Gén Poète wari uwa 3 ukomeye mu bayobora FDLR yapfuye

Amakuru aturuka i Masisi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko Lt. GĂ©n Hakizimana Apollinaire wari mu bayobozi bakuru b’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, yapfuye. Lt GĂ©n Hakizimana uzwi ku mazina arimo Amikwe Lepic, Adonia na Poète, yari asanzwe ari Komiseri ushinzwe igisirikare muri FDLR, akanaba uwa gatatu ukomeye mu bayobora uyu […]

Masisi: M23 yafashe uduce turimo Lukopfu, Kirwa na Kaniro

Kuri uyu wa kane, itariki ya 2 Mutarama 2025, haracyakomeje imirwano ikaze muri Teritwari ya Masisi hagati y’Ingabo za Congo (FARDC) zishyigikiwe na Wazalendo, n’inyeshyamba za M23. nk’uko bitangazwa na Kivu Morning Post. Iyi nkuru iravuga ko inyeshyamba za M23 zafashe uduce twa Lukopfu na Kaniro nubwo bigoye kugenzura aya makuru. Yafashe kandi ahitwa Kirwa […]

Lt. Ariho yirashe mu kico

Umusirikare wo mu ngabo za Uganda (UPDF) wari ufite ipeti rya Liyetona (Lieutenant), yapfuye nyuma yo kwiyahura yirashe. Lt Amon Ariho wabarizwaga muri Brigade ishinzwe ubwubatsi, yirasiye ahitwa Nakirebe hagati y’uturere twa Mpigi na Wakiso, ku wa Gatatu tariki ya 1 Mutarama 2025. Amakuru avuga ko ubwo byari bigeze mu ma saa munani z’igicamunsi yahagaritse […]

Burna Boy yashotaguye umufana wamusanze ku rubyiniro (Videwo)

Mu gitaramo “Greater Lagos Countdown 2025” cy’umuhanzi w’icyamamare muri Afrobeats, Burna Boy yahagaritse kuririmba nyuma yo kugirana ikibazo n’umufana waje ku rubyiniro atabiherewe uburenganzira bikarangira uyu muhanzi amushotaguye imigeri. Amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Burna Boy akubita uwo mufana mbere y’uko abashinzwe umutekano bamumanura ku rubyiniro. Nyuma y’iki gikorwa cyitishimiwe n’abafana, Burna Boy yahise […]

Imirwano ikomeye hagati ya FARDC na M23 yasatiriye Masisi Centre

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Mutarama 2025, waramukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni imirwano yaramukiye mu duce twa Kahira muri Chefferie ya Bashali, Kaniro ndetse na Katale hafi y’umuhanda ujya muri Centre ya Masisi. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko mu […]

U Rwanda rwihanganishije Amerika yagabweho igitero

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihanganishije imiryango y’Abanyamerika 15 bapfiriye mu gitero cyagabwe mu mujyi wa New Orleans, ubwo umushoferi yagongaga ku bushake ikivunge cy’abantu bari mu byishimo byo gutangira umwaka mushya. Ku wa 1 Mutarama 2025 nibwo Leta ya Amerika yatangaje iki gitero nk’igikorwa cy’iterabwoba cyagabwe mu masaha ya saa […]

Rurageretse hagati ya RIB n’uwasabye Perezida Kagame kumurenganura

Urwego rw’Ubugenzacya rw’u Rwanda (RIB), kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 1 Mutarama, rwateye utwatsi icyifuzo cyo kurenganurwa cyandikiwe Perezida Paul Kagame, ku bijyanye n’urubanza rw’uburiganya bushingiye ku ikoranabuhanga rw’agera kuri miliyoni zirenga 10 z’amadolari bivugwa ko yariganyijwe I&M Bank Rwanda. Uwasabye kurenganurwa, ukoresha izina ry’irihimbano Wabimenya Ute hamwe n’izina rya @Imanirakomeye kuri X, yavuze […]

Impamvu FARDC yohereje muri Lubero ingabo zirenga 22,000 na FDLR zo gutsinsura M23

Umutwe wa M23 uravuga ko ingabo zawo zimaze iminsi zirwanira muri Teritwari ya Lubero n’Ingabo zirenga 22,000 za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) ziyongeraho abarwanyi b’imitwe ya FDLR na Wazalendo. Ni amakuru yemejwe na Bertrand Bisimwa ukuriye ishami rya Politiki ryawo, mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umushakashatsi mu karere k’ibiyaga bigari, Bojana […]

Amb. Olivier Nduhungirehe yanyuzwe n’igitaramo cya The Ben

Minisitiri Nduhungirehe Olivier yitabiriye igitaramo cya The Ben muri BK Arena aho yaje no guhura n’uyu muhanzi na bagenzi be bari Tom Close na Otile Brown wo muri Kenya. Ni igitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa 1 Mutarama 2025 muri BK Arena aho cyari cyiswe “The New Year Groove & Launch Album.” Intego z’iki […]

Las Vegas: Imodoka yakozwe na Elon Musk yaturikiye kuri hotel ya Trump

Byibuze umuntu umwe yapfuye abandi barindwi barakomereka nyuma y’uko imodoka yo mu bwoko bwa Cybertruck ikorwa n’uruganda Tesla rwa Elon Musk iturikiye hanze ya hotel ya mushuti we Perezida wa Amerika watowe, Donald Trump, muri Las Vegas. Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 01 Mutarama 2025, nibwo iyi Cybertruck yafashwe n’inkongi y’umuriro aho yari iparitse […]

FARDC/M23: Impamvu imirwano izakomeza gukara kugeza mu mpera za Mutarama

Imirwano ikomeye n’ibikorwa bya gisirikare birimo Ingabo za DRC (FARDC) n’imitwe yitwara gisirikare bafatanya, ingabo mpuzamahanga, ndetse n’inyeshyamba za M23 birashoboka ko izakomeza mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kugeza nibura mu mpera za Mutarama. Kugerageza gushyira mu bikorwa ihagarikwa ry’imirwano guherutse ntacyo kwagezeho, harimo n’inama yasubitswe yari kubera muri Angola hagati mu Kuboza hagati y’abakuru […]

Eddy Kenzo yifatiye ku gahanga Bobi Wine wijanditse muri Politiki

Umuhanzi ukomoka muri Uganda, Eddy Kenzo uzwi cyane ku ndirimbo “Sitya Loss,” yatangaje ko uruhare rwa Bobi Wine muri politiki rwagize ingaruka mbi zikomeye ku ruganda rw’umuziki muri Uganda. Ibi yabigarutseho mu kiganiro yakoze mu ijoro ryo ku wa Gatatu mu birori byo kwizihiza Umwaka Mushya byabereye kuri Sheraton Hotel. Kenzo yavuze ko Bobi Wine […]

The Ben yaririye mu gitaramo

Umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yasutse amarira mu gitaramo yakoze cyihariye cyo kumurika Album ye nshya “Plenty Love”. Iki gitaramo cyabaye tariki 1 Mutarama 2025 muri BK Arena aho cyaranzwe n’ibyishimo n’amarangamutima. The Ben yashimye Imana ku mirimo idasanzwe yamukoreye ndetse n’urukundo rwinshi yeretswe n’abafana. The Ben yatangiriye ku ndirimbo “Ni Forever”, ayitura […]

Abasirikare 13 ba FARDC bakatiwe urwo gupfa

Urukiko rwa Gisirikare rwa Congo rwakatiye igihaano cy”urupfu abasirikare 13 ba FARDC bari bakurikiranweho icyaha cyo kwica, gusahura, ndetse n’ubugwari mu byo abayobozi ba gisirikare bavuze ko ari intego yo kunoza imyitwarire y’ingabo nyuma yo gutakaza igice kinini kubera abasirikare bahunze umwanzi, M23. Ku wa Kabiri, abo basirikare bakatiwe mu Mujyi wa Lubero muri Repubulika […]

Kenya yaguze Drones z’intambara RDF yigeze kuvugwaho kurambagiza

Igisirikare cya Kenya kirwanira mu kirere cyakiriye drones z’intambara zo mu bwoko bwa Bayraktar TB2 zisanzwe zikorwa n’uruganda rwa Baykar Defence rw’Igisirikare cya TĂĽrkiye. Drones esheshatu ni zo Kenya yamaze kwakira nk’uko amakuru abivuga. Mbere yo kwakira izi drones, abasirikare b’abanya-Kenya babanje kujya kwigishirizwa muri TĂĽrkiye kuzikoresha. Muri Kanama uyu mwaka ni bwo Baykar Defence […]