Simba SC yaba yifuza gutanga akayabo kuri Victor Mbaoma

Ikipe ya Simba Sports Club biravugwa ko yashimye rutahizamu Victor Mbaoma Chukwuemeka wa APR FC, ku buryo yifuza kumutangaho akayabo kugira ngo imwegukane. Mbaoma wagowe cyane n’iminsi ye ya mbere muri APR FC kuri ubu ni umwe mu nkingi za mwamba iyi kipe yubakiyeho, dore ko imikino ibanza ya shampiyona yarangiye amaze gutsinda ibitego 12. […]

Gisagara:Imfashanyo zagenewe abatishoboye zihabwa abacuruzi n’abarimu

Bamwe mu batishoboye bo mu Karere ka Gisagara baravuga ko bahura n’akarengane ku mfashanyo bagenerwa kuko ngo aho kugirango bayibone, ihabwa abafite amikoro nk’abarimu n’abacuruzi. Bavuga ko ngo habamo amanyanga kuko ubwo bufasha buhabwa abarimo abarimu, abacuruzi n’abamotari abandi bagasabwa kubanza guhinga mu mirima y’abayobozi. Ubufasha butungwa agatoki, ni amafaranga ahabwa abagore n’abakobwa batwite, abageze […]

Wasac yirukanye umushoferi wayishinjaga kumuhemba Frw 11,000

img-20240106-wa0015.jpg

Ikigo Wasac Group gishinzwe gukwirakwiza amazi, cyirukanye Murwanashyaka Eric wari umushoferi wacyo nyuma y’igihe atakamba avuga ko amezi ahembwa abarirwa muri Frw 11,000 ku kwezi. Ku wa Kane tariki ya 4 Mutarama ni bwo WASAC yirukanye Murwanashyaka, nk’uko ibaruwa iki kigo cyamwandikiye BWIZA yaboneye kopi ibivuga. Uyu mushoferi yirukanwe mu gihe yari amaze igihe asabwe […]

P. Kagame yatowe nka Perezida mwiza kurusha abandi muri Afurika

Perezida Paul Kagame yatowe nka Perezida mwiza kurusha abandi muri Afurika, nyuma yo gutsinda itora yari ahanganyemo na bagenzi be. Ni itora Perezida Kagame yatsinze nyuma y’ikusanyabitekerezo (Poll) ikinyamakuru The Kenyans cyo muri Kenya cyakoze cyifashishije urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter. Iki kinyamakuru gisanzwe gikurikirwa kuri uru rubuga n’abarenga 1,600,000. Itora ryitabiriwe n’abantu 9,645 […]

Major Gen Peter Cirimwami arashinjwa kuba ikiraro gihuza Ingabo z’u Burundi na FDLR

Raporo ya Loni iherutse gusohora mu mpera z’Ukuboza iravuga ko Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru yagize uruhare mu kuvanga ingabo z’u Burundi n’umutwe wa FDLR . Uyu Guverineri mu rwego rwa ‘Etat désiège,’ nkuko byashyizweho n’u mukuru w’igihugu Félix Tshisekedi, Loni yamushyize mu majwi ko ariwe wakoreshejwe n’ubuyobozi bwa DR […]

Amerika yamaganye Perezida Ndayishimiye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zanenze Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, nyuma yo gutangaza ko abatinganyi bakwiye kujya bahurizwa muri Stade bagaterwa amabuye. Mu kwezi gushize ni bwo Perezida Ndayishimiye waganiraga n’abanyamakuru yatanze iki cyifuzo. Icyo gihe yavuze ko muri Bibiliya harimo urugero ruvuga uko Imana yarimbuye Sodoma na Gomora kubera ubutinganyi bwahabaga, mbere yo […]

Intwaro ‘karahabutaka’ Gen Mubarakh Muganga aherutse gusura ni bwoko ki?

Ku wa Gatatu tariki ya 3 Mutarama 2024, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga yasuye Ikigo cya Pakistan gishinzwe guteza imbere ibikoresho by’ubwirinzi byoherezwa mu mahanga (DEPO), yerekwa bimwe mu bikoresha bya gisirikare birimo intwaro kiriya gihugu gisanzwe gikora. Ni mu ruzinduko rw’akazi Gen Muganga n’itsinda yari ayoboye bagiriraga muri kiriya gihugu cyo […]

Masisi-Shanga:Abaturage barimo guhungira muri Sud Kivu kubera Wazalendo zasubiranyemo

Abaturage bo mu midugudu ine yo mu duce twa Mufuni / Shanga, muri teritwari ya Masisi (Amajyaruguru ya Kivu) barimo guhunga umusubirizo bahunga imirwano ikomeje guhuza imitwe ibiri ya Wazalendo. Nk’uko amakuru aturuka mu Burasirazuba bwa Congo avuga, by’umwihariko ayatangajwe na Mediacongo, ngo aba bantu bimuwe berekeje i Kalehe muri Kivu y’Epfo. Amakuru amwe avuga […]

RDC: Abarenga 80 biyamamarizaga kuba abadepite amajwi yabo yagizwe impfabusa

Komisiyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENI), yagize impfabusa amajwi y’abakandida 82 biyamamarizaga kuba abadepite nyuma yo kubashinja ibyaha birimo ubujura bw’amajwi. CENI yemeje ko yagize impfabusa amajwi y’aba bakandida mu itangazo ryayo ryasomewe kuri Radiyo na Televiziyo bya RDC (RTNC) mu ijoro ryacyeye. Usibye ubujura bw’amajwi, abo amajwi yabo yagizwe impfabusa banashinjwa […]

Mu 2022 Abangavu ibihumbi 98 basanzwemo virusi itera Sida

Ubushakashatsi bwa Loni bwasohoye raporo nshya yagaragaje ko abangavu ibihumbi 98 basanzwemo virusi itera Sida mu 2022. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) niyo yagaragaje iyi mibare aho yavuze ko iyi mibare ishobora kuzamuka no mu myaka ikurikiyeho mu gihe nta cyaba gikozwe. Ubu bushakashatsi bugaragaza ko hagendewe ku mico y’ibihugu bitandukanye by’umwihariko ibya […]

Perezida Kagame yakiriye Gen. Dagalo ukuriye umutwe wa RSF wo muri Sudani

gdhhxmixsaapdn5.jpg

Perezida Paul Kagame kuri yu wa Gatanu, itariki ya 5 Mutarama 2024 yakiriye Gen. Mohamed Hamdan Dagalo, umuyobozi w’ingabo za Rapid Support Forces (RSF) ziri mu ntambara n’Ingabo za Sudani (SAF) ziyobowe na Gen. Burhan. H.E. President Paul Kagame today 5 January 2024 received General Mohamed Hamdan Dagalo, Commander of Rapid Support Forces (RSF). — […]