Aya ni amanota ya Naomie

Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye

Sangiza iyi nkuru

Nishimwe Naomie uherutse kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020, yitwaye nabi mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2019. Uyu mukobwa wambitswe ikamba ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, yigaga mu ishami ry’imbere, ubukungu n’ubumenyi bw’isi.

Amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 24 Gashyantare, agaragaza ko Miss Naomie yagize amanota 13 kuri 73 abanyeshuri bakora ibizamini bya REB bakoreraho.

Ni amanota azamuhesha DiplĂ´me ariko ashobora gutuma hari kaminuza nyinshi atakwakirwamo. Ni amanota kandi adashobora kumuhesha mudasobwa nk’uko abahize abandi mu bizamini bagiye bazihembwa.

Aya ni amanota ya Naomie
Aya ni amanota ya Naomie

Ubwo Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangazaga amanota kuri uyu wa Mbere, yagaragaje ko abakobwa ari bo batsinze neza ugereranyije na basaza babo.

Minisitiri w’Uburezi, Dr. Eugène Mutimura yavuze ko yashimye umurava wagaragajwe by’umwihariko n’abana b’abakobwa kuko bo 50% by’abana batsinze muri rusange ari abakobwa.

Ati “Umubare w’abana b’abakobwa batsinze warazamutse cyane. Igishimishije kurushaho ni uko mu masomo ya siyansi ari ho bagaragaje imbaraga cyane.”

Muri rusange abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye mu 2019 ni 46861 bangana 98.61% by’abari biyandikishije. Abatsinze bagera ku 41 944 bangana 89.50%.

Abakoze ibizamini bisoza amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro mu 2019 bari 19 231, bagizwe n’abakobwa 46.71% n’abahungu 52.57%. Abatsinze bangana na 17 530 bahwanye n’impuzandengo ya 91.15%.

Ntabwo byari bimenyerewe ko abana b’abakobwa bahiga basaza babo mu bizamini bya Leta, dore ko incuro nyinshi abahungu ari bo babaga Bari imbere mu mitsindire.

Soma Izindi Nkuru

42 Responses

  1. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Mwarenze imipaka ubusubuzima bwiwe bwite oya ibintibijanye na miss azabona mumwakuza mwihorere.

    1. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
      Abakobwa bazi gusekera neza abagabo nibo batsinda.Uzarebe Ibizungerezi bikora ahantu heza.Benshi baba ari abaswa.Nyamara nibo batsinda.Ariko ibi byerekanye ko iyi Miss Rwanda itabaye fair.Kubona 13 kuri 73,biteye ubwoba.Nkeka ko na MTN yakoreraga yabigizemo uruhare rukomeye.Bisebeje igihugu rwose.

    2. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
      Abakobwa bazi gusekera neza abagabo nibo batsinda.Uzarebe Ibizungerezi bikora ahantu heza.Benshi baba ari abaswa.Nyamara nibo batsinda.Ariko ibi byerekanye ko iyi Miss Rwanda itabaye fair.Kubona 13 kuri 73,biteye ubwoba.Nkeka ko na MTN yakoreraga yabigizemo uruhare rukomeye.Bisebeje igihugu rwose.

  2. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Mwarenze imipaka ubusubuzima bwiwe bwite oya ibintibijanye na miss azabona mumwakuza mwihorere.

  3. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Aba bitwa aba Judges nabo rimwe na rimwe bajye bashyiramo ubwenge. Ubu se nk’uyu udafite byibuze na 10% mu kizamini cya Leta iyo abaye Nyampinga baba bahaye cyitegererezo ki abari bazamukurikira? Bivuze ko nta n’uwigeze areba imikorere y’abo bakobwa mu bijyanye na intellectual capacity(Sorry for this English) ya buri mukobwa mbere yo kugaragaza imyanzuro yabo.

    Miss Rwanda?????????????????????????????????

    1. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
      Oya, Judges ntakibazo bafite wibarenganya! nonese niba warakurikiranye wasanze amanota yarasohotse mbere y’uko aba Nyampinga? cg mu bigenga irushanwa hari aho wabonye bavugamo ko bazareba n’amanota bagize muri examen? niba se afite ubwenjye bwo gusubiza mu mutwe ariko ibyo mw’ishuli bikaba bigenda gake, ibyo nibyo byatuma ataba Nyampinga? Abanyarwanda ntitukabe abaheza nguni ngo dukabye!! Murakoze

    2. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
      Oya, Judges ntakibazo bafite wibarenganya! nonese niba warakurikiranye wasanze amanota yarasohotse mbere y’uko aba Nyampinga? cg mu bigenga irushanwa hari aho wabonye bavugamo ko bazareba n’amanota bagize muri examen? niba se afite ubwenjye bwo gusubiza mu mutwe ariko ibyo mw’ishuli bikaba bigenda gake, ibyo nibyo byatuma ataba Nyampinga? Abanyarwanda ntitukabe abaheza nguni ngo dukabye!! Murakoze

  4. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Aba bitwa aba Judges nabo rimwe na rimwe bajye bashyiramo ubwenge. Ubu se nk’uyu udafite byibuze na 10% mu kizamini cya Leta iyo abaye Nyampinga baba bahaye cyitegererezo ki abari bazamukurikira? Bivuze ko nta n’uwigeze areba imikorere y’abo bakobwa mu bijyanye na intellectual capacity(Sorry for this English) ya buri mukobwa mbere yo kugaragaza imyanzuro yabo.

    Miss Rwanda?????????????????????????????????

  5. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
    bashiki.bacu.bitwaye.neze.nabandi.barebereho!!

  6. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
    bashiki.bacu.bitwaye.neze.nabandi.barebereho!!

  7. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Habaho guhirwa ntihabaho kuzinduka.Cash azakorera umwaka wose, uwo biganye uzayageraho ni 1% ugereranyije n’imishahara abakozi bahembwa.Nubwo degree ye izaba isa na permis ntibimubuza kuyora cash!

  8. Miss Nishimwe Naomie Ntabwo yitwaye neza mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Habaho guhirwa ntihabaho kuzinduka.Cash azakorera umwaka wose, uwo biganye uzayageraho ni 1% ugereranyije n’imishahara abakozi bahembwa.Nubwo degree ye izaba isa na permis ntibimubuza kuyora cash!

  9. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Apfa kuba yatsinze kandi mumenyeko yigaga ibintu bikomeye. Ahubwo ni umuhanga.

  10. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Apfa kuba yatsinze kandi mumenyeko yigaga ibintu bikomeye. Ahubwo ni umuhanga.

  11. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Kubaho kwe si impanuka kuko ubwo ni bwo buryo Imana yamugeneye bw’imibereho ubwo yamuremaga. Si amanota rero Imana yateganije guheraho ngo imubesheho. Muri kino gihe yateganije uburyo bwa Miss Rwanda. Ihiri imbere nabyo ifite uko yabiteguye, wasanga abaye ikirangirire mu buryo bumwe cg ubundi bidashingiye ku mashuri yize ahubwo bishingiye ku mugambi Imana yamuremye imufitiye. Imana ishimwe ko yamugeneye uburyo Bwiza bwo kumushimisha muri ubu buzima.

  12. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Kubaho kwe si impanuka kuko ubwo ni bwo buryo Imana yamugeneye bw’imibereho ubwo yamuremaga. Si amanota rero Imana yateganije guheraho ngo imubesheho. Muri kino gihe yateganije uburyo bwa Miss Rwanda. Ihiri imbere nabyo ifite uko yabiteguye, wasanga abaye ikirangirire mu buryo bumwe cg ubundi bidashingiye ku mashuri yize ahubwo bishingiye ku mugambi Imana yamuremye imufitiye. Imana ishimwe ko yamugeneye uburyo Bwiza bwo kumushimisha muri ubu buzima.

  13. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Icyakora aba bashinzwe guhitamo miss Rwanda baba bagaragaje ikiciro runaka baherereyemo icyakora wasanga nabo bari bahanganye nabo bari hafahoo!!biratangaje

  14. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Icyakora aba bashinzwe guhitamo miss Rwanda baba bagaragaje ikiciro runaka baherereyemo icyakora wasanga nabo bari bahanganye nabo bari hafahoo!!biratangaje

  15. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Nukuri iyo mwihangana ntimumubabaze kuko yakoze ibizamini ashaka gutsinda agira ibyago ntiyatsinda

    Ariko azasubiremo azatsinda ntacikintege

  16. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Nukuri iyo mwihangana ntimumubabaze kuko yakoze ibizamini ashaka gutsinda agira ibyago ntiyatsinda

    Ariko azasubiremo azatsinda ntacikintege

  17. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Birababaje kubona miss w’umuswa kabisa ntabwo bikwiye
    Agomba gukora session

  18. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Birababaje kubona miss w’umuswa kabisa ntabwo bikwiye
    Agomba gukora session

  19. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Nge nibaza icyo bagenderaho batora. ariko se koko wahagararira igihuge
    uri mu kiciro nka kiriya cy’ amanota koko? ubu se wabwira iki abandi?

  20. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Nge nibaza icyo bagenderaho batora. ariko se koko wahagararira igihuge
    uri mu kiciro nka kiriya cy’ amanota koko? ubu se wabwira iki abandi?

  21. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Bibiriya iragira iti ubwenge bw’abantu ni manjwe

  22. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Bibiriya iragira iti ubwenge bw’abantu ni manjwe

  23. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Sha njye icyo mbona nuko aba Judges bo muriyi minsi nabo badakkotesha ukuri Kuko Naomi yageze imbere nokuvuga biramunanira so bihinduke

  24. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Sha njye icyo mbona nuko aba Judges bo muriyi minsi nabo badakkotesha ukuri Kuko Naomi yageze imbere nokuvuga biramunanira so bihinduke

  25. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Ahubwo bazashiremo itegeko ryuko uzashaka kuba miss azajye aba yararangije amashuri afite na diplome kuko amanota 13 muri MEG Ni make cyane Ni igisebo rwose mujye muvugisha ukuri ngo nyampinga w’ubwenge wapii rwose ntabwenge mbonye aho,ibi bituma umuntu yibaza niba Koko haha habayemo ukuri nigisebo!!!!

  26. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Ahubwo bazashiremo itegeko ryuko uzashaka kuba miss azajye aba yararangije amashuri afite na diplome kuko amanota 13 muri MEG Ni make cyane Ni igisebo rwose mujye muvugisha ukuri ngo nyampinga w’ubwenge wapii rwose ntabwenge mbonye aho,ibi bituma umuntu yibaza niba Koko haha habayemo ukuri nigisebo!!!!

  27. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Ziratontoma ntiziryana, muravuga nihahandi umukobwa mwiza agiye kwiyubakira ubuzima, ubwenge Niki?
    Miss keep up , abaguca intege bihorere , ubaka future yawe.

  28. Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye
    Ziratontoma ntiziryana, muravuga nihahandi umukobwa mwiza agiye kwiyubakira ubuzima, ubwenge Niki?
    Miss keep up , abaguca intege bihorere , ubaka future yawe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *