Yabonye umuryango we nyuma y’imyaka 24 yaraburiwe irengero

Umugore wo mu gace ka Bungoma muri Kenya, Agnes Nelima yongeye kubonana n’umuryango we nyuma y’imyaka 24 yaraburiwe irengero bikagera n’aho abo mu muryango we bakeka ko yapfuye. Uyu mugore yatandukanye n’ababyeyi be batuye mu cyaro cya Bungoma, mu 1996 ubwo yigaga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye. Bene wabo batunguwe no kongera kumubona afite […]

Miss Rwanda 2020 yitwaye nabi mu bizamini bisoza ayisumbuye

Aya ni amanota ya Naomie

Nishimwe Naomie uherutse kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020, yitwaye nabi mu bizamini bisoza amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2019. Uyu mukobwa wambitswe ikamba ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, yigaga mu ishami ry’imbere, ubukungu n’ubumenyi bw’isi. Amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere tariki 24 Gashyantare, agaragaza ko Miss […]

Nakunze umugore ufite umugabo ufuha cyane, ashobora kuzanyica

Nitwa John ( amazina yahinduwe) ndi umusore w’imyaka 26 ntuye i Kigali. Nakunze umugore w’umuyisilamukazi duturanye ariko akaba afite umugabo umufuhira cyane, ubu mfite impungenge ko ashobora kuzangirira nabi akaba yanyica. Uyu mugore ufite umwana umwe ndamukunda anyereka ko anyiyumvamo kandi nanjye ndamukunda. Iyo duhuye numva muri njye mpindutse mu mutima. Ntangira kuvuga amagambo menshi […]

Umukozi wo mu rugo ashinja umukoresha w’Umudiyakoni kumuta aho atazi

Mutuyimana Joselyne akomoka mu karere ka Gicumbi mu murenge wa Rukomo, ubu akaba abarizwa mu murenge wa Kanombe mu karere ka Kicukiro, aho yakoraga akazi ko mu rugo. Avuga ko amasengesho yakoraga yatumye abakoresha be bajya kumujugunya aho atazi batanamwishyuye, mu gihe nyirabuja avuga ko yahisemo gusembera. Uyu mukobwa aganira na Bwiza TV, yavuze ko […]

Finance Manager at University of Kigali

University of Kigali is one of the leading private higher institutions of learning in Rwanda. It is a fully accredited /chartered University by the Government of Rwanda. Started its operations in October, 2013. Website: Home JOB ADVERT FINANCE MANAGER University of Kigali (UoK) is one of the leading private higher institutions of learning in Rwanda. […]

Kenya: Umusore yakatiwe n’inkiko azira kwimya inka

Umusore w’imyaka 23 y’amavuko wo mu gihugu cya Kenya, Pkemei yakatiwe imyaka umunani y’igifungo n’urukiko rwo mu Mujyi wa Kapenguria ruherereye mu gace ka Pikot y’Uburengerazuba, azira kwimya inka. Bivugwa ko uyu musore witwa John Pkemei yakoreye kiriya cyaha ahitwa Kaibos, ku wa 19 Ukwakira umwaka wa 2019. Amakuru avuga ko muri ako gace hari […]

Umugabo ansaba kubwira iwacu bakamusubiza inka yankoye, niba nshaka amahoro

Nitwa Janvière Ndubatse mfite umugabo n’umwana umwe. Uyu mugabo tumaze imyaka itatu dushakanye ariko ambwira ko iwacu (kwa nyirabukwe) batamwubaha, bityo ngo inka imwe yankoye yapfuye ubusa. Uyu mugabo ambwira ko iwacu batamwakira neza nk’umukwe, mbese bamufata nk’umusangwa. Ngo arankunda ariko ansaba ko ubuzima bwacu twabuvanamo ababyeyi banjye. Si ibyo gusa kuko ambwira ko iyo […]

Rwanda Country Director at Wildlife Conservation Society (WCS Rwanda)

Internal liaison: WCS Eastern Africa, Madagascar and Western Indian Ocean Regional Director; Africa Program Executive Director; Eastern Africa, Madagascar and Western Indian Ocean Regional Business Manager; Africa Program Director of Program Operations. Expected travel: Approximately 30%. As required within the region, occasionally to the US if/when needed, and to donor/technical meetings as needed/possible. Organization Background: […]

Niba minisitiri abeshya Perezida, abandi byafashe indi ntera

Mu ntangiro z’ukwezi kwa Gashyantare 2020, Uwari Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Diane Gashumba yatangaje ubwegure bwe. Byatangajwe ko ibi byatewe n’amakosa akomeye n’imiyoborere idakwiye byagiye mu kazi ke. Rubanda rusanzwe babonesha amaso yabo ari nako bumvisha amatwi gusa. Biragoye kumenya mu by’ukuri kumenya ibibera mu biro by’abo bategetsi bakuru, keretse kwemera ibyo batangaje. Perezida wa Repubulika […]

Tour du Rwanda 2020: Umunya-Ethiopia yegukanye agace ka kabiri

f8ef6f89-42d5-47b5-a5dc-cef755095f5d.jpg

Umunya-Ethiopia, Mulu Kinfe Hailemichael ukinira Delko Marseille Province yo mu Bufaransa ni we wegukanye agace ka kabiri k’isiganwa ry’amagare mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda kakinwe kuri uyu wa Mbere tariki 24 Gahyantare. Ni isiganwa ryavaga mu Mujyi wa Kigali ryerekeza mu karere ka Huye, ku ntera ya kilometero 120 na metero 500. Hailemichael yegukanye agace ka […]

Abaturage baranenga imvugo ya Min. Ignatienne bafashe nk’ibatesha agaciro

Bamwe mu baturage banenga imvugo y’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Nyirarukundo Ignatienne, yumvikanye mu mu kavidewo kacaracaye ku mbuga nkoranyambaga kuva tariki ya 21 Gashyantare 2020. Aka kavidewo dukesha TV1 mu cyegeranyo kivuga ku bayobozi bagiye bagaragaraho imvugo mbi barimo Visi-Meya w’Akarere ka Huye ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage, Kankesha […]

Umuyobozi muri Tanzania yavuze ko hari abakoze inzige bagamije kwicisha inzara Abanyafurika

Umuyobozi w’umujyi wa Dar Es Salaam Paul Makonda, asanga hari abashobora kuba barakoreye inzige muri za laboratwari kugira ngo bicishe inzara Abanyafurika. Izi nzige zibasiye akarere ka Afurika y’iburasirazuba zimaze kugaragara mu bihugu bya Ethiopia, Kenya, Tanzania, Uganda na Sudani y’Amajyepfo. Makonda asanga hari intwaro ebyiri zishobora gukoreshwa mu guhashya Abanyafurika, harimo n’iy’ibinyabuzima. Uyu muyobozi […]

Amategeko akwiye kuranga umukobwa uzi icyo ashaka

Mu buzima bwacu bidusaba kugira amategeko cyangwa umurongo ngenderwaho kugira tugere kubyo twifuza. Iri ni ihame abantu twese duhuriyeho mu buzima, no mu rukundo rero naho ni uko kugira ngo umuntu agire icyo ageraho. Muri iy’inkuru Bwiza.com iribanda ku mategeko 5 y’ingenzi akwiye kuranga umukobwa mu rukundo nk’uko urubuga rwa elcrema rwa bigaragaje. 1.Ntukibeshye ko […]

Tender to Offer Hotel Services in the District of Nyamasheke

FVA is a Christian Faith Based and Non-governmental Organization (NGO) dedicated to providing orphans, women, and minors a safe haven, training, schooling, and opportunities since 2003. Our mission is to facilitate processes that break the cycle of poverty, reduce HIV infections, combat domestic violence and help communities build programs to distribute resources to Rwandese. This […]

Bite ku mudepite unenga ubutegetsi bwa Perezida Nkurunziza?

Umudepite witwa Fabien Banciryanino uhagarariye Intara ya Bubanza bamwe bita intwari, utemera imigirire y’ishyaka riri ku butegetsi rya CNDD-FDD ntabwo yigeze ashyigikira ingingo iha icyubahiro n’izina Perezida Nkurunziza nk’uwaharaniye amategeko mu gihugu. Uyu mudepite ngo yaba yaramaze kurambirana, akaba yarakuriweho n’ubudahangarwa (immunité Parlementaire). Muri Mutarama 2020 ni bwo inteko ishinga amategeko y’iki gihugu yatoye ingingo […]

SONARWA igiye guteza cyamunara imwe mu mitungo yayo

Ikigo Nyarwanda cy’ubwishingizi, SONARWA, cyatangaje ko kigiye kugurisha mu cyamunara imitungo ine mu yo cyari gisanganywe. Ibi bije nyuma y’iminsi mike iki kigo gitangaje ko kitakihuje na Banki ya Kigali yari yifuje ko yagura SONARWA hanyuma bakihuza kugira ngo bakore ikigo gikomeye cy’ubwishingizi. Imitungo SONARWA igiye guteza cyamunara irimo inzu yo guturamo iri mu Kiyovu […]