Miss Jolly yabaye umufana mushya wa Kiyovu Sports, ashotora Aba-Rayon
Nyampinga w’u Rwanda muri 2016, Mutesi Jolly yavuze ko yabaye umufana mushya wa Kiyovu Sports nyuma yo kubona Perezida Paul Kagame yambaye umupira w’icyatsi ndetse ashotora abafana ba Rayon Sports. Ibi yabitangaje kuri uyu wa gatatu binyuze ku rubuga rwa Twitter aho yasaga n’usubiza ikibazo umunyamakuru Robert Cyubahiro McKenna yari yabajije abo kuri Twitter. Robert […]
Ingabo z’u Burundi zatangiye kugenzura bimwe mu bice M23 yari yarafashe muri Masisi

Ingabo z’u Burundi zibarizwa mu mutwe w’ingabo w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EACRF, zatangiye kugenzura bimwe mu bice byari byarafashwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi. Ibi bice ni Sake, Busangara, Kingi, Kabati na Kilolirwe. Zatangiye kubigenzura nyuma y’uruzinduko ubuyobozi bwa EAC burimo komanda Maj. Gen. Jeff Nyagah bwahagiriye kuri uyu wa 14 […]
Uburyo bworoheje bwo kugabanya umuvuduko ukabije w’amaraso bidasabye ko kugana ivuriro
Umuvuduko ukabije w’amaraso ushobora kwangiza umutima mu gihe runaka. Uburyo bwo kugabanya iyi ndwara, harimo gukora imyitozo ngororamubiri isanzwe, guhindura imirire ndetse n’izindi. Iyo utagenzuwe, umuvuduko ukabije w’amaraso bishobora gutera ibyago byo kurwara umutima ndetse ukagira n’ikibazo ku bwonko. Nk’uko Medicalnewstoday.com ibitangaza, dore uburyo bworoheje wakoresha, ukagabanya umuvuduko ukabije w’amaraso bidasabye ko ujya kwa muganga. […]
Harmonize ari kureshya inkumi avuga ko nta SIDA arwaye
Umuhanzi Harmonize ari kureshya inkumi binyuze mu gutangaza ko nta bwandu bwa Virusi itera SIDA afite mu maraso ye ndetse no guhora avuga ko nta mukunzi afite. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, uyu muhanzi yibukije abafana be barenga miliyoni 6 bamukurikira kuri urwo rubuga ko yujuje imyaka 33 y’amavuko. Si ibyo gusa, dore yangoye […]
FIFA Mini-Tournament: Ikipe ya Perezida Kagame yatangiranye intsinzi
Ikipe yagaragayemo Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yegukanye intsinzi mu irushanwa rito ryateguwe n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira ku Isi (FIFA) riri kubera i Kigali. Ni irushanwa riri gukinirwa ku yahoze ari Stade ya Kigali y’i Nyamirambo yahinduriwe izina ikitwa Kigali Pele Stadium mu rwego rwo guha icyubahiro rurangiranwa muri ruhago Edison Arantes do Nascimento ‘Pele’. Kuri uyu […]
RDC yaba igiye kugura indege nshya z’intambara mu Bushinwa
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kiri mu biganiro n’igihugu cy’u Bushinwa cyifuza kugurisha RDC indege nshya z’intambara. Impande zombi ziheruka guhurira mu biganiro byabereye i Kinshasa. Ni ibiganiro uruhande rwa Congo rwari ruhagarariwemo na Lt Gen Franck Ntumba ukuriye ibiro bya gisirikare mu ngoro ya Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo. Intumwa z’u Bushinwa […]
Kenya: Raia wa Ujerumani mwenye umri wa miaka 80 aliuawa nyumbani kwake
Raia wa Ujerumani alipatikana ameuawa nyumbani kwake Olodokilani Kajiado Magharibi nchini kenya . Mwili wa Wilko Milicinovic, 80, ulipatikana kwenye dimbwi la damu Jumanne na mfanyakazi wake, polisi walisema. Mwili ulikuwa umefungwa kwenye kitanda chake. Jicho lake la kushoto lilikuwa limeng’olewa na alikuwa na majeraha makubwa kichwani. Polisi walisema wauaji hao walivamia nyumba yake na […]
Abanyamakuru 5 mu bafashe amashusho ya Perezida Kiir yihagarikaho bamaze kurekurwa
Leta ya Sudani y’Epfo imaze kurekura mu bihe bitandukanye abanyamakuru batanu mu bari bafunzwe bazira gufata amashusho Perezida Salva Kiir, ubwo yatungurwaga, akihagarikaho mu ruhame. Tariki ya 13 Ukuboza 2022 mu muhango wo gufungura ku mugaragaro igice cy’umuhanda uhuza umurwa mukuru, Juba, n’umujyi wa Terekeka ni bwo Perezida Kiir yihagaritseho bitewe n’uburwayi bwa Diyabete amaranye […]
Des demandeurs d’asile obtiennent l’autorisation de contester la politique du Royaume-Uni au Rwanda
Un juge de la cour d’appel a statuĂ© qu’un groupe de demandeurs d’asile peut intenter une action en justice contre le ministère de l’IntĂ©rieur pour ce qu’ils prĂ©tendent avoir Ă©tĂ© un manquement Ă l’examen des dangers et des risques de les expulser vers le Rwanda . Lord Justice Underhill, vice-prĂ©sident de la division civile de […]
RDC iravuga ko Ingabo zayo ziri kurwana n’iz’ibihugu 2
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula, yatangaje ko igihugu cye kiri mu ntambara n’Ingabo z’ibihugu bibiri ndetse n’umutwe w’iterabwoba. Yabitangaje ku mugoroba wo ku wa Mbere w’iki cyumweru ubwo we na mugenzi we w’itumanaho, Patrick Muyaya baganiraga n’itangazamakuru. Minisitiri Lutundula yirinze kwerura ngo atangaze Ingabo z’ibihugu bihanganye na RDC mu […]
RDC: Urukiko rwateye utwatsi icyifuzo cya Depite Mwangachuchu
Depite Edouard Mwangachuchu ukurikiranweho kwigomeka ku butegetsi no gutunga ibikoresho bya gisirikare binyuranyije n’amategeko, ubusabe bwe bwo gufungirwa mu rugo kugirango abone uko yivuza bikwiye, bwatewe utwatsi n’urukiko Rukuru rwa Gisirikare ubwo yarwitabaga kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Werurwe . Ubwunganizi bwashakaga kubona iki cyemezo cyo kurekura umukiriya wabwo by’agateganyo, ariko umucamanza wa gisirikare […]
Ubuzima bwa Robert Oppenheimer wazanye ‘urupfu mu Isi’

Buri gihe uko habayeho intambara mu Isi ihanganisha kimwe mu bihugu bitunze intwaro kirimbuzi, hahita hibazwa ku mugabo wazikoze ku nshuro ya mbere, akaziha ubushobozi bwo gutsemba buri gihumeka kiboneka mu Isi. Julius Robert Oppenheimer wakoze ibisasu kirimbuzi bya mbere byaroshwe ku migi y’Abayapani mu ntambara ya kabiri y’Isi, yavukiye New York muri Leta zunze […]
Ubushobozi bucye bwa FARDC, ingaruka z’inzego z’ubutasi za cyabakanga

Ubushobozi bucye bw’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ngo buterwa n’ubushobozi bucye bw’inzego z’ubutasi, haba ku ruhande rwa gisirikare (Icyahoze ari DĂ©tection militaire des activitĂ©s anti-patrie, DEMIAP) n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubutasi (ANR), kimwe n’Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka (DGM) . Nk’uko bitangazwa n’urubuga Africaintelligence, abayobozi b’izi serivisi, nka Jean-Claude Bukasa uyobora Inama y’Igihugu y’Umutekano (CNS), […]
Umunyamabanga wa USA ari muri Ethiopia

Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Antony Blinken, yageze muri Ethiopia kuri uyu wa 14 Werurwe mu rwego rwo kongera umubano w’igihugu cye na Afurika ndetse no gushyigikira amasezerano y’amahoro yasinywe hagati y’umutwe witwaje intwaro wa TPLF na Leta ya Ethiopia. Urugendo rwa Antony Blinken ruje ari urwa kabiri rw’abayobozi bakuru muri guverinoma y’Amerika kuva […]
Ngororero: Gitifu w’umurenge avuga ko amaze gutanga hafi Frw miliyoni 9 ku mugore wamuhagarikishije mu kazi
Kabange Jean d’Amour umaze amezi atatu ahagaritswe by’agateganyo ku mwanya w’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Kageyo mu karere ka Ngororero avuga ko amaze gutanga amafaranga y’u Rwanda hafi miliyoni 9 ku mugore babyaranye abana babiri. Uyu mugore witwa Mukamana Angelique utuye mu murenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu avuga ko Gitifu Kabange yategetswe kujya amuha […]
Abanyeshuri mu ishuri rikuru rya gisirikare muri Kenya bari mu rugendoshuri mu Rwanda

Itsinda ry’abanyeshuri, abarimu n’abakozi bo mu ishuri rikuru rya gisirikare ryo muri Kenya rizwi nka Kenya Defence Forces Joint Command and Staff College ryakiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean Bosco Kazura ku cyicaro gikuru cya RDF, Kimihurura . Umuyobozi w’iryo tsinda, Brig Gen Joakim Ngure Mwamburi, yavuze ko uru ruzinduko rugamije kongera imyumvire […]
Umuhanzi Davido yashyize mu rujijo abamukurikira kuri Instagram
Umuhanzi David Adedeji Adeleke wamenyekanye nka Davido yashyize mu rujijo abafana be, asiba amafoto yo kuri Instagram, asigaza atatu yonyine. Kuri uyu wa 14 Werurwe 2023 ni bwo uyu muhanzi wo muri Nigeria umaze kubaka izina ku Isi biciye mu bihangano bye, yasibye amafoto n’amashusho birenga ibihumbi bine yari afite ku rukuta rwe rwa Instagram. […]
Mu Bwongereza: Abimukira badashaka koherezwa mu Rwanda bahawe andi mahirwe
Abimukira baba mu Bwongereza badashaka koherezwa mu Rwanda hashingiwe kuri masezerano ibihugu byombi byagiranye muri Mata 2022, bahawe amahirwe yo kujurira, basaba ko ateshwa agaciro. Tariki ya 16 Mutarama 2023, aba bimukira barimo abakomoka muri Iran, Iraq na Syria batangaje ko batanyuzwe n’icyemezo cy’urukiko cyo mu Kuboza 2022 kivuga ko aya masezerano yemewe n’amategeko, bateguza […]
P. Kagame arifuza ko abakinnyi b’abanyafurika bafite impano batajya bajya gukina i Burayi
Perezida Paul Kagame yatanze icyifuzo cy’uko abakinnyi b’abanyafurika bafite impano y’umupira w’amaguru batajya bajya gukina ahandi, mu rwego rwo kuzamura urwego rwa ruhago yo kuri uyu uyu mugabane. Umukuru w’Igihugu yabikomojeho kuri uyu wa Kabiri, ubwo we n’umwami Mohammed VI wa Maroc bahabwaga igihembo cy’indashyikirwa mu guteza imbere siporo kizwi nka “CAF President’s Outstanding Achievement […]
FDLR ni Abanyarwanda bakwiye kuba mu Rwanda: Muyaya
Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo akaba na Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru, Patrick Muyaya, yatangaje ko abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa FDLR ari Abanyarwanda bakwiye kuba mu Rwanda. Muyaya yabivuze ku wa 13 Werurwe 2023 ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru i Kinshasa, cyibandaga ku ntambara ikomeje hagati y’umutwe witwaje intwaro wa M23 n’ingabo […]
Manchester City yandagaje Leipzig mu mukino Haaland yandikiyemo amateka

Manchester City yandagaje Leipzig iyitsinda ibitego 7-0, ihita inakatisha itike ya ÂĽ cy’irangiza mu mikino ya UEFA Champions League 2022/2023. Manchester City yari yakiriye RasenBallSports Leipzig kuri Etihad Stadium mu mukino wo kwishyura wa ? mu UEFA Champions League, nyuma y’uko banganyirije mu Budage mu mukino ubanza igitego 1-1. Ku munota wa 18, Manchester City […]