AGF yashimye Dr Frank Habineza na DGPR ku musaruro bakuye mu matora

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR – Green Party) by’umwihariko umuyobozi waryo Dr Frank Habineza yashimiwe n’ihuriro ry’aya mashyaka muri Afurika ku bw’umusaruro bagize mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite yabaye mu Rwanda ku wa 14 no ku wa 15 Nyakanga 2024. Dr Frank Habineza ni we mukandida watanzwe na DGPR […]
U Rwanda na RDC ku meza y’ibiganiro i Luanda
Ba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bagiye guhurira mu nama igamije gusuzuma ibibazo bya Politiki biri mu karere, by’umwihariko mu burasirazuba bwa RDC. Iyi nama izaba kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30 Nyakanga, ibere i Luanda muri Angola. Ni inama igiye kuba nyuma y’iyabereye muri Zanzibar mu ntangiriro […]
Dorimbogo yashyinguwe
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Valentine Nyiransengiyumva wamenyekanye nka Dorimbogo wapfuye mu mpera z’icyumweru gishize, yashyinguwe kuri uyu wa Mbere 29 Nyakanga 2024. Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2024 nibwo amakuru y’incamugongo y’uko Dorimbogo yapfuye yamenyekanye, aho byatangajwe ko yazize uburwayi. Kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Nyakanga 2024 ni […]
Rutsiro: Umuyobozi wa Dasso yishwe n’impanuka ya Moto
Mukerarugendo Jean Pierre w’imyaka 51, wari Umuyobozi wa Dasso mu karere ka Rutsiro yapfuye azize impanuka ya moto. Ni impanuka yabereye mu murenge wa Gihango, akagari ka Congonil ho mu mudugudu wa Gashihe ku isaha ya saa munani z’amanywa. Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki 29 Nyakanga 2024 mu […]
RDC: Ubutegetsi bwarekuye imfungwa 421 nyuma y’uko ubwiyongere muri gereza imwe wikubye inshuro 10
Mu mpera z’icyumweru gishize , Minisitiri w’ubutabera wa Kongo, Constant Mutamba, yarekuye imfungwa 421 zari zifungiwe muri gereza ya Makala iherereye i Kinshasa. Gereza ya Makala, ubusanzwe yagenewe kwakira imfungwa 1.500, kuri ubu ariko irimo imfungwa zirenga 15.000, iyi mibare ikaba itera impungenge izi mfungwa n’abaharanira uburenganzira bwa muntu. Kubera igitutu cy’imwe mu miryango mpuzamahanga, […]
Rayon Sports yagiye guhahira muri Senegal
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka ubutitsa nyuma y’uko bimaze kumenyekana ko yamaze kumvikana n’abanyamahanga bandi bashya babiri bigiye kuza kuyifasha kuzitwara neza muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda iteganyijwe muri Kanama. Ihereye inyuma Rayon Sports yumvikanye na myugariro w’Umunya- Sénégal witwa Youssou Diagne wakinaga muri Ittihad Zemmouri de Khémiss yo muri Maroc. Si […]
Afurika y’Epfo: Jacob Zuma wabaye perezida yirukanwe mu ishyaka ANC
Uwahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo, Jacob Zuma, yirukanwe mu ishyaka African National Congress (ANC), ishyaka yigeze kuyobora, nyuma yo kwiyamaza ku iturufu y’ishyaka byari bihanganye mu matora rusange yo ku ya 29 Gicurasi. Komite ishinzwe imyitwarire ya ANC yasanze ahamwa n’icyaha cyo “kubangamira ubusugire” bw’ishyaka yinjira muri uMkhonto we Sizwe (MK), kandi imuha ibyumweru […]
Colonel Kazarama yiyongereye mu bo RDC ishobora gukatira urwo gupfa
Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama wahoze ari umuvugizi wa M23, yiyongereye mu bantu Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irega ibyaha birimo iby’intambara n’ubugambanyi. Ni urubanza Kinshasa iregamo abayobozi n’abasirikare bo mu ihuriro AFC ribarizwamo umutwe wa M23. Abaregwa barangajwe imbere na Corneille Nangaa usanzwe ari umuhuzabikorwa wa ririya huriro, Bertrand Bisimwa umwungirije, Lawrence Kanyuka […]
Louise Mushikiwabo yapfushije musaza we, Kayiranga Wellars
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa La Francophonie uhuza ibihugu bikoresha ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, kuri uyu wa Mbere, yapfushije musaza we, witwa Kayiranga Wellars. Mu butumwa yanyujije kuri X, yavuze ko musaza we Kayiranga bakundaga kwita “Karateka” yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 29 Nyakanga. Yagize ati: “Mur’iki gitondo twabuze musaza wacu […]
Minisitiri w’Ubuhinzi muri Sudani yahakanye inzara ivugwa mu gihugu
Mu gihe muri Sudani bugarijwe n’amapfa ndetse abenshi bakaba bari guhunga, Minisitiri w’ubuhinzi we siko abibona kuko ngo abaturage bashonje ari bacye ugereranyije n’abatuye mu gihugu. Ni mu gihe Abanya-Sudani ibihumbi 755 bahuye n’ikibazo cy’inzara bitewe n’imirwano imaze iminsi hagati y’imitwe ya gisirikare nk’uko Raporo y’Umuryango w’Abibumbye ibitangaza. Minisitiri w’Ubuhinzi muri iki Gihugu, Abubakr al-Bushra […]
Wagner yemeye ko abarwanyi bayo baherutse kwicirwa muri Mali
Ikigo cy’abacanshuro b’Abarusiya, Wagner, kuri uyu wa Mbere cyemeje ko bamwe mu barwanyi bacyo biciwe hamwe n’abasirikare bo mu Ngabo za Mali ubwo barwanaga n’inyeshyamba mu minsi ishize. Uyu mutwe w’inyeshyamba z’Aba-Tuareg, Permanent Strategic Framework for Peace, Security and Development (CSP-PSD), mu itangazo washyize ahagaragara ku wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2024, wavuze ko […]
Kinshasa: Abashoferi ba Tagisi bahagaritse akazi barigaragambya batizwa umurindi n’abaturage
Kubona imodoka itwara abagenzi zizwi nka Tagisi vuwatiri(Taxi Voiture) biragoye mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo i Kinshasa, kuko abashoferi babyukiye mu myigaragambyo bamagana imikorere mibi y’inzego za Polisi. Perezida w’Ishyirahamwe ry’abatwara ibinyabiziga muri Kongo (ACCO), Jean Mutombo yatangaje ko abashoferi bahisemo guhagarika akazi kugira ngo bigaragambye bamagana ihindagurika ry’ibiciro bya hato […]
Umuryango wa Dorimbogo wahuye n’ihurizo ryo kumushyingura aho yifuje mbere yo gupfa
Umuryango wa Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka ‘Dorimbogo’, uravuga ko utorohewe no kumushyingura aho yifuje mbere y’uko apfa. Mu kiganiro umubyeyi wa nyakwigendera yagiranye n’umuyoboro wa YouTube witwa Impanuro TV, yavuze ko abo mu muryango benshi bifuza ko Dorimbogo ashyingurwa hafi y’aho batuye, mu gihe mbere yo gupfa we yari yamusabye kuzamushyingura mu […]
Trump yateguje intambara ya gatatu y’isi mu gihe Harris Kamala yaba abaye Perezida wa Amerika
Donald Trump yongeye kwibutsa abanyamerika n’abatuye isi, ko mu gihe Harris Kamala yaba atorewe kuba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, intambara ya gatatu y’isi yahita iba. Ni mu gihe we avuga ko aramutse atowe, intambara hirya no hino ku isi zagabanuka, by’umwihariko izo mu burasirazuba. Ibi Trump yabigarutseho mu mpera z’iki Cyumweru gishize […]
Col. Kazarama ari kumwe na Lt Col Willy Ngoma nyuma yo gusubira muri M23
Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama wahoze ari umuvugizi w’umutwe wa M23, bwa mbere yagaragaye ari mu ruhame nyuma yo gusubira muri uyu mutwe. Amafoto yagiye hanze yerekana uyu musirikare ari kumwe n’abarimo Lt Col Willy Ngoma usanzwe ari umuvugizi w’Igisirikare cya M23 ndetse n’umunyamakuru Magloire Paluku uheruka kwihuza n’uyu mutwe. Ni amafoto yafatiwe mu Rutshuru ho […]
Umuherwe Elon Musk aravuga ko Abakirisitu nibadahaguruka idini ryabo riri mu nzira yo kuzima

Elon Musk bigaragara ko agikomeje kubabazwa n’ibyakorewe mu birori byo gutangiza Imikino Olempike y’i Paris bakina ikinamico rya Da Vinci rikomoza ku ifunguro rya nyuma Yesu yasangiye n’abigishwa be, wakinnwe n’abarimo abagabo biyambitse nk’abagore, ubu aravuga ko Abakirisitu nibadahaguruka idini ryabo riri mu nzira yo kuzima . Uyu muherwe Musk, uri mu icumi bakize cyane […]
Uburusiya: Vladimir Poutine araburira ku ntambara nshya y’ubutita
Perezida w’Uburusiya Vladimir Poutine yafashe ijambo mu muhango wo kwerekana ingabo zo mu mazi wabaye ku Cyumweru i Saint-Pétersbourg, ku munsi ngarukamwaka wahariwe ingabo zo mu mazi z’Uburusiya. Ashimira abasirikare bo mu mazi baturutse mu Bushinwa, Algeria, na India kuba bitabiriye uwo muhango, cyane cyane yashimangiye ko Uburusiya bugamije gukomeza guteza imbere ingabo zabwo zo […]
Gabon: Batangiye guhamagarira Perezida w’inzibacyuho kwiyamamaza
Perezida w’inzibacyuho wa Gabon azaba umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe muri Kanama 2025 mu gihugu cye? Brice Clotaire Oligui Nguema ntiyigeze agaragaza imigambi ye ku bijyanye n’aya matora. Ariko hari amajwi asaba Jenerali wakuye Ali Bongo ku butegetsi kwiyamamaza. Urugero ni ijwi ry’umunyamabanga wa kabiri muri guverinoma ya Gabon. Kuri uyu wa Gatandatu tariki […]
Abategura imikino ya Olempike bibeshye ku ndirimbo yubahiriza igihugu cya Sudani y’Epfo
Abateguye imikino Olempike ibera mu murwa mukuru Paris w’Ubufaransa basohoye itangazo basaba imbabazi, nyuma y’uko abacuranze indirimbo yubahiriza igihugu cya Sudan y’Epfo bayibeshyeho. Bavuga ko byatewe no “kwibeshya kwa muntu nta kindi cyari kigamijwe”. Abategura imikino ya Olempike bacuranze indirimbo y’igihugu itari iya Sudani y’Epfo, mbere yuko icyo gihugu gikina umukino wa mbere w’intoki wa […]
RBC iremeza ko indwara ya Hepatite mu Rwanda yagabanutse cyane mu myaka 7 ishize
Ku Munsi Mpuzamahanga wahariwe kurwanya Hepatite wizihizwa buri tariki 28 Nyakanga, Ikigo cy’igihugi gishinzwe Ubuzima, RBC, cyagaragaje ko abasaga miliyoni 5 basuzumwe virusi ya Hepatite B mu myaka 10 ishize, mu gihe abasaga 8.000 bashyizwe ku buvuzi buhoraho nyuma yo kuyisanganwa. RBC yahamije ko u Rwanda rwashyize imbaraga zikomeye mu guhashya indwara ya Hepatite B […]
Raporo ya Banki y’isi yashyize u Rwanda ku mwanya wa mbere mu bihugu bifite Politiki yo guteza imbere Afurika
U Rwanda rukomeje kwesa imihigo muri gahunda y’ubudasa bushingiye mu Iterambere no mu zindi nzego. Ibi bigaragazwa na Raporo yiswe ‘CPIA’ ya Banki y’Isi, yongeye gushyira u Rwanda ku mwanya wa mbere, mu bihugu bifite ingamba na politiki byiza bigamije guteza imbere ubukungu bwa Afurika. Raporo nshya yiswe CPIA Africa, yongeye gushyira u Rwanda ku […]
Uburusiya bwahanuye drone ebyiri za Ukraine yakoresheje itwika ibigega bya Peterori
Inkuru yasakaye kuri iki Cyumweru mu by’intambara , aravuga ko Ukraine yarashe ibigega byinshi bya Peteroli by’u Burusiya ikoresheje indege zitagira abapilote. Ni mu gihe u Burusiya nabwo bavuga ko bwahanuye ebyiri muri zo. Izi ndege za Ukraine zarashe ibigega bya peteroli mu karere ka Kursk mu Burusiya nk’uko byemejwe n’umutegetsi wo mu Burusiya kuri […]
Zimbabwe: Abarimu basaga 100 bicwa n’ubukene buri kwezi
Ihuriro riharanira iterambere ry’abarimu mu gihugu cya Zimbabwe, PTUZ ryatangaje ko imishahara y’intica ntikize bahembwa iri gutuma abarimu benshi bagera kuri 128 bapfa buri kwezi bazize inzara, guhangayika ndetse na karande y’ubukene. Umuyobozi w’ihuriro ry’abarimu, Takavafira Zhou yemeje ko habarurwa byibuze abarimu babiri bapfa buri kwezi muri buri karere ka Zimbabwe. Iki gihugu cyazahajwe n’ubukene […]
Kenya: Abanyamakuru bapfuye bajya gusenga nyuma yo gusiga abandi mu birori
Mu mpera z’iki cyumweru ku wa gatandatu tariki 27 Nyakanga 2024, hasakaye inkuru ibabaje y’abanyamakuru babiri bakorera radiyo ‘Thome FM’ bapfuye bazize impanuka ubwo bajyaga gusenga. Ni nyuma y’uko bari basize bagenzi babo mu birori bya radiyo bakoramo. Amakuru dukesha ibitangazamakuru byo muri Kenya, avuga ko urupfu rw’abanyamakuru babiri rwaturutse ku modoka bagonganye ubwo bo […]
Nigeria: Pasiteri n’abandi 4 bakekwaho kugurisha uruhinja rw’amezi abiri
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27 Nyakanga 2024, polisi yo muri Nigeria mu mujyi wa Lagos yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu batanu bashinjwa guhererekanya uruhinja rw’amezi abiri bakarugurisha bashaka inyungu. Ni nyuma y’uko umubyeyi w’umwana wibwe yari amaze igihe abibwiye polisi. Ibi byabaye byemejwe na SP Benjamin Hundeyin, umuvugizi wa polisi i […]