Abapolisi bigize abagore bajya guta muri yombi umucuruzi w’ibiyobyabwenge

Abapolisi bo muri Thailand bakoze igikorwa kidasanzwe cyakuruye amarangamutima ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwiyoberanya nk’ababyinnyi b’abagore kugira ngo bafate umugabo ukekwaho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge. Iki gikorwa cyabereye mu gace ka Tha Luang, mu burasirazuba bwa Thailand, aho abo bapolisi benshi bari abagabo bambaye amakanzu y’abagore arabagirana ndetse biyitirira itsinda ry’ababyinnyi bo mu birori byo ku […]

Iran yabaye ikibuga cy’intambara nshya: AI, ubutasi n’ihangana rya Amerika n’u Bushinwa

Mu gihe intambara ya Iran ikomeje guhungabanya uburasirazuba bwo hagati, hari indi ntambara iri kubera inyuma y’amasasu: intambara y’ubwenge bw’ubukorano (AI), ubutasi n’ikoranabuhanga hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa. Uyu munsi, Washington na Beijing ntibikiri guhangana gusa ku bukungu cyangwa ku gisirikare gisanzwe. Birahanganye ku rwego rushya rw’intambara aho amakuru, ibyogajuru, AI […]

Gasabo: Abayoboke ba Green Party bateraniye mu nama ya biro politiki y’ishyaka

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Gicurasi 2025, Abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda baturutse mu ntara zose z’igihugu bitabiye inama y’ishyaka (Political Bureau Meeting) iri kubera kuri Olympic Hotel mu karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Perezida w’ishyaka Hon Dr Frank Habineza,  yakiriye abarwanashyaka ba Green Party anabagezaho bimwe mu bikorwa inama […]

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Amir wa Qatar i Doha

Kuri iki Cyumweru, itariki 24 Gicurasi 2026 i Doha, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabonanye na Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, Amir wa  Qatar, mu ruzinduko rwe rw’umunsi umwe muri iki gihugu. Amir wa Qatar yakiriye Perezida Kagame muri Amiri Diwan, aho abayobozi bombi baganiriye ku mibanire ya kivandimwe hagati y’u Rwanda na Qatar, […]

Democratic Green Party of Rwanda Launches Online Membership Database

Members of the Democratic Green Party of Rwanda from across the country gathered on May 24, 2025, for the party’s Political Bureau Meeting held at Olympic Hotel in Gasabo District. The meeting brought together party leaders, commissioners, and members to discuss the party’s future direction and key priorities for the coming years. Opening the gathering, […]

Ingufu za Nucléaire z’u Burusiya mu Rwanda: Inkuru Ishobora Guhindura Geopolitiki y’Akarere?

Mu gihe isi ikomeje kwinjira mu bihe bishya by’ihangana hagati y’ibihugu bikomeye, Afurika iri kugenda ihinduka igicumbi cy’amarushanwa mashya adakoresha amasasu gusa, ahubwo yifashisha ikoranabuhanga, ingufu n’ubukungu. Muri uwo mukino mushya, u Burusiya buri kwagura umuvuduko wabwo ku mugabane wa Afurika binyuze mu masezerano ya gisirikare, ubucuruzi ndetse cyane cyane ingufu za nucléaire. Mu bihugu […]

Ukraine: Igitero simusiga cy’u Burusiya cyahitanye 4 i Kyiv

U Burusiya bwagabye igitero kinini kuri Ukraine, bukoresheje drones amagana na misile nyinshi nyuma y’uko Perezida Putin yijeje kwihorera ku gitero cyagabwe mu karere kigaruriwe n’u Burusiya. Abantu bane bapfuye abandi barenga 50 barakomereka i Kyiv no mu turere tuyikikije, mu ijoro ryose kugeza kuri iki cyumweru, aho ibisasu byaturikiye mu karere kose, ndetse bivugwa […]

RDC: Nyuma ya Rubaya ibindi bitero bya drones za FARDC byibasiye Rumangabo

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Gicurasi 2026, saa 07:35 za mu gitondo, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero bya bombe kandi bitavangura ku gace gatuwe cyane ka Rumangabo, ndetse no ku nkambi y’abashinzwe kurinda Parike y’Igihugu ya Virunga, bakoresheje indege zitagira abapilote z’intambara za CH-4. Itangazo rya AFC/M23 ku makuru mashya ava […]

Perezida Kagame yashimye umusaruro w’ubufatanye bw’u Rwanda na Kaminuza ya Gikirisitu ya Oklahoma

Kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatandatu muri Kigali Convention Center, Perezida Kagame na madamu we, Jeannette Kagame, bifatanyije n’ubuyobozi bwa Kaminuza ya Gikirisitu ya Oklahoma, hamwe n’abanyeshuri barenga 350 bahize hamwe n’abafatanyabikorwa mu birori byo kwizihiza imyaka 20 y’ubufatanye hagati ya Kaminuza n’u Rwanda. Mu ijambo yavugiye muri ibi birori, Perezida Kagame yagaragaje ko mu […]

Ingabo z’u Rwanda zishobora kwisanga muri Haiti

Raina Forbin, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ibibazo by’Amadini muri Repubulika ya Haiti, yabonanye na mugenzi we, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Mpuzamahanga wa Repubulika y’u Rwanda, mu gihe cy’inama y’abaminisitiri ku kubungabunga amahoro mu bihugu bigize Francophonie, aho impande zombi ziyemeje kurushaho gufatanya mu bijyanye n’umutekano. Ibiganiro byabo byibanze ku byo Guverinoma ya […]

RDC: Igitero cya drone i Rubaya cyahitanye abasivili kandi cyangiza byinshi

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 24 Gicurasi 2026 saa 00:15, ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa zateye ibisasu mu gace gatuwe cyane muri Rubaya hakoreshejwe drone y’intambara ya CH4. Iki gitero cy’ubunyamaswa kandi cyagabwe nkana cyateje impfu z’inzirakarengane nyinshi kandi gisenya amazu ndetse n’imitungo y’abaturage nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na AFC/M23. Andi makuru […]

USA: Umuntu witwaje imbunda yarashe ku barinzi ba White House

Ku mugoroba wo ku wa Gatandatu, ukekwaho icyaha yarashe ku bashinzwe umutekano bari hafi ya White House, bituma abapolisi benshi bahurura batabaye. Urwego rw’ibanga rwa Amerika (US Secret Service) rushinzwe kurinda perezida rwatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko uwo muntu warashe yishwe. Itangazo ryagize riti: “Abapolisi bo mu rwego rw’ibanga basubije amasasu, barasa ukekwaho icyaha, wajyanywe […]