyi wa Kherson wo mu majyepfo ya Ukraine, bihitana abantu barindwi abandi 58 barakomereka nk’uko iyi nkuru dukesha Euronews ivuga . Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, wari uvuye mu rugendo i Washington, yashyize ku mbuga nkoranyambaga akoresha amafoto y’ibisigazwa. Yavuze ko gusenya byabaye mu gihe abanya Ukraine […]
Tuzashaka umuti nihagira izindi ngabo zitari iza EAC zinjira muri Kibumba: Col. Nzenze wa M23
Umuyobozi w’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bari bafite ibirindiro muri Kibumba, Colonel Nzenze Imani, yatangaje ko nihagire izindi ngabo zitari iz’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACRF, zinjira muri aka gace, bazazishakira umuti. Col. Nzenze yabimenyesheje abanyamakuru ubwo yari mu muhango wo gushyikiriza ku mugaragaro EACRF ibirindiro bari bafite muri Kibumba, tariki ya 23 Ukuboza 2022. […]
FARDC yatanze impuruza nyuma y’aho abarwanyi ba M23 bavuye muri Kibumba
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FARDC, cyatanze impuruza nyuma y’aho abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 bavuye mu birindiro bari bafite mu gace ka Kibumba. Tariki ya 23 Ukuboza 2022, abarwanyi ba M23 bayobowe na Colonel Nzenze Imani ni bwo bavuye ku mugaragaro muri Kibumba. Ni igikorwa cyitabiriwe n’abarimo umuyobozi w’ingabo z’umuryango wa […]
Ibibanza 5 byiza biherereye i Rusororo bifite ibyangombwa byo kubaka bigurishwa make

Mu murenge wa Rusororo, akarere ka Gasabo hari ibibanza 5 byo kubaka , bifite ibyangombwa byose kuburyo uwagura wese yahita atangira kubaka. Abifuza kugura ibi bibanza mwahamagara kuri telephone igendanwa 0781448081, mukigurira bitarashira.Ikibanza 1 Iki kibanza giherereye mu murenge wa Rusororo, akagari ka Nyagahinga , hirya Riviera School, iki kibanza gifite ubuso na UPI…..9131: 457 […]