Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda itangaza ko mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi igiye guca burundu gahunda yo kwimura umunyeshuri utatsinze amasomo neza ndetse mwarimu uzongera kugaragara yabikoze akazajya abihanirwa.
Byatangajwe na Minisitiri w’Uburezi, Dr Uwamariya Valentine mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu ku ngamba zo kuteza imbere uburezi no kwitegura umwaka w’amashuri 2020/2021 uzatangira muri Nzeri.
Minisitiri Uwamariya yavuze ko gahunda Leta yatangiye yo kubaka ibyumba by’amashuri bisaga 22,000 no kongera umubare w’abarimu ari kimwe mu bizatuma nta munyeshuri wongera kwimurwa atatsinze neza, ibizwi nka ‘Automatic promotion’.
Iyi gahunda yasaga n’iyashyizweho mu rwego rwo guteza imbere uburezi budaheza, no gushishikariza abari baragiye bacikisha amashuri kugaruka kwiga ari nabyo byatumye ubucucike bwiyongera mu mashuri, cyane cyane abanza.
Bamwe mu barezi bari baragiye bagaragaza impamvu z’uko kwimura abanyeshuri muri ubu buryo biterwa n’uko ibyumba biba ari bike kandi abandi bagomba kubona aho bigira, ubu iyi mbogamizi ikaba itazongera kubaho nk’uko Minisitiri Dr Uwamariya abivuga.
Ati ” Niba mwarimu afite ishuri abasha gucunga neza afite n’ibikoresho bya ngombwa ni gute yazasobanura uburyo yimuye umunyeshuri nta bumenyi bukenewe afite? ”
Biteganyijwe ko nibura buri cyumba cy’ishuri ribanza kizaba kirimo intebe 23 zicayeho abanyeshuri batarenze 40, mugihe imibare ya Minisiteri y’Uburezi igaragaza ko ubusanzwe ishuri ryabaga ririmo abanyeshuri bagera kuri 85, mugihe amabwiriza mpuzamahanga avuga ko nibura ishuri rimwe ritagomba kurenza abanyeshuri 45.



250 Responses
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nanjye ndi mwalimu Ariko ntimuvuga inota ry,ifatizo umunyeshuri yimukuraho! Gutsindwa bivuga iki? Mwalimu SI we wimura! Himura inama y,abarimu! Kuvuga ngo azabihanirwa bizagenda gute ko umwalimu wenyine Atari we wimura umunyeshuri?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
@Fidele, ibyo uvuga n’ukuri. MINEDUC nivuge iti amanota yokwimuriraho nayangaya, naho kuvuga ngo umwalimu uzimura umunyeshuri watsinzwe azabihanirwa ntabwo bisobanutse kabisa. MINEDUC yananiwe kenshi gusobanura ibintu uko bikwiye gusobanurwa!!! Nibarekeraho kwitwaza mwalimu bisubireho.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
@Fidele, ibyo uvuga n’ukuri. MINEDUC nivuge iti amanota yokwimuriraho nayangaya, naho kuvuga ngo umwalimu uzimura umunyeshuri watsinzwe azabihanirwa ntabwo bisobanutse kabisa. MINEDUC yananiwe kenshi gusobanura ibintu uko bikwiye gusobanurwa!!! Nibarekeraho kwitwaza mwalimu bisubireho.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mbona hakagombye gushyirwaho inota fatizo ku munyeshuli wimuka ava Mu mwaka umwe ajya muwundi kuburyo nabanyeshuli barimenya.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyo nicyo
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyo nicyo
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mbona hakagombye gushyirwaho inota fatizo ku munyeshuli wimuka ava Mu mwaka umwe ajya muwundi kuburyo nabanyeshuli barimenya.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mbona hakagombye gushyirwaho inota fatizo ku munyeshuli wimuka ava Mu mwaka umwe ajya muwundi kuburyo nabanyeshuli barimenya.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mbona hakagombye gushyirwaho inota fatizo ku munyeshuli wimuka ava Mu mwaka umwe ajya muwundi kuburyo nabanyeshuli barimenya.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ntibyoroshye kugirango iri kosa ryo gusibiza umwana rize kuri mwarimu.ibyo uwatanze igitekerezo yakomojeho ati bizagenda gute mugutanga ibihano niba hatinura mwarimu himura inama yabarimu? Ibi nibyo koko hari nigihe bavuga ngo musibize5%.tukabyumva nkihame ritabura gukorwa.urumva rero simwarimu usibiza sinawe wimura aya mabwiriza rero azubahirizwa.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ntibyoroshye kugirango iri kosa ryo gusibiza umwana rize kuri mwarimu.ibyo uwatanze igitekerezo yakomojeho ati bizagenda gute mugutanga ibihano niba hatinura mwarimu himura inama yabarimu? Ibi nibyo koko hari nigihe bavuga ngo musibize5%.tukabyumva nkihame ritabura gukorwa.urumva rero simwarimu usibiza sinawe wimura aya mabwiriza rero azubahirizwa.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ahubwo se mwarimu yasobanura ate ko hari umwana utsindwa kandi afite inshingano zo kwigisha neza isomo rye akanagenzura buri gihe ko abana bose baryumvise yasanga hari abataryumvise neza akabasubiriramo?Ubwo uwo kaba kamunaniye kuko aba atujuje inshingano Leta imusaba.Yagirwa inama yo kujya gukora ibindi bitari uburezi!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ahubwo se mwarimu yasobanura ate ko hari umwana utsindwa kandi afite inshingano zo kwigisha neza isomo rye akanagenzura buri gihe ko abana bose baryumvise yasanga hari abataryumvise neza akabasubiriramo?Ubwo uwo kaba kamunaniye kuko aba atujuje inshingano Leta imusaba.Yagirwa inama yo kujya gukora ibindi bitari uburezi!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nanjye ndi mwalimu Ariko ntimuvuga inota ry,ifatizo umunyeshuri yimukuraho! Gutsindwa bivuga iki? Mwalimu SI we wimura! Himura inama y,abarimu! Kuvuga ngo azabihanirwa bizagenda gute ko umwalimu wenyine Atari we wimura umunyeshuri?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose minister turamushyigikiye,ariko gufata abana bacikirije amashuli bakabavaga nabari current muri uwo mwaka habaho kwigishanya igeso mbi ,bigatera uburayi,n,izindi geso mbi inyinshi zizanwa nabamwe bagarurwa bAracikishirije amashuli:urugero ugasaga nko muri P5,6 harimo abana bafite 11 ariko hari nabandi bafite 14 barabavanze kandi Ari ibitsina bitandukanye murumva namwe ibikurikiraho,minister mukore annalysis,naho turarerera mubibazo.tks
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
ntabwo byoroshye ariko uburezi budaheza busaba ko abana baba muri gahunda imwe, n’ubwo bigoye kubacunga cyane cyane abo usanga barafashe imico irenze isanzwe, ndetse n’abafite ubumuga bukomeye biragoye kubigishanya n’abandi kandi nabyo mwarimu ubu barabimusaba, mu gihe bisa nk’aho biba bitanashoboka, urugero umwana utumva ntavuge ukamuha umwarimu ubonnetse wese burya biba bisa nk’aho ntacyobukoze, kandi hariho amashami yagenewe special teachers ba special educational needs. nabyo leta yakagombye kubyigho.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
ntabwo byoroshye ariko uburezi budaheza busaba ko abana baba muri gahunda imwe, n’ubwo bigoye kubacunga cyane cyane abo usanga barafashe imico irenze isanzwe, ndetse n’abafite ubumuga bukomeye biragoye kubigishanya n’abandi kandi nabyo mwarimu ubu barabimusaba, mu gihe bisa nk’aho biba bitanashoboka, urugero umwana utumva ntavuge ukamuha umwarimu ubonnetse wese burya biba bisa nk’aho ntacyobukoze, kandi hariho amashami yagenewe special teachers ba special educational needs. nabyo leta yakagombye kubyigho.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Minister ntabwo mwarimu ariwe wimura .himura ibwiriza rya REB.kwemera ikosa nibyiza aho kugumya kwitana ba mwana .kongera ibyumba nibyiza ariko se ko primaire zigwiriye abatarize uburezi kuki mutabanza n weo kubahugura byibuze. Mubanze murebe ko umwarimu wigisha primere ubuzima bwe rwose ni mumanegeka.harya ubwo uzamushakiraho ireme!!!! Uburezi nibugaruke mumurongo wo kuba ari tekinike kurusha politike
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Minister ntabwo mwarimu ariwe wimura .himura ibwiriza rya REB.kwemera ikosa nibyiza aho kugumya kwitana ba mwana .kongera ibyumba nibyiza ariko se ko primaire zigwiriye abatarize uburezi kuki mutabanza n weo kubahugura byibuze. Mubanze murebe ko umwarimu wigisha primere ubuzima bwe rwose ni mumanegeka.harya ubwo uzamushakiraho ireme!!!! Uburezi nibugaruke mumurongo wo kuba ari tekinike kurusha politike
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose minister turamushyigikiye,ariko gufata abana bacikirije amashuli bakabavaga nabari current muri uwo mwaka habaho kwigishanya igeso mbi ,bigatera uburayi,n,izindi geso mbi inyinshi zizanwa nabamwe bagarurwa bAracikishirije amashuli:urugero ugasaga nko muri P5,6 harimo abana bafite 11 ariko hari nabandi bafite 14 barabavanze kandi Ari ibitsina bitandukanye murumva namwe ibikurikiraho,minister mukore annalysis,naho turarerera mubibazo.tks
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Erega kwimura abana batatsinze neza ntabwo biterwa n’a mwalimu ahubwo biterwa n’ibwiriza ritanditse Mineduc yifashisha.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Erega kwimura abana batatsinze neza ntabwo biterwa n’a mwalimu ahubwo biterwa n’ibwiriza ritanditse Mineduc yifashisha.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Kongera umushahara ryaba ipfundo
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Kongera umushahara ryaba ipfundo
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mugenzure rwose namwe mubayobozi bibigo bagiye batakaza abarimu muburyo bumwe ntabokubasimbura bityo ntibyorohere abarimu kuko ubwobucucike bukomeza kubaho rwose mudufashe
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mugenzure rwose namwe mubayobozi bibigo bagiye batakaza abarimu muburyo bumwe ntabokubasimbura bityo ntibyorohere abarimu kuko ubwobucucike bukomeza kubaho rwose mudufashe
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Kongera umushahara ryaba ipfundo
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Kongera umushahara ryaba ipfundo
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Biragoye ko uwimukiye kuri promotion automatique yoroherwa no kwimuka yatsinze ariko kd mwalimu ararengana ntacyo aba atakoze ahubwo hakenewe ubufatanye apana kwitana bamwana
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Biragoye ko uwimukiye kuri promotion automatique yoroherwa no kwimuka yatsinze ariko kd mwalimu ararengana ntacyo aba atakoze ahubwo hakenewe ubufatanye apana kwitana bamwana
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Gusa uburezi bukwiye gukorwa na abanyamwuga.
Bikaba nabyiza habayeho kubanza kuzamura aba A1 naba A0 bamaze imyaka bigisha muri primary.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Babazamure babashyire he kandi ari bo bamaze kuba rode?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Babazamure babashyire he kandi ari bo bamaze kuba rode?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Babazamure babashyire he kandi ari bo bamaze kuba rode?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Babazamure babashyire he kandi ari bo bamaze kuba rode?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
MINEDUCnigarureho NPhaboneke abarezi b’abanyamwuga kuko abana binjiye mu burezi akenshi usanga ntacyo barusha abo bigisha.leta nayo iti twatanze abarimu.Hakeneweamahugurwa kuri boo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
MINEDUCnigarureho NPhaboneke abarezi b’abanyamwuga kuko abana binjiye mu burezi akenshi usanga ntacyo barusha abo bigisha.leta nayo iti twatanze abarimu.Hakeneweamahugurwa kuri boo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Gusa uburezi bukwiye gukorwa na abanyamwuga.
Bikaba nabyiza habayeho kubanza kuzamura aba A1 naba A0 bamaze imyaka bigisha muri primary.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza Kungamba Leta y’u Rwanda yafashe muguteza imbere uburezi by’umwihariko minister of Education uriho ubu agaragaza impinduka nziza.kandi nubwo kugirango uve aho uburezi bwariburi ubugeze kurugero rukwiriye Bisaba igihe, ndetse n’amafaranga nkuko rero Hari amafaranga yashowe mugikorwa cyo kongera ibyumba niharebwe nuburyo Leta ishora amafaranga mukongerera mwarimu ubushobozi Mubijyanye nimibereho. Kandi Leta ibishyiremo imbaraga zifatika. Naho ingamba zose zafatwa hirengagijwe ubuzima bwa mwarimu sinziko zagera kuntego Uko bikwiye. Ikindi Buriya byose byishwe na Policies zafatwaga kandi zidahindutse Nubundi haba ari Hahandi. Ko uvugako mwarimu ariwe wimura abatatsinze none umunyeshuli wagize U( unclassified) abatatsinze ko REB ivugango ni Bimuke? Icyo nacyo kidakemutse byagumya kuba kwakundi. Rero buriya Hapfuye byinshi Ingamba minister yafashe ni nziza Ariko zizatanga umusaruro nyuma yigihe Runaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Yego ingamba zafashwe in nziza, ariko ishyirwa mu bikorwa nicyo dutega maso. ESE iyo Babara umubare w’abana mu cyumba kimwe,Babara n’ubushobozi bwabo kimwe?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Yego ingamba zafashwe in nziza, ariko ishyirwa mu bikorwa nicyo dutega maso. ESE iyo Babara umubare w’abana mu cyumba kimwe,Babara n’ubushobozi bwabo kimwe?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza Kungamba Leta y’u Rwanda yafashe muguteza imbere uburezi by’umwihariko minister of Education uriho ubu agaragaza impinduka nziza.kandi nubwo kugirango uve aho uburezi bwariburi ubugeze kurugero rukwiriye Bisaba igihe, ndetse n’amafaranga nkuko rero Hari amafaranga yashowe mugikorwa cyo kongera ibyumba niharebwe nuburyo Leta ishora amafaranga mukongerera mwarimu ubushobozi Mubijyanye nimibereho. Kandi Leta ibishyiremo imbaraga zifatika. Naho ingamba zose zafatwa hirengagijwe ubuzima bwa mwarimu sinziko zagera kuntego Uko bikwiye. Ikindi Buriya byose byishwe na Policies zafatwaga kandi zidahindutse Nubundi haba ari Hahandi. Ko uvugako mwarimu ariwe wimura abatatsinze none umunyeshuli wagize U( unclassified) abatatsinze ko REB ivugango ni Bimuke? Icyo nacyo kidakemutse byagumya kuba kwakundi. Rero buriya Hapfuye byinshi Ingamba minister yafashe ni nziza Ariko zizatanga umusaruro nyuma yigihe Runaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza Kungamba Leta y’u Rwanda yafashe muguteza imbere uburezi by’umwihariko minister of Education uriho ubu agaragaza impinduka nziza.kandi nubwo kugirango uve aho uburezi bwariburi ubugeze kurugero rukwiriye Bisaba igihe, ndetse n’amafaranga nkuko rero Hari amafaranga yashowe mugikorwa cyo kongera ibyumba niharebwe nuburyo Leta ishora amafaranga mukongerera mwarimu ubushobozi Mubijyanye nimibereho. Kandi Leta ibishyiremo imbaraga zifatika. Naho ingamba zose zafatwa hirengagijwe ubuzima bwa mwarimu sinziko zagera kuntego Uko bikwiye. Ikindi Buriya byose byishwe na Policies zafatwaga kandi zidahindutse Nubundi haba ari Hahandi. Ko uvugako mwarimu ariwe wimura abatatsinze none umunyeshuli wagize U( unclassified) abatatsinze ko REB ivugango ni Bimuke? Icyo nacyo kidakemutse byagumya kuba kwakundi. Rero buriya Hapfuye byinshi Ingamba minister yafashe ni nziza Ariko zizatanga umusaruro nyuma yigihe Runaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Arko nibazako mwalimu atimura umunyeshuri, ahubwo nanjye mbonereho nibarize, njye natangajwe no kubona umwana yaba uwiga p6 cg s3 apfa kuba ari kuri list y’abemerewe gukora national exam niyo adakoze ahabwa ishuri ntabwo asibizwa ahabwa ikigo.akajya muwa1 cg muwa4 secondaire(tuelve basic of educations). Ahubwo icyo kibazo REB yaba yo yarabonye bikwiye mubuhe buryo?mwalimu cg ibigo by’amashuri bikurikire bifite urugero rutangwa n’abafata ibyemezo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Arko nibazako mwalimu atimura umunyeshuri, ahubwo nanjye mbonereho nibarize, njye natangajwe no kubona umwana yaba uwiga p6 cg s3 apfa kuba ari kuri list y’abemerewe gukora national exam niyo adakoze ahabwa ishuri ntabwo asibizwa ahabwa ikigo.akajya muwa1 cg muwa4 secondaire(tuelve basic of educations). Ahubwo icyo kibazo REB yaba yo yarabonye bikwiye mubuhe buryo?mwalimu cg ibigo by’amashuri bikurikire bifite urugero rutangwa n’abafata ibyemezo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Arko nibazako mwalimu atimura umunyeshuri, ahubwo nanjye mbonereho nibarize, njye natangajwe no kubona umwana yaba uwiga p6 cg s3 apfa kuba ari kuri list y’abemerewe gukora national exam niyo adakoze ahabwa ishuri ntabwo asibizwa ahabwa ikigo.akajya muwa1 cg muwa4 secondaire(tuelve basic of educations). Ahubwo icyo kibazo REB yaba yo yarabonye bikwiye mubuhe buryo?mwalimu cg ibigo by’amashuri bikurikire bifite urugero rutangwa n’abafata ibyemezo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Arko nibazako mwalimu atimura umunyeshuri, ahubwo nanjye mbonereho nibarize, njye natangajwe no kubona umwana yaba uwiga p6 cg s3 apfa kuba ari kuri list y’abemerewe gukora national exam niyo adakoze ahabwa ishuri ntabwo asibizwa ahabwa ikigo.akajya muwa1 cg muwa4 secondaire(tuelve basic of educations). Ahubwo icyo kibazo REB yaba yo yarabonye bikwiye mubuhe buryo?mwalimu cg ibigo by’amashuri bikurikire bifite urugero rutangwa n’abafata ibyemezo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Arko nibazako mwalimu atimura umunyeshuri, ahubwo nanjye mbonereho nibarize, njye natangajwe no kubona umwana yaba uwiga p6 cg s3 apfa kuba ari kuri list y’abemerewe gukora national exam niyo adakoze ahabwa ishuri ntabwo asibizwa ahabwa ikigo.akajya muwa1 cg muwa4 secondaire(tuelve basic of educations). Ahubwo icyo kibazo REB yaba yo yarabonye bikwiye mubuhe buryo?mwalimu cg ibigo by’amashuri bikurikire bifite urugero rutangwa n’abafata ibyemezo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Arko nibazako mwalimu atimura umunyeshuri, ahubwo nanjye mbonereho nibarize, njye natangajwe no kubona umwana yaba uwiga p6 cg s3 apfa kuba ari kuri list y’abemerewe gukora national exam niyo adakoze ahabwa ishuri ntabwo asibizwa ahabwa ikigo.akajya muwa1 cg muwa4 secondaire(tuelve basic of educations). Ahubwo icyo kibazo REB yaba yo yarabonye bikwiye mubuhe buryo?mwalimu cg ibigo by’amashuri bikurikire bifite urugero rutangwa n’abafata ibyemezo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza Kungamba Leta y’u Rwanda yafashe muguteza imbere uburezi by’umwihariko minister of Education uriho ubu agaragaza impinduka nziza.kandi nubwo kugirango uve aho uburezi bwariburi ubugeze kurugero rukwiriye Bisaba igihe, ndetse n’amafaranga nkuko rero Hari amafaranga yashowe mugikorwa cyo kongera ibyumba niharebwe nuburyo Leta ishora amafaranga mukongerera mwarimu ubushobozi Mubijyanye nimibereho. Kandi Leta ibishyiremo imbaraga zifatika. Naho ingamba zose zafatwa hirengagijwe ubuzima bwa mwarimu sinziko zagera kuntego Uko bikwiye. Ikindi Buriya byose byishwe na Policies zafatwaga kandi zidahindutse Nubundi haba ari Hahandi. Ko uvugako mwarimu ariwe wimura abatatsinze none umunyeshuli wagize U( unclassified) abatatsinze ko REB ivugango ni Bimuke? Icyo nacyo kidakemutse byagumya kuba kwakundi. Rero buriya Hapfuye byinshi Ingamba minister yafashe ni nziza Ariko zizatanga umusaruro nyuma yigihe Runaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Twasaba minisiteri y’uburezi gutegura ibitabo byo kwigishirizamo mu mashuri y’imyuga nk’uko byateguwe na REB kuko biba bigoye ko abanyeshuli bakora ibazwa rimwe(kandi batarigishijwe bimwe. Murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Twasaba minisiteri y’uburezi gutegura ibitabo byo kwigishirizamo mu mashuri y’imyuga nk’uko byateguwe na REB kuko biba bigoye ko abanyeshuli bakora ibazwa rimwe(kandi batarigishijwe bimwe. Murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo hari igihe batabivugase, bakabihirikira mwalimu ngo iyo umunyeshuri yatsinzwe ni mwalimu uba yatsinzwe!
Bashyireho inota fatizo banemere gusibiza abatatsinze, naho uburezi burimo amazi (burafunguye cyane)
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo hari igihe batabivugase, bakabihirikira mwalimu ngo iyo umunyeshuri yatsinzwe ni mwalimu uba yatsinzwe!
Bashyireho inota fatizo banemere gusibiza abatatsinze, naho uburezi burimo amazi (burafunguye cyane)
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Direct promotion yari yarateye abanyeshuri ubunebwe gushaka amanota ntacyo byari bikibabwiye abarimu twaritwaragowe pe wigishaga abatabyitayeho
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Direct promotion yari yarateye abanyeshuri ubunebwe gushaka amanota ntacyo byari bikibabwiye abarimu twaritwaragowe pe wigishaga abatabyitayeho
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Direct promotion yari yarateye abanyeshuri ubunebwe gushaka amanota ntacyo byari bikibabwiye abarimu twaritwaragowe pe wigishaga abatabyitayeho
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Direct promotion yari yarateye abanyeshuri ubunebwe gushaka amanota ntacyo byari bikibabwiye abarimu twaritwaragowe pe wigishaga abatabyitayeho
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Direct promotion yari yarateye abanyeshuri ubunebwe gushaka amanota ntacyo byari bikibabwiye abarimu twaritwaragowe pe wigishaga abatabyitayeho
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Direct promotion yari yarateye abanyeshuri ubunebwe gushaka amanota ntacyo byari bikibabwiye abarimu twaritwaragowe pe wigishaga abatabyitayeho
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Nyakubahwa Ministre kwimura abana batatsinze ntibyigeze na rimwe biterwa na mwarimu. Kuko hambere aha MINEDUC ubwayo yivugiraga ko nta mwana w’umuswa ubaho ahubwo ko biterwa na mwarimu. Ni byiza ko MINEDUC ibonye ko ubumenyi bw’abana tutandukanye. Hari igihe hajyaho amabwiriza aca intege mwarimu. Ubusanzwe nta programmes zijyanye n’uburezi REB yagateguye itabanje gukora consultance kwa mwarimu we uri kuri terrain. Nibitaba ibyo kwitana ba mwana bizahoraho. Ikindi kandi MINEDUC nigerageze gushyiraho politique y’uburezi ifite stabilité. Naho guhora ihindagura umwana si umurima wo kugeragerezamo imyaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Nyakubahwa Ministre kwimura abana batatsinze ntibyigeze na rimwe biterwa na mwarimu. Kuko hambere aha MINEDUC ubwayo yivugiraga ko nta mwana w’umuswa ubaho ahubwo ko biterwa na mwarimu. Ni byiza ko MINEDUC ibonye ko ubumenyi bw’abana tutandukanye. Hari igihe hajyaho amabwiriza aca intege mwarimu. Ubusanzwe nta programmes zijyanye n’uburezi REB yagateguye itabanje gukora consultance kwa mwarimu we uri kuri terrain. Nibitaba ibyo kwitana ba mwana bizahoraho. Ikindi kandi MINEDUC nigerageze gushyiraho politique y’uburezi ifite stabilité. Naho guhora ihindagura umwana si umurima wo kugeragerezamo imyaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Nyakubahwa Ministre kwimura abana batatsinze ntibyigeze na rimwe biterwa na mwarimu. Kuko hambere aha MINEDUC ubwayo yivugiraga ko nta mwana w’umuswa ubaho ahubwo ko biterwa na mwarimu. Ni byiza ko MINEDUC ibonye ko ubumenyi bw’abana tutandukanye. Hari igihe hajyaho amabwiriza aca intege mwarimu. Ubusanzwe nta programmes zijyanye n’uburezi REB yagateguye itabanje gukora consultance kwa mwarimu we uri kuri terrain. Nibitaba ibyo kwitana ba mwana bizahoraho. Ikindi kandi MINEDUC nigerageze gushyiraho politique y’uburezi ifite stabilité. Naho guhora ihindagura umwana si umurima wo kugeragerezamo imyaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Rwose Nyakubahwa Ministre kwimura abana batatsinze ntibyigeze na rimwe biterwa na mwarimu. Kuko hambere aha MINEDUC ubwayo yivugiraga ko nta mwana w’umuswa ubaho ahubwo ko biterwa na mwarimu. Ni byiza ko MINEDUC ibonye ko ubumenyi bw’abana tutandukanye. Hari igihe hajyaho amabwiriza aca intege mwarimu. Ubusanzwe nta programmes zijyanye n’uburezi REB yagateguye itabanje gukora consultance kwa mwarimu we uri kuri terrain. Nibitaba ibyo kwitana ba mwana bizahoraho. Ikindi kandi MINEDUC nigerageze gushyiraho politique y’uburezi ifite stabilité. Naho guhora ihindagura umwana si umurima wo kugeragerezamo imyaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ese ko babihirikira kuri mwalimu !nibashyireho inota fatizo ryo kwimukiraho bareke kubeshyera mwalimu NGO niwe wimura mwalimu ashyira mu bikorwa amabwiriza yaturutse iyo ibukuru
REB nayo Ireke guha ibigo abana babonyu unclassified
iri bwiriza ryo kwimura uwatsinze rizagorana kuko abana bazi ko bagomba kwimuka uko byagenda kose nta muhate bagira kuko mwalimu niwe leta irundaho imitwaro yose yo muri education
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ese ko babihirikira kuri mwalimu !nibashyireho inota fatizo ryo kwimukiraho bareke kubeshyera mwalimu NGO niwe wimura mwalimu ashyira mu bikorwa amabwiriza yaturutse iyo ibukuru
REB nayo Ireke guha ibigo abana babonyu unclassified
iri bwiriza ryo kwimura uwatsinze rizagorana kuko abana bazi ko bagomba kwimuka uko byagenda kose nta muhate bagira kuko mwalimu niwe leta irundaho imitwaro yose yo muri education
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Niba bishoboka mwadufasha
Kuko niba umwalimu yara koze ikizamini akagitsindira mukandi karere mwakamufashije agahabwa ajazi aho Kari kuruta uko yajya ategereza aho yakoreye gusa kuko usanga yaragize amanota nka 80 ntahabwr akazi aho yakoreye noneho ahandi ugasanga uwagize 70 yahawe akazi
Mudufashe mukosore kubijyanye nibizamini byakazi murakoze .
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Niba bishoboka mwadufasha
Kuko niba umwalimu yara koze ikizamini akagitsindira mukandi karere mwakamufashije agahabwa ajazi aho Kari kuruta uko yajya ategereza aho yakoreye gusa kuko usanga yaragize amanota nka 80 ntahabwr akazi aho yakoreye noneho ahandi ugasanga uwagize 70 yahawe akazi
Mudufashe mukosore kubijyanye nibizamini byakazi murakoze .
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Niba bishoboka mwadufasha
Kuko niba umwalimu yara koze ikizamini akagitsindira mukandi karere mwakamufashije agahabwa ajazi aho Kari kuruta uko yajya ategereza aho yakoreye gusa kuko usanga yaragize amanota nka 80 ntahabwr akazi aho yakoreye noneho ahandi ugasanga uwagize 70 yahawe akazi
Mudufashe mukosore kubijyanye nibizamini byakazi murakoze .
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Niba bishoboka mwadufasha
Kuko niba umwalimu yara koze ikizamini akagitsindira mukandi karere mwakamufashije agahabwa ajazi aho Kari kuruta uko yajya ategereza aho yakoreye gusa kuko usanga yaragize amanota nka 80 ntahabwr akazi aho yakoreye noneho ahandi ugasanga uwagize 70 yahawe akazi
Mudufashe mukosore kubijyanye nibizamini byakazi murakoze .
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ndashima ingamba zitangiye gufatwa naho ubundi iyo hatagira igihinduka mumyaka iri imbere nta tera mbere twari kuzagira p ! Ibaze umwana akagira zero ubundi akimuka akajyagushyiraho n’andi masomo ! Uwo yavamo umuyobozi mubi .Ariko nanone ni hitabwe ho imibereho yutanga ubumenyi kuko ntiwaba ubayeho nabi ngo utange isomo neza rwose birumvikana kuko iyo umubyeyi atwite akagira ubuzima bubi bigira ingaruka kuri munda!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ndashima ingamba zitangiye gufatwa naho ubundi iyo hatagira igihinduka mumyaka iri imbere nta tera mbere twari kuzagira p ! Ibaze umwana akagira zero ubundi akimuka akajyagushyiraho n’andi masomo ! Uwo yavamo umuyobozi mubi .Ariko nanone ni hitabwe ho imibereho yutanga ubumenyi kuko ntiwaba ubayeho nabi ngo utange isomo neza rwose birumvikana kuko iyo umubyeyi atwite akagira ubuzima bubi bigira ingaruka kuri munda!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Bravo ku ngamba MINEDUC iri gushyiraho mu kuzamura ireme ry’uburezi.
Abarimu twiteguye kurerera u Rwanda rwa none n’ejo hazaza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Bravo ku ngamba MINEDUC iri gushyiraho mu kuzamura ireme ry’uburezi.
Abarimu twiteguye kurerera u Rwanda rwa none n’ejo hazaza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo rwose turabishimye ariko iteka Ubuzima bwa mwarimu buracyafite ikibazo bukwiye kwitabwaho kuko niyo motivation yambere mugushyira mubikorwa ireme ryuburezi.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo rwose turabishimye ariko iteka Ubuzima bwa mwarimu buracyafite ikibazo bukwiye kwitabwaho kuko niyo motivation yambere mugushyira mubikorwa ireme ryuburezi.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza mu kwimuka kwa banyeshuri natwe nka barezi twimura abana hagendewe ku nama rusange ya barezi bikigo Bose ,ahubwo mudufashe kwemeza amanota fatizo cgw c amasomo yibanze twazagenderaho .mutekereze no kubuzima bwa mwarimu umushahara wu kwezi ntu tunga urugo ,urubyaro rwacu nirwo rwiga nabi ,kubera ubushobozi bukeya .murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ingambazafashwe ninziza ariko mwalimu arababaye ukurikije uko hanze ibiciro ku isoko bimeze byaba byiza rero bibanze kumpande zombi.iyo urebye abarimu benshi ubuzima babamo ntibubemerera kwigisha abana ngo batsinde hari n’aho umwalimu yifuza ibiryo; nta mukozi agira yikorera imirimo yose.ibi rero kubivanga no kwigisha abana nta musaruro byatanga.murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ingambazafashwe ninziza ariko mwalimu arababaye ukurikije uko hanze ibiciro ku isoko bimeze byaba byiza rero bibanze kumpande zombi.iyo urebye abarimu benshi ubuzima babamo ntibubemerera kwigisha abana ngo batsinde hari n’aho umwalimu yifuza ibiryo; nta mukozi agira yikorera imirimo yose.ibi rero kubivanga no kwigisha abana nta musaruro byatanga.murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Turashimara Mineduc kuri izingamba zigamije kuzamura ireme ry’uburezi ariko Kandi hariho imbogamizi zo kuruhande rw’ababyeyi batitabira uburezi bw’abana babo, bamwe babohereza kw’ishuri nta bikoresho by’ishuri bihagije iryo abana bakiga nabi, mwarimu agakoresha imbaraga zirenze urugero none ko kuruhande rwa Leta (inyubako zituma ubucucike bw’abana bugabanuka mu ishuri zizaba zibonetse) uruhande rw’ababyeyi rurateganyirizwa iki? Twasabaga ko mwadufasha mukadutegurira n’ingamba zafatirwa ababyeyi batita ku myigire y’abana babo. Murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Turashimara Mineduc kuri izingamba zigamije kuzamura ireme ry’uburezi ariko Kandi hariho imbogamizi zo kuruhande rw’ababyeyi batitabira uburezi bw’abana babo, bamwe babohereza kw’ishuri nta bikoresho by’ishuri bihagije iryo abana bakiga nabi, mwarimu agakoresha imbaraga zirenze urugero none ko kuruhande rwa Leta (inyubako zituma ubucucike bw’abana bugabanuka mu ishuri zizaba zibonetse) uruhande rw’ababyeyi rurateganyirizwa iki? Twasabaga ko mwadufasha mukadutegurira n’ingamba zafatirwa ababyeyi batita ku myigire y’abana babo. Murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Amakosa yose ububona ashyirwa kuri mwarimuariko policies ubundi niyo nyirabayazana ubuse abagize u ko bimukira mukidi kiciro so Reb iba yabivuze kobigisha abana Bose n’abafite ibi azo mumyigire badafite ubushobozi bwikugendana n’abandi abobazajya babagenza gute?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Amakosa yose ububona ashyirwa kuri mwarimuariko policies ubundi niyo nyirabayazana ubuse abagize u ko bimukira mukidi kiciro so Reb iba yabivuze kobigisha abana Bose n’abafite ibi azo mumyigire badafite ubushobozi bwikugendana n’abandi abobazajya babagenza gute?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko rero bwiza.com muzasubire kwa minister mumubaze ko umwana ugira U (UNCLASSIFIED) ahabwa ikigo kimwe nabujuje ikizamini cya reta. REB yo ibikora izahanishwa iki? Nkubu hari abanyeshuri barahiyeko batazongera kurara biga ngo bazajya bagera mukizamini bandike imyirondoro ubundi ngo reb ibihere ibigo. Iki cyo minister azagikemura ate?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko rero bwiza.com muzasubire kwa minister mumubaze ko umwana ugira U (UNCLASSIFIED) ahabwa ikigo kimwe nabujuje ikizamini cya reta. REB yo ibikora izahanishwa iki? Nkubu hari abanyeshuri barahiyeko batazongera kurara biga ngo bazajya bagera mukizamini bandike imyirondoro ubundi ngo reb ibihere ibigo. Iki cyo minister azagikemura ate?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
u Rwanda twifuza ni urwo abanyarwanda bazaba bafite ubushobozi n’ubumenyi bwo guhangana n’abandi ku isoko ry’umurimo bityo bagateza igihugu cyacu imbere. kugirango ibi bigerweho bisaba ubufatanya bw’abantu bose nta kwitana ba mwana cyangwa se gusigana kuko duhinga twese mu kwacu. Hakwiriye ubushakashatsi nyabwo ku cyazura ireme ry’uburezi bigaragara ko ryamaze gupfa kuko iyo duhereye hejuru tutagiye mumuzi w’ikibazo bituma buri wese azana ize politiki bigasenya nibyabanje kandi atari uko ari bibi ahubwo ari uburyo bwo kubishyiramubikorwa ndetse no kubitekerezaho byimbitse tugamije kurandura ikibi cyabonetse. Ni byiza rwose ko umwana yimuka afite ubumenyi nubushobozi bijyanye nibyo yahawe arko ikijyanye no gutsinda kdi turimo kwita kuburezi bwa bose numva bibangamiranye! nimureke dusubire inyuma turebe aho turi ubu icyaduteye kuba tumeze gutya ibidakunda iwacu tubireke kuko dufite indwara ya copying policies from anywhere and past in Rwanda without crosschecking our contexts, ibi bituma buri muyobozi ayobora uko abyumva agasibiribanga ibyuwabanje nta critical thinking ibayeho. akavuyo n’akajagari kari mu burezi gaterwa no gusamira ibintu hejuru maze icyo utangiye gutekereza ukagisiga usimbuwe kitarangiye uje nawe akazana ibishya nta kwicara ngo twisuzume neza icyo dushaka naho twifuza kugera. hari ingero nyinshi zigaragara zirimo nyine ibyemezo bifatirwa abana bacu ntakubitekerezaho ngo tushyire ku munzane ingaruka mbi ndetse ninyungu dufite mu byemezo runaka bifatwa.Uburezi rwose buteye ubwoba ndetse n’ababukoramo abenshi bafite ihungabana kuko ntacyo bahindura kdi bafite ubushake n’ubushobozi. mureke duteze imbere imitekerereze yimbitse duhereye kubana twigisha kdi twemere challenges duhabwa. Habanze ibiganiro birimo challenges ku burezi aho gukurikiza amabwiriza gusaaaaa!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
u Rwanda twifuza ni urwo abanyarwanda bazaba bafite ubushobozi n’ubumenyi bwo guhangana n’abandi ku isoko ry’umurimo bityo bagateza igihugu cyacu imbere. kugirango ibi bigerweho bisaba ubufatanya bw’abantu bose nta kwitana ba mwana cyangwa se gusigana kuko duhinga twese mu kwacu. Hakwiriye ubushakashatsi nyabwo ku cyazura ireme ry’uburezi bigaragara ko ryamaze gupfa kuko iyo duhereye hejuru tutagiye mumuzi w’ikibazo bituma buri wese azana ize politiki bigasenya nibyabanje kandi atari uko ari bibi ahubwo ari uburyo bwo kubishyiramubikorwa ndetse no kubitekerezaho byimbitse tugamije kurandura ikibi cyabonetse. Ni byiza rwose ko umwana yimuka afite ubumenyi nubushobozi bijyanye nibyo yahawe arko ikijyanye no gutsinda kdi turimo kwita kuburezi bwa bose numva bibangamiranye! nimureke dusubire inyuma turebe aho turi ubu icyaduteye kuba tumeze gutya ibidakunda iwacu tubireke kuko dufite indwara ya copying policies from anywhere and past in Rwanda without crosschecking our contexts, ibi bituma buri muyobozi ayobora uko abyumva agasibiribanga ibyuwabanje nta critical thinking ibayeho. akavuyo n’akajagari kari mu burezi gaterwa no gusamira ibintu hejuru maze icyo utangiye gutekereza ukagisiga usimbuwe kitarangiye uje nawe akazana ibishya nta kwicara ngo twisuzume neza icyo dushaka naho twifuza kugera. hari ingero nyinshi zigaragara zirimo nyine ibyemezo bifatirwa abana bacu ntakubitekerezaho ngo tushyire ku munzane ingaruka mbi ndetse ninyungu dufite mu byemezo runaka bifatwa.Uburezi rwose buteye ubwoba ndetse n’ababukoramo abenshi bafite ihungabana kuko ntacyo bahindura kdi bafite ubushake n’ubushobozi. mureke duteze imbere imitekerereze yimbitse duhereye kubana twigisha kdi twemere challenges duhabwa. Habanze ibiganiro birimo challenges ku burezi aho gukurikiza amabwiriza gusaaaaa!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo ni byiza cyane,gusa abazamutse nabi ni benshi cyane ku buryo usanga hibutswe ibitereko twasheshe! Ikindi kintu mbona gikomereye uburezi bwacu ni ukuntu umuyobozi aza akishyiriraho gahunda ze,umusimbuye nawe agashyiraho ize! Dukwiye gahunda ihamye!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo ni byiza cyane,gusa abazamutse nabi ni benshi cyane ku buryo usanga hibutswe ibitereko twasheshe! Ikindi kintu mbona gikomereye uburezi bwacu ni ukuntu umuyobozi aza akishyiriraho gahunda ze,umusimbuye nawe agashyiraho ize! Dukwiye gahunda ihamye!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Simbona impamvu yo kuvuga ngo Umwarimu uzajya yimura umunyeshuri utatsinze azajya abihanirwa kubera ko ubu, si umwarimu umwe wigisha umunyeshuri,ahubwo turi muri système ya professorat. Byumvikane neza rero ko no kuvuga ngo Mwarimu runaka ni we wimuye umunyeshuri atari byo. Ikindi, ni uko deliberation ikorwa n’Inteko y’Abarimu. Kereka niba hazahanwa ikigo cyose.
Hanyuma, Mineduc yari ikwiye kuba ireba no ku bindi biyireba mbere yo gutunga agatoki Mwarimu: Urugero, ni nko kuba hari igihe ku Kigo k’ishuri,usanga kuva umwaka utangiye kugeza urangiye harimo imyanya iburamo abarimu, ugasanga abana bamaze nk’umwaka wose hari amasomo batiga neza kubera icyo kibazo k’ibura ry’abarimu.
Nyamara wareba mu gihugu hose, ugasanga hari abantu bigiye kwigisha primaire bashomereye,abigiye kwigisha secondaire badafite akazi n’abandi bakigisha primaire kandi bafite degree za A0 na A1 muri Education.
Hagombye gukorwa ubushakashatsi ku bashomeri bize uburezi,bakaba affectés mu kazi ko kwigisha batabagoye ngo banyuzwe mu bizamini kuko ntekereza ko degrees bahawe na Leta ari impamyabushobozi.
Ikindi, harebwa ku mibereho ya Mwarimu kuko umushahara ahabwa utajyanye na busa n’isoko ry’imibereho.
Brèf, hashyirweho Policies zo gushyira mu kazi, abarimu babyigiye kandi bashoboye,hanarebwe ku buryo bwo kuzamura imibereho ya Mwarimu,then nibigendana n’ubu bwiyongere bw’ibyumba by’amashuri, ireme ry’uburezi tuzarigeraho rwose.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Simbona impamvu yo kuvuga ngo Umwarimu uzajya yimura umunyeshuri utatsinze azajya abihanirwa kubera ko ubu, si umwarimu umwe wigisha umunyeshuri,ahubwo turi muri système ya professorat. Byumvikane neza rero ko no kuvuga ngo Mwarimu runaka ni we wimuye umunyeshuri atari byo. Ikindi, ni uko deliberation ikorwa n’Inteko y’Abarimu. Kereka niba hazahanwa ikigo cyose.
Hanyuma, Mineduc yari ikwiye kuba ireba no ku bindi biyireba mbere yo gutunga agatoki Mwarimu: Urugero, ni nko kuba hari igihe ku Kigo k’ishuri,usanga kuva umwaka utangiye kugeza urangiye harimo imyanya iburamo abarimu, ugasanga abana bamaze nk’umwaka wose hari amasomo batiga neza kubera icyo kibazo k’ibura ry’abarimu.
Nyamara wareba mu gihugu hose, ugasanga hari abantu bigiye kwigisha primaire bashomereye,abigiye kwigisha secondaire badafite akazi n’abandi bakigisha primaire kandi bafite degree za A0 na A1 muri Education.
Hagombye gukorwa ubushakashatsi ku bashomeri bize uburezi,bakaba affectés mu kazi ko kwigisha batabagoye ngo banyuzwe mu bizamini kuko ntekereza ko degrees bahawe na Leta ari impamyabushobozi.
Ikindi, harebwa ku mibereho ya Mwarimu kuko umushahara ahabwa utajyanye na busa n’isoko ry’imibereho.
Brèf, hashyirweho Policies zo gushyira mu kazi, abarimu babyigiye kandi bashoboye,hanarebwe ku buryo bwo kuzamura imibereho ya Mwarimu,then nibigendana n’ubu bwiyongere bw’ibyumba by’amashuri, ireme ry’uburezi tuzarigeraho rwose.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyavuzwe haraguru byose nibyiza,ariko bishobora kugerwaho mugihe kitari munsi yimyaka 5kubera abo dufite barangije kumeya aho bahagaze. Mwarimu nawe murebe uko yahagarara neza Ku isoko.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyavuzwe haraguru byose nibyiza,ariko bishobora kugerwaho mugihe kitari munsi yimyaka 5kubera abo dufite barangije kumeya aho bahagaze. Mwarimu nawe murebe uko yahagarara neza Ku isoko.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyavuzwe haraguru byose nibyiza,ariko bishobora kugerwaho mugihe kitari munsi yimyaka 5kubera abo dufite barangije kumeya aho bahagaze. Mwarimu nawe murebe uko yahagarara neza Ku isoko.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyavuzwe haraguru byose nibyiza,ariko bishobora kugerwaho mugihe kitari munsi yimyaka 5kubera abo dufite barangije kumeya aho bahagaze. Mwarimu nawe murebe uko yahagarara neza Ku isoko.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Kwimura umunyeshuri ntabwo ari umwanzuro ufatwa na mwarimu ni inama y’abarimu iyobowe n’umuyobozi bagena kwimuka cg gusibira k’umunyeshuri hagendewe no kwihame ryo gusibiza10%.Mwalimu rero nta ruhare Ku giti cye afite ahubwo agendera Ku mabwiriza ahabwa.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Kwimura umunyeshuri ntabwo ari umwanzuro ufatwa na mwarimu ni inama y’abarimu iyobowe n’umuyobozi bagena kwimuka cg gusibira k’umunyeshuri hagendewe no kwihame ryo gusibiza10%.Mwalimu rero nta ruhare Ku giti cye afite ahubwo agendera Ku mabwiriza ahabwa.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
ngo azajya abihanirwa? hashingiwe ku rihe tegeko se? ari mu cyaro ubwo inama y’umutekano yaguye yaterana ikamunaga muri mabuso.
mwagiye mwubahiriza amategeko mwa bategetsi ko namwe azajya abarengera mwageze aharindimuka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
ngo azajya abihanirwa? hashingiwe ku rihe tegeko se? ari mu cyaro ubwo inama y’umutekano yaguye yaterana ikamunaga muri mabuso.
mwagiye mwubahiriza amategeko mwa bategetsi ko namwe azajya abarengera mwageze aharindimuka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko ni gute gahunda zishyirwaho muri politique de l’Education zitatanga umusaruro zigahinduka amakosa ya Mwalimu?. Ubu se ni kangahe twagiye tugaragaza ko Education without competition idashobora kugera kuri quality of education? Iteka iyo twabivugaga ntibadusaranaga ngo izo repetitions dukora muri délibération tuzazizira! Aho babajije Mudidi wazanye iyo policy ya promotion automatique ni Mwalimu bari gutwerera amakosa ngo niyongera kwimura abana batatsinze azabihanirwa!? Ubundi se yabimuraga abishaka? Cyangwa batsindwaga kubera ko atabaga yabigishije? Nkeka ko ari uko ari yo mabwiriza bagenderagaho? Ni he bigeze babona Mwalimu wigisha abana barenga 60 mu ishuri rimwe mu gihe kimwe, umwana akaba azi neza ko atazasibizwa mu gihe yatsinzwe, maze abo bana b’iryo shuri bagatsinda bose koko? Mwalimu se ni Imana? Uwo murezi wabishoboye ntabaho! Cyane iyo noneho unongeraho kumuhemba umushahara w’inyuma mu bakozi bose bo mu gihugu! Naho miseke ararwana! N’ibyo Mwalimu mubyeyi washoboye kugeraho ni uko ukoreshwa n’umutimanama kdi ukaba uri n’umunyamwuga. Komeza wihangane Murezi, ukorane akazi kawe umurava ni ukuri uri intwari. Abantu nibatabigushimira uzabishimirwa n’Imana. Murezi mwiza si wowe ushyiraho education policies, uri umutechnicien, niba byaragaragaye ko promotion automatique baguhaye gushyira mu bikorwa yanze, nibagushakire indi system nayo uzayishyira mu bikorwa kugeza igihe bazaguhera system iberaye neza uburezi kandi ishobora gutanga umusaruro. N’ubundi barima ibisinde bakagukorera kandi wabaye kidahigima. Ariko kuvuga byo ngo Umurezi azahanwa ko yashyize mu bikorwa politique bamuhaye ibi byo harimo no kukwigirizaho nkana. Ikibababaje ni uko nibyo baba baguhaye atanabigiramo n’ijambo ngo agaragaze uko byakorwa neza cg ibyakosorwa wowe uba unabirebera kuri terrain akamenya aho byapfiriye. Ubu turi kuvuga mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga ko Mwalimu uzimura umwana utatsinze azahanwa, nyamara wasanga n’ibyo turi kumusaba kuzakora nta mategeko cg amabwiriza mashya yari yashyirwaho azayobora imyigire imyigishirize n’imibarize bishya bijyanye n’ibi bitekerezo bari gutangaza mu bitangazamakuru. Reka tubitegereze. Uko umuvuzi w’ingoma akubise umurishyo we ni uko ababyinnyi bamwikiriza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko ni gute gahunda zishyirwaho muri politique de l’Education zitatanga umusaruro zigahinduka amakosa ya Mwalimu?. Ubu se ni kangahe twagiye tugaragaza ko Education without competition idashobora kugera kuri quality of education? Iteka iyo twabivugaga ntibadusaranaga ngo izo repetitions dukora muri délibération tuzazizira! Aho babajije Mudidi wazanye iyo policy ya promotion automatique ni Mwalimu bari gutwerera amakosa ngo niyongera kwimura abana batatsinze azabihanirwa!? Ubundi se yabimuraga abishaka? Cyangwa batsindwaga kubera ko atabaga yabigishije? Nkeka ko ari uko ari yo mabwiriza bagenderagaho? Ni he bigeze babona Mwalimu wigisha abana barenga 60 mu ishuri rimwe mu gihe kimwe, umwana akaba azi neza ko atazasibizwa mu gihe yatsinzwe, maze abo bana b’iryo shuri bagatsinda bose koko? Mwalimu se ni Imana? Uwo murezi wabishoboye ntabaho! Cyane iyo noneho unongeraho kumuhemba umushahara w’inyuma mu bakozi bose bo mu gihugu! Naho miseke ararwana! N’ibyo Mwalimu mubyeyi washoboye kugeraho ni uko ukoreshwa n’umutimanama kdi ukaba uri n’umunyamwuga. Komeza wihangane Murezi, ukorane akazi kawe umurava ni ukuri uri intwari. Abantu nibatabigushimira uzabishimirwa n’Imana. Murezi mwiza si wowe ushyiraho education policies, uri umutechnicien, niba byaragaragaye ko promotion automatique baguhaye gushyira mu bikorwa yanze, nibagushakire indi system nayo uzayishyira mu bikorwa kugeza igihe bazaguhera system iberaye neza uburezi kandi ishobora gutanga umusaruro. N’ubundi barima ibisinde bakagukorera kandi wabaye kidahigima. Ariko kuvuga byo ngo Umurezi azahanwa ko yashyize mu bikorwa politique bamuhaye ibi byo harimo no kukwigirizaho nkana. Ikibababaje ni uko nibyo baba baguhaye atanabigiramo n’ijambo ngo agaragaze uko byakorwa neza cg ibyakosorwa wowe uba unabirebera kuri terrain akamenya aho byapfiriye. Ubu turi kuvuga mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga ko Mwalimu uzimura umwana utatsinze azahanwa, nyamara wasanga n’ibyo turi kumusaba kuzakora nta mategeko cg amabwiriza mashya yari yashyirwaho azayobora imyigire imyigishirize n’imibarize bishya bijyanye n’ibi bitekerezo bari gutangaza mu bitangazamakuru. Reka tubitegereze. Uko umuvuzi w’ingoma akubise umurishyo we ni uko ababyinnyi bamwikiriza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Izi ngamba no nziza ariko hatekerezwe n’uburyo bwo gushaka abarimu Nashua kuko gutangira ikizamini umunsi umwe mbona Atari byo thx
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Izi ngamba no nziza ariko hatekerezwe n’uburyo bwo gushaka abarimu Nashua kuko gutangira ikizamini umunsi umwe mbona Atari byo thx
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko nkubu ministeri yuburezi Koko izajya kumurongo ryari? None se Nyakubahwa miniter avuga gutya abanyeshuri bahabwa amabaruwa na REB ntabari unclassified babamo? Abo se nabo Ni mwarimu uba yabimuye? Ahubwo babura kuvuga kumushahara wa mwarimu n’agahimbazamustyi ahubwo mwarimu agahora aba condemned kumakosa n’amabwiriza aturuka munzego so hejuru nawe akabishyira mu bikorwa !!!!! ????
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko nkubu ministeri yuburezi Koko izajya kumurongo ryari? None se Nyakubahwa miniter avuga gutya abanyeshuri bahabwa amabaruwa na REB ntabari unclassified babamo? Abo se nabo Ni mwarimu uba yabimuye? Ahubwo babura kuvuga kumushahara wa mwarimu n’agahimbazamustyi ahubwo mwarimu agahora aba condemned kumakosa n’amabwiriza aturuka munzego so hejuru nawe akabishyira mu bikorwa !!!!! ????
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo mwavuze byose nibyo pe gusa mwirengagije n’akazi mwarimu asigaye afite nko gukora documents gufasha abana bafite integer nke ndetse n’igihe ni gito cyo kubikora nta kuntu mwarimu ari occupe amasaha yose ngo n’akanya gato abonye areke gukora document ahubwo afashe umunyeshuri kd aziko ejo arizo azabazwa ahubwo bagabanya ibyo mwarimu abazwa nabyo bikaba bike.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo mwavuze byose nibyo pe gusa mwirengagije n’akazi mwarimu asigaye afite nko gukora documents gufasha abana bafite integer nke ndetse n’igihe ni gito cyo kubikora nta kuntu mwarimu ari occupe amasaha yose ngo n’akanya gato abonye areke gukora document ahubwo afashe umunyeshuri kd aziko ejo arizo azabazwa ahubwo bagabanya ibyo mwarimu abazwa nabyo bikaba bike.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwatanze ibitekerezo byiza kandi byubaka uburezi bwacu.Uburezi butanga ibisubizo Ku bibazo bihari.Kandi nabonye abenshi banditse turi abarezi.Mbese umuntu yaba atazi kwandika ikinyarwanda ari umurezi umwana akazamuvanaho iki?Reba ibitekerezo mwatanze hejuru niba byubahirije imyandikire.Ngize amakenga!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwatanze ibitekerezo byiza kandi byubaka uburezi bwacu.Uburezi butanga ibisubizo Ku bibazo bihari.Kandi nabonye abenshi banditse turi abarezi.Mbese umuntu yaba atazi kwandika ikinyarwanda ari umurezi umwana akazamuvanaho iki?Reba ibitekerezo mwatanze hejuru niba byubahirije imyandikire.Ngize amakenga!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibintu let’s ivuga nibyo ariko icyaba cyiza nuko mwarimu nawe mubo batekereza bamutrkezaho kuko umusha we uba urihasi cyane ugereranyije nkayo abandi bahembwa kuko ibiciro byiboribwa niba bihenze ndetse na macumbi ukuri guhari babanze barebe imibereho ya mwarimu , ibijyanye no kwimura abanyeshuri mwarimu aba agiye amabwiriza ajyenseraho mu kigp aba akoreramo nuturere ubwo rero bibande kubayobozi bibigo naho mwarimu araremgana
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibintu let’s ivuga nibyo ariko icyaba cyiza nuko mwarimu nawe mubo batekereza bamutrkezaho kuko umusha we uba urihasi cyane ugereranyije nkayo abandi bahembwa kuko ibiciro byiboribwa niba bihenze ndetse na macumbi ukuri guhari babanze barebe imibereho ya mwarimu , ibijyanye no kwimura abanyeshuri mwarimu aba agiye amabwiriza ajyenseraho mu kigp aba akoreramo nuturere ubwo rero bibande kubayobozi bibigo naho mwarimu araremgana
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ministeri niyite kubintu bikurikira kugira ngo ireme ry’uburezi riboneke:
1.Kugabanya ubucucike homgerwa abarimu.
2.Kwita ku mibereho y’abarimu homgerwa n’umushahara
3.Gushyiraho amabwiriza ahamye yo kwimura abanyeshuri.
4.Kongera imfashanyigisho.
5.Gushyira mu myanya abarimu bashoboye hirindwa ruswa n’ibijyanye nayo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ministeri niyite kubintu bikurikira kugira ngo ireme ry’uburezi riboneke:
1.Kugabanya ubucucike homgerwa abarimu.
2.Kwita ku mibereho y’abarimu homgerwa n’umushahara
3.Gushyiraho amabwiriza ahamye yo kwimura abanyeshuri.
4.Kongera imfashanyigisho.
5.Gushyira mu myanya abarimu bashoboye hirindwa ruswa n’ibijyanye nayo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko nukuri hashakishwe abarimu bari professionnels kuko baba bazi ethique na deonthologie by’uburezi kandi impamvu nuko havuyeho za normales primaires, zikiriho uburezi bwari buryoshye. Ni kimwe n’uwakuyeho Infirmieres oooh uwayigaga yabaga ari umunyamwuga kweli kweli. None umuntu ariga lettre muri secondaire kaminuza agahita yiga kuvura igihe gito akaba arasoje atangiye kuvura. Can you imagine! Uziko umuntu asigaye ajya kugufata amaraso yo mu mutsi akagutobagura mpaka kubera ubumenyi buke. Rwose uburezi bareke kubujarajaza bube stable. Abana bacu ni abahanga ikibazo Mineduc irabavangavanga bakisanga babuze byose nk’ingata imennye.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko nukuri hashakishwe abarimu bari professionnels kuko baba bazi ethique na deonthologie by’uburezi kandi impamvu nuko havuyeho za normales primaires, zikiriho uburezi bwari buryoshye. Ni kimwe n’uwakuyeho Infirmieres oooh uwayigaga yabaga ari umunyamwuga kweli kweli. None umuntu ariga lettre muri secondaire kaminuza agahita yiga kuvura igihe gito akaba arasoje atangiye kuvura. Can you imagine! Uziko umuntu asigaye ajya kugufata amaraso yo mu mutsi akagutobagura mpaka kubera ubumenyi buke. Rwose uburezi bareke kubujarajaza bube stable. Abana bacu ni abahanga ikibazo Mineduc irabavangavanga bakisanga babuze byose nk’ingata imennye.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo Minister ysvuze nta shingiro bifite, kuko mwalimu siwe wimura, umwana ariyimura, uwatsinze ahita yimuka direct, utatsinze yagombye guhita asibira ibyo nibintu bizwi hose, ariko se Niko bimeze mu Rwanda? Wapi.
Mwarimu se niwe wabwiye ngo duhige ko tuzimura 100%? Mugihe REB iha promotion P6 na S3 students bafite, ibyo se nabyo Ni Mwarimu wabikoze? Ibyo bumva ntangarika mbi bifite ku ireme ry’uburezi twirirwa turirimba?
Ibaze umwana wanze kwiga utazi etude icyo ari cyo,mwarimu yamwinginga ngo yige akamupinga,yakora exetat (national exam) akagira U (unclassified) REB yarangiza ikamuha promotion, Birababaje cyane!
Ubwo se Ni mwarimu uba umwimuye? Kuzihe nyungu se zo kwimura umwana uzamuvuna ageze imbere kuko ntacyo azi? Uyu nawe biraje bimucange.twe twarumiwe Sana.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo Minister ysvuze nta shingiro bifite, kuko mwalimu siwe wimura, umwana ariyimura, uwatsinze ahita yimuka direct, utatsinze yagombye guhita asibira ibyo nibintu bizwi hose, ariko se Niko bimeze mu Rwanda? Wapi.
Mwarimu se niwe wabwiye ngo duhige ko tuzimura 100%? Mugihe REB iha promotion P6 na S3 students bafite, ibyo se nabyo Ni Mwarimu wabikoze? Ibyo bumva ntangarika mbi bifite ku ireme ry’uburezi twirirwa turirimba?
Ibaze umwana wanze kwiga utazi etude icyo ari cyo,mwarimu yamwinginga ngo yige akamupinga,yakora exetat (national exam) akagira U (unclassified) REB yarangiza ikamuha promotion, Birababaje cyane!
Ubwo se Ni mwarimu uba umwimuye? Kuzihe nyungu se zo kwimura umwana uzamuvuna ageze imbere kuko ntacyo azi? Uyu nawe biraje bimucange.twe twarumiwe Sana.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo Minister ysvuze nta shingiro bifite, kuko mwalimu siwe wimura, umwana ariyimura, uwatsinze ahita yimuka direct, utatsinze yagombye guhita asibira ibyo nibintu bizwi hose, ariko se Niko bimeze mu Rwanda? Wapi.
Mwarimu se niwe wabwiye ngo duhige ko tuzimura 100%? Mugihe REB iha promotion P6 na S3 students bafite, ibyo se nabyo Ni Mwarimu wabikoze? Ibyo bumva ntangarika mbi bifite ku ireme ry’uburezi twirirwa turirimba?
Ibaze umwana wanze kwiga utazi etude icyo ari cyo,mwarimu yamwinginga ngo yige akamupinga,yakora exetat (national exam) akagira U (unclassified) REB yarangiza ikamuha promotion, Birababaje cyane!
Ubwo se Ni mwarimu uba umwimuye? Kuzihe nyungu se zo kwimura umwana uzamuvuna ageze imbere kuko ntacyo azi? Uyu nawe biraje bimucange.twe twarumiwe Sana.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyo Minister ysvuze nta shingiro bifite, kuko mwalimu siwe wimura, umwana ariyimura, uwatsinze ahita yimuka direct, utatsinze yagombye guhita asibira ibyo nibintu bizwi hose, ariko se Niko bimeze mu Rwanda? Wapi.
Mwarimu se niwe wabwiye ngo duhige ko tuzimura 100%? Mugihe REB iha promotion P6 na S3 students bafite, ibyo se nabyo Ni Mwarimu wabikoze? Ibyo bumva ntangarika mbi bifite ku ireme ry’uburezi twirirwa turirimba?
Ibaze umwana wanze kwiga utazi etude icyo ari cyo,mwarimu yamwinginga ngo yige akamupinga,yakora exetat (national exam) akagira U (unclassified) REB yarangiza ikamuha promotion, Birababaje cyane!
Ubwo se Ni mwarimu uba umwimuye? Kuzihe nyungu se zo kwimura umwana uzamuvuna ageze imbere kuko ntacyo azi? Uyu nawe biraje bimucange.twe twarumiwe Sana.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Njyewe mbona kugirango ireme ry’uburezi rigerweho nuko harebwa impande zose cyane hakibandwa kumibereho ya mwarimu kuko ibicuruzwa ku isoko birazamuka kdi umushahara utiyongera kubaho bikagorana ndetse ibyo kwimura umunyeshuri utatainze bikavaho kdi ntabwo mbona ko gutsindwa k’umunyeshuri ko byazizwa mwarimu kuko ntbwo bamwe batsinda ngo abatsinzwe ubizize mwarimu kdi bariganaga kuko hari nabana baba bifitiye ibindi bibazo bitandukanye nk mumiryango yabo bigatuma batiga neza
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Njyewe mbona kugirango ireme ry’uburezi rigerweho nuko harebwa impande zose cyane hakibandwa kumibereho ya mwarimu kuko ibicuruzwa ku isoko birazamuka kdi umushahara utiyongera kubaho bikagorana ndetse ibyo kwimura umunyeshuri utatainze bikavaho kdi ntabwo mbona ko gutsindwa k’umunyeshuri ko byazizwa mwarimu kuko ntbwo bamwe batsinda ngo abatsinzwe ubizize mwarimu kdi bariganaga kuko hari nabana baba bifitiye ibindi bibazo bitandukanye nk mumiryango yabo bigatuma batiga neza
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyo gitekerezo ninyamibwa rwose ariko nkuko benshi babigarutseho na mwarimu agomba gutekerezwaho nibyokoko twarabishimye ko umushahara mwawongeyeho 10% ariko usanga nkabarimu bagitangira nta cyongeweho unakurikije uko ibiciro ku isoko bihagaze.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyo gitekerezo ninyamibwa rwose ariko nkuko benshi babigarutseho na mwarimu agomba gutekerezwaho nibyokoko twarabishimye ko umushahara mwawongeyeho 10% ariko usanga nkabarimu bagitangira nta cyongeweho unakurikije uko ibiciro ku isoko bihagaze.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nyakubahwa minister kungamba nziza ariko murirengagiaza mwarimu nkubu umwarimu niba akorera mukandi karere kuki adahabwa mutation ngo akorera hafi yo murugo ko amafaranga bahembwa ashirira mumacumbi ugasanga nabyo bidindiza ireme ry’uburezi
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nyakubahwa minister kungamba nziza ariko murirengagiaza mwarimu nkubu umwarimu niba akorera mukandi karere kuki adahabwa mutation ngo akorera hafi yo murugo ko amafaranga bahembwa ashirira mumacumbi ugasanga nabyo bidindiza ireme ry’uburezi
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nyakubahwa minister kungamba nziza ariko murirengagiaza mwarimu nkubu umwarimu niba akorera mukandi karere kuki adahabwa mutation ngo akorera hafi yo murugo ko amafaranga bahembwa ashirira mumacumbi ugasanga nabyo bidindiza ireme ry’uburezi
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nyakubahwa minister kungamba nziza ariko murirengagiaza mwarimu nkubu umwarimu niba akorera mukandi karere kuki adahabwa mutation ngo akorera hafi yo murugo ko amafaranga bahembwa ashirira mumacumbi ugasanga nabyo bidindiza ireme ry’uburezi
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nyakubahwa minister kungamba nziza ariko murirengagiaza mwarimu nkubu umwarimu niba akorera mukandi karere kuki adahabwa mutation ngo akorera hafi yo murugo ko amafaranga bahembwa ashirira mumacumbi ugasanga nabyo bidindiza ireme ry’uburezi
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nyakubahwa minister kungamba nziza ariko murirengagiaza mwarimu nkubu umwarimu niba akorera mukandi karere kuki adahabwa mutation ngo akorera hafi yo murugo ko amafaranga bahembwa ashirira mumacumbi ugasanga nabyo bidindiza ireme ry’uburezi
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Gahunda yokwimura abatsinze nildayishigikiye , gusa hazarebwe nokuri dropout cyane ko hari iziterwa nuko umwana aba yasibiye bagenzibe bimutse bikamuca intege ninaho abarimu bahera bimura bose .
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Gahunda yokwimura abatsinze nildayishigikiye , gusa hazarebwe nokuri dropout cyane ko hari iziterwa nuko umwana aba yasibiye bagenzibe bimutse bikamuca intege ninaho abarimu bahera bimura bose .
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Tubasimiye ingamba mufashe kuko abana bacu byaribimaze kugaragarako bimuka ntakintu bazi umwarimu utazajya abyubahiriza ajye ahanwa
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Tubasimiye ingamba mufashe kuko abana bacu byaribimaze kugaragarako bimuka ntakintu bazi umwarimu utazajya abyubahiriza ajye ahanwa
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza Cyn kuri gahunda minisiteri yuburezi ifite, gusa buriya abarimu bafata umwanzuro wabanyeshuri bimurwa bitewe namabwiriza bahawe nabashinzwe uburezi.
Byaba byiza batangaje bati mufatire kumanota runaka kd bikaba uniforme mugihugu hose.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyiza Cyn kuri gahunda minisiteri yuburezi ifite, gusa buriya abarimu bafata umwanzuro wabanyeshuri bimurwa bitewe namabwiriza bahawe nabashinzwe uburezi.
Byaba byiza batangaje bati mufatire kumanota runaka kd bikaba uniforme mugihugu hose.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
None kuki dutangirira akazi rimwe dufite degree imwe ntiduhembwe amwe dukora akazi kamwe mutanga umushahara mugendeye kuki? Umwe 44100 undi 52000
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
None kuki dutangirira akazi rimwe dufite degree imwe ntiduhembwe amwe dukora akazi kamwe mutanga umushahara mugendeye kuki? Umwe 44100 undi 52000
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Competent and motivated teachers = educational standard ( quality of education ) Rero Hari aho turenganya abanyeshuri Niba umwarimu ntacyo yahaye umwana muragirango akurehe ubushobozi bwogutsinda amasomo?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Competent and motivated teachers = educational standard ( quality of education ) Rero Hari aho turenganya abanyeshuri Niba umwarimu ntacyo yahaye umwana muragirango akurehe ubushobozi bwogutsinda amasomo?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Guterera mwarimu ikibazo cy’imitsindire mibi iriho sibyo muti w’ikibazo. Buriya bisa no guhindura mwarimu icyo abafaransa bita bouc emissaire! So ibi bizakemura ikibazo cyane ko iyo uvuze mwarimu biba rusange Umuti ugomba kuva mu gukurikirana ibibazo mu rwego politics zatumye kivuka zaturutsemo. Mwarimu nta politics ajya ashyiraho
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Guterera mwarimu ikibazo cy’imitsindire mibi iriho sibyo muti w’ikibazo. Buriya bisa no guhindura mwarimu icyo abafaransa bita bouc emissaire! So ibi bizakemura ikibazo cyane ko iyo uvuze mwarimu biba rusange Umuti ugomba kuva mu gukurikirana ibibazo mu rwego politics zatumye kivuka zaturutsemo. Mwarimu nta politics ajya ashyiraho
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza kwimura umwana watsinze! Ariko mwatekereje iki ku mwana wiga umwaka umwe inshuro zirenga ebyeri ariko gutsinda bikanga? Cyane ko umwana ntako aba atagize bigaragarira ababyeyi be! Nibo baba bazi umwana wabo!
Uburiye umubyizi mukwe ntako aba aravuze!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza kwimura umwana watsinze! Ariko mwatekereje iki ku mwana wiga umwaka umwe inshuro zirenga ebyeri ariko gutsinda bikanga? Cyane ko umwana ntako aba atagize bigaragarira ababyeyi be! Nibo baba bazi umwana wabo!
Uburiye umubyizi mukwe ntako aba aravuze!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyiza njye mbona ni uko abantu bareka kwitana ba mwana kuko umwalimu ashyira mu bikorwa ibyo Leta yamutegetse,ikindi mwalimu nahabwe agaciro akwiye agire ubuzima nk’ubw’abandi bakozi ba Leta igitsure gisubire mu Mashuri Habeho guhatana
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyiza njye mbona ni uko abantu bareka kwitana ba mwana kuko umwalimu ashyira mu bikorwa ibyo Leta yamutegetse,ikindi mwalimu nahabwe agaciro akwiye agire ubuzima nk’ubw’abandi bakozi ba Leta igitsure gisubire mu Mashuri Habeho guhatana
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyiza njye mbona ni uko abantu bareka kwitana ba mwana kuko umwalimu ashyira mu bikorwa ibyo Leta yamutegetse,ikindi mwalimu nahabwe agaciro akwiye agire ubuzima nk’ubw’abandi bakozi ba Leta igitsure gisubire mu Mashuri Habeho guhatana
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyiza njye mbona ni uko abantu bareka kwitana ba mwana kuko umwalimu ashyira mu bikorwa ibyo Leta yamutegetse,ikindi mwalimu nahabwe agaciro akwiye agire ubuzima nk’ubw’abandi bakozi ba Leta igitsure gisubire mu Mashuri Habeho guhatana
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Birababaje guhindura systeme nta mfashanyigisho !Barangiza NGO Ireme ry’uburezi.Abana Bacu barababaje bagiye bagiye kubura ikinyarwanda babu re n’icyongereza.Ntibyoroshye.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Birababaje guhindura systeme nta mfashanyigisho !Barangiza NGO Ireme ry’uburezi.Abana Bacu barababaje bagiye bagiye kubura ikinyarwanda babu re n’icyongereza.Ntibyoroshye.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Birababaje guhindura systeme nta mfashanyigisho !Barangiza NGO Ireme ry’uburezi.Abana Bacu barababaje bagiye bagiye kubura ikinyarwanda babu re n’icyongereza.Ntibyoroshye.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Birababaje guhindura systeme nta mfashanyigisho !Barangiza NGO Ireme ry’uburezi.Abana Bacu barababaje bagiye bagiye kubura ikinyarwanda babu re n’icyongereza.Ntibyoroshye.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Iyi ngamba ninziza turabashiiye? Kuko byari biteye agahinda ukuntu umuntu arangiza amashuri yisumbuye ntakintu namwe azi,ntabushobozi bwo guhangana kwisoko ryumurimo cyangwa se ngo akomeze kaminuza byose biterwa na automatic promotion. Gusa na none leta igerageze itange ibitabo bihagije byo kwigishirizamo, hanyuma mwalimu nawe bamubaze ibimureba.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Iyi ngamba ninziza turabashiiye? Kuko byari biteye agahinda ukuntu umuntu arangiza amashuri yisumbuye ntakintu namwe azi,ntabushobozi bwo guhangana kwisoko ryumurimo cyangwa se ngo akomeze kaminuza byose biterwa na automatic promotion. Gusa na none leta igerageze itange ibitabo bihagije byo kwigishirizamo, hanyuma mwalimu nawe bamubaze ibimureba.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Kwimura abana bose byatangijwe na REB yimura abana bagize U muri National exams. Naho kwimura abatsinze nibyo natwe twifuza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Kwimura abana bose byatangijwe na REB yimura abana bagize U muri National exams. Naho kwimura abatsinze nibyo natwe twifuza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Oya iyi nkuru ni outdate kuko umwaka ugiye kurangira ari 2020_2021 hagatangira 2021_2022.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Oya iyi nkuru ni outdate kuko umwaka ugiye kurangira ari 2020_2021 hagatangira 2021_2022.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ireme ry uburezi ntiryagerwaho hatitawe kuri Mwalimu. Ndi umurezi niba umuntu tunganya qualification ankubye umushahara Kane murumva nakora Akazi nishimye? Ikindi niba kuduha umushahara ujyanye nuko ibiciro bihagaze badushyirireho facilities.nko gukorera hafi y umuryango wawe; kudufasha mu myigire y abana Bach; kubakirwa amacumbi yacu bwite Atari ariya ya rusange. Naho ubundi muzisanga umwuga
W uburezi usigayemo abatarawigiye . iyo umuntu amaze kurunguruka hanze gake uhita wigendera kuko ntacyo uba ubona mu kazi ukora.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ireme ry uburezi ntiryagerwaho hatitawe kuri Mwalimu. Ndi umurezi niba umuntu tunganya qualification ankubye umushahara Kane murumva nakora Akazi nishimye? Ikindi niba kuduha umushahara ujyanye nuko ibiciro bihagaze badushyirireho facilities.nko gukorera hafi y umuryango wawe; kudufasha mu myigire y abana Bach; kubakirwa amacumbi yacu bwite Atari ariya ya rusange. Naho ubundi muzisanga umwuga
W uburezi usigayemo abatarawigiye . iyo umuntu amaze kurunguruka hanze gake uhita wigendera kuko ntacyo uba ubona mu kazi ukora.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ngo mwarimu wimuye azabizire, nonese mubaha Diplome babimuye MWe muba muri mubiki,
Ariko ubundi MINEDUC namwe bazabakurikirane mubaha Diplome mwarangiza muti turi kurugero rwiza twatsindishije kuri 90%.
Murasekeje
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ngo mwarimu wimuye azabizire, nonese mubaha Diplome babimuye MWe muba muri mubiki,
Ariko ubundi MINEDUC namwe bazabakurikirane mubaha Diplome mwarangiza muti turi kurugero rwiza twatsindishije kuri 90%.
Murasekeje
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ese REB yo ifata umwana waje muri division ya U yarangiza ikamushyira S1 cg S4 byo murabivuhaho iki? ko nabyo bidindiza ireme ryuburezi kandi bigatuma nabandi bacika intege bavuga bati ngo nakwiga ntakwiga nzajya secondary kubera bimura nabafite U ubwo nabiga P6.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ese REB yo ifata umwana waje muri division ya U yarangiza ikamushyira S1 cg S4 byo murabivuhaho iki? ko nabyo bidindiza ireme ryuburezi kandi bigatuma nabandi bacika intege bavuga bati ngo nakwiga ntakwiga nzajya secondary kubera bimura nabafite U ubwo nabiga P6.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
None se ko umwarimu uzimura umwana utatsinze azahanwa,abimukiye kuri promotion automatic ntibazahera mumwaka bigagamo ko nubundi badateze gutsinda?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
None se ko umwarimu uzimura umwana utatsinze azahanwa,abimukiye kuri promotion automatic ntibazahera mumwaka bigagamo ko nubundi badateze gutsinda?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Minisiteri nibanze isabe imbabazi abanyarwanda. Kuko ni yo yari yazanye ibyo bintu byo gupfa kwimura abanyeshuri
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Minisiteri nibanze isabe imbabazi abanyarwanda. Kuko ni yo yari yazanye ibyo bintu byo gupfa kwimura abanyeshuri
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nonese ko baba babimuye mukaha Diplome ,mukanirahira ngo igihugu cyatsindishije 98% , ubwo ukwiye guhanwa ninde?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nonese ko baba babimuye mukaha Diplome ,mukanirahira ngo igihugu cyatsindishije 98% , ubwo ukwiye guhanwa ninde?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibitangirane n’abari p1,nibwo bizagenda neza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibitangirane n’abari p1,nibwo bizagenda neza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwige nokumushahara wamwarimu kuko ibintu birakomeye hanze aha.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwige nokumushahara wamwarimu kuko ibintu birakomeye hanze aha.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Uburezi bwacu uzashinga imizi ryari!?Cyakora muzatangirane n’abagiye mu wa mbere ubanza. Ko ntacyo mwatubwiye ku myitwarire. Ikindi ni education pour tous ni byiza pe biramutse bidukundiye ariko quotient intellectuel ntizingana hari abadashobora kwiga.cg se batarenga ku rwego runaka.rg: gufata abarangije P6 ngo bose bajye mu mashuri yisumbuye mbona atari byo, ahubwo hari abakagombye guhita bajya mu myuga. Byiganwe ibushishozi kuko ibyangiritse ni byinshi. Ubu hari aho usanga abadirecteur bamwe bivugisha ngo mu barimu bashya hari abatazi kwandika muri bo kandi abenshi bize muri bwa buryo bwo kwimuka automatique. Byasuzumwa bagahabwa amahugurwa.Tubiteze amaso.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Uburezi bwacu uzashinga imizi ryari!?Cyakora muzatangirane n’abagiye mu wa mbere ubanza. Ko ntacyo mwatubwiye ku myitwarire. Ikindi ni education pour tous ni byiza pe biramutse bidukundiye ariko quotient intellectuel ntizingana hari abadashobora kwiga.cg se batarenga ku rwego runaka.rg: gufata abarangije P6 ngo bose bajye mu mashuri yisumbuye mbona atari byo, ahubwo hari abakagombye guhita bajya mu myuga. Byiganwe ibushishozi kuko ibyangiritse ni byinshi. Ubu hari aho usanga abadirecteur bamwe bivugisha ngo mu barimu bashya hari abatazi kwandika muri bo kandi abenshi bize muri bwa buryo bwo kwimuka automatique. Byasuzumwa bagahabwa amahugurwa.Tubiteze amaso.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Turashimira Minister intambwe ari gutera gusa ntasige inyuma umushahara wa mwarimu muri Primary aba umushahara wabo uri hasi pe kuburyo bigisha ntabushakashatsi kwihuza naho bigenda neza birabagora internet irafasha cyane ariko abenshi ntibabona uko bigurira amaterefone yo kubafasha mubushakashatsi murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Turashimira Minister intambwe ari gutera gusa ntasige inyuma umushahara wa mwarimu muri Primary aba umushahara wabo uri hasi pe kuburyo bigisha ntabushakashatsi kwihuza naho bigenda neza birabagora internet irafasha cyane ariko abenshi ntibabona uko bigurira amaterefone yo kubafasha mubushakashatsi murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Muraho neza!Izi mpinduka ni nziza pe!Ariko buriya nihanononsorwe umushahara wa mwarimu kuko utajyanye n’isoko pee!Njya nibaza niba minister awuzi neza !Banyarwanda mwibukako agahimbaza umusyi kava mungasire?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Muraho neza!Izi mpinduka ni nziza pe!Ariko buriya nihanononsorwe umushahara wa mwarimu kuko utajyanye n’isoko pee!Njya nibaza niba minister awuzi neza !Banyarwanda mwibukako agahimbaza umusyi kava mungasire?
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Martin
Ibi minister avuga no byiza nabishyire mu nyandiko tubone icyo duheraho tubishyira mu bikorwa
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Martin
Ibi minister avuga no byiza nabishyire mu nyandiko tubone icyo duheraho tubishyira mu bikorwa
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Muzamure ubushobozi bwa mwarimu ibindi bizikora. Wambwira Ute uburyo uhemba umu A2 : 51,000Frw,A1:121,000Frw na AO: 154000Frw mu gihe mu zindi service umushahara uba wiki ye 2 aya yavuzwe haruguru?Mubihindure n’umushahara uhinduke kdi hajyeho n’isoko rya Mwalimu murebe ngo abana baratsinda neza n’abataga ishuri bakagaruka/ bakagarurwa.Njye Niko mbibona/ mbyumva.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Muzamure ubushobozi bwa mwarimu ibindi bizikora. Wambwira Ute uburyo uhemba umu A2 : 51,000Frw,A1:121,000Frw na AO: 154000Frw mu gihe mu zindi service umushahara uba wiki ye 2 aya yavuzwe haruguru?Mubihindure n’umushahara uhinduke kdi hajyeho n’isoko rya Mwalimu murebe ngo abana baratsinda neza n’abataga ishuri bakagaruka/ bakagarurwa.Njye Niko mbibona/ mbyumva.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Yewe reka tugerageze, gusa habamo kwitana bamwana akenshi abashinzwe education bashakira umuti w’ikibazo kuri mwarimu gusa, ntibarebe n’izindi mbogamizi, nubwo twateye imbere sinumva neza uburyo wavuga ngo abana batsindwa kubera mwarimu gusa. kandi bazi neza ko umuryango nawo ubwawo ugira uruhare mu kwiga kw’abana, wakwigisha umwana iwabo babuze ibiryo bimuhagije nka mwarimubugakora iki cyatuma atsinda ko ahubwo abarimu bagerageza kwitangira uburezi, njye abarimu nabo nyuma y’abantu batureberera nk’ubuyobozi bwacu dukunda ndabashima nkakurikizaho abarerera igihugu
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Yewe reka tugerageze, gusa habamo kwitana bamwana akenshi abashinzwe education bashakira umuti w’ikibazo kuri mwarimu gusa, ntibarebe n’izindi mbogamizi, nubwo twateye imbere sinumva neza uburyo wavuga ngo abana batsindwa kubera mwarimu gusa. kandi bazi neza ko umuryango nawo ubwawo ugira uruhare mu kwiga kw’abana, wakwigisha umwana iwabo babuze ibiryo bimuhagije nka mwarimubugakora iki cyatuma atsinda ko ahubwo abarimu bagerageza kwitangira uburezi, njye abarimu nabo nyuma y’abantu batureberera nk’ubuyobozi bwacu dukunda ndabashima nkakurikizaho abarerera igihugu
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Birababaje cyane aho usanga abarimu bigisha isomo rimwe mumashuri atandukanye Batanga notes zitandukanye kubera ko ntamfasha yigisho zateguwe na mimisiteri.Muri make ni ukwirwanago.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Birababaje cyane aho usanga abarimu bigisha isomo rimwe mumashuri atandukanye Batanga notes zitandukanye kubera ko ntamfasha yigisho zateguwe na mimisiteri.Muri make ni ukwirwanago.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Koko ningombwa kwimura umuyeshuri ubikwiye, abarerwa bahabwa ibikoresho bihagije birimo no kubagaburira kumashuri, ariko nanone abarezi nabo bahabwe ubushobozi buhagije bwo gutuna bakora akazi badahangayitse cyane nko ku ishuri igihe abana bafunfura nabo bahabwe icyayi cg irindi funguro ndetse bahabwe umushahara udatuma bifuza kuva mukazi kabo bakajya ahandi.murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Koko ningombwa kwimura umuyeshuri ubikwiye, abarerwa bahabwa ibikoresho bihagije birimo no kubagaburira kumashuri, ariko nanone abarezi nabo bahabwe ubushobozi buhagije bwo gutuna bakora akazi badahangayitse cyane nko ku ishuri igihe abana bafunfura nabo bahabwe icyayi cg irindi funguro ndetse bahabwe umushahara udatuma bifuza kuva mukazi kabo bakajya ahandi.murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Turashima ministre wuburezi kungamba yafashe ariko niharebwe abana bimuwe kugeza Ubu utamubaza ibyo yize abikubwire kandi arangije kwiga ubwo azimarira iki? _mwarimu niyitabweho kubijyanye nagashahara kuko aba yahavunikiye
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Turashima ministre wuburezi kungamba yafashe ariko niharebwe abana bimuwe kugeza Ubu utamubaza ibyo yize abikubwire kandi arangije kwiga ubwo azimarira iki? _mwarimu niyitabweho kubijyanye nagashahara kuko aba yahavunikiye
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nshimiye uburyo minisitere y’uburezi yongeye gushyiraho gahunda yo gusibiza abana batanzinze, no kugabanya ubucucike mu ishuri biriya bizafasha abana kumva neza na mwarimu bimufashe gutaha anyuze kuri buri mwana uri mu ishuri nta kabuza buriya byombi bizazamura ireme ry ‘uburezi.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nshimiye uburyo minisitere y’uburezi yongeye gushyiraho gahunda yo gusibiza abana batanzinze, no kugabanya ubucucike mu ishuri biriya bizafasha abana kumva neza na mwarimu bimufashe gutaha anyuze kuri buri mwana uri mu ishuri nta kabuza buriya byombi bizazamura ireme ry ‘uburezi.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza Kungamba Leta y’u Rwanda yafashe muguteza imbere uburezi by’umwihariko minister of Education uriho ubu agaragaza impinduka nziza.kandi nubwo kugirango uve aho uburezi bwariburi ubugeze kurugero rukwiriye Bisaba igihe, ndetse n’amafaranga nkuko rero Hari amafaranga yashowe mugikorwa cyo kongera ibyumba niharebwe nuburyo Leta ishora amafaranga mukongerera mwarimu ubushobozi Mubijyanye nimibereho. Kandi Leta ibishyiremo imbaraga zifatika. Naho ingamba zose zafatwa hirengagijwe ubuzima bwa mwarimu sinziko zagera kuntego Uko bikwiye. Ikindi Buriya byose byishwe na Policies zafatwaga kandi zidahindutse Nubundi haba ari Hahandi. Ko uvugako mwarimu ariwe wimura abatatsinze none umunyeshuli wagize U( unclassified) abatatsinze ko REB ivugango ni Bimuke? Icyo nacyo kidakemutse byagumya kuba kwakundi. Rero buriya Hapfuye byinshi Ingamba minister yafashe ni nziza Ariko zizatanga umusaruro nyuma yigihe Runaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza Kungamba Leta y’u Rwanda yafashe muguteza imbere uburezi by’umwihariko minister of Education uriho ubu agaragaza impinduka nziza.kandi nubwo kugirango uve aho uburezi bwariburi ubugeze kurugero rukwiriye Bisaba igihe, ndetse n’amafaranga nkuko rero Hari amafaranga yashowe mugikorwa cyo kongera ibyumba niharebwe nuburyo Leta ishora amafaranga mukongerera mwarimu ubushobozi Mubijyanye nimibereho. Kandi Leta ibishyiremo imbaraga zifatika. Naho ingamba zose zafatwa hirengagijwe ubuzima bwa mwarimu sinziko zagera kuntego Uko bikwiye. Ikindi Buriya byose byishwe na Policies zafatwaga kandi zidahindutse Nubundi haba ari Hahandi. Ko uvugako mwarimu ariwe wimura abatatsinze none umunyeshuli wagize U( unclassified) abatatsinze ko REB ivugango ni Bimuke? Icyo nacyo kidakemutse byagumya kuba kwakundi. Rero buriya Hapfuye byinshi Ingamba minister yafashe ni nziza Ariko zizatanga umusaruro nyuma yigihe Runaka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyifuzo bya ministre ni byiza pe.ariko mwarimu siwe wimura mubigenzure.ikindi mufashe mwarimu kubona inguzanyo zaho kuba pe kubaka kwa mwarimu inzu zikerekezo biragoye kubera udufaranga dukeya ibi kdi byafasha nabarimu bo muma prive ntimurobanure.ikizima nuko buri mwarimu arerera igihugu kdi afite umushahara bajya bamukataho ariko mwarimu rwose ave mu iciro ryimigani idasobanutse.murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ibyifuzo bya ministre ni byiza pe.ariko mwarimu siwe wimura mubigenzure.ikindi mufashe mwarimu kubona inguzanyo zaho kuba pe kubaka kwa mwarimu inzu zikerekezo biragoye kubera udufaranga dukeya ibi kdi byafasha nabarimu bo muma prive ntimurobanure.ikizima nuko buri mwarimu arerera igihugu kdi afite umushahara bajya bamukataho ariko mwarimu rwose ave mu iciro ryimigani idasobanutse.murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nyakubahwa Minister rwose ufite igitekerezo cyiza ariko gifite a flawed punishing strategy. Keretse niba washatse kuvuga ko kwimura abanyeshuri batatsinze neza ari politique abarimu bishyiriyeho Leta itabizi none hakaba hashize iyi myaka yose. Ahubwo nimutangire muduhe ibihano kuko twaba twarahemutse cyane pe!
Kugira ngo Abanyarwanda babone kandi bemere ko ibyo mwavuze ari impamo koko, nimutangire mwubake ibyumba by’amashuri bihagije bigenewe abanyeshuri bo muri Primaire umwaka wa mbere(P1), kugira ngo abazatangira n’abazasibira bazabone aho bigira. Naho mwarimu we nta nyungu afite mu kwimura umunyeshuri utansinze, ararengana. Niba abazasibira n’abazimukira muri P1 bazabonerwa ibyumba byo kwigiramo, tuzako uko mubyifuza rwose mubyeyi.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nyakubahwa Minister rwose ufite igitekerezo cyiza ariko gifite a flawed punishing strategy. Keretse niba washatse kuvuga ko kwimura abanyeshuri batatsinze neza ari politique abarimu bishyiriyeho Leta itabizi none hakaba hashize iyi myaka yose. Ahubwo nimutangire muduhe ibihano kuko twaba twarahemutse cyane pe!
Kugira ngo Abanyarwanda babone kandi bemere ko ibyo mwavuze ari impamo koko, nimutangire mwubake ibyumba by’amashuri bihagije bigenewe abanyeshuri bo muri Primaire umwaka wa mbere(P1), kugira ngo abazatangira n’abazasibira bazabone aho bigira. Naho mwarimu we nta nyungu afite mu kwimura umunyeshuri utansinze, ararengana. Niba abazasibira n’abazimukira muri P1 bazabonerwa ibyumba byo kwigiramo, tuzako uko mubyifuza rwose mubyeyi.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Igitekerezo mwatanze Ni kiza ariko ntibyumvikana ko umunyeshuri yaba ari kwiga aziko unclassified Pupil (U) noneho ngo azashyiremo umwete, aziko yatsinda yatsindwa aziga.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Igitekerezo mwatanze Ni kiza ariko ntibyumvikana ko umunyeshuri yaba ari kwiga aziko unclassified Pupil (U) noneho ngo azashyiremo umwete, aziko yatsinda yatsindwa aziga.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza ko hagenda hafatwa ingamba bitekerezwa ko zazamura Irene ry’uburezi. Ariko rero nge mbona ikibazo atari mwarimu ahubwo ari uburyo afatwamo kuko umunyarwanda yaciye umugani ngo ” Ikirima ni ikiri mu nda”. Niba hatitawe ku mibereho ye rwose n’umusaruro tumutegerejeho tuwibagirwe.
Ikindi minister arimo arirengagiza akavuyo bo ubwabo bashyira mu burezi: none se nk’ubu umwaka wose urangiye bacyohereza abarimu ku mashuri ngo bage kwigisha harya ubwo abo bana bazigishwa batsinde gihe ki?
Hejuru y’ibyo, abarimu barimo koherezwa ni babandi babonye U kuva basoza P6, S3 mu gusoza S6 kuri certificate bafite amanita 9 cg 10,… / 100 nabo ubwabo ntibazi kwandika, harya ubundi ubwo ko umuntu atanga icyo afite abo ngo baje kwigisha iki? Nzaba mbarirwa.
Hanyuma se abo bana bimuwe muri promotion automatique bakaba bageze mu myaka yo hejuru ibyo hasi ntabyo bazi, harya ubwo bazabimenyera aho bari? Nge mbona gusibiza umwana kuko utamwigishije cg waited umuhinduriraho gahunda ejo ejobundi ari ukumuhohotera kandi nta n’icyo bizamumarira ahubwo bigiye kuzamura drop out.
Rwose minister ikibazo cy’ amashuri ya Leta gikwiye gushakirwa umuti urambye na ho ubundi turimo turaca umuti nta muraro.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ni byiza ko hagenda hafatwa ingamba bitekerezwa ko zazamura Irene ry’uburezi. Ariko rero nge mbona ikibazo atari mwarimu ahubwo ari uburyo afatwamo kuko umunyarwanda yaciye umugani ngo ” Ikirima ni ikiri mu nda”. Niba hatitawe ku mibereho ye rwose n’umusaruro tumutegerejeho tuwibagirwe.
Ikindi minister arimo arirengagiza akavuyo bo ubwabo bashyira mu burezi: none se nk’ubu umwaka wose urangiye bacyohereza abarimu ku mashuri ngo bage kwigisha harya ubwo abo bana bazigishwa batsinde gihe ki?
Hejuru y’ibyo, abarimu barimo koherezwa ni babandi babonye U kuva basoza P6, S3 mu gusoza S6 kuri certificate bafite amanita 9 cg 10,… / 100 nabo ubwabo ntibazi kwandika, harya ubundi ubwo ko umuntu atanga icyo afite abo ngo baje kwigisha iki? Nzaba mbarirwa.
Hanyuma se abo bana bimuwe muri promotion automatique bakaba bageze mu myaka yo hejuru ibyo hasi ntabyo bazi, harya ubwo bazabimenyera aho bari? Nge mbona gusibiza umwana kuko utamwigishije cg waited umuhinduriraho gahunda ejo ejobundi ari ukumuhohotera kandi nta n’icyo bizamumarira ahubwo bigiye kuzamura drop out.
Rwose minister ikibazo cy’ amashuri ya Leta gikwiye gushakirwa umuti urambye na ho ubundi turimo turaca umuti nta muraro.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko nubu me
warimu ntaramenya amanota umwana watsinze neza aba afite ibi biravugwa buri gihe ngo himurwae umwana watsinze neza ariko birangira mwarimu asabwe kwimura buri mwana wese. Hagashyizweho amabwiriza rusange agenga kwimura umwana n imyitwarire hanyuma ibigo bikaba byagira aho bishingira kugufata imyanzuro ibikorwa ubu amakosa yose yabaye Aya mwarimu kdi abafite uruhare muburezi cyane cyane abavuga rikijyana batinya gucyemura ibibazo bazi neza ko aribyo nyirabayazana.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ariko nubu me
warimu ntaramenya amanota umwana watsinze neza aba afite ibi biravugwa buri gihe ngo himurwae umwana watsinze neza ariko birangira mwarimu asabwe kwimura buri mwana wese. Hagashyizweho amabwiriza rusange agenga kwimura umwana n imyitwarire hanyuma ibigo bikaba byagira aho bishingira kugufata imyanzuro ibikorwa ubu amakosa yose yabaye Aya mwarimu kdi abafite uruhare muburezi cyane cyane abavuga rikijyana batinya gucyemura ibibazo bazi neza ko aribyo nyirabayazana.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyo rwose kwimura umwana watsinze.kuko Hari abana wabwiraga ngo nibige bakiga batabishaka bavuga ko nubundi bazimuka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nibyo rwose kwimura umwana watsinze.kuko Hari abana wabwiraga ngo nibige bakiga batabishaka bavuga ko nubundi bazimuka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwarimwaraducanze pe!!!
Gusa aho nineza automatic promotion ntabwo yarinziza mushyireho inota fatizo ubundi tubakorere akazi.
Twaritwaragowe twirirwa muri Remedial wenda twaruhuka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwarimwaraducanze pe!!!
Gusa aho nineza automatic promotion ntabwo yarinziza mushyireho inota fatizo ubundi tubakorere akazi.
Twaritwaragowe twirirwa muri Remedial wenda twaruhuka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mugutekereza ireme ry’uburezi bajye batekereza ku mibereho ya mwarimu niba umushahara wa mwarimu atawukodesha inzu ya banamo n’umuryango we se? Ibaze nawe, azacya kwigishwa ariko anatekereza ahandi yakura ibimutunga. Azategura ryari? Azaruhuka ryari? Erega akenera no kujya imbere y’abana agaragara neza. Naho ubundi uzasanga bamuciye amazi pe!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mugutekereza ireme ry’uburezi bajye batekereza ku mibereho ya mwarimu niba umushahara wa mwarimu atawukodesha inzu ya banamo n’umuryango we se? Ibaze nawe, azacya kwigishwa ariko anatekereza ahandi yakura ibimutunga. Azategura ryari? Azaruhuka ryari? Erega akenera no kujya imbere y’abana agaragara neza. Naho ubundi uzasanga bamuciye amazi pe!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyo kwimura abatatsinze njye sinumva icyo bisobanuye: kuko niba REB/NESA bifata bagategurira exams ibigo bitagira igitabo na kimwe sinumva niba Mwarimu wabigishije ibyo yikuriye mu mutwe azatinyuka gusibiza umwana ngo nuko yatsinzwe ikizamini cya NESA. Umwanzuro nuko Mwarimu yahabwa ibikoresho noneho atabikoresha neza akabiryoza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Icyo kwimura abatatsinze njye sinumva icyo bisobanuye: kuko niba REB/NESA bifata bagategurira exams ibigo bitagira igitabo na kimwe sinumva niba Mwarimu wabigishije ibyo yikuriye mu mutwe azatinyuka gusibiza umwana ngo nuko yatsinzwe ikizamini cya NESA. Umwanzuro nuko Mwarimu yahabwa ibikoresho noneho atabikoresha neza akabiryoza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwarimu yaragowe,nihe mwigeze mwumva mwarimu ashiraho amategeko n’amabwiriza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwarimu yaragowe,nihe mwigeze mwumva mwarimu ashiraho amategeko n’amabwiriza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwarimu yaragowe,nihe mwigeze mwumva mwarimu ashiraho amategeko n’amabwiriza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwarimu yaragowe,nihe mwigeze mwumva mwarimu ashiraho amategeko n’amabwiriza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Igihe cyose Mwalimu imibereho ye ikiri hasi cyane kdi itangwa ry’ akazi naryo ntirishingire kubushobozi; mbona n’ izindi ngamba zose zafatwa zidahagije ku ikibazo cy’ ireme ry’ uburezi dufite
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Igihe cyose Mwalimu imibereho ye ikiri hasi cyane kdi itangwa ry’ akazi naryo ntirishingire kubushobozi; mbona n’ izindi ngamba zose zafatwa zidahagije ku ikibazo cy’ ireme ry’ uburezi dufite
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ahubwo icyo nkuyemo Nuko gutsindwa bitemewe k’umunyeshuli, umunyeshuli uzatsindwa agasibira mwarimu azabibazwa kuko ngo azaba yahawe ibikoresho byose. Ubwo se urumva automatic promotion itaje mubundi buryo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Ahubwo icyo nkuyemo Nuko gutsindwa bitemewe k’umunyeshuli, umunyeshuli uzatsindwa agasibira mwarimu azabibazwa kuko ngo azaba yahawe ibikoresho byose. Ubwo se urumva automatic promotion itaje mubundi buryo.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwarimu ahora yiteguye gukorera igihugu.
Mu muhe ibimukwiriye byose bimufasha kugera ku ntego mudasize inyuma guteza imbere imibereho ye kuko
ubushobozi bwe butakigendanye n’ibiciro biri ku isoko ubundi ireme muvuga rizagerwaho.
SACCO ntabwo ikiri igifasha mwarimu rwose.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Mwarimu ahora yiteguye gukorera igihugu.
Mu muhe ibimukwiriye byose bimufasha kugera ku ntego mudasize inyuma guteza imbere imibereho ye kuko
ubushobozi bwe butakigendanye n’ibiciro biri ku isoko ubundi ireme muvuga rizagerwaho.
SACCO ntabwo ikiri igifasha mwarimu rwose.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nk’Abarezi dushimiye nyakubahwa Minister kubwo izo ngamba nziza afashe zo kwimura umunyeshuri ufite ubushobozi(amanota amwemerera kwimuka) byatumaga n’abanyeshuri birara bakiga nabi ntibasubire no mumasomo kuko bumvagako bazimuka! ndizerako ubu bigiye gukosoka,ariko hatabayeho kwiga n’uburyo bw’imibereho ya mwarimu wa primary ntaho byaba bivuye ntanaho byaba bigiye!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Nk’Abarezi dushimiye nyakubahwa Minister kubwo izo ngamba nziza afashe zo kwimura umunyeshuri ufite ubushobozi(amanota amwemerera kwimuka) byatumaga n’abanyeshuri birara bakiga nabi ntibasubire no mumasomo kuko bumvagako bazimuka! ndizerako ubu bigiye gukosoka,ariko hatabayeho kwiga n’uburyo bw’imibereho ya mwarimu wa primary ntaho byaba bivuye ntanaho byaba bigiye!
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
ntibakirebe mu ndorerwamo ngo baseke,
1. Mwarimu nahabwe agaciro yongere ahane umwana nk’uwe.
2. Mwarimu nahabwe umushahara umuha guhaha adasuzuguwe. Eg: niba acumbitse ahahe,yishyure icumbi, kandi yizigame ntawumusuzuguye.
3. Decentralisation mwarimu ahabwe umwanya wa mbere mugushyiraho ingamba z’uburezi kuruta minister.
4. Promotion automatic bayikureho kandi kwimuka bihabwe umurongo na mwarimu kuruta minister.
5. Ndifuza ko mwazampa ikiganiro tukavuga ku burezi bwa kera n’ubw’ubu turi kumwe na minister. Murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
ntibakirebe mu ndorerwamo ngo baseke,
1. Mwarimu nahabwe agaciro yongere ahane umwana nk’uwe.
2. Mwarimu nahabwe umushahara umuha guhaha adasuzuguwe. Eg: niba acumbitse ahahe,yishyure icumbi, kandi yizigame ntawumusuzuguye.
3. Decentralisation mwarimu ahabwe umwanya wa mbere mugushyiraho ingamba z’uburezi kuruta minister.
4. Promotion automatic bayikureho kandi kwimuka bihabwe umurongo na mwarimu kuruta minister.
5. Ndifuza ko mwazampa ikiganiro tukavuga ku burezi bwa kera n’ubw’ubu turi kumwe na minister. Murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
ntibakirebe mu ndorerwamo ngo baseke,
1. Mwarimu nahabwe agaciro yongere ahane umwana nk’uwe.
2. Mwarimu nahabwe umushahara umuha guhaha adasuzuguwe. Eg: niba acumbitse ahahe,yishyure icumbi, kandi yizigame ntawumusuzuguye.
3. Decentralisation mwarimu ahabwe umwanya wa mbere mugushyiraho ingamba z’uburezi kuruta minister.
4. Promotion automatic bayikureho kandi kwimuka bihabwe umurongo na mwarimu kuruta minister.
5. Ndifuza ko mwazampa ikiganiro tukavuga ku burezi bwa kera n’ubw’ubu turi kumwe na minister. Murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
ntibakirebe mu ndorerwamo ngo baseke,
1. Mwarimu nahabwe agaciro yongere ahane umwana nk’uwe.
2. Mwarimu nahabwe umushahara umuha guhaha adasuzuguwe. Eg: niba acumbitse ahahe,yishyure icumbi, kandi yizigame ntawumusuzuguye.
3. Decentralisation mwarimu ahabwe umwanya wa mbere mugushyiraho ingamba z’uburezi kuruta minister.
4. Promotion automatic bayikureho kandi kwimuka bihabwe umurongo na mwarimu kuruta minister.
5. Ndifuza ko mwazampa ikiganiro tukavuga ku burezi bwa kera n’ubw’ubu turi kumwe na minister. Murakoze
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Harya buriya mwarimu niwe w’ imura abanyeri wenyine kombona ariwe utungwa agatoki iyo bavuga Irene ry’uburezi?
Nonese bamwe baza muri unclassified ninde ubaha aho kwiga niba mubyibuka?
Gusa namwe nkitangaza makuru nabasaba kumva neza ko Mwarimu atariwe ugomba kujya agaragara nk’inzitizi y’ uburezi bufite Ireme????.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Harya buriya mwarimu niwe w’ imura abanyeri wenyine kombona ariwe utungwa agatoki iyo bavuga Irene ry’uburezi?
Nonese bamwe baza muri unclassified ninde ubaha aho kwiga niba mubyibuka?
Gusa namwe nkitangaza makuru nabasaba kumva neza ko Mwarimu atariwe ugomba kujya agaragara nk’inzitizi y’ uburezi bufite Ireme????.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Automatic promotion yatangijwe kdi ihabwa imbaraga na governing policies of education e.g REB ubwayo yagiye iha amabaruwa abana bafite U) ibyo byose bigaruka byitirirwa mwarimu nk’insina ngufi. kubwibyo rero Hari hategerejwe ko aho byatangiriye Ari naho bigumba guhagarikirwa .bizakunda ntakabuza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Automatic promotion yatangijwe kdi ihabwa imbaraga na governing policies of education e.g REB ubwayo yagiye iha amabaruwa abana bafite U) ibyo byose bigaruka byitirirwa mwarimu nk’insina ngufi. kubwibyo rero Hari hategerejwe ko aho byatangiriye Ari naho bigumba guhagarikirwa .bizakunda ntakabuza.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Niharebwe uko mwalimu yagabanyirizwa uburyo be guca mu byumba birenga10 mu cyumweru Wenda bibe nka4 kugira ngo abone uburyo be bwogutekereza neza yitonze ku bo yigisha,Murskoze.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Niharebwe uko mwalimu yagabanyirizwa uburyo be guca mu byumba birenga10 mu cyumweru Wenda bibe nka4 kugira ngo abone uburyo be bwogutekereza neza yitonze ku bo yigisha,Murskoze.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Niharebwe uko mwalimu yagabanyirizwa uburyo be guca mu byumba birenga10 mu cyumweru Wenda bibe nka4 kugira ngo abone uburyo be bwogutekereza neza yitonze ku bo yigisha,Murskoze.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Niharebwe uko mwalimu yagabanyirizwa uburyo be guca mu byumba birenga10 mu cyumweru Wenda bibe nka4 kugira ngo abone uburyo be bwogutekereza neza yitonze ku bo yigisha,Murskoze.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Bjr.ahubwo tubaze minister tuti”ko nawe yize nihehe yize , bafata umwana watsinze bakamujyana ahandi abatsizwe bakabasiga aho twita muri 9years basic education? Kandi umuswa yigira kumuhanga. ibyo byitwa iki? Bigaragara ko Aya Mashuri yafashwe nkayabaswa.niyo mpamvu bwana wigamo uba ubona ntamwete afite.ariko abahanga barimo uwabarekeramo nawamuswa yagira umwete nuwo muhanga akamufasha kuzamuka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Bjr.ahubwo tubaze minister tuti”ko nawe yize nihehe yize , bafata umwana watsinze bakamujyana ahandi abatsizwe bakabasiga aho twita muri 9years basic education? Kandi umuswa yigira kumuhanga. ibyo byitwa iki? Bigaragara ko Aya Mashuri yafashwe nkayabaswa.niyo mpamvu bwana wigamo uba ubona ntamwete afite.ariko abahanga barimo uwabarekeramo nawamuswa yagira umwete nuwo muhanga akamufasha kuzamuka.
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Umva mwese muyobewe ko iyo uri munsi yijanisha rya 50 aba yatsindwe? Bivuze ko Niba umwana adafite 50/100 agomba gusibira kdi hakarebwa impamvu yatsindwe kuko bishobora kuba byatewe nuburangare bw’umwarimu cg cg udatanga ubumenyi uko bikenewe cg umwana atitaweho neza kuburyo bukwiriye icyo nacyo gisobanure neza ibivugwako kubera gukenera abarimu bahwanye namashuri Madhya yubatswe ko hahawe akazi abarimu badafite ubushobozi nubumenyi buhagije mugutanga Irene rihagije
Mwarimu uzongera kwimura umunyeshuri utaratsinze neza azajya abihanirwa-Minisitiri Uwamariya
Umva mwese muyobewe ko iyo uri munsi yijanisha rya 50 aba yatsindwe? Bivuze ko Niba umwana adafite 50/100 agomba gusibira kdi hakarebwa impamvu yatsindwe kuko bishobora kuba byatewe nuburangare bw’umwarimu cg cg udatanga ubumenyi uko bikenewe cg umwana atitaweho neza kuburyo bukwiriye icyo nacyo gisobanure neza ibivugwako kubera gukenera abarimu bahwanye namashuri Madhya yubatswe ko hahawe akazi abarimu badafite ubushobozi nubumenyi buhagije mugutanga Irene rihagije