Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama

Sangiza iyi nkuru

Umugore wo mu gihugu cya Nigeria witwa Kayanmata Goddess avuga ko abagabo babaye babi bityo ko abeza ari imbarwa, ko uwamubona yamwiba umugore utagira icyo yitaho umufite.

Uyu mugore bakunze kwitwa Miwa asazwe atanga inama ku bijyanye n’imibanire y’abashakanye ku mbuga nkoranyambaga.

Urubuga rwo muri Ghana, Menshohwa rwatangaje ko Miwa asanga ” Abagore b’indangare bafite abagabo beza nta kindi bakorerwa uretse kubabatwara cyane ko ngo baboneka hake.”

Yifashishije Instagram, Miwa yavuze ko hari abagore batajya bamenya ko bafite abagabo beza. Aba ngo babafata uko bishakiye ariko ngo isomo ryabashobora ni uko bababatwara.

Abamunenze bamusabye impamvu yatumye agira inama abagore kuba batwara abagabo ba bagenzi babo.

Miwa yasubije ko ahubwo yaburiaga abagore kugira ngo bamenye gufata neza abagabo babo

Soma Izindi Nkuru

14 Responses

  1. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    ese abogore cg abakobwa beza baracyariho?? Uwaba azi igihugu baherereyo yandangira.

  2. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    ese abogore cg abakobwa beza baracyariho?? Uwaba azi igihugu baherereyo yandangira.

  3. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  4. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  5. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  6. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  7. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  8. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  9. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  10. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  11. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

  12. Abagabo beza barabuze ni ukubiba abagore b’indangare-umujyanama
    Hhhhhhhh,,nyine yabagiriye inama kdi koko nibyo,,buri mugore yumve umugabo we ari mwiza hama amufate neza. Birumvikana,,utabikora ababimukorera bariteguye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *