Nyaruguru: Igisasu cyateguwe mu ishyamba hafi y’inzira

Igisasu cyo mu bwoko bwa gerenade (grenade) cyagaragaye mu ishyamba hafi y’inzira nyabagendwa mu mudugudu wa Kalimba, akagari ka Raranzige, umurenge wa Rusenge mu karere ka Nyaruguru. Inzego z’umutekano zahageze, ziragitegura zigiturikiriza hafi aho ngaho. Ibi byabaye kuri uyu wa 16 Mata 2023. Nk’uko Munyankindi Louis, umuyobozi w’Isibo icyo gisazu cyari gitezemo abivuga, iyo gerenade […]
Kenya: Raila Odinga yashinje Visi Perezida Gachagua gushaka kumwica
Umuyobozi wâihuriro ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi muri Kenya, Azimio, ari we Raila Odinga, ubu aravuga ko azajyana Visi Perezida, Rigathi Gachagua mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kubera gushaka kumwica . Kuri iki Cyumweru, ubwo yari muri mitingi ya Azimio yaberaga ku kibuga cya Kamkunji, Raila yavuze ko Gachagua yohereje abapolisi avuga ko barashe amasasu cumi na […]
Moses Turahirwa yatangaje ko anywera urumogi mu mihanda yâi Kigali
Umunyamideli Moses Turahirwa aravuga ko u Rwanda ari cyo gihugu cyonyine kimwemerera kunywera urumogi nkâumuti mu mihanda no mu busitani bwo mu mujyi wa Kigali. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa Instagram, Turahirwa yagize ati: âU Rwanda ni cyo ihugu ku Isi na Africa kinyemerera kunywa umuti wâitabi ryâurumogi ku mihanda no mu busitani bwa […]
Sudani: Abagera kuri 56 bamaze kugwa mu mirwano mu gihe abasaga 500 bakomeretse
Kuri iki Cyumweru, komite nkuru yâabaganga bo muri Sudani yatangaje ko umubare wâabapfuye mu mirwano ikomeje kuba hagati yâingabo za Sudani nâumutwe witwara gisirikare usanzwe wegamiye kuri leta (RSF) ugeze kuri 56 mu gihe abakomeretse ari 595 . Iyi komite yahamagariye ingabo za RSF nâingabo za Sudani gufungura umuhora wâubutabazi kugira ngo abantu bakomeretse cyane […]
Perezida Kagame aremeza ko ikibazo cya RDC, u Rwanda nâakarere atari M23

Perezida Paul Kagame aremeza ko ikibazo cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, u Rwanda nâakarere ibihugu byombi biherereyemo atari umutwe witwaje intwaro wa M23. Ubwo yari mu kiganiro nâabanyamakuru i Cotonou muri BĂ©nin kuri uyu wa 15 Mata 2023, Perezida Kagame wari usabwe nâumunyamakuru kuvuga ku mwuka mubi uri mu mubano w’u Rwanda na RDC, […]
U Burusiya bufite uburenganzira bwo kuba aho bushatse kimwe nâikindi gihugu cyose – Kagame
âU Burusiya bufite uburenganzira bwo kuba aho bushatse hose mu gihe bikurikije amategeko,â ibi ni ibyatangajwe na Perezida Paul Kagame mu kiganiro nâabanyamakuru yatangiye kuri uyu wa Gatandatu ushize muri Benin ari kumwe na mugenzi we, Patrice Talon, ubwo yabazwaga uko abona kuba muri Afurika kwâu Burusiya, ibikomeje guteza umwiryane hagati yabwo nâibindi bihugu byâibihangange. […]
Uganda: Ku mashilingi miliyoni 1,3 umuntu ashobora gutunga imbunda
Ku mashilingi yaUganda ari munsi ya miliyoni 1,3 umuntu ashobora gutunganya ku mugaragaro impapuro zisabwa kugirango abone imbunda yo kwirinda ku giti cye nkâuko amakuru aturuka mu gipolisi cya Uganda (UPF) abyerekana . Nkâuko amakuru avuga, abantu bagomba kuzuza urupapuro rwabugenewe kugirango babone cyangwa bagure imbunda. Ifishi, izwi kandi nka âPolice Form 98â, igura amashiingi […]
Induru zavugiye i London kubera ibitangaza abana bo muri Uganda bagize Ghetto Kids bahakoreye

Mu cyumba kiberamo irushanwa rya Britainâs Got Talent i London mu Bwongereza havugiye induru kubera ibitangaza byakozwe nâabana bo muri Uganda bagize itsinda ryâababyinnyi rizwi nka Ghetto Kids. Iri tsinda ryatangijwe na Dauda Kavuma mu mwaka wâ2013 mu rwego rwo guteza imbere imibereho yâabana bâimfubyi nâababayeho mu buzima bugoye. Abarigize biganjemo ibi byiciro, bakaba bafite […]
Zimbabwe yiyemeje kugeza abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu butabera
Umwe mu bayobozi bakuru muri leta ya Zimbabwe yerekanye ko Harare yiyemeje gufatanya mu gushyikiriza ubutabera abakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda, avuga ko hadashobora kubaho ubutabera nâamahoro arambye batabanje kubazwa ibyo bakoze . Ibi Minisitiri wâububanyi nâamahanga nâubucuruzi mpuzamahanga wa Zimbabwe, Prof. Amon Murwira, yabivuze kuwa Gaatanu mu rwego rwo kwibuka ku […]
Bemba yagaragarije abaminisitiri ingamba zo guhangana nâu Rwanda
Ubu Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo ifite ingamba zifatika zo guhangana nâicyo yita ubushotoranyi bwâu Rwanda mu burasirazuba bwâigihugu, bwihishe inyuma yâumutwe wa M23 no kugarura umutekano nâububasha bwa Leta byangijwe nâabanzi ku rwego rwâigihugu . Izi ngamba zashyizwe ahagaragara ku wa Gatanu mu Nama y’Abaminisitiri na Minisitiri wâIntebe wungirije akaba na […]
Mu Buhinde: Umunyepolitiki nâumuvandimwe we bishwe nâabihinduye abanyamakuru, âcamerasâ zireba

Umunyepolitiki Atiq Ahmad wabaye umushinga amategeko mu Buhinde ndetse nâumuvandimwe we, Ashraf Ahmad, bishwe barashwe nâabihinduye abanyamakuru kuri uyu wa 15 Mata 2023. Atiq na Ashraf, nkâuko France 24 ibitangaza, bari baherekejwe nâabapolisi mu mugoroba ubwo bari bagiye gusuzumirwa ku bitaro mu mujyi wa Prayagraj muri Leta ya Uttar Pradesh. Abanyamakuru babafotoraga, abandi bafata amashusho […]
Abanyekongo bagiye kongera gufata ku ndangamuntu baherukaga ku bwa Mobutu
Abaturage bo muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bagiye kongera gufata ku makarita ndangamuntu baherukaga mu myaka irenga 30 ubwo iki gihugu cyayoborwaga na Mobutu Sese Seko. Minisitiri wâIntebe, Michel Sama Lukonde, yatangarije mu nama yâabaminisitiri yabaye tariki ya 14 Mata 2023, ko indangamuntu ziri gutegurwa kandi ko hagati muri uyu mwaka wâ2023, Abanyekongo baraba […]