SADC yashinze Perezida Lourenà §o gukora iyo bwabaga akunga u Rwanda na RDC
Umuryango wa SADC uhuriwemo n’ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika, washinze Perezida JoĂ ÂŁo Lourenà §o wa Angola gukora iyo bwabaga mu rwego rwo kunga u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Perezida Lourenà §o yahawe uyu mukoro kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 4 Ugushyingo, mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize SADC yabereye i Luanda muri […]
Rayon Sports yanyagiye Mukura VS, APR FC ikura amanota 3 i Ngoma
Ikipe ya Rayon Sports yegukanye amanota atatu y’umunsi wa 10 wa shampiyona nyuma yo kunyagira Mukura VS ibitego 4-1. Iyi kipe ikunzwe kurusha izindi yari yakiriye Mukura VS bakunze guhangana, mu mukino w’umunsi wa 10 wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Igice cya mbere cyawo cyarangiye amakipe yombi anganya igitego 1-1. Murera ni yo […]
Nepal:Abasaga 120 bahitanywe n’umutingito unakomeretsa abagera ku 100
Kuri uyu wa wa gatandatu, mu gihugu byibuze abantu 132 bahitanywe n’umutingito waraye wibasiye igihugu cya Nepal.Abashinze umutekano bahise bihutira gutabara. Amashusho n’amafoto yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanaga abaturage baho batindura ibyangijwe mu mwijima kugira ngo bakure abarokotse mu bisigazwa by’amazu n’inzu byasenyutse. Umutingito wunvikanye kugera ku murwa mukuru w’Ubuhinde New Delhi, ku birometero 500 […]
Capt Moussa Dadis Camara wahoze ari Perezida wa Guinée yacitse gereza
Amakuru aturuka muri GuinĂ©-Conakry aravuga ko Capitaine Moussa Dadis Camara wahoze ari Perezida w’iki gihugu yatorotse gereza yari afungiyemo. Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo i Conakry haramutse humvikana urusaku rwinshi rw’amasasu. Bikiba habanje kwikangwa ko muri iki gihugu harimo haba Coup d’Ă©tat, ndetse ibikorwa hafi ya byose muri uyu mujyi byahise […]
Burundi:Impinduka ku buzima bw’umunyamakuru irangabiye wimuriwe mu yindi gereza
Umunyamakuru Floriane Irangabiye yimuriwe muri gereza ya Bubanza ahagana mu majyaruguru ashyira Uburengerazuba bwa Bujumbura. Ni nyuma y’uko bisabwe n’abamwunganira mu mategeko. Ku gicamunsi cyo ku cyumweru tariki ya 29 Ukwakira ni bwo yavuye muri gereza ya Muyinga ari kumwe n’itsinda ry’abagororwa bagenzi be. Uyu munyamakuru yari afungiye muri iyi gereza iri mu Majyaruguru y’Uburasirazuba […]
Musanze: Umusaza w’imyaka 70 yavuye kunywa ageze mu rugo arimanika
Hanyurwimfura AndrĂ© wo mu murenge wa Nkotsi w’akarere ka Musanze, yiyahuye yimanitse mu mugozi nyuma y’uko yari avuye gusangira agacupa n’umukecuru we. Byabaye ku wa Gatanu tariki ya 3 Ugushyingo 2023, ahagana saa cyenda n’igice z’umugoroba. Amakuru atangwa n’inzego z’ibanze muri kariya gace avuga ko mu busanzwe mu rugo rw’uyu musaza nta bibazo by’amakimbirane byahabaga. […]
Icyo wamenya kuri gahunda ya Leta yiswe Kane gukuba kane
Mu gihe mu Rwanda hakomeje kuvugwa ubucye bw’abaganga mu ngeri z’itandukanye by’umwihariko abatera ikinya, Minisiteri y’Ubuzima ivuga ko mu rwego rwo gucyemura icyo kibazo hari gahunda yiswe Kane gukuba Kane. Iyi akaba ari gahunda ya Leta igamije kongera abakozi bakora mu nzego z’ubuzima aho mu myaka ine bagomba kwikuba Kane. Iyi gahunda kandi iranareba cyane […]
Rayon Sports yahamagajwe n’ubutabera bwa Amerika
Ikipe ya Rayon Sports yarezwe mu rukiko rw’i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Kompanyi yitwa Nsejjere Sports iyishinja kuba itarubahirije amasezerano y’imyaka 10 bagiranye. Muri 2009 ni bwo Rayon Sports yasinyanye amasezerano na Nsejjere Sports y’uwitwa Isaac Mayanja yo kuzajya ayambika no kuzana imyenda y’abafana bakayicuruza mu Rwanda. Amasezerano yavugaga ko […]
RDC yasabye SADC kuyoherereza Ingabo byihuse
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye umuryango wa SADC uhuriwemo n’ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo kuyoherereza ingabo, mbere y’uko muri iki gihugu haba amatora rusange. Ni icyifuzo RDC yatanze biciye muri Minisitiri w’Ingabo zayo, Jean Pierre Bemba. Uyu Ku wa Gatanu aherekejwe na Mbusa Nyamwisi usanzwe ari umunyamabanga wa Leta ya RDC ushinzwe ukwihuza kw’akarere, […]
APR FC:Urukiko rugiye kuburanisha bundi bushya abarimo Eto’o
Urukiko rwa gisirikare ruburanisha abakozi ba APRC batatu barimo Eto’o rwanzuye ko ruzongera kuburanisha aba bagabo bundi bushya nyuma yo kwikorera iperereza . Ni urubanza ruregwamo abarimo ushinzwe igura n’igurisha ry’abakinnyi muri APR FC, Mupenzi Eto’o, umuganga w’iyi kipe, Maj Dr Nahayo Ernest, ndetse na Maj Uwanyirimpuhwe Jean Paul usanzwe ari Team Manager w’iyi kipe. […]