Minisiteri ishinzwe gutwara abantu n’ibintu ivuga ko impanuka ya bisi yo muri Afurika y’Epfo yahitanye abantu 45
Kuri wa Kane taliki 28 WERURWE 2024, abandi barakomereka.
Nk’uko byatangajwe n’ishami rishinzwe gutwara abantu n’ibintu, ngo umushoferi yatakaje icyerekezo maze agongana na bariyeri ku kiraro hafi ya Mamatlakala, bituma bisi irenga ikiraro muri metero 50 munsi.
Abagenzi bari bavuye mu murwa mukuru Gaborone wa Botswana, berekeza mu mujyi wa Moria muri Pasika.
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yohereje ubutumwa bw’akababaro muri Botswana anizeza inkunga igihugu ku miryango ifite abayo barokotse.
Ibikorwa by’ubutabazi byakomeje kugeza ku mugoroba wa joro wo ku wa kane no mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu.



2 Responses
Afurika y’Epfo: 45 baguye mu mpanuka ya Bus umwana umwe arayirikoka
Nihangani
Shije
Imiryango
Yababuriye
Ababo
Muriyimpanuka
Bakomeze
Kwihangana.
Afurika y’Epfo: 45 baguye mu mpanuka ya Bus umwana umwe arayirikoka
Ndahojeje imiryango yaburiye abayo mwiyimpanuka ibabaje. Naho abitavyimana kandabIFURIZE RIP