Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro

Sangiza iyi nkuru

Umwanditsi akaba n’umushakashatsi kuri Jenoside, Tom Ndahiro yanenze abavuga ko Abatutsi bakijijwe n’Imana muri Jenoside mu 1994 kandi bazi neza ko bakijijwe n’Inkotanyi. Anavuga ko kwemera Imana y’Abayahudi ari Umunyarwanda byagabanya Ubunyarwanda bumurimo.

Mu kiganiro Tom Ndahiro yagiranye na Popote TV, yahamije ko we atemera Imana, aho avuga ko n’abemera Imana y’Abayahudi ari Abanyarwanda baba batabanje kubitekerezaho neza.

Ku bwa Ndahiro ngo iyo umuntu afashe umwanya avuga ngo tuzataha muri Yeruzalemu nshya , kandi azi neza ko ufashe RwandAir ikakugeza Tel Aviv ushobora guhita uva Tel Aviv ukajya i Yeruzalemu, nta gishya kibirimo cyatuma yemera Imana.

Yagize ati: “Yerusalemu ni ahantu (physic) habaho, kuki abantu bumva ko ngomba kwiyumvamo umuntu wo mu Burasirazuba bwo hagati(Middle East), baravuga ngo Lebanon i Kanna , aho ni nko mu Kagarama ni ahantu habaho”

Abajijwe nk’umushakashatsi kuri Jenoside icyo atekereza ku kuba abantu benshi bizera ko Abatutsi barokotse bakijijwe n’Imana, Tom yavuze ko Nta Mututsi Imana yishe kimwe n’uko nta we yakijije.

Yagize ati: ”Imana ikwiye gukurwa mu manza za Jenoside kuko ntawe yishe kimwe n’uko ntawe yakijije. Gukiza abatutsi tuzi neza ko hari abatanze amaraso yabo bakicwa barwana ngo bahagarike Jenoside. Iyo Mana yemeye ko Impinja zicwa zikajugunywa mu misarani ninde wakomeza kuyizera?”

Tom Ndahiro yavuze ko ari mu bantu bashinjura Imana hagize uvuga ko yagize uruhare muri Jenoside, ari naho ahera asaba ko uwagize uruhare muri Jenoside agomba kurwitirirwa ndetse n’uwarokoye abantu akabera abandi urugero.

Soma Izindi Nkuru

30 Responses

  1. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro.
    Tom,
    Ndemeranya nawe ko nta Mutsi wishwe cyangwa ngo arokorwe n’Imana muri Jenoside. Ariko nkanyuranya gato nawe aho uvaga ko ntawakwizera iyo Mana. Jyewe nsanga Imana uko tuyizi irengeye ibyo byose abantu bavuga. Ntabwo Imana yemeye ngo Impinja zicwe; ngo abatutsi BICWE; cyangwa ibuze ko BICWA; kuko haba ku ISI ni ahayo; haba mu Ijuru ni ahayo. Ibyo ntiyabijyamo pe. Si uku yananiwe gutabara Tom.Oya oya. Gahunda y’Imana irenze ibyo twibwira

    Ikindi nta Muhutu washutswe na Shitani nk’uko ubivuga. Ahubwo bakoresheje nabi Ubwenge n’Uburenganzira (intellegence et Liberte) byabo bakora icyaha ndengakamere bambura Abatutsi Ubizima bahawe n’Imana.

    Ntawarokotse kubera Imana kuko yazaga Kurokora bose kubera ko idukunda kimwe. Ahubwo Bamwe mu Bahutu bayo babaye Ibivume n’Ibihararumbo; baba Inyamaswa>

    RA

    1. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro.
      Muvandimwe utanze iki gitekerezo ndemeranya nawe,ariko ubunyarwanda Tom avuga buhakana Imana azabwijyanire kuko twavutse turi abantu ubunyarwanda bwazanywe naho twavukiye, ibyo kuvuga ngo kwemera ubunyarwanda ugahakana Imana byaba ari ubujiji bukomeye kuko ubunyarwanda ni ubwenegihugu wabuvaho ugafata ubundi, ariko iyo uvuyemo umwuka nibwo wibuka ko Imana iri hejuru ya byose.

    2. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro.
      Muvandimwe utanze iki gitekerezo ndemeranya nawe,ariko ubunyarwanda Tom avuga buhakana Imana azabwijyanire kuko twavutse turi abantu ubunyarwanda bwazanywe naho twavukiye, ibyo kuvuga ngo kwemera ubunyarwanda ugahakana Imana byaba ari ubujiji bukomeye kuko ubunyarwanda ni ubwenegihugu wabuvaho ugafata ubundi, ariko iyo uvuyemo umwuka nibwo wibuka ko Imana iri hejuru ya byose.

  2. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro.
    Tom,
    Ndemeranya nawe ko nta Mutsi wishwe cyangwa ngo arokorwe n’Imana muri Jenoside. Ariko nkanyuranya gato nawe aho uvaga ko ntawakwizera iyo Mana. Jyewe nsanga Imana uko tuyizi irengeye ibyo byose abantu bavuga. Ntabwo Imana yemeye ngo Impinja zicwe; ngo abatutsi BICWE; cyangwa ibuze ko BICWA; kuko haba ku ISI ni ahayo; haba mu Ijuru ni ahayo. Ibyo ntiyabijyamo pe. Si uku yananiwe gutabara Tom.Oya oya. Gahunda y’Imana irenze ibyo twibwira

    Ikindi nta Muhutu washutswe na Shitani nk’uko ubivuga. Ahubwo bakoresheje nabi Ubwenge n’Uburenganzira (intellegence et Liberte) byabo bakora icyaha ndengakamere bambura Abatutsi Ubizima bahawe n’Imana.

    Ntawarokotse kubera Imana kuko yazaga Kurokora bose kubera ko idukunda kimwe. Ahubwo Bamwe mu Bahutu bayo babaye Ibivume n’Ibihararumbo; baba Inyamaswa>

    RA

  3. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Ibi ni ibitekerezo bya Monagri.Ngo hari amafoto agaragaraho mu mujyi wa Kigali yakamejeje muri 1994.

    1. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
      Icyo kinyoma cyawe cyahimbwe n’abajenosideri bagira ngo Tom Ndahiro abashyiriremo imiyaga yerekubavugaho aho bahungiye mu Burayi n’ahandi birwa bazerera ariko ni hahandi bazumirwa tu.

      1. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
        tom urarengera ugashaka kumenyera Imana

      2. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
        tom urarengera ugashaka kumenyera Imana

    2. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
      Icyo kinyoma cyawe cyahimbwe n’abajenosideri bagira ngo Tom Ndahiro abashyiriremo imiyaga yerekubavugaho aho bahungiye mu Burayi n’ahandi birwa bazerera ariko ni hahandi bazumirwa tu.

  4. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Ibi ni ibitekerezo bya Monagri.Ngo hari amafoto agaragaraho mu mujyi wa Kigali yakamejeje muri 1994.

  5. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Nyakubahwa ntawe uhakana ko inkotanyi zadukuye kure nizo gushimirwa cyane .ariko ntuzigere uhakana imana .imana ni no1

  6. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Nyakubahwa ntawe uhakana ko inkotanyi zadukuye kure nizo gushimirwa cyane .ariko ntuzigere uhakana imana .imana ni no1

  7. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Uyu mugabo aravuga aya nyakurwara.
    Nebukadinezali ajya kurimburwa ni Aho byaturutse.
    Mwene ntuza nawe sigaho udashyirwa Mu gatebo kamwe nabahakanamana.
    Jya witukanira nicyo ushoboye naho niwiyongereraho ibyo guhakana Imana uriyongerera imitwaro Ku munsi wamateka.
    Iyo nkumva wivuye inyuma utuka ba Victoire , Rusesabagina , …
    Nibaza umuntu Ku ngoma ntavuze nabo batukaga inyenzi nibyitso byazo bikampa kuvuga ngo ibintu ni gatebegatoki.
    So ukwiye kujya uvuga witangira imvugo zahuranije ukazigendera kure.
    Mwene so aragutashya

  8. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Uyu mugabo aravuga aya nyakurwara.
    Nebukadinezali ajya kurimburwa ni Aho byaturutse.
    Mwene ntuza nawe sigaho udashyirwa Mu gatebo kamwe nabahakanamana.
    Jya witukanira nicyo ushoboye naho niwiyongereraho ibyo guhakana Imana uriyongerera imitwaro Ku munsi wamateka.
    Iyo nkumva wivuye inyuma utuka ba Victoire , Rusesabagina , …
    Nibaza umuntu Ku ngoma ntavuze nabo batukaga inyenzi nibyitso byazo bikampa kuvuga ngo ibintu ni gatebegatoki.
    So ukwiye kujya uvuga witangira imvugo zahuranije ukazigendera kure.
    Mwene so aragutashya

  9. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Mu gihe hakiri urugendo rurerure mu gusobanukirwa Bibiliya kubera ko abantu bataruzura Umwuka Wera (Roho Mutagatifu),ijambo ry’Imana abantu bakomeje kurifata nk’amateka, n’iby’Imana bakabihwanisha n’ibyo ubwenge bwabo butekereza.Abo bantu bakeneye ubuhanga kurusha ubwenge bw’isi bugamije gushimisha umubiri ushanguka.

    Imana Ibaho na Shitani Ibaho, umuntu wese ukora ibyiza ni umukozi w’Imana;naho ukora ikibi ni umukozi wa Satani.

    Ikindi ni uko nta muntu utangira undi ubuhamya, buri wese aba azi aho yageze kure habi mu buzima bwe n’imbaraga (mbi/nziza)yahuye na zo.

    Iyi Mana yo mu ijuru abantu bakomeza gukerensa no guhakana, ntacyo barabona, ni abo gusengerwa kuko baba bicukurira imva ya burundu. Baramenye ntibazayihakane kugeza mu gusamba kwabo (muntu we ubwe hahandi ntacyo aba yakwimarira cyangwa abandi bamumarira)kuko byange bikunde bazahura na Yo, bakize Roho zabo se cyangwa bapfe ubuziraherezo

  10. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Mu gihe hakiri urugendo rurerure mu gusobanukirwa Bibiliya kubera ko abantu bataruzura Umwuka Wera (Roho Mutagatifu),ijambo ry’Imana abantu bakomeje kurifata nk’amateka, n’iby’Imana bakabihwanisha n’ibyo ubwenge bwabo butekereza.Abo bantu bakeneye ubuhanga kurusha ubwenge bw’isi bugamije gushimisha umubiri ushanguka.

    Imana Ibaho na Shitani Ibaho, umuntu wese ukora ibyiza ni umukozi w’Imana;naho ukora ikibi ni umukozi wa Satani.

    Ikindi ni uko nta muntu utangira undi ubuhamya, buri wese aba azi aho yageze kure habi mu buzima bwe n’imbaraga (mbi/nziza)yahuye na zo.

    Iyi Mana yo mu ijuru abantu bakomeza gukerensa no guhakana, ntacyo barabona, ni abo gusengerwa kuko baba bicukurira imva ya burundu. Baramenye ntibazayihakane kugeza mu gusamba kwabo (muntu we ubwe hahandi ntacyo aba yakwimarira cyangwa abandi bamumarira)kuko byange bikunde bazahura na Yo, bakize Roho zabo se cyangwa bapfe ubuziraherezo

  11. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Tom we! Imana ibaho irakora kdi irumva ndetse uranasubiza mugihe cyayo nyamara imigambi yayo kuyumva biragoye. Gusa gutaha yerusalemu byo Ni ikigereranyo( literature bibamo) dushatse twayita Imana y’Irwanda! Ntimurorere kwiringira Imana nukuri iriho!!!

  12. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Tom we! Imana ibaho irakora kdi irumva ndetse uranasubiza mugihe cyayo nyamara imigambi yayo kuyumva biragoye. Gusa gutaha yerusalemu byo Ni ikigereranyo( literature bibamo) dushatse twayita Imana y’Irwanda! Ntimurorere kwiringira Imana nukuri iriho!!!

  13. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    tom ajye akora ubushakashatsi ariko ntakarengere ngo asuzugure imana cg ngo agire abo yigereranya nabo
    niba ashaka kumenya ko ihabho azabbona gusa Imana ni Imana izahora ari imana n’abakurambere bacu b’abanyarwanda barayemeraga nkanswe we uvutse ejo utanapfundura udushumi tw’abakurambere bacu.

  14. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    tom ajye akora ubushakashatsi ariko ntakarengere ngo asuzugure imana cg ngo agire abo yigereranya nabo
    niba ashaka kumenya ko ihabho azabbona gusa Imana ni Imana izahora ari imana n’abakurambere bacu b’abanyarwanda barayemeraga nkanswe we uvutse ejo utanapfundura udushumi tw’abakurambere bacu.

  15. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Ariko thomu ndahiro yarize cg arikose ubundi atekerezaneza cya yaravangiwe umva nkubwire ndahiro njyewe nemerako Imana yomwijuru yogahorahora yahaye imbaraga ingabo zacu zari iza Arpf inkotanyi zikabasha kunamura icumu zikadutabara naho ibindi uvuga nawe urabiziko atarukuri gusa sinzi uko nabyita ahari nuguhakirizwa cg gucinya inkoro gusa umenyeko amagambo uvuga wihakana iyakuremye uzabibazwa Yesu nagaruka.

  16. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Ariko thomu ndahiro yarize cg arikose ubundi atekerezaneza cya yaravangiwe umva nkubwire ndahiro njyewe nemerako Imana yomwijuru yogahorahora yahaye imbaraga ingabo zacu zari iza Arpf inkotanyi zikabasha kunamura icumu zikadutabara naho ibindi uvuga nawe urabiziko atarukuri gusa sinzi uko nabyita ahari nuguhakirizwa cg gucinya inkoro gusa umenyeko amagambo uvuga wihakana iyakuremye uzabibazwa Yesu nagaruka.

  17. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Byose byaremwe nayo kdi btose bigengwa nayo!

    Si itegeko kwemera ko Tudashobora tutayifite,

    Simbikwemeje, icyakora winyemezako igitekerezo cyawe ariko kuri!

    Ubumana ntibusobanurwa n’ubumenyi duhaha! Ahubwo Ni ubwenge bururuka kukubaha Imana.

    God made me me,
    He made you you,
    Let’s me be me.

  18. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Byose byaremwe nayo kdi btose bigengwa nayo!

    Si itegeko kwemera ko Tudashobora tutayifite,

    Simbikwemeje, icyakora winyemezako igitekerezo cyawe ariko kuri!

    Ubumana ntibusobanurwa n’ubumenyi duhaha! Ahubwo Ni ubwenge bururuka kukubaha Imana.

    God made me me,
    He made you you,
    Let’s me be me.

  19. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Byose byaremwe nayo kdi btose bigengwa nayo!

    Si itegeko kwemera ko Tudashobora tutayifite,

    Simbikwemeje, icyakora winyemezako igitekerezo cyawe ariko kuri!

    Ubumana ntibusobanurwa n’ubumenyi duhaha! Ahubwo Ni ubwenge bururuka kukubaha Imana.

    God made me me,
    He made you you,
    Let’s me be me.

  20. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Byose byaremwe nayo kdi btose bigengwa nayo!

    Si itegeko kwemera ko Tudashobora tutayifite,

    Simbikwemeje, icyakora winyemezako igitekerezo cyawe ariko kuri!

    Ubumana ntibusobanurwa n’ubumenyi duhaha! Ahubwo Ni ubwenge bururuka kukubaha Imana.

    God made me me,
    He made you you,
    Let’s me be me.

  21. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Byose byaremwe nayo kdi btose bigengwa nayo!

    Si itegeko kwemera ko Tudashobora tutayifite,

    Simbikwemeje, icyakora winyemezako igitekerezo cyawe ariko kuri!

    Ubumana ntibusobanurwa n’ubumenyi duhaha! Ahubwo Ni ubwenge bururuka kukubaha Imana.

    God made me me,
    He made you you,
    Let’s me be me.

  22. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Byose byaremwe nayo kdi btose bigengwa nayo!

    Si itegeko kwemera ko Tudashobora tutayifite,

    Simbikwemeje, icyakora winyemezako igitekerezo cyawe ariko kuri!

    Ubumana ntibusobanurwa n’ubumenyi duhaha! Ahubwo Ni ubwenge bururuka kukubaha Imana.

    God made me me,
    He made you you,
    Let’s me be me.

  23. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Tom akora ubushakashatsi kuri jenoside. Iyi nigihamyako abigiteho unumenyi .Ntabushakashatsi bizwi ya koze kubirebana n’ibyomana , iyi nayo nigihamya ko ari ntabumenyi mu byi mana afite. Ibyo avuga Ko
    nta nta mututsi wa kijijwe n’imana muri jenoside , ngo nta muhutu wa shutwe na Satani mubyukuri bigaragaza neza ari nta bumenyi mu by’imana. afite nda mwumva rwose. Ukuri nu ko igitekerezcyo
    Kwicya ari cya shetani.Ndemera ko hari igicye kimwe cy’abanyarwanda cya gize this ntege , imbere y’umeanzi kira neshwa .Nkemera ko gutekereza gu ku ra abantu mu nsi y’ igitugu ari igitekerezo cyiza ki va ku mana aba be koze ba kabigera nemeza Ko bari badhigikiwe n’imana.Inkotanyi ntizari nshi kuruta EX FAR n, Interahamwe ni yindi mitwe .Ariko kuberako imana yo nyine yirwa nirira ubwinshi bw’ingabo n’ubumenyi nta cyo bivuze imbere y’imana.

  24. Nta Mututsi wakijijwe n’Imana muri Jenoside kimwe n’uko nta Muhutu wohejwe na Satani_Tom Ndahiro
    Tom akora ubushakashatsi kuri jenoside. Iyi nigihamyako abigiteho unumenyi .Ntabushakashatsi bizwi ya koze kubirebana n’ibyomana , iyi nayo nigihamya ko ari ntabumenyi mu byi mana afite. Ibyo avuga Ko
    nta nta mututsi wa kijijwe n’imana muri jenoside , ngo nta muhutu wa shutwe na Satani mubyukuri bigaragaza neza ari nta bumenyi mu by’imana. afite nda mwumva rwose. Ukuri nu ko igitekerezcyo
    Kwicya ari cya shetani.Ndemera ko hari igicye kimwe cy’abanyarwanda cya gize this ntege , imbere y’umeanzi kira neshwa .Nkemera ko gutekereza gu ku ra abantu mu nsi y’ igitugu ari igitekerezo cyiza ki va ku mana aba be koze ba kabigera nemeza Ko bari badhigikiwe n’imana.Inkotanyi ntizari nshi kuruta EX FAR n, Interahamwe ni yindi mitwe .Ariko kuberako imana yo nyine yirwa nirira ubwinshi bw’ingabo n’ubumenyi nta cyo bivuze imbere y’imana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *