Mushikiwabo ntakigiye i Kinshasa

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, ntakigiye i Kinshasa nk’uko byari byatangajwe na Leta ya Congo. Mushikiwabo nk’Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie, ari mu bagombaga gutangiza imikino igomba guhuriza i Kinshasa ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa. Iyi mikino izaba iba ku ncuro ya cyenda iteganyijwe hagati y’itariki ya 28 Nyakanga n’iya 08 […]

USA yafatiye abasirikare bakuru ba Mali ibihano

Ubutegetsi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) kuri uyu wa 25 Nyakanga 2023 bwatangaje ko bwafatiye ibihano abasirikare bakuru ba Mali batatu bubaziza imikoranire n’umutwe w’ingabo wigenga wa Wagner PMC. Aba basirikare, nk’uko Umunyamabanga wa USA, Antony Blinken yabitangaje, ni: Colonel Saido Camara usanzwe ari Minisitiri w’ingabo, Colonel Alou Boi Diarra uri mu buyobozi […]

FDLR yari iherutse gutangaza ko yitegura gutera u Rwanda yahinduye imvugo

Umutwe witwaje intwaro wa FDLR wari uherutse gutangaza ko witegura gutera u Rwanda wahinduye imvugo kuri uyu wa 24 Nyakanga 2023, uhindukira wibasira Leta urwanya. Umuyobozi w’ingabo z’u Rwanda mu karere ka Rubavu, Nyabihu na Rutsiro, Lt Col. Ryarasa William, tariki ya 14 Nyakanga yatangaje ko abarwanyi ba FDLR bayobowe na Iyamuremye Gaston bashinze amahema […]

Umugore yatawe muri yombi ashinjwa guteka uruhinja ngo arurye

Umugore witwa Nadio Manjubo, utuye mu mudugudu wa Chamanikua, paruwasi ya Yayari mu Karere ka Yumbe yatawe muri yombi nyuma y’uko ashinjwe kuba yarishe Angelo Buga w’amezi ane bivugwa ko yaciwemo ibice akabishyira mu isafuriya maze akabiteka nyuma yo kuvuga ko yumva ashaka kurya inyama. Umuvugizi w’igipolisi muri Uganda Fred Enanga avuga ko uyu mugore […]

Ibihugu 50 bya mbere binini kurusha ibindi ku Isi n’ubuso bwabyo

U Burusiya nicyo gihugu kinini kuruta ibindi ku Isi, gifite ubuso bwa 17.098.300km². Ni hafi inshuro ebyiri Canada iza ku mwanya wa kabiri mu gihe hakurikiraho Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa. Igihugu cya Algeria nicyo gihugu cyo muri Afurika kinini kurusha ibindi kiza ku mwanya wa 10. gikurikiwe na Repubulika ya Demokarasi ya […]

WASAC yasabwe ibisobanuro na Sena ku bibazo byagaragajwe n’Umugenzuzi w’imari

f13umepwaaa7gi7.jpg

Abasenateri bagize Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari batumiye Umuyobozi w’agateganyo wa WASAC, Gisele Umuhumuza ngo atange ibisobauro ku bibazo binyuranye byagaragaye muri WASAC biri muri raporo y’Urwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2021/2022. Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka warangiye italiki 30 Kamena 2022 yerekana ko kuva mu kwezi kwa Mutarama 2021,WASAC yari […]

CAF Confederation Cup: Rayon Sports izajya muri Kenya cyangwa Libya

Ikipe ya Rayon Sports ihagarariye u Rwanda muri CAF Confederation Cup, izahurira mu ijonjora rya kabiri n’ikipe izarokoka hagati ya Kakamega Home Boys yo muri Kenya na El Hilal yo muri Libya. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo i Cairo mu Misiri habereye tombola yerekana uko amakipe azahura mu mikino nyafurika. Rayon Sports iri mu […]

Mwangachuchu yihakanye CNDP ya Gen. Nkunda, yita M23 umutwe w’amabandi

Mwangachuchu yihakanye CNDP nk'umutwe witwaje intwaro na M23

Edouard Mwangachuchu ukomeje urubanza rwe mu rukiko rukuru rwa gisirikare i Kinshasa yihakanye CNDP nk’umutwe witwaje intwaro wari uyobowe na General Laurent Nkunda, yita abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 amabandi. Ibi yabivugiye mu rubanza ruheruka tariki ya 21 Nyakanga 2023, agaragaza ko nta ho ahurira n’imitwe yitwaje intwaro yiganjemo abo mu bwoko bw’Abatutsi; CNDP […]

CAF Champions league: APR FC yatomboye ikipe yo muri Somalia

APR FC kuri uyu wa Kabiri yatomboye kuzahura na Gaadiidka FC yo muri Somalia, mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions league. Ni nyuma ya Tombola yabereye ku Cyicaro Gikuru cya CAF giherereye i Cairo. Umukino ubanza hagati y’amakipe yombi uteganyijwe hagati y’itariki ya 18 n’iya 19 Nzeri, mu gihe uwo kwishyura uzaba hagati y’itariki ya […]

Mali yakuye Igifaransa mu ndimi zikoreshwa mu buyobozi nyuma y’imyaka isaga 60

Mu Itegeko nshinga ryayo rishya, Mali yitandukanyije n’Igifaransa, cyari rwo rurimi rukoreshwa mu buyobozi muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba kuva mu 1960 . Mu itegeko nshinga rishya ryemejwe cyane ku majwi 96,91% mu matora yo ku wa 18 Kamena, Igifaransa ntikiri ururimi rukoreshwa n’ubuyobozi. Igifaransa kizaba ururimi rukoreshwa mu kazi guhera ubu, kandi indimi […]

Nkore iki?Umukire ashaka kumpa inkwano ariko akabanza kuryamana na fiancé

Umusore uvuga ko akennye aragisha inama y’icyo yakora nyuma y’uko ngo abuze inkwano kandi umukire w’inshuti ye ngo akaba yarayimwemereye ariko akabanza kwishimisha kuri uwo mukunzi we. Ubutumwa bwe bugira buti”Nitwa… Ntuye i Kagugu mu mujyi wa Kigali, ariko nkaba nari mvuye muri kimwe mu bihugu byo muri Afurika.Ubwo najyagayo nari nagiye mu bikorwa bya […]

Umushinjacyaha Mukuru w’u Burundi yahinduwe

Inteko ishinga amategeko y’u Burundi, umutwe wa Sena, imaze kwemeza ihindurwa ry’Umushinjacyaha Mukuru w’iki gihugu, Nyandwi Sylvestre wari usanzwe kuri iyi nshingano asimbuzwa Manirakiza LĂ©onard. Iki cyemezo gifatiwe mu nama ya sena idasanzwe, yayobowe na Perezida wayo, Sinzohagera Emmanuel, yitabirwa na Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste mu gitondo cy’uyu wa 25 Nyakanga 2023. Hanemejwe kandi […]

Mwendesha mashtaka Brammertz yuko katika ziara ya kikazi nchini Rwanda

Mwendesha Mashtaka Mkuu Serge Brammertz yuko kazini rasmi nchini Rwanda kuanzia tarehe 24 hadi 28 Julai 2023 . Kufuatia kukamatwa kwa Fulgence Kayishema tarehe 24 Mei huko Paarl, Afrika Kusini, Mwendesha Mashtaka Brammertz atatembelea Kumbukumbu ya Mauaji ya Kimbari ya Parokia ya Nyange kukutana na walionusurika na waathiriwa na watu mashuhuri wa eneo hilo. Mwendesha […]

Umugore wa Ali Kiba aramushinja kumugambanira

Umuhanzi Ali Kiba wo muri Tanzaniya n’umugore we wo muri Kenya, Amina Khalef, bagiye batangaza amakuru ku bibazo byabo by’urushako nyuma y’igihe kinini badashaka kubivugaho cyane. Ibibazo by’aba bombi byamenyekanye ubwo Amina yajyanaga kuri Instagram kugira ngo agaragaze ko ashinja Ali Kiba kuba yaramufashe bugwate adashyira umukono ku mpapuro z’ubutane. Ali Kiba mu kiganiro n’abanyamakuru […]

Musanze: Uwari Visi Meya yasobanuye impamvu iyimikwa ry’Umutware w’Abakono ryamweguje wenyine

Rucyahana Mpuhwe Andrew wari Visi Meya w’akarere ka Musanze ushinzwe iterambere ry’ubukungu yasobanuye impamvu, mu bayobozi bose bitabiriye ibirori by’iyimikwa ry’Umutware w’Abakono tariki ya 9 Nyakanga 2023, ari we weguye wenyine. Ubwegure bwa Rucyahana bwagejejwe ku inama njyanama y’akarere, kuri uyu wa 24 Nyakanga 2023 itangaza ko yabwakiriye kandi yabwemeye. Yatangarije radiyo y’igihugu ko nyuma […]

Les problèmes qui pourraient empĂ ÂŞcher les forces de la SADC d’arriver à  temps en RDC

L’armĂ©e sud-africaine en difficultĂ© aura du mal à  apporter une contribution significative à  une nouvelle force rĂ©gionale prĂ©vue censĂ©e apporter la paix en RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) . Avec seulement une fraction des hĂ©licoptères de l’armĂ©e de l’air encore en mesure de voler et quelque 2600 soldats sud-africains dĂ©jà  dĂ©ployĂ©s en RDC et au […]

Dosiye y’ukekwaho kwica ababyeyi ba Uwacu Julienne yafungishije uwabaye Gitifu

Dosiye ya Nsabimana Ildephonse alias Ntabarifasha ukekwaho kwica ababyeyi ba Uwacu Julienne (Ndabarinze Faustin na Nyirakanyana Martine) mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi, yafungishije Nzitukuze Pascasie wabaye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Micinyiro, umurenge wa Nyakiriba mu karere Rubavu. Umuvugizi w’urwego rw’ubugenzacyaha, Dr Murangira Thierry, kuri uyu wa 24 Nyakanga 2023 yatangarije Primo Media ko Nzitukuze […]

Umuzi w’ibibazo bya RDC n’uko yakwigobotora icya M23 mu mboni za Museveni

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yongeye gushimangira ko Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikwiriye kujya mu biganiro n’umutwe wa M23, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’amakimbirane bafitanye. Museveni yabitangaje ku wa Mbere ubwo yaganiraga na Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat yakiriye i Kampala. Bombi baganiriye ku […]

Ibibazo by’uruhuri bishobora kubuza Ingabo za SADC kugera muri RDC mu gihe cyagenwe

Igisirikare cya Afurika y’Epfo bivugwa ko kiri mu bibazo by’ingutu muri iki gihe, gishobora kugorwa no gutanga umusanzu ugaragara mu mutwe mushya w’ingabo za SADC zigomba kujya kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo . Umushakashatsi mukuru mu Kigo cya Afurika y’Epfo cyita ku Bibazo Mpuzamahanga, Stephanie Wolters, avuga ko mu gihe […]

Ukwicuza kwa Kazoza wari wimitswe nk’umutware w’Abakono

Kazoza Justin wari wimitswe nk’umutware w’Abakono nyuma yo kwegura kuri izo nshingano, yatangaje ko ibyo yari yakoze ari amakosa y’agahomamunwa we ubwe yicuza. Ku wa 09 Nyakanga ni bwo Kazoza yari yimitswe nk’Umukono Mukuru, mu muhango wabereye mu Kinigi i Musanze. Ubutware bwe cyakora ntibwaje kuramba kuko byabaye ngombwa ko abweguraho, nyuma y’uko ibyari byakozwe […]

Umujyanama wa Tshisekedi yasobanuye uko amashusho ye asambana yagiye hanze

Fortunat Biselele wahoze ari umujyanama wihariye wa Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashinje urwego rushinzwe iperereza (ANR) kuba ari rwo rwashyize hanze amashusho ye aryamanye n’abagore. Mu cyumweru gishize ni bwo Biselele wari waratawe muri yombi muri Mutarama uyu mwaka yarekuwe by’agateganyo. Uyu mugabo uzwi nka Bifort akurikiranweho ibyaha birimo […]

Louise Mushikiwabo ategerejwe muri RDC

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, ategerejwe muri kiriya gihugu. Mushikiwabo ari kumwe n’abarimo Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa RDC, bazatangiza imikino na La Francophonie iteganyijwe kubera i Kinshasa hagati y’itariki ya 28 Nyakanga n’iya 06 Kanama 2023. Amakuru y’uko Mushikiwabo azitabira […]