Umukirisitu wo mu itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi (SDA) muri Ghana, avuga ko ari ryo torero ririmo abantu b’indyarya bigeze babaho nyuma y’aho mugenzi we, abayobozi banze kumusezeranya kubera ko agiye kubana n’undi muntu utari uwo muri iryo torero. Uwitwa Obaa Yaa Amponsah kuri Facebook yavuze ko mugenzi we banze kumusezeranya ndetse bagatanga amabwiriza ko umupasiteri bose ko batagomba gusezeranya abo bombi. Abayobozi kandi batanze amabwiriza ko umupasiteri uzasezeranya umudive n’undi muntu utari umudive, azahanwa ku buryo ashobora no kwamburwa urupapuro rw’ubushumba. Obaa Yaa hari icyo yanenze kuri iyi ngingo, Ati ” Twiyita abasigajwe, ngo dushaka gutsindira imitima. Ibi mbona biri mu nyigisho no mu ndirimbo. Ntekereza ko no gushakana nabyo bihuza abantu. Ese nidukomeza gukora gutya ni gute tuzabwiriza abasigaye bo muri iki kiragano? Uyu kandi yibabjije impamvu iri torero ryemera kwakira amaturo yatanzwe n’abatari abadive ariko kubakira mu itorero bikaba ingorabahizi. Uyu mukirisitu yavuze ko iyi ariyo mpamvu iyo umudive ashakanye n’utari umudive atagaruka ku rusengero kuko baba baramubabaje. Ati ” Mureke twumve ko no mu ishyingirwa habamo agakiza.” Obaa Yaa ariko ntiyavuze ishami rya SDA Ghana ryanze gusezeranya uyu mugenzi we. Ubusanzwe andi madini, abashaka gusezerana imbere y’Imana badahuje ukwemera, umwe ahindurira undi, bukabona bugataha.



32 Responses
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
bamaze ndabashyigikiye 100% iyo ajya muriryo dini rindi rikamusezeranya!niba hari gahunda y’idini runaka rigenderaho ntampamvu yokuyirwanya ahubwo niba bikunaniye genda ujye ahakunogeneye
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
bamaze ndabashyigikiye 100% iyo ajya muriryo dini rindi rikamusezeranya!niba hari gahunda y’idini runaka rigenderaho ntampamvu yokuyirwanya ahubwo niba bikunaniye genda ujye ahakunogeneye
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Buri dini rijyira amategeko yaryo nibisazwe adventiste isezeranya umwizera waryo ahubwo uwomukobwa yarigeragezaga ntiyumvase amakuru cg amategeko yaryo?
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Buri dini rijyira amategeko yaryo nibisazwe adventiste isezeranya umwizera waryo ahubwo uwomukobwa yarigeragezaga ntiyumvase amakuru cg amategeko yaryo?
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Bararenganye peee!Urukundo r’Imana turimba burimunsi rugira umupaka?
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Bararenganye peee!Urukundo r’Imana turimba burimunsi rugira umupaka?
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Ndabasuhuje cyane.
Idini ryose rigira amahame rigenderaho si Abadiventisiti gusa, nta dini ribaho ryasezeranya abatari abayoboke baryo.
Urugero: uzajye muri Islam wambaye ishapule atari no gusezeranywa gusa nta mwanya uzahahabwa.
Ibyo bakoze ndabishyigikiye, itorero ni irigira gahunda.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Uzaze Kwa Rutayisire wihere amaso icyo nzi Nuko uzashima ikinyuranyo. Ntawutemerewe gusezerana imbere yimana iyo nta gahato kabirimo.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Uzaze Kwa Rutayisire wihere amaso icyo nzi Nuko uzashima ikinyuranyo. Ntawutemerewe gusezerana imbere yimana iyo nta gahato kabirimo.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Uzaze Kwa Rutayisire wihere amaso icyo nzi Nuko uzashima ikinyuranyo. Ntawutemerewe gusezerana imbere yimana iyo nta gahato kabirimo.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Uzaze Kwa Rutayisire wihere amaso icyo nzi Nuko uzashima ikinyuranyo. Ntawutemerewe gusezerana imbere yimana iyo nta gahato kabirimo.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Uzaze Kwa Rutayisire wihere amaso icyo nzi Nuko uzashima ikinyuranyo. Ntawutemerewe gusezerana imbere yimana iyo nta gahato kabirimo.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Nawe NI Business Utamwishyuye Ntacyo Mwavugana
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Nawe NI Business Utamwishyuye Ntacyo Mwavugana
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Uzaze Kwa Rutayisire wihere amaso icyo nzi Nuko uzashima ikinyuranyo. Ntawutemerewe gusezerana imbere yimana iyo nta gahato kabirimo.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Ndabasuhuje cyane.
Idini ryose rigira amahame rigenderaho si Abadiventisiti gusa, nta dini ribaho ryasezeranya abatari abayoboke baryo.
Urugero: uzajye muri Islam wambaye ishapule atari no gusezeranywa gusa nta mwanya uzahahabwa.
Ibyo bakoze ndabishyigikiye, itorero ni irigira gahunda.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Niba banze kumusezeranya ntacyaha bakoze cyatuma abasebya, buri dini cg itorero bigira amahame, ubundi c uretse gushaka gukurura itiku, mubadventiste ntabakobwa babamo? Cg niba yakunze uwo hanze yabo iyo abanza akamugira umudve ukareba ko bitemera……..
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Niba banze kumusezeranya ntacyaha bakoze cyatuma abasebya, buri dini cg itorero bigira amahame, ubundi c uretse gushaka gukurura itiku, mubadventiste ntabakobwa babamo? Cg niba yakunze uwo hanze yabo iyo abanza akamugira umudve ukareba ko bitemera……..
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Kutamusezeranya birumvikana yarikubanza kumuhindurira akabatizwa Tamara kuba umuyoboke widini ryabadive bakabona kumusezeranya ibyo bakoze nibyo nikobimeze abadive ntabwo ibyo babikora.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Kutamusezeranya birumvikana yarikubanza kumuhindurira akabatizwa Tamara kuba umuyoboke widini ryabadive bakabona kumusezeranya ibyo bakoze nibyo nikobimeze abadive ntabwo ibyo babikora.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Nibyiza gukurikiza amategeko yitorero ,sibyiza gusezeranya abadahuje imyemerere yidini ,nitegeko.rizwi mumatorero José!!!
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Nibyiza gukurikiza amategeko yitorero ,sibyiza gusezeranya abadahuje imyemerere yidini ,nitegeko.rizwi mumatorero José!!!
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Niko bimeze niba baranze kubasezeranya,Niko byari binyuranye n’amahame y’Itorero.naho we ibyo yivuvishije ni ugusebya Itorero ry’Imana.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Niko bimeze niba baranze kubasezeranya,Niko byari binyuranye n’amahame y’Itorero.naho we ibyo yivuvishije ni ugusebya Itorero ry’Imana.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Kiliziya ni imwe itunganye!Ubwo yibwiraga ibyo twigira mu rugo rwa Data azabyigira no mu yandi madini
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Kiliziya ni imwe itunganye!Ubwo yibwiraga ibyo twigira mu rugo rwa Data azabyigira no mu yandi madini
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Umwanditsi wiyi nkuru nawe yanditse inkuru atabanje gukurikirana neza itorero ry’abadventiste iyo Umwizera waryo agiye gushyingiranwa nuwo akuye ahandi arabanza akabatizwa akaba Umwizera witorero bityo rikabasezeranya muri abaryo mwembi aho rero ntakosa ubuyobozi bwakoze umwanditsi wiyi nkuru yabogamiye kuruhande rimwe.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Umwanditsi wiyi nkuru nawe yanditse inkuru atabanje gukurikirana neza itorero ry’abadventiste iyo Umwizera waryo agiye gushyingiranwa nuwo akuye ahandi arabanza akabatizwa akaba Umwizera witorero bityo rikabasezeranya muri abaryo mwembi aho rero ntakosa ubuyobozi bwakoze umwanditsi wiyi nkuru yabogamiye kuruhande rimwe.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Laurent rwose ndumva kutamusezeranya ntakosa ryabayeho,uretse n’itorero,urugo ubwarwo rugira amabwiriza nimuri ubwo buryo rero itorero naryo rigira amahame rigenderaho ndetse n’amategeko agenga abakristo baryo niba bitemewe ko umwizera waryo ashyingiranwa n’utari umwizera waryo nk’umuhango wejejwe akabirengaho akabikora ntabwo itorero ryakoze amakosa rwose kuko uretse n’umudive n’umugaturika ntiyashaka umu silam ngo kiriziya gaturika ntiyamusezeranya rwose kubera amategeko yayo agenga abizera bayo ntakosa ryabayeho rero rwose.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Laurent rwose ndumva kutamusezeranya ntakosa ryabayeho,uretse n’itorero,urugo ubwarwo rugira amabwiriza nimuri ubwo buryo rero itorero naryo rigira amahame rigenderaho ndetse n’amategeko agenga abakristo baryo niba bitemewe ko umwizera waryo ashyingiranwa n’utari umwizera waryo nk’umuhango wejejwe akabirengaho akabikora ntabwo itorero ryakoze amakosa rwose kuko uretse n’umudive n’umugaturika ntiyashaka umu silam ngo kiriziya gaturika ntiyamusezeranya rwose kubera amategeko yayo agenga abizera bayo ntakosa ryabayeho rero rwose.
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Mubyukuri uwo muntu yari mwirorero byigice iyo wize neza amategeko y’Imana ubona neza ko nta mujiji urya ahatari abajiji .ahubwo iryo torero ribirimo neza nirikomerezaho oyeeeeeeeeeeee!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
Itorero ry’Abadivantisiti (SDA) ryanze gusezeranya umukirisitu waryo wari ugiye gushakana n’uwo mu rindi dini
Mubyukuri uwo muntu yari mwirorero byigice iyo wize neza amategeko y’Imana ubona neza ko nta mujiji urya ahatari abajiji .ahubwo iryo torero ribirimo neza nirikomerezaho oyeeeeeeeeeeee!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!