Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga

Sangiza iyi nkuru

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rukorera mu karere ka Nyamagabe, mu ntara y’amajyepfo, rwataye muri yombi Nsegimana Didace, uyobora Ikigo Nderabuzima cya Kibilizi giherereye mu murenge wa Kibilizi wo muri kariya karere, akurikiranweho icyaha cyo gusambanyiriza umwana ku kigo nderabuzima.

Uwahaye BWIZA amakuru wanze ko amazina ye ajya mu itangazamakuru, yavuze ko ejo ku wa mbere ari bwo uwo mwana w’umukobwa yagiye ku kigo nderabuzima cya Kibilizi, agiye kwiyandikisha mu babyeyi bagomba guhabwa ifu ya Sosoma dore ko anatwite.

Ngo akigera ku kigo nderabuzima Nsengimana yaramuhamagaye, amubaza impamvu yirirwa ahasiragira. Mu gihe undi ataramusubiza yahise amusaba ko bagenda akamusuzuma ko atagiye kubyara, ngo kuko yamubwiraga ko abona inda ye yamanutse.

Uwatanze amakuru yakomeje agira ati” Yamucishije ku bagore batwite n’ubwo atari ho yari yagiye gusaba serivisi, amujyana aho bapimira, arangije arambura akamatera akamuryamishaho, ariko aramubwira ngo aceceke.”

Umwana wasambanyijwe bivugwa ko afite imyaka 17 y’amavuko, ngo nyuma yo kugera iwabo yabwiye nyina isanganya yahuye na ryo, basubiranye kwa muganga kubaza ibyabaye bahura na Nsengimana aje kubareba kuri Moto, kugira ngo bumvikane kugira ibanga ibyari byabaye.

Uwaduhaye amakuru yavuze ko umuyobozi w’ikigo Nderabuzima cya Kibilizi agihura n’umubyeyi w’umwana akekwaho gusambanya, ngo yabahaye 17,000Rwf ngo basibanganye ibimenyetso yemwe anabagurira icyo kunywa, abandi banga kumukingira ikibaba.

Yakomeje avuga ko mu bimenyetso umukobwa ngo yatanze nyuma y’uko Nsengimana atawe muri yombi, harimo ibara ry’ikariso yari yambaye.

Ati “Polisi yaraye ije babajije ibimenyetso umwana yerekana aho yamuryamishije, babona utumenyetso kuri iyo shuka. Umwana bamubajije ibindi bimenyetso ahita ababwira ibara rya mucikopa (ikariso) uwo mu titulaire yambaye basanga ni ryo.”

Mu kiganiro kigufi BWIZA yagiranye n’umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, Marie Michelle Umuhoza, yavuze ko Nsengimana afunzwe akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana.

Umuhoza yagize ati” Ayo makuru RIB yayamenye, ndetse n’uwo muntu yafashwe arafunzwe, akekwaho gusambanya umwana bivugwa ko afite imyaka 17.”

Umuhoza yavuze ko iperereza rigikomeje mbere y’uko Nsengimana akorerwa Dosiye.

Soma Izindi Nkuru

42 Responses

  1. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    nta mwana utwita ahubwo uwo ni umogore.

    1. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
      Mwiriwe?
      NUbwo yaba umugore ntakwiye gufatwa kungufu.

      Ariko rero ibibazo biravugwa henshi mubayobozi b’ibigo nderabuzima mu ntara y’amajyepfo.

      Ejo bundi ntihavugwaga KAMONYI aho Titulaire umwe wo muri ako karere yafatiwe mucyuho cya RUSWA?.

      NYAMAGABE yo yari ikwiye kureba uko yakemura
      ibibazo aho biri cyane kurusha ahandi

      Urugero:

      2.Nyarusiza h/c Titulaire yafashe mumashati Umuforomo ,ibyo bigenda bityo.

      2.Uwinkingi h/c biracika Titulaire ntacana uwaka na COSA n’ibindi ….

      3.Kibumbwe h/c hari ibibazo n’utwana twabyo.

      N’ahandi henshi ,ubu rero birakwiye ko Akarere kabyitaho rwose.

      Ibizamini byakozwe n’aba Titulaire byagaragaje ko hafi ya Bose babitsinzwe byaba byiza batagarutse muri susteme bityo hakaza Andi maraso mashya.

      Kamonyi nayo nkurikije uko ndabibonye yari ikwiye kureba ahavugwa ibibazo ikahakosora.

      Twibukiranye ko santĂ© Ari ishingiro rya byose iyo ubuzima bubungabunzwe nabi n’ibindi biradindira.

      Murakoze.

    2. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
      Mwiriwe?
      NUbwo yaba umugore ntakwiye gufatwa kungufu.

      Ariko rero ibibazo biravugwa henshi mubayobozi b’ibigo nderabuzima mu ntara y’amajyepfo.

      Ejo bundi ntihavugwaga KAMONYI aho Titulaire umwe wo muri ako karere yafatiwe mucyuho cya RUSWA?.

      NYAMAGABE yo yari ikwiye kureba uko yakemura
      ibibazo aho biri cyane kurusha ahandi

      Urugero:

      2.Nyarusiza h/c Titulaire yafashe mumashati Umuforomo ,ibyo bigenda bityo.

      2.Uwinkingi h/c biracika Titulaire ntacana uwaka na COSA n’ibindi ….

      3.Kibumbwe h/c hari ibibazo n’utwana twabyo.

      N’ahandi henshi ,ubu rero birakwiye ko Akarere kabyitaho rwose.

      Ibizamini byakozwe n’aba Titulaire byagaragaje ko hafi ya Bose babitsinzwe byaba byiza batagarutse muri susteme bityo hakaza Andi maraso mashya.

      Kamonyi nayo nkurikije uko ndabibonye yari ikwiye kureba ahavugwa ibibazo ikahakosora.

      Twibukiranye ko santĂ© Ari ishingiro rya byose iyo ubuzima bubungabunzwe nabi n’ibindi biradindira.

      Murakoze.

    3. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
      Mwiriwe?
      NUbwo yaba umugore ntakwiye gufatwa kungufu.

      Ariko rero ibibazo biravugwa henshi mubayobozi b’ibigo nderabuzima mu ntara y’amajyepfo.

      Ejo bundi ntihavugwaga KAMONYI aho Titulaire umwe wo muri ako karere yafatiwe mucyuho cya RUSWA?.

      NYAMAGABE yo yari ikwiye kureba uko yakemura
      ibibazo aho biri cyane kurusha ahandi

      Urugero:

      2.Nyarusiza h/c Titulaire yafashe mumashati Umuforomo ,ibyo bigenda bityo.

      2.Uwinkingi h/c biracika Titulaire ntacana uwaka na COSA n’ibindi ….

      3.Kibumbwe h/c hari ibibazo n’utwana twabyo.

      N’ahandi henshi ,ubu rero birakwiye ko Akarere kabyitaho rwose.

      Ibizamini byakozwe n’aba Titulaire byagaragaje ko hafi ya Bose babitsinzwe byaba byiza batagarutse muri susteme bityo hakaza Andi maraso mashya.

      Kamonyi nayo nkurikije uko ndabibonye yari ikwiye kureba ahavugwa ibibazo ikahakosora.

      Twibukiranye ko santĂ© Ari ishingiro rya byose iyo ubuzima bubungabunzwe nabi n’ibindi biradindira.

      Murakoze.

    4. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
      Mwiriwe?
      NUbwo yaba umugore ntakwiye gufatwa kungufu.

      Ariko rero ibibazo biravugwa henshi mubayobozi b’ibigo nderabuzima mu ntara y’amajyepfo.

      Ejo bundi ntihavugwaga KAMONYI aho Titulaire umwe wo muri ako karere yafatiwe mucyuho cya RUSWA?.

      NYAMAGABE yo yari ikwiye kureba uko yakemura
      ibibazo aho biri cyane kurusha ahandi

      Urugero:

      2.Nyarusiza h/c Titulaire yafashe mumashati Umuforomo ,ibyo bigenda bityo.

      2.Uwinkingi h/c biracika Titulaire ntacana uwaka na COSA n’ibindi ….

      3.Kibumbwe h/c hari ibibazo n’utwana twabyo.

      N’ahandi henshi ,ubu rero birakwiye ko Akarere kabyitaho rwose.

      Ibizamini byakozwe n’aba Titulaire byagaragaje ko hafi ya Bose babitsinzwe byaba byiza batagarutse muri susteme bityo hakaza Andi maraso mashya.

      Kamonyi nayo nkurikije uko ndabibonye yari ikwiye kureba ahavugwa ibibazo ikahakosora.

      Twibukiranye ko santĂ© Ari ishingiro rya byose iyo ubuzima bubungabunzwe nabi n’ibindi biradindira.

      Murakoze.

  2. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    nta mwana utwita ahubwo uwo ni umogore.

  3. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Muraho egoko bamukatire urumukwiriye subundi ntamugore afire asebeje abatutilaire

    1. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
      Nibyo rwose bamuhane.

    2. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
      Nibyo rwose bamuhane.

  4. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Muraho egoko bamukatire urumukwiriye subundi ntamugore afire asebeje abatutilaire

  5. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Titulaire bamurekure ako gakobwa kabishakaga ahubwo nuko kagishije nyina inama akabigira birebire kubera nubundi uwateye inda ari nyakwigendera.

  6. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Titulaire bamurekure ako gakobwa kabishakaga ahubwo nuko kagishije nyina inama akabigira birebire kubera nubundi uwateye inda ari nyakwigendera.

  7. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Gusa abakobwa beshyi na babyeyi babo barikwitwaza uburemere bwacyiriya cyaha ngo bibonere agafaranga banabeshya

  8. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Gusa abakobwa beshyi na babyeyi babo barikwitwaza uburemere bwacyiriya cyaha ngo bibonere agafaranga banabeshya

  9. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Mana weeeeeeeee,nibimuhama azakanirwe urumukwiye

  10. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Mana weeeeeeeee,nibimuhama azakanirwe urumukwiye

  11. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Ni ibibazo rwose.ubwo Kandi uwo nibajya kumuhana azasaba imbabazi.

  12. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Ni ibibazo rwose.ubwo Kandi uwo nibajya kumuhana azasaba imbabazi.

  13. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Uyu muyobozi w’ikigo nderabuzima yarwikatiye bamufunge pe. Usibye no kuba uwahohotewe ari umwana; yari agiye kwaka serivise kwa muganga none uwagombye kumugasha mu bambere niwe wamugiriye nabi.ubwo se koko ibyo ni ibiki ? Muzamubaze icyabimuyeye hari igihe umugorewe yaba amugunikaga yarabaye nguye mu rwanjye.

  14. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Uyu muyobozi w’ikigo nderabuzima yarwikatiye bamufunge pe. Usibye no kuba uwahohotewe ari umwana; yari agiye kwaka serivise kwa muganga none uwagombye kumugasha mu bambere niwe wamugiriye nabi.ubwo se koko ibyo ni ibiki ? Muzamubaze icyabimuyeye hari igihe umugorewe yaba amugunikaga yarabaye nguye mu rwanjye.

  15. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Avuge ko anasiramuyw

  16. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Avuge ko anasiramuyw

  17. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Aranasiramuye

  18. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Aranasiramuye

  19. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Ngo akenda k imbere!! Abagabo benshi bambara ak umukara…

  20. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Ngo akenda k imbere!! Abagabo benshi bambara ak umukara…

  21. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  22. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  23. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  24. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  25. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  26. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  27. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  28. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  29. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  30. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Niwe se wamuteye inda? Ni danger

  31. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Mutuze dutegereze iperereza.

  32. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Mutuze dutegereze iperereza.

  33. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Mwaramutse ikibabaje nuko uwamuteye inda yigaramiye undi akabigenderamo birababaje

  34. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Mwaramutse ikibabaje nuko uwamuteye inda yigaramiye undi akabigenderamo birababaje

  35. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Ntibyumvikana uburyo tituraire yafashe uwo muntu utwite kungufu knd hari abandi bantu ntihagire ababibona hanyuma bikagaragara aruko avuye murugo. Naho kuvugango ibara rya bogisa ntashingiro rifite kuko ishati ishobora kuzamuka bogisa ikagaragara.

  36. Nyamagabe: Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Kibilizi akekwaho gusambanyiriza umwana kwa muganga
    Ntibyumvikana uburyo tituraire yafashe uwo muntu utwite kungufu knd hari abandi bantu ntihagire ababibona hanyuma bikagaragara aruko avuye murugo. Naho kuvugango ibara rya bogisa ntashingiro rifite kuko ishati ishobora kuzamuka bogisa ikagaragara.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *