Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive

Sangiza iyi nkuru

Pasiteri mu itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa Karindwi (SDA) muri Ghana, Osofo Acheampong, avuga ko kuba umugabo yajya mu bandi bagore b’inshoreke ze ari byiza ku gipimo cya 100%, anenga abapasiteri bagenzi be bigisha inyigisho zirwanya iyi migirire.

Pasiteri Osofo ufite imyaka itari mike avuga ko ” Numvise bintangaje kumva abapasiteri bagenzi banjye bigisha bavuga ko bemera Bibiliya Yera barwanya ibyo kugira abagore benshi.”

Mu kiganiro uyu mugabo yakoranye na kimwe mu bitangazamakuru byo muri Ghana, kikaba cyakwiye ku mbuga nkoranyambaga, Pasiteri Osofo hari aho agira ati ” Kugira inshoreke ni byiza 100%. None se Aburahamu, musa na Dawidi ntibakoreye Imana kandi bari bafite inshoreke nyinshi?”

Yakomeje abaza ati ” None se Imana yigeze ibakuraho amaboko kuko bafite inshoreke? Ku bantu basanzwe iyo babivuga mba numva nta kibazo ariko ku bapasiteri bindwaza umutwe.”

Paisteri Osofo Acheampong yibaza impamvu abantu batigira kuri abo bagabo yavuze haruguru ngo bakorere Imana ariko niba bumva kugira inshoreke bibarimo nabyo babikore.

Soma Izindi Nkuru

12 Responses

  1. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    Ndumiwe kabisa.Muli 1 Timote 3:2,hadusaba gutunga umugore umwe gusa.Naho muli Matayo 19:8,Yesu ubwe yavuze ko impamvu Abayahudi batungaga abagore benshi,ngo nuko “bali barananiye imana”.

    1. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
      Bene aba bigisha “wishful thinking”,kubera irari ry’imibiri yabo.Ni kimwe n’abaslamu.Kubera gukunda abagore benshi,usanga bitwaza Isezerano rya kera,bakirengagiza ko Yezu yatubujije gutunga umugore urenze umwe.Mbisubiremo,babiterwa n’IRARI ry’ubusambanyi.

    2. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
      Bene aba bigisha “wishful thinking”,kubera irari ry’imibiri yabo.Ni kimwe n’abaslamu.Kubera gukunda abagore benshi,usanga bitwaza Isezerano rya kera,bakirengagiza ko Yezu yatubujije gutunga umugore urenze umwe.Mbisubiremo,babiterwa n’IRARI ry’ubusambanyi.

  2. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    Ndumiwe kabisa.Muli 1 Timote 3:2,hadusaba gutunga umugore umwe gusa.Naho muli Matayo 19:8,Yesu ubwe yavuze ko impamvu Abayahudi batungaga abagore benshi,ngo nuko “bali barananiye imana”.

  3. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    Ndumiwe kabisa.Muli 1 Timote 3:2,hadusaba gutunga umugore umwe gusa.Naho muli Matayo 19:8,Yesu ubwe yavuze ko impamvu Abayahudi batungaga abagore benshi,ngo nuko “bali barananiye imana”.

  4. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    Ndumiwe kabisa.Muli 1 Timote 3:2,hadusaba gutunga umugore umwe gusa.Naho muli Matayo 19:8,Yesu ubwe yavuze ko impamvu Abayahudi batungaga abagore benshi,ngo nuko “bali barananiye imana”.

  5. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    uyu mupasitoro yaravangiwe ariko ndatekereza ko yamaze gusohoka atakiri umuyoboke w’itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi niba atanasohoka arimunzira zigenda kuko azanye imyizerere ye yihariye inyuranyije na biblia

  6. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    uyu mupasitoro yaravangiwe ariko ndatekereza ko yamaze gusohoka atakiri umuyoboke w’itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa karindwi niba atanasohoka arimunzira zigenda kuko azanye imyizerere ye yihariye inyuranyije na biblia

  7. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    Igihe abana bimana baje bashengereye satani nawe yaje muribo, nayuda yari intumwa ngizindi, ariko yari afite umugambi we, nizera ntashidikanyako nuwo mupasteri ariko.

  8. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    Igihe abana bimana baje bashengereye satani nawe yaje muribo, nayuda yari intumwa ngizindi, ariko yari afite umugambi we, nizera ntashidikanyako nuwo mupasteri ariko.

  9. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    aha…… ndahoze, arikose icyaha niki ? gukorera Imana byo niki ?

  10. Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive
    aha…… ndahoze, arikose icyaha niki ? gukorera Imana byo niki ?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *