Irankunda Nestory yerekeje muri Bayern MĂ ÂŒnich

Umunya-Australia ufite inkomoko mu gihugu cy’u Burundi, Nestory Irankunda, yerekeje muri Bayern MĂ ÂŒnich yo mu Budage. Iyi ngimbi y’imyaka 17 y’amavuko yatanzweho miliyoni 3 z’ama-Euro, isinya amasezerano y’igihe kirekire yo gukinira Bavaria. Mu mwaka utaha wa 2024 ni bwo Irankunda azatangira gukinira Bayern MĂ ÂŒnich. Irankunda w’imyaka 17 y’amavuko, yavukiye muri Tanzania ariko ku babyeyi b’Abarundi […]

Abunganira Basabose na Twahirwa bibasiye abacamanza, iburanisha rihita rihagarara

Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre na Me Vincent Lurquin wunganira Twahirwa SĂ©raphin bibasiye inteko y’abacamanza bayoboye urubanza rwabo rubera mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi, iburanisha rihita rihagarara. Kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2023, urukiko rwumvise ubuhamya bw’umutangabuhamya ufite imyaka 50 y’amavuko, waturutse i Kigali. Ni umwe mu barokokeye jenoside yakorewe Abatutsi […]

Gabon: Abahiritse ubutegetsi batangaje igihe amatora azarangiza inzibacyuho azabera

Abayobozi b’inzibacyuho muri Gabon batangaje kuri uyu wa Mbere ushize mu itangazo ryasomwe kuri televiziyo y’igihugu, ko muri iki gihugu hazaba amatora rusange muri Kanama 2025, bigatuma inzibacyuho irangira. Komite ishinzwe inzibacyuho no kugarura inzego (CTRI), igizwe n’abahiritse ubutegetsi bwa Perezida Ali Bongo ku itariki ya 30 Kanama uyu mwaka, yashyize ahagaragara ingengabihe y’igihe inzibacyuho […]

M23 yerekanye abasirikare b’u Burundi, FARDC na FDLR yafashe mpiri

Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 13 Ugushyingo, werekanye itsinda ry’abasirikare uheruka gufatira mu mirwano yawusakiranyije n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni igikorwa cyabereye i Kavumu kiyoborwa n’Umuvugizi w’Ishami rya Gisirikare ry’uyu mutwe, Major Willy Ngoma. Abasirikare uyu mutwe werekanye ni abo wafatiye mu mirwano yawusakiranyije na FARDC mu cyumweru gishize, […]

Les dirigeants de l’opposition congolaise s’entretiennent en Afrique du Sud

Des envoyĂ©s des principaux dirigeants de l’opposition congolaise sont arrivĂ©s lundi en Afrique du Sud pour discuter de la coordination en vue des prochaines Ă©lections dans ce pays d’Afrique centrale, ont indiquĂ© des responsables. Le prĂ©sident FĂ©lix Tshisekedi, le prĂ©sident sortant, brigue un second mandat lors du scrutin du 20 dĂ©cembre. De nombreux analystes estiment […]

UN yemeje ko Ndimbati washakishwaga kuva mu 1995 yapfiriye mu Rwanda

Ndimbati yashakishwaga n'urukiko rwashyiriweho u Rwanda kuva mu 1995

Ubushinjacyaha bw’urukiko rw’Umuryango w’Abibumbye, IRMCT, bwemeje ko Ndimbati Aloys washakishwaga n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha kuva mu mwaka w’1995 yapfiriye mu karere ka Kirehe. Ubu bushinjacyaha bwemeje ko iperereza ryakozwe n’itsinda ryabwo rishakisha abatorotse ubutabera ryagaragaje ko Ndimbati yapfiriye mu murenge wa Gatore, ahagana muri Kamena 1997. Buti: “Urupfu rwa Ndimbati muri […]

Abanyarwanda bose barangana imbere y’amategeko: Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yibukije ko Abanyarwanda bose imbere y’amategeko bangana, bityo akaba nta n’umwe uri hejuru y’undi. Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ubwo yakiraga indahiro ya Kazungu Jean Bosco na Isabelle Kalihangabo barahiriye kuba abacamanza mu Rukiko rw’Ikirenga cyo kimwe na Ndahayo Xavier na Angeline Rutazana barahiriye kuba abacamanza mu Rukiko rw’Ubujurire. Perezida Kagame yanakiriye indahiro ya […]

RDC: Abatavuga rumwe n’ubutegetsi i Pretoria mu nama yo gushaka uko bazafatanya mu matora

Intumwa z’abayobozi bakuru batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bageze muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa Mbere ushize kugira ngo baganire ku bijyanye n’imikoranire mbere y’amatora ateganijwe mu mpera z’uyu mwaka. Perezida Felix Tshisekedi uri ku butegetsi, yiyamamariza manda ya kabiri mu matora yitezwe ku itariki ya 20 Ukuboza. Abasesenguzi benshi babona […]

Rwanda migrants plan must go ahead ‘no ifs, no buts’, says Robert Jenrick

The Rwanda deportation plan must go ahead “no ifs, no buts”, the immigration minister said, as he hinted that the Government was prepared to quit the European Convention on Human Rights. In an interview with The Telegraph, Robert Jenrick said for the first time that the Government’s aim was to “stop the boats in their […]

Ingabo z’u Burundi zahakanye guta ibirindiro bya Kitshanga na Mweso

Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba, EAC, muri teritwari ya Masisi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zirahakana guta ibirindiro byazo muri Kitshanga na Mweso. Tariki ya 8 Ugushyingo 2023, Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko mu gitondo cy’uwo munsi ingabo z’u Burundi zavuye muri Kitshanga, […]

Kinshasa: Abandi bafunzwe bazira urupfu rwa L D Kabila barasaba gusubizwa imirimo bahoranye

dsa.jpg

Abahoze ari abagororwa bababariwe mu rubanza rw’iyicwa rya Perezida Laurent-Desire Kabila basabye kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki ya 11 Ugushyingo, gusubizwa imirimo yabo ya mbere. Babisabye mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Radio Okapi. Umwe muri bo, Constantin Nono Lutula wahoze ari umujyanama udasanzwe mu by’umutekano wa Laurent Desire Kabila, na we […]

Mukuralinda aremeza ko Prince Kid atitabye ubutabera, hakwitabazwa Interpol

Umuvugizi wa guverinoma y’u Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda, aravuga ko Ishimwe DieudonnĂ© wamenyekanye nka Prince Kid atitabye ubutabera ngo bumufunge, hakwitabazwa inzego mpuzamahanga zirimo Polisi mpuzamahanga izwi nka ‘Interpol’. Ishimwe yitabye urubanza rwe mu rukiko rukuru tariki ya 15 Nzeri 2023, araburana, ku ya 13 Ukwakira rumukatira igifungo cy’imyaka itanu rumaze kumuhamya icyaha cyo gukoresha […]

Rutshuru: M23 yongeye gufata Kishishe nyuma y’imirwano ikaze

Imirwano hagati ya M23 na FARDC n’abafatanyabikorwa bayo kuri uyu wa Kabiri, itariki 14 Ugushyingo yakomereje ahantu hatandukanye muri Kibumba, Buhumba kugeza Kishishe na Bambo, muri Teritwari za Rutshuru na Kilolirwe. Amakuru aturuka aha aremeza ko muri iki gitondo inyeshyamba za M23 zongeye kwigarurira agace ka Kishishe, ko muri Gurupoma ya Bambo, Teritwari ya Rutshuru, […]

Ubukene bwatanyije Kiyovu Sports na Petros wayitozaga

Umugereki Petros Koukouras wari umutoza mukuru wa Kiyovu Sports, yamaze gutandukana n’iyi kipe kubera ikibazo cy’amikoro make kiyugarije. Petros yari umutoza wa Kiyovu Sports kuva muri Kamena uyu mwaka, nyuma yo kuyigeramo asimbuye Alain-AndrĂ© Landeut na Mateso Jean de Dieu baherukaga gutandukana na yo. Ku wa Mbere ubwo Kiyovu Sports yasubukuraga imyitozo Petros ntiyayigaragayemo, ndetse […]

Twahirwa yigambye ko yarashe umugore mu gitsina: Ubuhamya

Kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2023, urukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi rwakomeje kuburanisha Twahirwa SĂ©raphin na Basabose Pierre bakurikiranweho ibyaha bya jenoside n’ibyaha by’intambara. Mu masaha y’ikigoroba, humviswe ubuhamya bw’umutangabuhamya w’imyaka 67 y’amavuko waturutse mu Rwanda. Ni umwe mu barokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Interahamwe zamurashe isasu ku itako. Uyu mutangabuhamya yasobanuye […]

Imiryango y’abasirikare b’u Burundi bishwe na M23 mu gihirahiro

Imiryango y’abasirikare b’u Burundi boherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo iri mu gihirahiro, nyuma y’uko abayo baguye mu mirwano n’umutwe wa M23. Mu minsi ishize ni bwo hamenyekanye amakuru y’uko hari abasirikare b’u Burundi bishwe na M23, abandi uyu mutwe ubafatana mpiri na bagenzi babo bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. […]

Ibitaro bya Nyarugenge byasabye imbabazi ku bwa serivisi mbi nyuma y’aho umurinzi wabyo arwanye

Ubuyobozi bw’ibitaro bya Nyarugenge bwasabye imbabazi ku bwa serivisi mbi bimaze igihe bivugwaho nyuma y’aho umurinzi wabyo agaragaye arwana n’umugabo byavuzwe ko yari agemuriye umugore we wari wabyaye. Aya makuru yatangajwe na RadioTV10 yavugaga ko uyu mugabo yagiye muri ibi bitaro amasaha yarenze nyuma y’aho umugore we abyaye abazwe, akamara amasaha menshi ntacyo ashyira mu […]

Abashidikanya ku itegurwa ry’amatora Data ububabarire ntibazi ibyo bakora – DĂ©nis Kadima

Mu ijambo rye kuri uyu wa Mbere, ubwo hafungurwaga inama nyunguranabitekerezo hagati ya Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI) n’abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Perezida wa komisiyo yijeje ko amatora azaba nubwo batangiye gutegura bakererewe. DĂ©nis Kadima yashimangiye ko komisiyo y’amatora “yagaragaje icyizere kandi yanga kuganduka”. Kuri we, ngo iyi komisiyo ishyigikira demokarasi ishyira mu […]